UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
U Rwanda rwemeye kwakira abimukira 250 bava muri USA
Hashize 4 weeks
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 3 months
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 3 months
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 4 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 5 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Darko Nović utoza APR FC : Icyo ni cyo kibazo dufite gikomeye
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Darko Nović utoza APR FC : Icyo ni cyo kibazo dufite gikomeye

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 03/08/2024 saa 9:06 AM

Umutoza wa APR FC, Darko Nović yavuze ko bafite ikibazo gikomeye cy’uko mu myiteguro yose bagize ari amarushanwa bityo abakinnyi bose batabonye umwanya wo gukina.

Ni nyuma yo kugera muri Tanzania bagakorera imyitozo kuri Uwanja wa Mkapa bitegura umukino w’uyu munsi bafitanye na Simba SC kuri Simba Day.

Uyu mutoza yabajijwe niba ari buhe amahirwe bamwe mu bakinnyi atakoresheje muri CECAFA Kagame Cup, avuga ko bigoye kuko ari umukino ukomeye ugomba kubafasha kwitegura neza Champions League.

Yavuze ko mu myiteguro ye yagize ikibazo cy’uko yiteguriye mu irushanwa byari bigoye guha umwanya abakinnyi bose.

- Advertisement -

Ati “nuvuga kuri ibyo, ni cyo kibazo dufite gikomeye, imyiteguro yahereye hano imikino yose yari irushanwa ntabwo wari guha amahirwe abakinnyi bose urugero nk’umunyezamu wacu wa kabiri ntabwo yigeze akina n’umunota umwe mu mikino 6 iheruka kandi n’umukino wa Simba ni umukino ukomeye.”

“Ni cyo kintu twabuze muri iyi myiteguro kuko ntabwo twabonye amahirwe yo guha umwanya abakinnyi benshi ngo basaranganye iminota ariko tuzagenda tubikoraho gake gake, umukino ku mukino.”

APR FC izakina na Azam FC mu mukino w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, umukino ubanza uzabera muri Tanzania tariki ya 17 Kanama 2024 mu gihe uwo kwishyura uzabera mu Rwanda tariki ya 24 Kanama 2024.

Darko Nović yavuze ko yagize ikibazo cyo kudaha abakinnyi be bose umwanya wo gukina bitewe n’imiterere y’imikino yakinnye

Muhire Jimmy Lovely August 3, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • U Rwanda rwemeye kwakira abimukira 250 bava muri USA
  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 11 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 11 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 11 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 11 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?