UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
Hashize 23 hours
Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
Hashize 3 days
Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
Hashize 1 week
Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
Hashize 2 weeks
Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
Hashize 2 weeks
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Vatican: Uwahoze ari Umushumba wa Kiliziya Gaturika yitabye Imana
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Amakuru

Vatican: Uwahoze ari Umushumba wa Kiliziya Gaturika yitabye Imana

Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Yanditswe taliki ya 31/12/2022 saa 3:51 PM

Isi yose iri mu gahinda gakomeye cyane cyane Abakirisitu Gatulika, nyuma yo kubura Umupapa(Papa) weguye ku butumwa bwo kuyobora Kiliziya Gaturika ku isi yose.

Iyi nkuru y’incamugongo, yamenyekanye binyuze mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, tariki 31 Ukuboza 2022 na Vatican.

Iri tangazo ryagiraga riti: “Mu gahinda kenshi, turabamenyesha ko Papa Benedicto XVI, yitabye Imana uyu munsi ku isaha ya 09:34 za mugitondo.”

Papa Benedicto XVI, witabye Imana ku myaka 95, yari amaze iminsi arwariye i Vatican ku cyicaro gikuru cya Kiliziya Gaturika, akaba yitabye Imana amaze imyaka hafi 10 atakiri mu nshingano, kuko yeguye muri 2013.

- Advertisement -

Uyu mushumba avuye mu mubiri, mu gihe hari hashize iminsi uwamusimbuye  ari we Papa Francis, asabye Abakirisitu Gatulika gusengera Benedicto XVI, koko ngo yabonaga arembye.

Papa Benedicto muri 2013, yakoze amateka yo kwegura ku mwanya w’umushumba wa Kiliziya Gaturika ku Isi, ibintu bitari bimenyerewe, byaherukaga mu mwaka w’1415 ubwo Papa Gregoire XII nawe yeguraga.

Irebana na: home
Emmanuel DUSHIMIYIMANA December 31, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
  • Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
  • Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
  • Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
  • Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

UbuhinziUburezi

INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi

Hashize 23 hours
Politiki

Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye

Hashize 3 days
IbidukikijeUbuzima

Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer

Hashize 1 week
Inkuru ndende

Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)

Hashize 2 weeks

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?