UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Musanze: Impungenge ni zose ku mazi yafunze Umuhanda wari Nyabagendwa
Hashize 6 days
Itangazo ryo guhinduza amazina
Hashize 2 weeks
Kigali: Ubushomeri, kimwe mu mpamvu-muzi y’ubwandu bushya bwa SIDA
Hashize 2 weeks
Kigali: Batunguwe no kwimurwa mu manegeka bakajyanwa mu Kagari
Hashize 2 weeks
Irengero ry’umushahara fatizo rizabazwa nde?
Hashize 4 weeks
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Kenya : Leta yakuyeho ingamba zo kwambara agapfukamunwa mu ruhame
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
AmakuruPolitiki

Kenya : Leta yakuyeho ingamba zo kwambara agapfukamunwa mu ruhame

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 11/03/2022 saa 4:16 PM

Igihugu cya Kenya, cyabaye icya mbere mu karere mu gukuraho itegeko ryo kwambara agapfukamunwa ahahurira abantu benshi, nyuma y’uko icyorezo cya Covid-19 kigabanyije ubukana muri Afurika n’isi yose muri rusange.

Ibi byatangajwe na Mutahi Kagwe Umunyamabanga w’inama y’igihugu y’ubuzima muri Kenya, kuri uyu wa kane tariki ya 10 Werurwe 2022, ahamya ko kwambara agapfukamunwa ku karubanda (mu mihanda n’ahandi hose hafunguye) byavanyweho, kandi ko gusengera hamwe ku bantu bafashe inkingo byemewe.

Bwana Kagwe yashishikarije Abanyakenya kwambara udupfukamunwa ahantu hafunze, bakanubahiriza amategeko yo gusiga umwanya hagati y’umuntu n’undi, yongeraho kandi ko akato kazahagarikwa.

Ati, “Abanyakenya barashishikarizwa kwambara udupfukamunwa mu gihe bitabiriye ibikorwa bibera mu mazu (ahafunganye). Tugomba noneho gukora igenzura ry’ubushyuhe ahantu hahurira abantu benshi. Ibikorwa bihuriza abantu bose mu mazu bizakomeza kandi bizajya byakira 100% by’ubushobozi bwabyo.”

- Advertisement -

Bwana Kagwe mu kiganiro n’abanyamakuru i Nairobi, yavuze kandi ko ingamba za Covid-19 zabayeho mu myaka ibiri ishize zafashije kandi zikiza abantu ibihumbi.

Ati, “Ingamba zacu dufatanije n’intara zarokoye ubuzima. Dushingiye ku nama za OMS, twari dufite virusi kandi nk’uko mubibona mu kwezi gushize, umubare w’abanduye uri munsi ya rimwe ku ijana. ”

Kubera izi ngamba Leta ya Kenya yafashe, ibikorwa bya siporo bigiye gukomeza abafana basubire ku bibuga batambaye udupfukamunwa.

Eric Uwimbabazi March 11, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Musanze: Impungenge ni zose ku mazi yafunze Umuhanda wari Nyabagendwa
  • Itangazo ryo guhinduza amazina
  • Kigali: Ubushomeri, kimwe mu mpamvu-muzi y’ubwandu bushya bwa SIDA
  • Kigali: Batunguwe no kwimurwa mu manegeka bakajyanwa mu Kagari
  • Irengero ry’umushahara fatizo rizabazwa nde?
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

ImiberehoPolitiki

Irengero ry’umushahara fatizo rizabazwa nde?

Hashize 4 weeks
Politiki

Abapolisi 108 bakomerekeye mu myigaragambyo

Hashize 4 weeks
Amakuru

Babiri bacyekwaho kwiba moto batawe muri yombi bagiye kuyigurisha

Hashize 1 month
Politiki

Uganda: NRM yemeye kuvugurura umushinga w’itegeko rihana abatinganyi

Hashize 1 month

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?