UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
Hashize 23 hours
Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
Hashize 3 days
Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
Hashize 1 week
Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
Hashize 2 weeks
Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
Hashize 2 weeks
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma DRC : Leta yirukanye Umuvugizi w’Ingabo za ONU
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
AmakuruPolitiki

DRC : Leta yirukanye Umuvugizi w’Ingabo za ONU

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 03/08/2022 saa 4:33 PM

Repuburika ya Demukarasi ya Congo yirukanye umuvugizi w’ingabo z’amahoro za ONU, nyuma y’imyigaragambyo yabaye mu gihugu.

Leta ya Congo yasabye umuvugizi wa MONUSCO, Mathias Gillmann, kuva mu gihugu, imwamaganiraho guteza umutekano muke, waje kuvamo imyigaragambyo yaguyemo abantu mu cyumweru gishize.

Abantu 36 barapfuye harimo n’abasirikare b’amahoro ba ONU 4. Bishwe mu cyumweru gishize, mu gihe abantu amagana bigaragambije bakangiza ibintu kandi bagatwika inyubakwa za ONU mu mijyi myinshi yo mu burasirazuba bwa Congo.

Abasivili bashinja intumwa za ONU zimaze imyaka irenga 10 zikorera mu gihugu, kuba zarananiwe kurinda abasivili urugomo rw’imitwe imaze igihe yarogogoje akarere.

- Advertisement -

Umuvuzigi wa guverinoma yavuze ko Mathias Gillmann, yatangaje ibintu bidakwiye, byagize uruhare mu kuzana umwuka mubi hagati y’abaturage na MONUSCO.

Gillmann n’umuvugizi wungirije wa MONUSCO, ntacyo bahise bavuga, ubwo bari babisabwe n’ibiro ntaramakuru byo mu Bwongereza, Reuters dukesha iyi nkuru.

Guverinema ya Kongo yanavuze muri iki cyumweru ko ishobora kuzongera gusuzuma umugambi wo gukura ingabo z’amahoro za ONU mu gihugu, biturutse ku myigaragambyo. Ni icyemezo MONUSCO yavuze ko ishyigikiye.

Intumwa za ONU zizava muri Congo mbere y’impera za 2024, nk’uko umugambi wo kuzikurayo wateganyijwe mu mwaka ushize, gusa minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula akaba yaravuze ko Leta ifite gahunda yo kwihutisha icyo gikorwa.

Irebana na: umurengezi
Eric Uwimbabazi August 3, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
  • Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
  • Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
  • Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
  • Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye

Hashize 3 days
Amakuru

Dr Kayumba Christopher yagizwe umwere n’urukiko

Hashize 4 weeks
Politiki

Congo yirukanye ku butaka bwayo abasirikare b’u Rwanda

Hashize 2 months
Amakuru

Bamporiki Edouard yafunzwe nyuma yo gukatirwa adahari

Hashize 2 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?