UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Abanyamakuru bo mu Rwanda barashinjwa gukorana na M23
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Politiki

Abanyamakuru bo mu Rwanda barashinjwa gukorana na M23

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 13/12/2022 saa 1:02 PM

Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyatunze agatoki abanyamakuru bo mu Rwanda, kuvogera ubutaka bwacyo no gukorana n’inyeshyamba za M23.

Mu itangazo ryasohotse rigenewe abanyamakuru kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2022, rivuga ko abanyamakuru bo mu Rwanda binjira muri Congo bitemewe n’amategeko bagakorana na M23.

Itangazo rivuga ko leta ya Congo yamaganye aba banyamakuru baturuka mu Rwanda, bakajya gushaka inkuru no kuvugisha abaturage bari mu bice M23 yafashe.

Ni itangazo ryasohowe na Minisiteri ifite itangazamakuru mu nshingano rivuga ko aba banyamakuru bakora ‘propaganda’, ariko birinda kugira amazina bashyiramo y’ibyo bitangazamakuru.

- Advertisement -

Rikomeza rivuga ko bakora inkuru mu bice bya Bunagana, Rutshuru n’ahandi barinzwe n’abarwanyi ba M23.

Iyi minisiteri yahamagariye kandi umuryango mpuzamahanga ko u Rwanda rwatanga ibisobanuro ku bantu biciwe i Kishishe n’abandi batandukanye muri teritwari ya Rutshuru.

Ni ibirego leta ya Congo ikomeje kugereka ku Rwanda, ariko rwo rwateye utwatsi, rukavuga ko nta nyungu rufite mu guhungabanya umutekano wa Congo.

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ugushyingo 2022, muri Amerika habera ibiganiro ku kibazo cy’umutekano muke gahati y’ibihugu byombi, mu nama iri guhuza abakuru b’ibihugu by’Afurika yiswe ‘USA-Africa summit’ nk’uko umuvugizi wa leta ya Congo, Patrick Muyaya, yabitangaje.

Irebana na: home
Eric Uwimbabazi December 13, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza

Hashize 7 days
Politiki

Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe

Hashize 2 months
Ubukerarugendo

Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda

Hashize 2 months
IbidukikijeImibereho

Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka

Hashize 2 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?