UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kirimbuzi yakoze
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Politiki

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kirimbuzi yakoze

UMURENGEZI
UMURENGEZI
Yanditswe taliki ya 10/10/2020 saa 8:53 PM
Koreya ya Ruguru yerekanye ibyo abahanga mu bya gisirikare bavuze ko bisa nk’igisasu cya kirimbuzi gishya n’izindi ntwaro nshya mu karasisi kakoranywe ubuhanga bukomeye mu gitondo cyo ku wa gatandatu tariki 10 Ukwakira 2020.
Iki gisasu kigaragara ko aricyo cya mbere cya rutura Koreya ya Ruguru yerekanye mu bishobora guhekwa n’imodoka.

Ibyo byatumye abasesengura ibintu n’ibindi bavuga ko bishoboka ko cyaba ari cyo Perezida Kim Jong Un w’icyo gihugu yigeze kuvuga mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Perezida Kim Jong Un yakurikiye ako karasisi kari mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 75 y’Ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi muri icyo gihugu.

Kim Jong Un yagejeje ijambo ku bantu babarirwa mu bihumbi bari buzuye muri Stade nkuru y’i Pyongyang, nta numwe wambaye agapfukamunwa.

Yavugaga agaragazaga amarangamutima asa nk’ushaka kurira, mu ijambo rye ryamaze iminota 25.

- Advertisement -

Yavuze ko igihugu cye kizakomeza kubaka imbaraga za gisirikare no kwirinda ibikorwa by’umwanzi byose byashaka kugitera ubwoba.

Ntiyigeze atobora ngo avuge Leta zunze ubumwe z’Amerika ariko yavuze ko atashya cyane Koreya y’Epfo kandi yizeye ko ibihugu byombi bizazahura umubano wabyo wari wongeye kuzamba muri uyu mwaka.

Yasabye imbabazi ku byerekeye ihungabana ry’ubukungu bw’igihugu avuga ko ryaje ritunguranye kubera imyuzure n’icyorezo cya virusi ya Corona.

Yemeza ko nta muntu n’umwe uricwa n’iyo ndwara mu gihugu cye,  mu gihe abahanga bavuga ko kubyemeza bitashoboka kandi bishobora kuba ari ibinyoma

UMURENGEZI October 10, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza

Hashize 1 week
Politiki

Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe

Hashize 2 months
ImiberehoPolitiki

Gakenke: Harifuzwa ko Icyari kugirwa Akarere cyabyazwa Umusaruro

Hashize 3 months
Politiki

Musanze: Urubyiruko rwasabwe kwitabira Igikorwa cyo Kwibuka

Hashize 3 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?