UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 1 week
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 1 month
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Muri Gorilla FC umweyo uravuza ubuhuha
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Muri Gorilla FC umweyo uravuza ubuhuha

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 21/05/2024 saa 4:13 PM

Ubuyobozi bwa Gorilla FC bwafashe umwanzuro wo gusezerera abakinnyi benshi bakubaka ikipe ihatanira ibikombe aho kuguma mu myanya irwana no kutamanuka.

 

Umwaka w’imikino wa 2023-24 Gorilla FC yasoje ku mwanya 10 n’amanota 35, gusa mu mikino ibiri ya nyuma yari mu makipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri.

Ubuyobozi bw’iyi kipe bukaba bwarafashe umwanzuro ko bugomba gukora impinduka zikomeye ku buryo umwaka utaha buzubaka ikipe ihatanira ibikombe.

- Advertisement -

Umwe mu bantu bari hafi b’iyi kipe yabwiye UMURENGEZI ko Hadji yababwiye ko yifuza kubaka ikipe izajya iza mu myanya ine ya mbere (Top 4), ndetse abamenyesha ko azakora impinduka zikomeye cyane bitewe n’umusaruro.

Byibuze abakinnyi 15 bagomba gusohoka muri iyi kipe bahereye ku bakinnyi basoje amasezerano ya bo.

Amakuru avuga ko abakinnyi basoje amasezerano babwiwe ko abenshi bazagenda ndetse n’iyo bakongerera amasezerano batarenza imyaka  2 cyangwa 3.

Kugeza ubu Gorilla FC imaze gusezerera abakinnyi batanu aho abanyezamu bose uko ari batatu bayobowe na Matumele Arnold, Rwabugiri Umar na Yves Mugisha bagiye.

Yanasezereye kandi rutahizamu w’umunya-Nigeria, Adeshola Adeaga Johnson ndetse na Nsengiyumva Mustapha.

Nyuma y’aba bakinnyi byitezwe ko abandi bakinnyi byibuze 10 na bo bagomba guhita basezererwa bakajya gushakira ahandi.

 

Gorilla FC irasezerera abakinnyi benshi

Muhire Jimmy Lovely May 21, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 7 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 7 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 7 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 7 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?