UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 6 days
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 1 month
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 2 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 2 months
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 4 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 12/10/2024 saa 9:04 AM

Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino w’Amagare (UCI), David Lappartient, ari mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi izahabera igeze.

 

 Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yaraye itangaje ko ubuyobozi bwayo bwahuye na Perezida wa UCI kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2024,    bakaganira ku myiteguro ya Shampiona y’Isi izaba tariki 21-18 Nzeri 2025.

Lappartient yaganiriye na Minisitiri wa Siporo, Nyirishema Richard, Umunyamabanga Uhoraho muri iyi Minisiteri, Nelly Mukazayire na Perezida wa FERWACY, Ndayishimiye Samson.

- Advertisement -

Shampiyona y’Isi y’Isiganwa ry’Amagare ni irushanwa riba buri mwaka ritegurwa na UCI. Rihuriza hamwe abakinnyi bakomeye baba bahagarariye ibihugu byabo. Irizaba mu 2025 rizabera mu Mujyi wa Kigali ari n’inshuro ya mbere ribereye muri Afurika.

Abasiganwa bazarushanwa mu buryo busanzwe bujya guhura n’ubwakinwe muri Tour du Rwanda yasojwe uyu mwaka, aho harimo ibyiciro byo gusiganwa bisanzwe, gusiganwa n’ibihe ku muntu ku giti cye (ITT) ndetse no gusiganwa n’ibihe nk’ikipe (TTT), mu bagabo, abagore n’abana.

Abantu barenga ibihumbi 20 ni bo bitezwe kuba bari mu Rwanda mu gihe cy’iri rushanwa harimo n’abakinnyi bagera ku bihumbi bitanu baturutse mu bice bitandukanye by’Isi.

Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino w’Amagare (UCI), David Lappartient, yasuye Minisiteri ya Siporo

Imyiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Rwanda irarimbanyije

Shampiyona y’Amagare izabera mu Rwanda ni yo ya mbere izaba iberereye muri Afurika

Minisiteri ya Siporo yakiriye Perezida wa UCI uri mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare igeze

Muhire Jimmy Lovely October 12, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 8 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 8 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 8 months
Imikino

FIFA yahagaritse Samuel Eto’o amezi atandatu

Hashize 8 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?