UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Imburamajyo, icyatsi kibi ku buzima bw’Abantu n’ibimera
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
IbidukikijeUtuntu n'utundi

Imburamajyo, icyatsi kibi ku buzima bw’Abantu n’ibimera

Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Yanditswe taliki ya 02/09/2022 saa 8:29 AM

Imburamajyo, ni icyatsi kibi ku buzima bw’Abantu n’ibindi bimera bitandukanye.

Imburamanjyo nkandi ni ikimera kigira ibara ry’Umuhondo, kigaragara cyane cyane mu upbusitani ndetse no ku biti bidakura ngo bibe birebire cyane.

Ni icyatsi kitagira imizi, amababi, ndetse nta n’indabyo zigaragara kigira nk’uko n’ibindi bimera byinshi bibigira, kikaba kirandaranda ku bindi bimera, kikabinyunyusa gishaka ibigitunga.

Imibereho ya cyo iratangaje, kuko kigira imbuto zibaho igihe gito, hagati y’iminsi itanu n’icumi(5-10) nk’uko tubikesha urubuga rwa gardeningknowhow.com

- Advertisement -

Nta kitagira ibyiza n’ibibi

Imburamanjyo nubwo iteye ityo, nayo igira ibibi n’ibyiza, nubwo ibibi byayo ari byo byinshi ugereranyije n’ibyiza byayo.

Ni ikimera kigaragarira neza ijisho, iyo ukireba bitewe n’ibara ryacyo rikurura amaso, ndetse kandi iki kimera gikorwamo imiti hamwe n’Inyunganiramirire.

Mu bibi byacyo, twavugamo nko kwangiza ibindi bimera cyafasheho, kikabinyunyusa kugeza byumye.

Mu bushakashatsi bwakozwe, bwagaragaje neza ko iyo umuntu akiriye bitewe n’ingano(dose) yacyo yafashwe, ndetse n’ubukure bw’ikimera, kiramwica.

Biragoye kwirinda Imburamajyo ngo itakugerera mu bihingwa cyangwa mu Busitani, bitewe n’ukuntu iki kimera gikwirakwira.

Uburyo bwo kukirwanya bwizewe, ni ugutema amashami y’igiti yafashwe na cyo, cyangwa gutema igiti/igihingwa ukakivana aho giteye.

Hari kandi kwirinda gukoresha igikoresho kimwe ku murima wamaze kugeramo iki kimera n’undi kitarageramo, kukivana ku biti ukoresheje intoki, ndetse no gukoresha imiti yabugenewe mu guca ibyatsi bidakenewe mu murima cyanga mu busitani.

Irebana na: ibidukikije, imburamajyo, umurengezi
Emmanuel DUSHIMIYIMANA September 2, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

IbidukikijeImibereho

Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka

Hashize 2 months
Utuntu n'utundi

Musenyeri Bigirumwami ufatwa nk’Intwali ni muntu ki?

Hashize 3 months
Ibidukikije

SGF iraburira abaturiye Ishyamba rya Gishwati kutararikira Indonke

Hashize 3 months
IbidukikijeUbuzima

Musanze: Impungenge ni zose ku mazi yafunze Umuhanda wari Nyabagendwa

Hashize 4 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?