UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma USA yemeje ikoreshwa ry’Ikinini cya Paxlovid nk’umuti wa COVID-19
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
AmakuruPolitikiUbuzima

USA yemeje ikoreshwa ry’Ikinini cya Paxlovid nk’umuti wa COVID-19

UMURENGEZI
UMURENGEZI
Yanditswe taliki ya 23/12/2021 saa 1:15 PM

Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa gatatu tariki ya 22 Ukuboza 2021, yemeye ikoreshwa ry’ikinini cya Paxlovid cyakozwe n’ikigo Pfizer nk’umuti wa Covid-19 ndetse itegeka ko gitangira guhabwa abanduye ako gakoko.

Ibi bitangajwe mu gihe ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije buzwi nka Omicron bwateye ubwoba Leta ya Amerika muri ibi bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2021.

Icyo kinini cya Paxlovid, cyahawe uburenganzira bwo kuba gikoreshwa mu buryo bwihuse n’ikigo cya Leta gishinzwe ibiribwa n’imiti (FDA), kikaba cyaremejwe nyuma y’igeragezwa ryacyo ryerekanye ko kigabanya abantu binjira ibitaro hamwe n’abapfa ku kigero cya 88%.

Perezida Joe Biden yavuze ko agiye gushyiraho itegeko rizafasha ikigo Pfizer kugira ngo cyihutishe igikorwa cyo kongera ibyo binini. Ikigo FDA kivuga ko iki kinini kitaje gukuraho inkingo za Covid-19, ahubwo kije kuzunganira.

- Advertisement -

Ikigo cy’Ubumwe bw’Ubulayi gishinzwe kugenzura imiti mu cyumweru gishize, cyemereye ibihugu byo muri uyo muryango gukoresha icyo kinini cya Pfizer mbere y’uko inzego zibishinzwe kicyemeza.

UMURENGEZI December 23, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza

Hashize 7 days
Politiki

Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe

Hashize 2 months
Amakuru

Musanze: Yaturikanywe na Grenade ahatakiriza Ubuzima

Hashize 3 months
ImiberehoPolitiki

Gakenke: Harifuzwa ko Icyari kugirwa Akarere cyabyazwa Umusaruro

Hashize 3 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?