UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 weeks
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 1 month
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 4 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Donald Trump wahoze ayobora Amerika agiye gukurikiranwa n’Ubutabera
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Politiki

Donald Trump wahoze ayobora Amerika agiye gukurikiranwa n’Ubutabera

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 10/01/2021 saa 1:11 PM

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yavuze ko uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump kuri ubu uri gusoza manda, atari hejuru y’amategeko agomba gushyikirizwa Ubutabera .

Ni nyuma yo gushinjwa uruhare mu gushishikariza abaturage bamushyigikiye kujya gukorera imyigaragambyo ku biro by’Inteko Ishinga Amategeko.

Uyu Donald Trump utaremeye ibyavuye mu matora, ashinjwa gushishikariza abamushyigikiye kujya gukora imyigaragambyo ku Nteko Ishinga amategeko bakangiza iyo nyubako ndetse bakahateza akavuyo kenshi katumye bamwe bapfa abandi benshi barakomereka ubu bakaba bakomeje kwitabwaho n’abaganga.

Mu bigaragambya bamwe, bahise batangiye gutabwa muri yombi ariko hari n’abasabye ko Trump na we yakurikiranwa cyane ko ariwe wabigizemo uruhare.

- Advertisement -

Perezida mushya wa Amerika , Joe Biden mu magambo ye, agira ati, “Perezida wacu Donald Trump ntabwo ari hejuru y’amategeko.” Aha yashakaga kuvuga ko amategeko atareba ngo uri Perezida ahubwo yo yubahirizwa uko bikwiye bitagendeye ngo uri runaka.

Joe Biden akomeza agira ati, “Ubutabera bubereyeho gufasha abantu bose muri rusange kandi ntabwo bubereyeyeho kurinda abanyembaraga.ˮ

Donald Trump yari aherutse gufungirwa imbuga nkoranyambaga nka Facebook na Twitter, aho ashinjwa kugira uruhare mu kuzikoresha akangurira abamushyigikiye kwishora muri ibyo bikorwa by’imyigaragambyo byahitanye ubuzima bw’abaturage, n’ushinzwe kurinda umutekano.

Ni mu gihe kandi Abadepite bo mu ishyaka ry’aba-democrates batangiye uburyo bwo kumweguza kubera ibyo bikorwa, mu minsi igera ku icumi asigaje ku butegetsi bitewe n’ibyo bikorwa byamuranze byo guteza umwuka utari mwiza.

Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden

Eric Uwimbabazi January 10, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika

Hashize 1 month
Politiki

Namibia yabonye Perezida mushya

Hashize 5 months
Politiki

Abayobozi biremereza bagateshuka ku nshingano bahawe gasopo

Hashize 9 months
Politiki

Rwanda: Abarimo n’abafite Ubumuga barishimira ubudasa bw’amatora ya 2024

Hashize 10 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?