UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Braverman wari Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza yirukanywe
Hashize 2 weeks
Musanze: Arashakishwa nyuma yo gusambura inzu abamo
Hashize 2 weeks
Emmanuel Gasana yagejejwe imbere y’Urukiko asaba ko yafungurwa
Hashize 3 weeks
Baciye Agahigo ko kunywa Byeri 1,254 mu masaha atatu
Hashize 3 weeks
Ngororero: Yaterejwe cyamunana ku butaka atasabiye inguzanyo none Arasembera
Hashize 1 month
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Olivier Karekezi wari utegerejwe nk’umutoza mushya wa Kiyovu Sports yageze mu Rwanda
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

Olivier Karekezi wari utegerejwe nk’umutoza mushya wa Kiyovu Sports yageze mu Rwanda

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM
Olivier Karekezi uje gutoza Kiyovu yasesekaye i Kigali

Karekezi Olivier uzwi cyane mu Rwanda nk’umukinnyi wagacishijeho akanaba umutoza, ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru yasesekaye mu Rwanda aho aje yari ategerejwe cyane n’abakunda umupira w’amagaru nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports yamutangaje nk’umutoza mushya.

Karekezi yari asanzwe aba muri Suède ku Mugabane w’u Burayi hamwe n’umuryango we, yemejwe nk’umutoza mushya wa Kiyovu muri Kamena uyu mwaka, nyuma y’uko iyi kipe yirukanye uwahoze ari umutoza w’agateganyo Emmanuel Ruremesha.

Karekezi Olivier ubu ufite imyaka 37, yabaye umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Yakiniye APR FC mu Rwanda n’amakipe atandatu ku Mugabane w’u Burayi no muri Afurika ndetse ari mu bakinnye CAN 2004 yabereye muri Tuniziya akaba afite Impamyabushobozi y’ubutoza itangwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Mugabane w’u Burayi ‘UEFA Licence A’.

Yatoje Rayon Sports hagati muri Nyakanga 2017 na Gashyantare 2018, aho yegukanye igikombe cy’irushanwa Agaciro Development Fund, akurikizaho icya Super Cup yatsindiyeho APR FC ibitego 2-0, mbere yo kwegukana Igikombe cy’Intwari.

- Advertisement -

Kiyovu Sports ikomeje kwiyubaka mu rwego rwo kwitegura Shampiyona itaha kuko yaguze abakinnyi barimo Babuwa Samson wavuye muri Sunrise FC, umunyezamu Kimenyi Yves na Eric Irambona bakuye muri Rayon Sports na Ngendahimana Eric wavuye muri Police FC, ikaba izanye Olivier Karekezi ngo ayitoze mu gihe kingana n’imyaka ibiri.

Eric Uwimbabazi August 9, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Braverman wari Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza yirukanywe
  • Musanze: Arashakishwa nyuma yo gusambura inzu abamo
  • Emmanuel Gasana yagejejwe imbere y’Urukiko asaba ko yafungurwa
  • Baciye Agahigo ko kunywa Byeri 1,254 mu masaha atatu
  • Ngororero: Yaterejwe cyamunana ku butaka atasabiye inguzanyo none Arasembera
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

RIB yafunze abakoze Uburiganya muri Academy ya Bayern Munich

Hashize 1 month
Imikino

Yasutse amarira nyuma yo kubuzwa amahirwe

Hashize 1 month
Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 8 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 12 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?