UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 1 week
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 1 month
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Rayon Sports yanyagiye Addax SC ibitego 10-1
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Rayon Sports yanyagiye Addax SC ibitego 10-1

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 01/09/2024 saa 8:33 AM

Umutoza wa Rayon Sports, Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’, yasabye guhabwa igihe kugira ngo yubake ikipe ikomeye, ashimangira ko azabigeraho.

 

Yabivuze nyuma y’umukino wa gicuti Rayon Sports yatsinzemo Addax SC [yahindutse Imena FC] ibitego 10-1 ku wa Gatandatu mu Nzove.

Ati “Nk’uko byari bimeze mbere, inshuro ya mbere nza hano, twatwaye ibikombe bine, bitanu byikurikiranya kubera ibyo [kugira intego yo gutsinda], n’ubu ni cyo kintu nshaka gukora, ndasaba igihe gito kugira ngo mbone abakinnyi bava mu makipe y’ibihugu.”

- Advertisement -

Robertinho yakomeje agira ati “Mfite icyizere kuko ndi gukoresha uburyo bwamfashije mu myaka y’imikino itanu ishize. Intego yanjye ni ukubaka ikipe ikomeye, igizwe n’abato n’abafite ubunararibonye […] mumpe igihe, Robertinho muramuzi neza, ngiye kubaka ikipe ikomeye ya Rayon Sports, ikipe yanjye hano. Munyizere.”

Uyu mukino wateguwe nyuma y’uko Shampiyona ihagaze, kugira ngo Rayon Sports ikomeze gutyaza abakinnyi bayo dore ko yayitangiye nabi inganya imikino ibiri yahuyemo na Marines FC ndetse n’Amagaju FC.

Ibitego bya Rayon Sports muri uyu mukino wa gicuti, byatsinzwe na Adama Bagayogo winjije bitatu, Charles Bbaale na Paul Jesus binjije bibiri, Ikundabayo Justin, Omar Gning na Ishimwe Fiston.

Iyi kipe yambara ubururu n’umweru, izasubira mu kibuga yakirwa na Gasogi United mu mukino w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona uteganyijwe tariki ya 21 Nzeri.

Robertinho yasabye guhabwa igihe akubaka ikipe ikomeye ya Rayon Sports

Muhire Jimmy Lovely September 1, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 7 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 7 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 7 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 7 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?