UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 7 days
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Abakinnyi ba Musanze FC bugarijwe na COVID-19
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

Abakinnyi ba Musanze FC bugarijwe na COVID-19

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Nyuma y’aho Ishyirahamwe ry’umupira w’amagaru mu Rwanda(FERWAFA) ritegetswe na Minisiteri ya Siporo n’Umuco guhagarika Shampiyona ku munsi wa Gatatu wayo  bitewe nuko amakipe amwe n’amwe mu Rwanda yanze kubahiriza  amabwiriza yo kwirinda covid-19, kuri ubu  abakozi n’abakinnyi ba Musanze FC bagera ku 10 basanzwemo Covid-19.

Iyi kipe ya Musanze FC yapimishije abakozi bayo ndetse n’abakinnyi bose mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza basabwe na  Minisiteri ya Siporo ibinyujije muri FERWAFA ryo gupimisha amakipe yose uko ari Cumi n’atandatu, mbere y’uko Abakinnyi basubira mu miryango yabo.

Amafaranga agera kuri  miliyoni 1.69 Frw niyo yishyuriwe ikipe ya Musanze FC  bapimisha abakozi 36 bayo,  hanyuma kuwa Kane tariki ya 17 Ukuboza 2020 abakozi n’abakinnyi b’iyi kipe basubira mu miryango yabo bamaze gupimwa.

Amakuru yizewe ikinyamakuru Umurengezi.com cyamaze kumenya nuko  mu bipimo byafashwe abo bose, byagaragaje ko abagera ku 10 bo mu muryango w’ikipe ya Musanze FC banduye COVID-19.

- Advertisement -

Mu cyumweru gishize ni bwo Minisiteri y’Umuco na Siporo iherutse gutangaza amwe mu makipe Abakinnyi bayo byamaze kugaragara ko banduye covid-19 arimo Musanze FC, APR FC, AS Kigali, Amagaju FC, Marine FC, Rutsiro na Alpha FC.

 Nubwo bitavuzwe cyane, Ikipe ya Musanze FC mu nshuro zigera kuri eshatu bapimishije abakinnyi, umukinnyi umwe niwe wari wagaragayeho ubwandu bw’icyorezo cya Covid-19.

Amakipe menshi yo mu Rwanda yamaze kurekura abakinnyi bayo ngo babe bagiye mu miryango yabo mu gihe hataratangazwa igihe Shampiyona izongera gusubukurwa bijyanye n’ingamba zo kwirinda Covid-19.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya ya 19 Ukuboza 2020, nibwo FERWAFA yoherereje ubutumire abayobozi b’amakipe mu nama izaba kuwa Kane tariki ya 24 Ukuboza 2020, aho bazigira hamwe ku isubikwa rya Shampiyona ndetse bakanagaragaza uburyo bazakora no kungurana ibitekerezo ku cyakorwa ngo Shampiyona yongere isubukurwe.

Ibi  bibaye mu gihe Akarere ka Musanze gakomeje  kugorwa n’icyorezo cya Covid-19 kurusha ahandi mu Rwanda, kuko kihariye 13% by’ubwandu bugaragara hirya no hino mu gihugu.

Eric Uwimbabazi December 21, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 6 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 10 months
Imikino

Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi

Hashize 10 months
ImikinoUbuzima

Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?