UMURENGEZIUMURENGEZI
Ntucikwe Reba byinshi
Inkuru iheruka
Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
Hashize 1 week
Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
Hashize 1 month
Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
Hashize 1 month
Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
Hashize 3 months
Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
Hashize 3 months
Hindura ingano
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Soma 11 Amavubi ashobora kubanzamo ku mukino wa Benin
Yisangize abandi
Hindura ingano
UMURENGEZIUMURENGEZI
Shakisha
  • AHABANZA
  • IMIBEREHO
  • UBUZIMA
  • UBUKERARUGENDO
  • UBUHINZI
    • UBWOROZI
  • IBIDUKIKIJE
  • POLITIKI
  • UTUNTU N’UTUNDI
  • English
Dukurikire
Imikino

11 Amavubi ashobora kubanzamo ku mukino wa Benin

Muhire Jimmy Lovely
Muhire Jimmy Lovely
Yanditswe taliki ya 06/06/2024 saa 11:13 AM

Kuri uyu munsi ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, irakina umukino wa 3 w’itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 aho icakirana na Benin muri Côte d’Ivoire.

 

Uyu n’umukino uteganyijwe kuba saa 21h00’ zo kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Kamena 2024 ukabera kuri Stade Félix Houphouët Boigny.

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi akaba yarahagurukanye abakinnyi 25 agomba kwifashisha kuri uyu mukino.

- Advertisement -

Baraye bakoze imyitozo ya nyuma bitegura Benin aho bahigiye gutsinda bagakomeza kuyobora itsinda.

Ni umukino n’agahimbazamushyi kazamuwe mu rwego rwo gukomeza gutera imbaraga abakinnyi nk’uko visi perezida wa FERWAFA, Richard yabigarutseho.

 

Ati “Umunyamabanga wa MINISPORTS n’umunyamabanga wacu hari inama bakoze rero agahimbazamusyi bahabwa mu byiciro byose yaba ako gutsinda umukino, kunganya, amafaranga y’imyitozo yarazamutse, nshobora kutajya mu mibare nonaha kuko hari ibitararangire ariko guhera kuri uyu mwiherero byarazamutse.”

“Turabikora ku mpamvu 2, iya mbere n’ibiciro ku Isoko byarazamutse ariko igikomeye kurusha ibindi ni ikipe itsinda uri umuntu uyishimira w’umuyobozi, ni ibintu byoroshye kumva.”

Kugeza ubu u Rwanda ni rwo ruyoboye iri tsinda n’amanota 4, Afurika y’Epfo ifite 3, Zimbabwe 2 mu gihe Benin ifite 1.

Iyo urebye abakinnyi yajyanye, ntabwo wahita wemeza abo abanzamo ariko na none bijyanye n’imikino yatambutse hari abafite amahirwe menshi yo kubanzamo.

 

11 ashobora kubanzamo

Umunyezamu: Ntwali Fiacre

Ba Myugariro: Omborenga Fitina, Manzi Thierry, Mutsinzi Ange Jimmy na Imanishimwe Emmanuel Mangwende

Abakina Hagati: Rubanguka Steve, Bizimana Djihad, Rafael York na Muhire Kevin

Ba Rutahizamu: Mugisha Gilbert na Nshuti Innocent

Amavubi arakina Benin uyu munsi

Muhire Jimmy Lovely June 6, 2024
Yisangize abandi kuri
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp LinkedIn
Siga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZIHERUKA

  • Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?
  • Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika
  • Intara y’Uburengerazuba n’Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza
  • Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi
  • Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto
-Kwamamaza -
- Kwamamaza -
Ad imageAd image

Indi nkuru wasoma

Imikino

REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Hashize 7 months
Imikino

Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0

Hashize 7 months
Imikino

Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Hashize 7 months
Imikino

Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe

Hashize 7 months

©Umurengezi Group - All Rights Reserved. Designed by Tumukunde Dodos

Removed from reading list

Yigarure
Urakaza neza!

Sign in to your account

Lost your password?