Sri Lanka : Abigaragambya bigabije ibiro bya Minisitiri w’Intebe
Kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nyakanga 2022, muri Sri Lanka hashyizweho…
Musanze : Arashinja ibitaro bya Ruhengeri uruhare mu rupfu rw’umwana we
Iradukunda Emmerance arashinja ibitaro bya Ruhengeri kuba intandaro yo gupfa k'umwana we,…
Musanze : Abagana ibitaro bya Ruhengeri barataka kutagira uburyamo
Bamwe mu baturage baturuka mu turere dutandukanye tw'igihugu bagana ibitaro bya Ruhengeri…
Iyo umuntu abayeho atazi uburenganzira bwe, abaho abangamiye abandi – ANSP+
Umuryango Nyarwanda ufasha ababana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA (ANSP+) uvuga ko kubaho…
Abikorera barashinja NIRDA kubagira ibikoresho yitwaje amarushanwa
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubushakashatsi n’iterambere ry'inganda NIRDA kirashinjwa n'abafite inganda zicyiyubaka ndetse…
Uruganda rukora amazi ya Jibu rwafunzwe
Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda(Rwanda FDA), cyahagaritse amazi akorwa n’uruganda…
Gicumbi : Abaturage barashinja ubuyobozi kubateza ibihombo ku mazu yari ay’ubucuruzi yahinduwe ibimoteri
Abaturage bafite inzu z'ubucuruzi n'abazikoreshaga barataka ibihombo batewe n'ubuyobozi nyuma yo kubuzwa…
Abarangije amasomo y’igihe gito muri INES-Ruhengeri biyemeje kubyaza umusaruro ubumenyi bahawe
Kuri uyu wa kabiri tariki 31 Gicuransi 2022 INES-RUHENGERI ku bufatanye na…
Musanze : Abaturage barashinja ubuyobozi uruhare mu bihombo batewe n’iyuzura ry’igishanga cya Mugogo
Abaturage baturiye n’abahinga mu gishanga cya Mugogo bararira ayo kwarika nyuma y’uko…
Burera : Urujijo ku gishingirwaho mu gutanga impushya zemerera inganda gukora zibangamira abaturage
Bamwe mu bayobozi bo mu nzego zitandukanye mu karere ka Burera, baribaza…