UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma FDA yahagaritse umuti wari umaze imyaka myinshi ukoreshwa mu kuvura inkorora
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Ubuzima

FDA yahagaritse umuti wari umaze imyaka myinshi ukoreshwa mu kuvura inkorora

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/09/2022 saa 8:52 AM

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa Rwanda FDA, cyahagaritse umuti usanzwe ukoreshwa mu kuvura inkorora ku bana n’abantu bakuru.

Iki kigo, kivuga ko cyahagaritse ikwirakwiza n’ikoreshwa ry’imiti ya Broncalène Enfants Sirop na Broncalène Adultes Sirop, kubera ingaruka ishobora kugira ku bayikoresha.

Ibi bitangajwe, nyuma y’uko ikigo gishinzwe kugenzura imiti n’ibindi bikoresho byo mu rwego rw’ubuzima mu Bufaransa(ANSM) nacyo giheruka guhagarika ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’iyi miti ivura inkorora, kubera ikinyabutabire cya pholcodine cyifashishwamo.

  • Shokora zo mu bwoko bwa ‘Kinder’ zakuwe ku isoko
  • Uruganda rukora amazi ya Jibu rwafunzwe

Ni imiti kandi yaherukaga guhagarikwa n’uruganda Melisana Pharma rusanzwe ruyikora.

- Advertisement -

Mu ibaruwa yashyizweho umukono n’Umuyobozi mukuru wa Rwanda FDA, Dr. Emile Bienvenu, igira iti: “Ikurwa ku isoko ry’iyo miti, ryashingiye ku byavuye mu bushakashatsi kuri iyo miti, aho byagaragaye ko bimwe mu biyigize (pholcodine), bitera ingaruka zikomeye (anaphylactic reaction), mu gihe uwayifashe ahawe imiti ikoreshwa mu gutera ikinya.”

“Rwanda FDA ikuye ku isoko imiti ya Broncalène Enfants sirop na Broncalène Adultes sirop yose, kubera ingaruka zishobora kuba ku bayikoresha.”

Yahise isaba abinjiza imiti mu gihugu bose, Farumasi ziranguza, izidandaza, amavuriro ya Leta n’ayigenga, guhagarika gutanga no kugurisha iyo miti, bakayisubiza aho bayiranguriye.

Irebana na: FDA, Ubuzima, umurengezi
Eric Uwimbabazi September 18, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Ubuzima

Musanze: Isuku yagizwe inkingi ya mwamba mu guhashya igwingira

Hashize 4 months
Ubuzima

Icyorezo cya Covid-19 cyabonewe umuti

Hashize 4 months
ImiberehoUbuzima

Musanze: Ababyeyi ntibazi irengero ry’amafaranga y’inyongeramirire bagenewe na Perezida Kagame

Hashize 4 months
IbidukikijeUbuzima

Musanze: Impungenge ni zose ku mazi yafunze Umuhanda wari Nyabagendwa

Hashize 4 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?