UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Bull Dogg arashinja The Ben kumunaniza
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imyidagaduro

Bull Dogg arashinja The Ben kumunaniza

MPANO Genny
MPANO Genny
Yanditswe taliki ya 12/07/2022 saa 1:18 PM

Umuraperi uri mu batangije itsinda rya Tuff Gang wamenyekanye nka Bull Dogg yahishuye ko The Ben arimo kumunaniza ku buryo yamubuze ngo bakore amashusho y’indirimo ‘Rotate’ imaze amezi icyenda irangiye.

Uyu muraperi ibi yabivuze ubwo yari mu kiganiro na Transit line tv abajijwe impamvu indirimbo yakoranye na The Ben itajya hanze, ntaguca ku ruhande uyu muhanzi yagize ati, “The Ben arimo kunaniza, yarabuze ngo dukore video. Igisigaye ni njyewe ukizi. Nifitemo byinshi sinkishaka kubivugaho iby’iyi ndirimbo.”

Indirimbo ‘Rotate’ aba bahanzi bayiteguje umwaka ushize muri 2021, ku buryo igihe gishize yakabaye yaragiye hanze.

Si ubwa mbere Bull Dogg avuze ko kuba itarajya hanze ari uko The Ben yabuze, kuko yigeze no kubivuga ubwo yari mu kiganiro na Yaago wamubajije impamvu itajya hanze, nabwo avuga ko ategereje The Ben ngo bakore amashusho y’iyo ndirimbo.

- Advertisement -

Irebana na: umurengezi
MPANO Genny July 12, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imyidagaduro

Ghetto Kids yari yitezwe gutwara Britain’s Got Talent yakozwe mu nkokora

Hashize 4 months
Imyidagaduro

Noopja wamamaye mu ndirimbo ‘Murabeho’ yagizwe umuyobozi muri Trace Africa

Hashize 9 months
Imyidagaduro

Ibyo wamenya ku ndwara ya ‘Stiff Person syndrome’ yibasiye Celine Dion

Hashize 10 months
Ikoranabuhanga

Twitter yahagaritse abakozi b’ishami ryayo muri Afurika

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?