UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 1 week
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 3 weeks
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 2 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Isi yongeye umuvuduko ikoresha mu kwizenguruka
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Ikoranabuhanga

Isi yongeye umuvuduko ikoresha mu kwizenguruka

Iradukunda Uwase Sylvie
Iradukunda Uwase Sylvie
Yanditswe taliki ya 03/08/2022 saa 2:10 PM
Isi yacu yizenguruka ubwayo mu masaha 24. Ni byo bisobanurwa nk’umunsi, utandukanywa n’ijoro n’amanywa. Gusa kubyumva mu buryo bworoshye biragoye kuko umuntu ataba abibona igihe biri kuba.

Rimwe na rimwe hari n’ubwo Isi dutuye yizenguruka ku muvuduko wo hejuru kurusha uburyo busanzwe, ariko ni ibintu bibarwa mu masegonda.

Ubusanzwe Isi ifata amasaha 24 kugira ngo yo ubwayo yizenguruke. Ayo masaha angana n’amasegonda 86 400, ni igihe biyifata iva ahantu hamwe yongera kuhagera.

Isi iherutse kugira umunsi muto ugereranyije n’igihe ubusanzwe bifata kugira ngo ibe imaze kwizenguruka. Ni ubwa mbere bibaye kuva mu 1960 ubwo uburyo bugezweho bwo kubara uko Isi yikaraga bwatangiraga.

Byabaye kuwa 29 Kamena 2022, aho icyo gihe Isi yihuse mbereho igihe kitageze ku isegonda rimwe, kuko cyari milliseconde 1,59 [bingana n’amasegonda 0,159].

- Advertisement -

Ni agahigo kakuyeho akari karagiyeho mu bihe bya mbere aho na none ku wa 19 Nyakanga 2020, Isi yizegurukaga ku muvuduko wo hejuru ho millisecondes 1,47 kugira ngo amasaha 24 ashire.

Bivugwa ko hari igihe inyamaswa za dinezoru(dinosaure) zabaye ku Isi mu myaka miliyoni 150 ishize, zigeze kuba ku Isi y’umunsi wamaze amasaha 23, aho kuba 24 nk’ibisanzwe.

Ntabwo abahanga batangaza impamvu nyazo zatumye uwo muvuduko wiyongera ariko rimwe na rimwe bavuga ko bishobora guterwa n’imitingito ishobora kubera mu bice runaka by’Isi.

Irebana na: umurengezi
Iradukunda Uwase Sylvie August 3, 2022
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Ikoranabuhanga

Ibyo wamenya ku mikorere y’Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga

Hashize 1 year
Ikoranabuhanga

Twitter yafunze imiryango ku bakozi bayo

Hashize 3 years
Ikoranabuhanga

Twitter yahagaritse abakozi b’ishami ryayo muri Afurika

Hashize 3 years
Politiki

Musabyimana yagizwe Minisitiri muri MINALOC

Hashize 3 years

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?