UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma BAL : Patriots Ishimangiye ko ari ikipe ikomeye inyagira The Rivers
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

BAL : Patriots Ishimangiye ko ari ikipe ikomeye inyagira The Rivers

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Mu mukino ufungura irushanwa ryiswe BAL (Basketball African League) riri gukinirwa i Kigali guhera kuri iki cyumweru taliki ya 16 Gicurasi 2021, ikipe ya Patriots BBC yaserukiye u Rwanda itanze isomo rikomeye kuri The Rivers Hoopers yo mu gihugu cya Nigeria iyitsinda ku manota 83 kuri 60.

Ni umukino watangiye ku isaha ya saa 16h00′ ku masaha y’i Kigali mu Rwanda, umukino wa BAL wahuje amakipe ya Patriots BBC yaserukiye u Rwanda na Rivers Hoopers yo muri Nigeria zombi mu itsinda rimwe .

Kuri ubu, uduce tugera kuri 4 twose tugize umukino turangiye ikipe ya Patriots BBC itahukanye amanota 83 kuri 60 ya Rivers Hoopers.

Ni mu gihe agace ka mbere kasoje Rivers hoopers iyoboye n’amanota 18 kuri 17, abantu bari batangiye gutekereza ko igiye kwandagaza Patriots, ariko siko byaje kugenda kuko mu gace ka 2 Patriots BBC yatsinze amanota 26 kuri 16, agace ka 3 Patriots itsinda amanota 22 ku 10, mu gihe agace ka nyuma Patriots BBC yinjije amanota 18 mu nkangara kuri 14 ya Rivers hoopers umukino urangira yitwaye neza.

- Advertisement -

Brandon Costner wa Patriots niwe watsinze amanota menshi muri uyu mukino, aho yinjije amanota 20 wenyine, akurikirwa n’umukinnyi w’umuhanga “Taren Valdis Sullivan wa Rivers Hoopers watsinze amanota 15, naho Ndizeye Dieudonne wa Patriots atsinda 13.

Nyuma y’iyi nsinzi, Ikipe ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda, izacakirana na GNBC yo muri Madagascar kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Gicurasi 2021, saa 14h00′ ku isaha yo mu Rwanda.

Eric Uwimbabazi May 16, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 6 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 10 months
Imikino

Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi

Hashize 10 months
ImikinoUbuzima

Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?