UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Ni ngombwa ko umugabo asohora byibuze inshuro 21 mu kwezi
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
UbuzimaUtuntu n'utundi

Ni ngombwa ko umugabo asohora byibuze inshuro 21 mu kwezi

Thierry NDIKUMWENAYO
Thierry NDIKUMWENAYO
Yanditswe taliki ya 24/08/2022 saa 10:50 AM

N’kuko byatangajwe n’ubushakashatsi, ngo ni ngobwa ko umugabo nibura agomba gusohora inshuro zitari munsi ya 21 mugihe cy’ukwezi.

Ubushakashatsi buvuga ko biteganyijwe ko abagabo bose bagomba gusohora byibuze inshuro 21 mu kwezi kugira ngo birinde kanseri ya prostate.

Ubushakashatsi bwizera ko gusohora kenshi bishobora kugabanya ibyago byo kurwara kanseri ya prostate mu gihe cy’imyaka 18.

Byatangajwe ko abagabo bari hagati y’imyaka 20 na 29, bashobora gusohora byibuze inshuro 21 mu kwezi, bafite amahirwe angana na 19 ku ijana yo kwirinda ibyago byo gufatwa n’iyo kanseri kurusha abasohora gake wenda inshuro 4 kugeza kuri 7 mu kwezi.

- Advertisement -

Ubushakashatsi bwakomeje kandi buvuga ko abagabo bafite hagati y’imyaka 40 na 49, basohora byibuze inshuro 21 mu kwezi, bafite amahirwe angana na 22 ku ijana yo kudasanganwa kanseri ya prostate.

Basoza bavuga ko uko umugabo abikora cyane, ariko amahirwe aba yiyongera, ari nako arushaho kwirinda.

Ivomo: santeplus

Irebana na: Ubuzima, umurengezi
Thierry NDIKUMWENAYO August 11, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Utuntu n'utundi

Musenyeri Bigirumwami ufatwa nk’Intwali ni muntu ki?

Hashize 3 months
Ubuzima

Musanze: Isuku yagizwe inkingi ya mwamba mu guhashya igwingira

Hashize 4 months
Ubuzima

Icyorezo cya Covid-19 cyabonewe umuti

Hashize 4 months
ImiberehoUbuzima

Musanze: Ababyeyi ntibazi irengero ry’amafaranga y’inyongeramirire bagenewe na Perezida Kagame

Hashize 4 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?