UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 3 weeks
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 1 month
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 3 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma ”Wenda byari igihe gito aho tweretse abantu benshi ko ibidashoboka bishoboka” – Ivan Minnaert wa Gorilla FC
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

”Wenda byari igihe gito aho tweretse abantu benshi ko ibidashoboka bishoboka” – Ivan Minnaert wa Gorilla FC

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 22/05/2024 saa 4:43 PM

Umubiligi watozaga ikipe ya Gorilla FC, Ivan Jacky Minnaert yasezeye kuri iyi kipe nyuma yo kutumvikana ku kongera amasezerano.

 

Minnaert yagizwe umutoza wa Gorilla FC muri Gashyantare 2024 aho yari yahawe intego zo kugumisha iyi kipe mu cyiciro cya mbere.

Nubwo yayisanze iri habi, iyi kipe yaje gukora uko ashoboye kose iguma mu cyiciro cya mbere aho yasoje ku mwanya wa 10.

- Advertisement -

Nk’umutoza wari wagumishije Gorilla FC mu cyiciro cya mbere, benshi bamuhaga amahirwe yo kuyitoza umwaka utaha w’imikino wa 2024-25 ndetse n’ibiganiro by’ibanze byarabaye.

AmakuruUmurengezi wamenye ni uko no muri iki cyumweru ibiganiro byabaye ariko ntibahuza bitewe n’uko intego umwe yari afite bijyanye n’uko ikipe yakubakwa zitahuraga n’iz’undi. Mu byo bapfuye umushara wakwishyurwa uyu mutoza nturimo.

 

Ivan Minnaert wanditse amateka yo kuba ari we mutoza wagejeje ikipe yo mu Rwanda mu matsinda y’imikino Nyafurika ubwo yatozaga Rayon Sports 2018, akaba yamaze gusezera kuri Gorilla FC.

Ati “wenda byari igihe gito aho tweretse abantu benshi ko ibidashoboka bishoboka. Ku nshuro ya mbere nabonye abatoza (staff) bakorera intego imwe. Mwarakoze cyane ku bufasha bwose bwabonetse kugira ngo dusoze misiyo yacu.”

Yakomeje ashimira ubuyobozi bw’iyi kipe n’abatoza bakoranye ku bw’ibihe bagiranye.

Ati “ndashimira Abouba (Sibomana), Ndoli (Jean Claude), Ruben, Fatakumavuta (ushinzwe itangazamakuru). Ndashimira byimazeyo perezida wanjye Hadji, umunyamabanga Shadadi wongeye kumpa icyizere muri ruhago.”

 

Bivugwa ko uku kunaniranwa kwa Ivan Jacky Minnaert na Gorilla FC hari aho bihuriye n’umwe mu bana ba Hadji na Nyiri Gorilla FC yifuza ko umutoza wa Musanze FC, Habimana Sosthene ari we uza kuyitoza ndetse ibiganiro bigeze kure.

Ivan Jacky Minnaert yasezeye kuri Gorilla FC

Muhire Jimmy Lovely May 22, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 9 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 9 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 9 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 9 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?