UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 2 weeks
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 4 weeks
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 3 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Uwayo Théogene yatorewe kuba Perezida mushya wa Komite Olempike
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Uwayo Théogene yatorewe kuba Perezida mushya wa Komite Olempike

Eric Uwimbabazi
Eric Uwimbabazi
Yanditswe taliki ya 19/03/2022 saa 9:51 AM

Uwayo Théogene usanzwe ari Perezida wa Federasiyo ya Karate mu Rwanda, yatorewe kuba Perezida wa Komite Olempike y’u Rwanda, aho asimbuye Amb. Munyabagisha Valens uheruka kwegura.

Ni inama yatangiye Perezida w’agateganyo wa Komite Olempike y’u Rwanda, Madamu Rwemalika Felicitée ashimira ababatoye muri manda y’imyaka ine ishize, anashimira uburyo bakoranye muri iyi myaka ishize.

Iyi nama y’Inteko rusange yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Gicurasi 2021, yari ifite ingingo imwe gusa, aho kwari ugutora Komite nyobozi nshya isimbura Komite yari irangajwe imbere na Amb. Munyabagisha Valens wari Perezida wayo akaba aheruka kwegura.

Ku mwanya wa Perezida, hari umukandida umwe rukumbi, akaba ari Uwayo Theogene usanzwe ari Perezida wa Federasiyo ya Karate, mu gihe Uwiragiye Marc uyobora Federasiyo ya Rugby atemerewe kwiyamamaza kuko Federasiyo aturukamo itari Olempike nk’uko amategeko y’amatora abiteganya.

- Advertisement -

Mu matora yabaye, hagombaga gutorwa abantu batanu bagize Komite Nyobozi barimo Perezida, Visi-Perezida wa mbere n’uwa kabiri, Umunyamabanga Mukuru ndetse n’Umubitsi.

Ku mwanya wa Perezida ari nawo watorewe mbere, Uwayo Theogene wiyamamaje wenyine yagize amajwi 56 kuri 56, habazwe umubare w’abitabiriye amatora ndetse n’uburyo abarwa.

Eric Uwimbabazi May 8, 2021
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 8 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 8 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 8 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 8 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?