UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Perezida Tshisekedi yatumye Umwami w’Ubwongereza ku Rwanda
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
AmakuruPolitiki

Perezida Tshisekedi yatumye Umwami w’Ubwongereza ku Rwanda

UMURENGEZI
UMURENGEZI
Yanditswe taliki ya 06/11/2022 saa 9:17 AM

Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo(RDC), Felix Tshisekedi akomeje gukubita hirya no hino, asaba ko amahanga yasaba u Rwanda guhagarika gukorana n’umutwe wa M23 washegeshe Uburasirazuba bw’igihugu cye.

Nubwo u Rwanda rwahakanye kenshi ko rufasha uyu mutwe, ndetse  na wo ukabihakana, Perezida Tshisekedi ntiyanyuzwe, kuko ahora asaba ko amahanga yamufasha kurwumvisha ko rukwiye kujya hanze y’umwamburo ruhora rwitwikiye mu gufasha uyu mutwe.

  • RDC : Abaturage bamaganye MONUSCO kugeza ubwo batwika imodoka yayo
  • DRC : Leta yirukanye Umuvugizi w’Ingabo za ONU
  • Kwinjizwa kwa DRC muri EAC bisobanuye iki ku Banyarwanda?

Perezida Tshisekedi uri i London mu Bwongereza, mu kiganiro yatangiye mu ihuriro Nyafurika ryateguwe na Financial Times, yavuze ko mu Burasirazuba bw’Igihugu ayoboye, hamaze gupfa abagera mu ma Miliyoni kuva Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yaba.

Ati: “Uko ibintu byifashe uyu munsi, ukuri guhari ni uko habaho gusaba u Rwanda guhagarika gufasha abarwanyi ba M23. Ntawahisha ko u Rwanda rwateye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.”

- Advertisement -

Perezida Félix Tshisekedi yasabye Umwami w’u Bwongereza, Charles III gukoresha ijambo afite mu muryango wa Commonwealth, agasaba u Rwanda guhagarika guteza umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo.

Irebana na: home
UMURENGEZI October 20, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza

Hashize 7 days
Politiki

Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe

Hashize 2 months
Ubukerarugendo

Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda

Hashize 2 months
IbidukikijeImibereho

Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka

Hashize 2 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?