UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
Hashize 22 hours
Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
Hashize 3 days
Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
Hashize 1 week
Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
Hashize 1 week
Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
Hashize 2 weeks
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Bwa mbere mu Rwanda, abantu 9 bishwe na COVID-19
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
AmakuruUbuzima

Bwa mbere mu Rwanda, abantu 9 bishwe na COVID-19

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 30/01/2021 saa 7:54 PM

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda habonetse abantu icyenda bishwe na Covid-19 mu munsi umwe, mu gihe umubare w’abayanduye wo wiyongereyeho 310.

Nk’uko bigaragara mu mibare yashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Mutarama 2021, abantu icyenda barimo abagore bane b’imyaka 80 b’i Karongi, aba 61, 43 na 32 b’i Kigali n’abagabo batanu b’imyaka 86 b’i Huye, n’abafite imyaka 75, 73 na 72 bo muri Kigali ndetse n’uw’imyaka 58 wo mu karere ka Rubavu, bahitanywe n’iki cyorezo umunsi umwe, mu gihe abayikize ari 161.

Ibi byatumye umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020 bagera ku 162.

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu bipimo bishya 4,359 byafashwe kuri uyu wa kane, abarwayi bashya banduye ari 310, bituma umubare w’abamaze kwandura mu gihugu bose ungana na 12,170.

- Advertisement -

Kuba abakize ari 161, byatumye umubare w’abamaze gukira bose hamwe mu Rwanda uba 7,973 naho abakirwaye bakaba ari 4,035.

Abarwayi bashya babonetse harimo 85 bo muri Kigali, Gatsibo: 57, Ngoma: 41, Gicumbi: 27, Huye: 18, Rulindo: 11, Karongi: 11, Musanze: 10, Nyagatare: 9, Gisagara: 7, Nyanza: 6, Kirehe: 6. Burera: 5, Rubavu : 5, Muhanga: 3, Rusizi: 2, Kamonyi: 2, Nyamagabe: 2, Ruhango: 2, na Nyamasheke yagaragayemo umurwayi 1.

Leta y’u Rwanda irakangurira Abantu bose gukomeza kwitwararika no kubahiriza amabwiriza yashyizweho, hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi meza n’isabune, kwambara agapfukamunwa neza mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi, no kwirinda ingendo zitari ngombwa mu rwego rwo gukomeza kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo.

Eric Uwimbabazi January 21, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi
  • Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n’abishyuye
  • Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer
  • Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)
  • Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

IbidukikijeUbuzima

Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer

Hashize 1 week
Amakuru

Dr Kayumba Christopher yagizwe umwere n’urukiko

Hashize 4 weeks
Ubuzima

Abatuye mu Mijyi bahawe impuruza ku buzima bwabo

Hashize 2 months
Amakuru

Bamporiki Edouard yafunzwe nyuma yo gukatirwa adahari

Hashize 2 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?