UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Bukasa watozaga Gasogi yavuye mu nama yayo ahita ajya gusinyira Rayon Sports
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

Bukasa watozaga Gasogi yavuye mu nama yayo ahita ajya gusinyira Rayon Sports

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Umutoza wa Gasogi United, Guy Bukasa, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru ari kumwe n’umuyobozi w’iyi kipe, akivamo ahita ajya gusinya amasezerano muri Rayon Sports.

Kuva ku wa Gatatu tariki ya 1 Nyakanaga, ni bwo hatangiye kuvugwa ko uyu mutoza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, we n’umukinnyi Manace Mutatu Mbedi, bombi bagiranye ibiganiro na Rayon Sports ndetse bamwe bakavuga ko umutoza yasinye.

Mu kiganiro Guy Bukasa yagiranye n’itangazamakuru ku gicamutsi cyo kuri uyu wa kane yemeje ko yagiranye ibiganiro na Rayon Sports ariko avuga ko ari umutoza mukuru agomba kubanza gutegereza ikipe atoza.

Ati “Nta hantu ndasinya amasezerano, nta kipe n’imwe ndasinyira amasezerano y’imikorere mbisubiremo. Rayon Sports yaramvugishije ariko ntabwo ndasinya amasezerano. No muri Gasogi United sindongera amasezerano.”

- Advertisement -

Guy Bukasa umaze umwaka umwe mu Rwanda yavuze ko amaze kwakira ubusape bw’amakipe arenga 10, yifuza ko yayatoza ariko atarafata umwanzuro waho azerekeza.

Bukasa wari umaze umwaka muri Gasogi United yafashije iyi kipe kwitwara neza muri shampiyona 2019-2020, yatwawe na APR FC mu gihe Gasogi United yashoje iri ku mwanya wa 9 n’amanota 29.

Akiva muri iki kiganiro, nta masaaha abiri yashize, bihita bitangazwa ko yamaze gusinyira Rayon Sports azatoza mu gihe cy’imyaka itatu.

Eric Uwimbabazi July 3, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 6 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 10 months
Imikino

Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi

Hashize 10 months
ImikinoUbuzima

Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?