UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 weeks
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 2 months
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 4 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Kiyovu Sports yemeje Nkurunziza David nk’umuyobozi mushya
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Kiyovu Sports yemeje Nkurunziza David nk’umuyobozi mushya

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 26/05/2024 saa 6:54 PM

Inama y’Inteko rusange idasanzwe yabereye i Remera mu Munyi wa Kigali igatangira ku isaha ya saa 15h50,kuri iki Cyumweru, nk’uko byari byitezwe Nkurunziza David yatorewe kuba Perezida wa Kiyovu Sports .

 

Ni umugabo wari umaze igihe kinini ari kuba hafi ikipe ya Kiyovu Sports mu bikorwa bitandukanye birimo n’ahakenewe ubushobozi bw’amafaranga, wanayifashije kuba ubu ifite ibiro ikoreramo akaba azayobora mu gihe kingana n’imyaka itatu. Kuri uyu mwanya yari ahanganye n’uwitwa Hakizimana Ally.

Ku mwanya wa Visi Perezida wa mbere wa hatowe Karangwa Joseph wari usanzwe ayobora inama y’ubutegetsi mu gihe Visi Perezida wa kabiri yabaye Mbarushimana Ally bivugwa ko nawe afite ubushobozi mu bijyanye n’amafaranga ndetse akaba anafasha ikipe.

- Advertisement -

 

Umunyamabanga wa Kiyovu Sports yakomeje kuba Karangwa Jeannine, umunyamategeko akomeza kuba Maitre Mugabe Fidéle naho umucungamutungo akomeza kuba Makuta Robert.

Mbere y’uko aya matora aba ariko iyi nteko rusange yari iteganyijwe gutangira saa munani zuzuye igatangira saa 15h50, abanyamuryango babanje gusaba Mbonyumuvunyi Karim wari Perezida na Muhire Jean Claude wari Visi Perezida ko begura hakaza amaraso mashya, akaba ari nako byagenze baregura.

Kiyovu Sports yari imaze igihe mu bibazo by’ubuyobozi budahamye aho kuva Mvukiyehe Juvénal yatangira ibintu kwegura agaruka muri Nzeri 2022 ariko noneho akagenda burundu muri mu mpeshyi ya 2023, yakurikiwe na Ndorimana Francois Regis(General) nawe weguye muri Mutarama 2024 agasimburwa na Mbonyumuvunyi Karim wari uyiyoboye kugeza ubu.

Ibi bibazo byajyanaga n’ubundi niby’ubukungu butari buyoboroheye aho kugeza ubu ifite ideni rya miyoni 56 Frw igomba kwishyura abakinnyi yatandukanye nabo mu buryo budakurikije amategeko.

Nkurunziza David, Perezida mushya wa Kiyovu Sports

Muhire Jimmy Lovely May 26, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 7 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 7 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 7 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 7 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?