UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Ibintu bitatu Mazimpaka wasezeye kuri Rayon Sports azahora ayibukiraho
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

Ibintu bitatu Mazimpaka wasezeye kuri Rayon Sports azahora ayibukiraho

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Nyuma y’uko asezeye ku kipe ya Rayon Sports ayimenyesha ko batazakomezanya mu myaka iri imbere, Mazimpaka Andre avuga ko bimwe mu bintu atazibagirwa kuri iyi kipe harimo n’igikombe cya shampiyona yayihesheje.

Mazimpaka Andre wari usoje amasezerano ye muri Rayon Sports y’imyaka 2, ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo yasezeye ku bakunzi b’iyi kipe ko atagikomezanyije nayo.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Mazimpaka Andre yavuze ko kimwe mu bintu bitatu atazibagirwa muri iyi kipe harimo igikombe cya shampiyona yahesheje iyi kipe.

Yagize ati, “Ikintu cya mbere ntazibagirwa ni igikombe cya shampiyona natwaranye na yo. Ni ibintu nishimiye nzahora mbyibuka.”

- Advertisement -

Uyu munyezamu yatwaye icyo gikombe mu mwaka w’imikino wa 2019-2020, ashyiraho n’agahigo kuko mu mukino 19 ya shampiyona yakinnye umwaka w’imikino wa 2018-2019, Mazimapaka Andre yabashije gusoza imikino 14 atinjijwe igitego.

Akomeza avuga ko ibindi bintu 2 atazibagirwa ari urukundo yeretswe n’iyi kipe ndetse n’uko bananiwe kumvikana na Rayon Sports ku ngingo yo kongera amasezerano muri iyi kipe.

Yagize ati, “Sinzibagirwa ukuntu twabanye neza. Ni ikipe nziza yamfashije nanjye ndayifasha, urukundo rwayo. Icya nyuma ni uburyo twananiwe kumvikana ngo nongere amasezerano uyu mwaka.”

Mazimpaka Andre kuva yagera muri Rayon Sports muri 2018, yayikiniye imikino 23 akaba yarinjijwe ibitego 7.

Eric Uwimbabazi July 3, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 6 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 10 months
Imikino

Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi

Hashize 10 months
ImikinoUbuzima

Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?