UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 2 weeks
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 4 weeks
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 3 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Ubwongereza: Umwe mu baherutse kugaragara barinze Umugogo w’Umwami yasanzwe yapfuye
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
AmakuruPolitiki

Ubwongereza: Umwe mu baherutse kugaragara barinze Umugogo w’Umwami yasanzwe yapfuye

UMURENGEZI
UMURENGEZI
Yanditswe taliki ya 03/10/2022 saa 10:28 AM

Umusirikare uri mu kigero cy’imyaka 18 wari mu bari barinze isanduku y’Umwamikazi Elizabeth II mu muhango wo kumutabariza, yasanzwe aho ingabo ziba i Knightsbridge mu mu Mujyi wa Londres yapfuye.

Polisi y’i Londres yavuze ko ikimenya aya makuru yagerageje kujyana imbangukiragutabara ngo irebe uko yafasha Burnell-Williams ariko igasanga amazi yarenze inkombe.

Kugeza ubu ntabwo haramenyekana icyamwishe na cyane ko umurambo w’uyu musore nta kimenyetso ugaragaza wenda ngo babe baheraho mu gushaka icyamwishe.

Umuvugizi wa Polisi yo mu Mujyi wa Londres yatangaje ko Burnell-Williams yasanzwe yapfiriye aho yari asanzwe aba nk’uko yabibwiwe n’umuvandimwe we.

- Advertisement -

Ati: “Urupfu rwe rwatunguranye. Iperereza ryakozwe ariko nta bimenyetso bigaragaza icyamwishe. Gusa abayobozi bakuru mu ngabo bari gufasha ushinzwe gushaka amakuru ku rupfu rw’uyu musore mu gutegura raporo y’ibijyanye n’urupfu rwe.”

  • Ubwongereza: Liz yagizwe Minisitiri w’Intebe nyuma y’iyegura rya Boris
  • Ubwongereza: Minisitiri wari mu masezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yeguye
  • U Rwanda rwasabye Ubwongereza ubusobanuro ku mwanzuro warufatiwe

Ubwo Umwamikazi Elizabeth II yatabarizwaga amashusho ya Burnell-Williams yasakajwe n’abo mu muryango we ubona ko bashimishijwe n’uko umwana wabo ahabwa inshingano zikomeye zo kugenda iruhande rw’isanduku y’Umwamikazi kandi akiri muto.

Daniel Burnell Se wa Burnell-Williams ku munsi w’umuhango wo gutabariza Umwamikazi yigeze kwandika ku mbuga nkoranyambaga ati “Ndi umubyeyi wishimye, umuhungu wanjye ari gutumika inshingano neza. Ndakunezerewe muhungu wanjye.”

Burnell-Williams yakomokaga i Bridgend, agace gaherereye mu majyepfo ya Pays de Galle. Ni umwe mu baherutse guhabwa inshingano zo kurinda ab’i Bwami.

Irebana na: Ubwongereza, umurengezi
UMURENGEZI October 3, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Politiki

Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika

Hashize 3 months
Politiki

Namibia yabonye Perezida mushya

Hashize 7 months
Amakuru

MINEMA yatanze impuruza ku kibazo cy’Ibiza

Hashize 7 months
Politiki

Abayobozi biremereza bagateshuka ku nshingano bahawe gasopo

Hashize 10 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?