UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 weeks
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 2 months
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 4 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Tanzania mu nzira zo kwemerera abirukanwe ku ishuri batwite kongera gutangira
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
AmakuruPolitikiUburezi

Tanzania mu nzira zo kwemerera abirukanwe ku ishuri batwite kongera gutangira

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 23/06/2021 saa 10:55 AM

Leta ya Tanzaniya kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Kamena 2021, yatangaje ko abakobwa babyaye bari mu kigero cy’imyaka yo kuba bari mu ishuri, bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka utaha wa 2022.

Muri 2017, uwari Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yamaganwe kubera amagambo yavuze ko abakobwa batewe inda n’ababyaye mu gihe ari abanyeshuri, badakwiye kwemererwa gusubira ku ishuri.

Icyo gihe yakomozaga ku ngamba zijyanye n’iyi ngingo, zashyizweho mu mwaka wa 2002.

Muri 2018, banki y’Isi yahagaritse inguzanyo ya Miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika (500,000,000 USD) yari igenewe urwego rw’uburezi rwa Tanzaniya, bitewe n’iyo ngamba.

- Advertisement -

Imiryango iharanira Uburenganzira bw’Abagore ndetse n’abahanga mu burezi, bavuze ko iyo ngamba ihonyora amasezerano mpuzamahanga y’uburenganzira bwa muntu.

Nyuma yo kugirana ibiganiro na banki y’Isi, ubu minisiteri y’uburezi yemeye ko igiye kwemerera Abagore n’Abangavu kujya mu mashuri y’abakuze azwi nka ‘Folk Development Colleges’ ari mu bice bitandukanye by’igihugu.

Ayo mashuri yigisha imibare no gusoma no kwandika byo ku rwego rw’ibanze, gusa icyemezo cyo kwirukana ku mashuri abakobwa batewe inda n’ababyaye cyo ntacyo kiratangazwaho.

BBC

Eric Uwimbabazi June 23, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika

Hashize 1 month
Politiki

Namibia yabonye Perezida mushya

Hashize 5 months
Amakuru

MINEMA yatanze impuruza ku kibazo cy’Ibiza

Hashize 5 months
Politiki

Abayobozi biremereza bagateshuka ku nshingano bahawe gasopo

Hashize 9 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?