UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 1 week
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 3 weeks
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 2 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 2 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma “Ibintu birimo abana ntabwo nkibivugaho cyane”- Bruce Melodie
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imyidagaduro

“Ibintu birimo abana ntabwo nkibivugaho cyane”- Bruce Melodie

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 16/05/2024 saa 3:38 PM

Umuhanzi Bruce Melodie yavuze ko ibijyanye n’indezo y’umwana we bamushinja kudatanga ntacyo yabivugaho kuko umwana ari umutware nta kintu kijyanye na byo azongera kuvugira mu itangazamakuru.

 

Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo Agasaro Diane yongeye guhagurukira umuhanzi Bruce Melodie avuga ko babyaranye amusaba kuzuza inshingano ze agatanga indezo.

Yavuze ko agomba kuzuza inshingano ze nk’umubyeyi akita k’umwana we w’umukobwa atabikora akaba yagana inzira y’Ubutabera.

- Advertisement -

Bruce Meleodie binyuze kuri 1:55AM Media yavuze ko icyo kibazo cy’indezo nta kintu yakivugaho kuko umwana hari uburenganzira aba agombwa.

Ati “Ibintu birimo abana ntabwo nkibivugaho cyane, kera ntaraba umuntu mukuru najyaga mbiganiraho ariko aho maze gukurira namenye ko umwana ari umutware mpita ndekera, nanabasezeranya ko uretse n’uyu munsi n’ikindi gihe ntazabivugaho.”

 

Uyu muhanzi kandi yagarutse ku byavuzwe mu minsi ishize ko yibagishije inda, aho yanze kubyemera cyangwa ngo abihakane.

Ati “Inda yanjye ariko. Ngo nibagishije inda nukuri ku Imana. None se ni inde wantwazaga ako kanure avuge ngo kari kamubangamiye? Mwebwe mungendaho mukagenda no ku kanure nibikiye, inda yanjye iracyariho ahubwo tugenda tugakora gake gake, gusa niba naranakabagishije nta mukene burya ukora ibyo, hari imikino abakene badakora mbaye narakoze ibyo naba naramaze kugera ku rundi rwego.”

Bruce Melodie ubu akaba abarizwa muri Nigeria aho yagiye gufatira amashusho y’indirimbo ye ’Suweto’ imwe mu ndirimbo zizaba ziri kuri Album ye yitegura gusohora.

 

Yavuze ko ibyo yashinjwe na Agasaro kwanga gutanga indezo ntacyo yabivugaho kubera inyungu z’umwana

Yanze kwerura niba koko yarabagishije inda

Muhire Jimmy Lovely May 16, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imyidagaduro

Soeur Uwamariya Immaculee umwe mubagenewe ishimwe n’Umuryango KUKI NDIHO

Hashize 9 months
Imyidagaduro

Umuryango KUKI NDIHO/WHY DO I EXIST RWANDA ORPHAN SUPPORT PROJECT wateguje abakunzi bawo Umunsi Mpuzamahanga w’amahoro

Hashize 9 months
Imyidagaduro

Christopher yasoje ibitaramo yakoreraga muri Canada

Hashize 1 year
Imyidagaduro

Miss Naomie yavuze ku byo gufungisha inyinya ye

Hashize 1 year

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?