UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 2 weeks
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 3 weeks
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 2 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Abantu 6 bagaragayeho Virusi ya Omicron mu Rwanda
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Ubuzima

Abantu 6 bagaragayeho Virusi ya Omicron mu Rwanda

UMURENGEZI
UMURENGEZI
Yanditswe taliki ya 15/12/2021 saa 3:00 PM

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imaze kubarura abantu batandatu binjiye mu gihugu bafite Virusi ya Corona yihinduranyije, yo mu bwoko bwa Omicron, iri kwigaragaza mu bihugu bitandukanye ku isi kandi ifite bukana burengeje izindi zagaragaye.

Ni itangazo ryasohotse kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ukuboza 2021, rihamagarira Abanyarwanda n’abaturarwanda gushishikarira kwikingiza guhera ku bafite imyaka 12 kuzamura, no gusaba abafite imyaka 18 kuzamura kwikingiza urukingo rwa Gatatu rushimangira izo bahawe mbere.

Virusi ya Omicron yagaragaye bwa Mbere muri Afurika y’Epfo, kuva ubwo ingendo zigana mu bihugu byo mu Majyepfo bitangira guhabwa akato, ari nako abantu batangira kuyikwirakwiza ku isi, binyuze mu ngendo bakora zambukiranya ibihugu.

Amakuru ashyirwa ahagaragara n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) agaragaza ko kuri ubu ibihugu birenga 70 aribyo iyo virusi imaze kubonekamo, gusa uyu muryango ukavuga ko bishobora kuba birenga kuko hari ibihugu bitaratangaza ko yabigezemo ku mpamvu zitazwi.

- Advertisement -
UMURENGEZI December 15, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Ubuzima

Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi

Hashize 4 months
Ubuzima

Icyo wamenya ku Ndwara y’Ubushita yamaze kugera mu Rwanda

Hashize 11 months
UbuzimaUtuntu n'utundi

Byinshi wamenya ku miterere y’Intanga ngore

Hashize 1 year
Ubuzima

Indwara 10 Zihitana Abantu Benshi ku Isi

Hashize 1 year

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?