UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Kayitare Wayitare yashyize hanze indirimbo ivuganira ba “Slay queen”
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imyidagaduro

Kayitare Wayitare yashyize hanze indirimbo ivuganira ba “Slay queen”

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 05/07/2020 saa 11:30 AM

Kayitare Wayitare Dembe wamenyekanye mu ndirimbo yitwa ‘Abana ba Afurika’, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Slay queen’.

Kayitare yabwiye Itangazamakuru ko iyi ndirimbo yatekereje kuyikora bitewe n’uko abakobwa benshi bitwa gutya bakunze guhabwa isura itari nziza mu muryango nyarwanda.

Ati “Indirimbo yaje bitewe n’uburyo aba-Slay Queen bahabwa isura itari iya nyayo. Birimo kubita ibyomanzi, indaya n’ibindi. Nayikoze mu rwego rwo kwerekana isura ya nyayo ya Slay Queen. Abantu benshi baba bumva atari umukobwa wateretwa nk’abandi ukamukwa ndetse ukaba wamushyira mu rugo mukabana. Rero njyewe nayikoze nakunze Slay Queen.”

Uyu mugabo yavuze ko gahunda afite mu gihe kiri imbere ari ugukora umuziki mu ngeri zitandukanye. Umuziki utanga icyizere mu muryango nyarwanda, urubyiruko rwiyumvamo ujyanye n’igihe tugezemo kandi ufite ubutumwa buhumuriza abantu.

- Advertisement -

Ati “Niyo utabyumva ako kanya ariko uko ugenda ugenda usobanukirwa ubutumwa burimo kuko na Yesu abantu ntibigeze bamwumva ariko ubu bamwe batangiye kugenda basobanukirwa ubutumwa yatangaga.”

‘Slay Queen’, ni izina rihabwa abakobwa barisha ikimero. Abarikoresha baba baninura abakobwa bifashisha imbuga nkoranyambaga mu kugaragaza uburanga bwabo. Abenshi muri bo nta kazi kazwi bagira ariko baba bagaragara nk’abafite agatubutse ku mufuka.

Uyu muhanzi afite album ebyiri ‘Abana b’Afurika’ ndetse n’iyitwa ‘East Africa’. Muri uyu mwaka ari gukora ku yindi nshya izajya hanze umwaka utaha izaba yitiranwa n’umwa we ‘Hirwa’.

Uyu muhanzi yatangiye umuziki muri Mutarama mu 2004 , mu 2008 aza gushyira hanze Album yitwa ‘Abana b’Afrika’ nyuma y’aho amara igihe kinini atumvikana mu ruhando rwa muzika mu Rwanda.

Eric Uwimbabazi July 2, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imyidagaduro

Ghetto Kids yari yitezwe gutwara Britain’s Got Talent yakozwe mu nkokora

Hashize 4 months
Imyidagaduro

Noopja wamamaye mu ndirimbo ‘Murabeho’ yagizwe umuyobozi muri Trace Africa

Hashize 9 months
Imyidagaduro

Ibyo wamenya ku ndwara ya ‘Stiff Person syndrome’ yibasiye Celine Dion

Hashize 10 months
AmakuruImyidagaduroUtuntu n'utundi

Umugabo yateje akavuyo nyuma yo kubona umugore we mu modoka y’umuhanzi

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?