UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
Hashize 23 hours
Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
Hashize 3 days
Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
Hashize 1 week
Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
Hashize 2 weeks
Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
Hashize 2 weeks
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Nyabihu: Ibyishimo ni byose, nyuma yo gukorerwa ubuvugizi
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imibereho

Nyabihu: Ibyishimo ni byose, nyuma yo gukorerwa ubuvugizi

Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Yanditswe taliki ya 02/12/2022 saa 9:21 AM

Umuryango ugizwe n’abantu batandatu, urishimira uko ubayeho, nyuma yo gukorerwa ubuvugizi ugahabwa isakaro ryabarinze kunyagirwa.

Uzayisenga Epiphanie, utuye mu Mudugudu wa Kagano, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, avuga ko we n’umuryango we bari mu byishimo byinshi, nyuma yo guhabwa amabati n’Akarere ka Nyabihu.

Uyu mubyeyi ufite abana bane n’umugabo umwe, yemeza ko bahawe amabati nyuma yo gukorerwa ubuvugizi n’ikinyamakuru UMURENGEZI.COM mu nkuru cyatangaje tariki ya 16 Nzeri 2022, yari ifite umutwe ugira uti: “Nyabihu: Babayeho nabi nyuma yo kwizezwa inkunga ntibayihabwe”

Ubwo umunyamakuru yageraga aho uyu muryango utuye, yasanganijwe ibyishimo byinshi bivanze no gushima inzego zitandukanye, maze mu ijwi rya Uzayisenga agira ati : “Ndishimye cyane, ndashimira cyane umubyeyi wacu Paul Kagame kuko niwe wabigizemo uruhare cyane, kugira ngo ntazongera kunyagirwa n’abana banjye.

- Advertisement -

Ndanshimira itangazamakuru cyane cyane mwebwe mwakoreye ubuvugizi nkabasha kuva mu kirangarira cy’inzu, ndetse n’abandi bayobozi batandukanye babigizemo uruhare.”

Uyu mubyeyi akomeza agira ati: “Ndacyafite imbogamizi, kuko inzu yanjye idahomye, bigatuma amahuhwezi agera mu nzu, ariko mu bushobozi bwanjye buke, nzakomeza kwirwanaho kugeza inzu yuzuye, kuko icyari gikomeye ryari isakaro none nararibonye.”

Akarere ka Nyabihu kari mu turere two mu Rwanda dukunze kwibasirwa n’ibiza, gusa ubuyobozi bukora iyo bwabaga ngo buhangane na byo, nubwo inzira ikiri ndende, bitewe ahanini n’imiterere y’aka Karere.

Batarahabwa isakaro banyagirirwaga mu nzu

Barishimira ko bahawe isakaro ryabarinze kunyagirwa

Irebana na: home
Emmanuel DUSHIMIYIMANA December 2, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
  • Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
  • Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
  • Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
  • Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

UbuhinziUburezi

INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi

Hashize 23 hours
Politiki

Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye

Hashize 3 days
IbidukikijeUbuzima

Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer

Hashize 1 week
Inkuru ndende

Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)

Hashize 2 weeks

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?