UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 1 week
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 1 month
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Diamond Platnumz yahishuye ko ari Umugande
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imyidagaduro

Diamond Platnumz yahishuye ko ari Umugande

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 02/07/2020 saa 9:17 AM

Nyuma y’igihe abantu bazi ko umuhanzi w’icyamamare muri Afurika cyane cyane mu gihugu cya Tanzania, Diamond Platnumz ari Umutanzaniya nyawe, kuri ubu uyu muhanzi asa n’uwabiteye utwatsiyemeza ko se afite inkomoko muri Uganda.

Diamond yatangaje aya makuru mu nyandiko nshya yanyujije kuri Instagram ubwo yashyiraga hanze amashusho ya bamwe mu bana ba Uganda, Ghetto Kids babyina indirimbo ye aheruka gukora afatanije na Rayvany yitwa “Amaboko”. Muri aya magambo yanditse, yahishuye ko Se umubyara ari Umugande nk’inkomoko ye.

Nubwo uyu muhanzi atigeze ahishura byinshi kuri aya makuru, yishimiye ko yari Umugande. Yavuze kandi ku bana be 2 bakomoka muri Uganda, aha akaba yashakaga kuvuga Latiffan na Nilan yabyaranye n’Umugandekazi Zari Hassan.

Mu magambo make ya Diamond Platnumz yagize ati “UGANDA, muzi ko papa akomoka hariya kandi abana banjye bombi bakomoka hariya”. Ibi byatunguye abantu cyane ko ubusanzwe uyu muhanzi adakunze kuvuga ibya se wamubyaye, Mzee Abdul umutanzania bizwi neza ko ari se wamwibarutse.

- Advertisement -

Mu bihe byashize, Diamond na Nyina byavugwaga ko batishimiye Mzee Naseeb bahamya ko yabasize mu bukene akajya gukomeza ubuzima bwe hamwe n’undi mugore.

Nk’uko Dangote, Nyina wa Diamond abitangaza, ngo uwahoze ari umugabo we ntiyigeze ahangayikishwa no kumufasha kurera umuririmbyi Diamond, ibintu byatumye Dangote atanga ubuzima bwe kugira ngo abana be badasinzira bashonje.

Ni kenshi Diamond yagiye yerekana ko atishimiye se ndetse n’ubu ashobora kuba adafitanye umubano mwiza na we n’ubwo mu minsi yashize bageragezaga guhura agahe gato bakaganira. Abantu benshi ntibumva impamvu Diamond yahamije ko afite inkomoko muri Uganda mu gihe amakuru yari azwi n’abatari bacye ari uko Mzee Abdul ari Umutanzaniya wuzuye.

Diamond yagaragaje inkomoko ye abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram

Eric Uwimbabazi July 2, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imyidagaduro

Soeur Uwamariya Immaculee umwe mubagenewe ishimwe n’Umuryango KUKI NDIHO

Hashize 8 months
Imyidagaduro

Umuryango KUKI NDIHO/WHY DO I EXIST RWANDA ORPHAN SUPPORT PROJECT wateguje abakunzi bawo Umunsi Mpuzamahanga w’amahoro

Hashize 8 months
Imyidagaduro

Christopher yasoje ibitaramo yakoreraga muri Canada

Hashize 12 months
Imyidagaduro

Miss Naomie yavuze ku byo gufungisha inyinya ye

Hashize 12 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?