UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Urugo rwa Cristiano Ronaldo rwagabweho igitero karahabutaka cy’Umujura wibye bimwe mu bintu bye
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

Urugo rwa Cristiano Ronaldo rwagabweho igitero karahabutaka cy’Umujura wibye bimwe mu bintu bye

Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Emmanuel DUSHIMIYIMANA
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Umujura wo mu gihugu cya Portugal ari guhigwa bukware nyuma yo kwinjira mu rugo rwa rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo, akiba bimwe mu bintu bitandukanye.

Ubwo Cristiano Ronaldo yari muri Espagne mu mukino wa UEFA Nations League banganyijemo n’iki gihugu 0-0, umujura yateye muri iyi nzu ye iri i Madeira yiba bimwe mu bintu Ronaldo n’umuryango we batunze.

Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Elma yavuze ko uyu mujura uri guhigwa na Polisi azwi cyane muri Madeira kubera ko yazahajwe n’ibiyobyabwenge.

Uyu mujura bivugwa ko yinjiye muri iyi nzu y’amagorofa 7 atwara ibintu bitandukanye birimo n’umupira wo kwambara usinyeho wa Juventus.

- Advertisement -

Polisi yahise imenya uyu mujura binyuze ku mashusho yafashwe na CCTV nyuma y’aho inzogera zitabaza [Alarm] zavugijwe mu gitondo cyo kuwa Gatatu nyuma y’ubu bujura.

Polisi ntabwo irafata uyu mujura. Amakuru avuga ko uyu mujura yinjiye mu nyubako abifashijwemo n’umukanishi wafunguye urugi rw’igaraje ntafunge.

Nyina wa Cristiano witwa Dolores n’umuvandimwe we Hugo baba muri iyi nyubako yo muri uyu mujyi wa Funchal usanzwe ari umujyi mukuru wa Madeira ngo bari mu rugo ubu bujura buba.

Elma uba ahandi kuri iki kirwa cya Madeira yabwiye ibinyamakuru ati:“Yihishe [umujura] ahashyirwa imyanda. Ashobora kuba yashakaga ibiryo ariko yavumbuwe vuba. Yagaragaye kuri Camera. Yabaswe n’ibiyobyabwenge. Tumubona ku muhanda”.

Cristiano Ronaldo yaguze iyi nzu yatewe n’umujura mu mwaka ushize wa 2019 ndetse niho yari atuye we n’umukunzi we Georgina Rodriguez n’abana be bane ubwo bavaga mu Butaliyani baje kureba umubyeyi we yarwaye indwara ya Stroke ndetse no muri Guma mu rugo.

Emmanuel DUSHIMIYIMANA October 9, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 6 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 10 months
Imikino

Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi

Hashize 10 months
ImikinoUbuzima

Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?