UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 weeks
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 2 months
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 4 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Djihad na Mutsinzi batangiye nabi ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Djihad na Mutsinzi batangiye nabi ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 23/08/2024 saa 2:09 PM

Amakipe akinamo abanyarwanda Mutsinzi Ange Jimmy na Bizimana Djihad ntabwo yahiriwe n’umukino ubanza w’ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League aho yaraye atsinzwe.

Zira FK ya Mutsinzi Ange Jimmy ni yo yahuye n’uruva gusenya rukomeye aho yanyagiriwe muri Cyprus 6-0.

Iyi kipe yo muri Azerbaijan yari yasuye Athletic Club Omonia Nicosia gusa ntabwo urugendo rwaje kuba rwiza kuko igitego cya Khammas ku munota wa 13, bibiri bya Stępiński ku munota wa 45+1 na 54, kimwe cya Ewandro ku munota wa 60 na bibiri bya Semedo ku munota wa 34 na 70 byatumye bagira inzozi mbi.

Mutsinzi Ange Jimmy akaba yari mu kibuga akina iminota yose 90, bisa n’aho bavuyemo batageze ku matsinda ya Conference League kuko ubu basabwa kuzatsinda ku kinyuranyo cy’ibitego 7 mu mukino wo kwishyura uteganyijwe tariki 29 Kanama 2024 ibintu bisa n’aho bidashoboka.

- Advertisement -

Ku rundi ruhande, Kryvbas FC yo muri Ukraine ya Bizimana Djihad yari yasezerewe muri Europa League, yari yagiye gushakishiriza muri Conference League na yo ntabwo byagenze neza.

Yari yakiriye Real Betis yo muri Espagne, yaje kubatsindira mu rugo ibitego 2-0, ni umukino Bizimana Djihad yakinnye iminota yose 90.

Ni ibitego bya Ávila ku munota wa 13 na Sánchez ku munota wa 62 bakaba basabwa kuzabyishyura tariki ya 29 Kanama 2024 mu mukino uzabera muri Espagne.

Bizimana Djihad na Kryvbas FC ntabwo byagenze neza

Zira FK na Mutsinzi Ange banyagiriwe muri Cyprus

Muhire Jimmy Lovely August 23, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 7 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 7 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 7 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 7 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?