UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
Hashize 1 week
Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
Hashize 3 weeks
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 2 months
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 2 months
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma Kuki Kuryagagura bifatwa nk’Indwara yo mu mutwe?
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Utuntu n'utundi

Kuki Kuryagagura bifatwa nk’Indwara yo mu mutwe?

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 16/01/2024 saa 12:03 PM

Kurya ni ibisanzwe ndetse ni na bumwe mu burenganzira bw’ibanze bwa muntu, ariko kuryagagura ni indwara ndetse ikomeye cyane.

Ubu burwayi buzwi nka “Binge eating disorder (BED)”, ni uburwayi bwo mu mutwe butuma ubufite arya ibiryo byinshi kandi mu gihe gito, ku buryo n’iyo yaba ahaze akomeza kurya nta rutangira.

Ikigo cy’Abongereza Cyita ku Buzima, National Health Service, muri Nyakanga 2023 cyatangaje ko yaba ab’igitsina-gore cyangwa ab’igitsina-gabo bashobora kwibasirwa n’ubu burwayi, gusa bukaba bukunda kwibasira abantu guhera mu myaka 20 y’amavuko.

 

- Advertisement -

Iki kigo kandi kigaragaza ko abafite ubwo burwayi bwo mu mutwe bakunze kurangwa no guhindagurika mu marangamutima, kurya ibiryo byinshi kandi vuba vuba bakabikora nta rutangira, kugerageza guhisha ingano y’ibiryo barya, guhora bashaka kubika ibyo baza kurya mu kanya gato kari imbere , no kwibasirwa n’umubyibuho ukabije.

 

Ubushakashatsi bugaragza ko abafite umubyibuho ukabije atari ko bose bibasirwa n’indwara ya ‘Binge eating disorder’, ndetse n’abibasirwa n’iyi ndwara ngo siko buri gihe bibasirwa n’umubyibuho ukabije.

 

Iyi ndwara ishobora guterwa n’ibirimo agahinda gakabije, ihahamuka, uruhererekane rw’imiryango, ibibazo byo mu mitekerereze umuntu asanganwe, umuhangayiko, amateka y’umuryango umuntu akomokamo n’ibindi.

 

Ufite iyi ndwara ashobora kugana inzobere mu bujyanama bw’imitekerereze ndetse akaba yanagirwa inama yo kwivuza ugahabwa imiti, ndetse no kugirwa inama ku kuntu wafata amafunguro.

 

Binge eating disorder (BED), ni uburwayi bwo mu mutwe butuma ubufite arya ibiryo byinshi kandi mu gihe gito

Irebana na: home
Muhire Jimmy Lovely January 16, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi
  • Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye
  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Utuntu n'utundi

Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi

Hashize 1 week
Utuntu n'utundi

Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye

Hashize 3 weeks
Utuntu n'utundi

Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?

Hashize 2 months
Politiki

Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika

Hashize 2 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?