UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 1 week
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 1 month
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Gabon yakumiriye abaturage bo mu bihugu bigize EU
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Amakuru

Gabon yakumiriye abaturage bo mu bihugu bigize EU

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 05/07/2020 saa 11:27 AM

Guverinoma ya Gabon yahagaritse kwakira abantu bavuye mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, nyuma y’uko uyu muryango ushyize iki gihugu ku rutonde rw’ibihugu bifite abaturage batemerewe kujya mu Burayi.

Kuwa Kabiri w’iki cyumweru, Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi (EU) wemeje ibihugu 14 bitari muri uwo muryango ababituye kuva tariki 1 Nyakanga bemerewe kuhagenda.

Uru rutonde rw’ibihugu ruzajya ruvugururwa buri byumweru bibiri, EU ivuga ko abaturage babyo badateje akaga nubwo hakiri icyorezo cya Covid-19.

Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Gabon yategetse abayihagarariye mu bihugu bitandukanye kudaha viza abaturage bo muri EU, ivuga ko iki cyemezo kigamije gukorera abandi ibyo na we bagukoreye. Icyakora hari viza zizajya zitangwa ku bagiye mu butumwa bwemejwe na leta.

- Advertisement -

Iki cyemezo kivuze ko nta muturage ukomoka muri kimwe mu bihugu 27 bigize EU zemererwa kwinjira muri Gabon kugeza igihe hazatangirwa amabwiriza mashya.

Kugeza ubu muri Gabon hamaze kwandura abantu 5,394 barimo 42 kikaba ari kimwe mu bihugu byugarijwe cyane muri Afurika yo hagati.

Ibihugu bine bya Afurika; Algerie, u Rwanda, Maroc na Tunisie nibyo biri muri 14 abaturage babyo bemerewe kujya mu Burayi. U Bushinwa, Amerika, u Bushinwa, Turikiya na Brazil ntabwo biri ku rutonde rw’ibihugu ababituye bemerewe kujya i Burayi.

Eric Uwimbabazi July 2, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Amakuru

MINEMA yatanze impuruza ku kibazo cy’Ibiza

Hashize 5 months
AmakuruImibereho

Musanze: Batewe impungenge n’insinga z’amashanyarazi zishobora kubambura ubuzima

Hashize 9 months
Amakuru

Umuhanzikazi Valentine wamenyekanye nka ‘Dorimbogo’ yapfuye

Hashize 10 months
Amakuru

AS Kigali yatumije Inteko Rusange idasanzwe

Hashize 10 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?