UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Isi yongeye umuvuduko ikoresha mu kwizenguruka
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Ikoranabuhanga

Isi yongeye umuvuduko ikoresha mu kwizenguruka

Iradukunda Uwase Sylvie
Iradukunda Uwase Sylvie
Yanditswe taliki ya 03/08/2022 saa 2:10 PM
Isi yacu yizenguruka ubwayo mu masaha 24. Ni byo bisobanurwa nk’umunsi, utandukanywa n’ijoro n’amanywa. Gusa kubyumva mu buryo bworoshye biragoye kuko umuntu ataba abibona igihe biri kuba.

Rimwe na rimwe hari n’ubwo Isi dutuye yizenguruka ku muvuduko wo hejuru kurusha uburyo busanzwe, ariko ni ibintu bibarwa mu masegonda.

Ubusanzwe Isi ifata amasaha 24 kugira ngo yo ubwayo yizenguruke. Ayo masaha angana n’amasegonda 86 400, ni igihe biyifata iva ahantu hamwe yongera kuhagera.

Isi iherutse kugira umunsi muto ugereranyije n’igihe ubusanzwe bifata kugira ngo ibe imaze kwizenguruka. Ni ubwa mbere bibaye kuva mu 1960 ubwo uburyo bugezweho bwo kubara uko Isi yikaraga bwatangiraga.

Byabaye kuwa 29 Kamena 2022, aho icyo gihe Isi yihuse mbereho igihe kitageze ku isegonda rimwe, kuko cyari milliseconde 1,59 [bingana n’amasegonda 0,159].

- Advertisement -

Ni agahigo kakuyeho akari karagiyeho mu bihe bya mbere aho na none ku wa 19 Nyakanga 2020, Isi yizegurukaga ku muvuduko wo hejuru ho millisecondes 1,47 kugira ngo amasaha 24 ashire.

Bivugwa ko hari igihe inyamaswa za dinezoru(dinosaure) zabaye ku Isi mu myaka miliyoni 150 ishize, zigeze kuba ku Isi y’umunsi wamaze amasaha 23, aho kuba 24 nk’ibisanzwe.

Ntabwo abahanga batangaza impamvu nyazo zatumye uwo muvuduko wiyongera ariko rimwe na rimwe bavuga ko bishobora guterwa n’imitingito ishobora kubera mu bice runaka by’Isi.

Irebana na: umurengezi
Iradukunda Uwase Sylvie August 3, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Ikoranabuhanga

Twitter yafunze imiryango ku bakozi bayo

Hashize 11 months
Ikoranabuhanga

Twitter yahagaritse abakozi b’ishami ryayo muri Afurika

Hashize 11 months
Politiki

Musabyimana yagizwe Minisitiri muri MINALOC

Hashize 11 months
AmakuruImibereho

“Turifuza Guhuza ubuzima bwa Gikirisitu n’ubusanzwe” – Fatherhood Sanctuary

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?