UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 1 month
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 1 month
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 3 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Table Tennis: Aruna na Meshlef begukanye igikombe cya Afurika
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

Table Tennis: Aruna na Meshlef begukanye igikombe cya Afurika

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 15/05/2024 saa 2:35 PM

Umunya Nigeria Quadri Aruna ndetse n’umunyamisirikazi Dina Meshref bari mu bahanzwe amaso mu gushaka itike y’imikino olimpike, ni nyuma yo kwegukana igikombe cya Afurika cyasozwaga kuri uyu wa kabiri muri BK Arena.

 

Imikino y’igikombe cya Afurika muri Table Tennis, yatangiye ku cyumweru tariki ya 12 Gicurasi abakinyi 53 baturutse mu bihugu 16 bari bahuriye muri BK Arena bahatanira iri rushanwa rikinwa buri mwaka muri uyu mukino.

Nyuma y’imikino y’amajonjora na kimwe cya kane, kuri uyu wa kabiri tariki 14 Gicurasi 2024 hakinwaga imikino ya ½ n’imikino yanyuma, aho byarangiye umunya Nigeria Quadri Aruna, uza no ku mwanya wa mbere mu bari i Kigali, atsinze umunya Misiri Mohamed El- Beiali seti 4-0 4-0 (11-5, 11-6, 12-10, 11-3), ari na ko yegukana irushanwa yatsindiwemo ku mukino wanyuma muri 2018.

- Advertisement -

Mu bagore Dina Meshref wari waratsindiwe ku mukino wanyuma mu myaka ibiriishize, bigoranye yaje kwigaranzura mwene wabo Mariam Alhodaby ni ko gutsinda kuri M 4-3 yegukana iri rushanwa.

 

Iyi mikino ishojwe y’igikombe cya Afurika ikaba igiye gukurikirwa n’imikino yo gushaka itike yo gukina imikino Olimpike izatangira tariki ya 16 isozwe tariki ya 18 muri BK Arena.

Abakinnyi batandatu batatu mu bagabo na batatu mu bagore ni bo bazabona itike yo gukina imikino ya Paris aho izakinwa mu byiciro bitatu. Icyiciro cya mbere kizaba ari amajonjora y’ibanze aho abakinnyi batatu cyangwa bane bazajya mu matsinda maze babiri ba mbere bagakomeza mu cyiciro gikurikira cyo gukuranwamo.

Abazagera ku mukino wanyuma bazahita babona itike yo gukina imikino olimpike izabera i Paris mu gihe hazanakinwa umwanya wa gatatu kugira ngo hamenyekane uzegukana umwanya usigaye.

Kubera ko Misiri yo yarangije kubona itike, abakinnyi 26 mu bagabo na 24 mu bagore bazahatana ni abazava mu bihugu bya Algeria, Cameroon, Congo Brazzaville, Côte d’Ivoire, Djibouti, Ethiopia, Ghana, Kenya, Nigeria, Morocco, Madagascar, Ibirwa bya Maurice, Tunisia, Uganda, n’u Rwanda ruri mu rugo.

 

Abakunzi b’uyu mukino wa Table Tennis bari baje kureba aho igikombe cya Afurika cyerekeza

Imikino muri BK Arena izakomeza kuri uyu wa kane hakinwa guhatanira tike y’imikino olimpike

Abitwaye neza mu bagore bahembwe

Abitwaye neza mu bagabo na bo bahawe imidari

Muhire Jimmy Lovely May 15, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 9 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 9 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 9 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 9 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?