UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
Hashize 1 week
Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
Hashize 1 month
Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
Hashize 2 months
Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Hashize 2 months
Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Soma Kylian Mbappe ashobora kutagaragara mu mikino ya nyuma ya Champions League
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • EnglishEnglish
Dukurikire
Imikino

Kylian Mbappe ashobora kutagaragara mu mikino ya nyuma ya Champions League

UMURENGEZI
UMURENGEZI
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Rutahizamu wa Paris Saint German yo mu Bufaransa, Kylian Mbappé Lottin Sanmi, ashobora kutazagaragara mu mikino ya nyuma y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ‘UEFA Champions League 2019-2020’ kubera imvune ikomeye afite.

Imvune ikomeye Kylian Mbappé afite, ni iyo yagiriye ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu (Coupé de France), wabaye mu ijoro ryo kuwa 24 Nyakanga 2020. PSG yegukanye iki gikkombe itsinze AS Saint Etienne igitego kimwe ku busa (1-0).

Ku munota wa 26′ w’umukino, Mbappé yirukanse asanga umupira muremure yari ahawe na Leandro Paredes, ahita ategwa na myugariro Loic Perrin wa AS Saint Etienne wageragezaga kumwambura umupira akoresheje ‘Tackle’.

Abaganga bagerageje kwita kuri Kylian Mbappé ngo asubire mu kibuga ariko ntibyakunze kuko yagaragazaga ububabare bwinshi kubera ikirenge cyavunitse cyihinnye. Mbappe yasimbuwe na Pabli Sarabia, Loic Perrin we yerekwa ikarita itukura ava mu kibuga.

- Advertisement -

Ntabwo abaganga baratangaza igihe Kylian Mbappé Lottin azamara adakina, gusa abasesenguzi ba ‘SKY Sports’ bagaragaje ko atari mu minsi ya vuba kuko ngo uyu mukinnyi yababaye cyane, byanatumye ahabwa imbago zo kwicumba.

Biteganijwe ko imikino ya UEFA Champions League 2019-2020 izasubukurwa tariki 7 kugeza 23, Kanama 2020, aho bazahera muri ⅛ bagakinira imikino yose isigaye mu gihugu cya Portugal.

UMURENGEZI July 25, 2020
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Enter Captcha Here : *

Reload Image

INKURU ZIHERUKA

  • Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza
  • Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali – BNR
  • Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b’Uturere 3 birukaniwe rimwe
  • Menya ‘Umuganura’ umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
  • Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare

Hashize 6 months
Imikino

World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana

Hashize 10 months
Imikino

Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi

Hashize 10 months
ImikinoUbuzima

Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?