Generated by All in One SEO v4.8.8, this is an llms.txt file, used by LLMs to index the site. # UMURENGEZI Daily News Advocacy ## Sitemaps - [XML Sitemap](https://umurengezi.com/sitemap.xml): Contains all public & indexable URLs for this website. ## Posts - [Blog](https://umurengezi.com/blog/) - [Kenya: Inzovu y'icyamamare yitiriwe inzoga yapfuye](https://umurengezi.com/kenya-inzovu-yicyamamare-yitiriwe-inzoga-yapfuye/) - Inzovu yo muri Kenya yari izwi cyane muri iki gihugu, bivugwa ko ari imwe muri nke zari zisigaye zifite amahembe maremare cyane muri Afurika, yapfuye kubera gusaza. Iyi nzovu nyamunini yari izwi ku kazina ka Craig, yapfuye urupfu rusanzwe kuri uyu wa Gatandatu mu gitondo tariki 03 Mutarama 2026, mu cyanya cy'inyamaswa cya Ambosele National - [U Rwanda rwemeye kwakira abimukira 250 bava muri USA](https://umurengezi.com/u-rwanda-rwemeye-kwakira-abimukira-250-bava-muri-usa/) - Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yemerenyijwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) kwakira abimukira basaga 250 bagiye muri icyo gihugu binyuranyije n’amategeko. Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yabyemereye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters), ashimangira ko ari muri gahunda yo gushyigikira icyemezo cya Perezida Donald Trump, cyo guhangana n’abimukira binjira muri USA batabiherewe uburenganzira. Amakuru - [Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi](https://umurengezi.com/inama-9-zagufasha-kubaho-mu-munezero-udashamikiye-ku-butunzi-2/) - Abantu benshi bakunda kuvuga ko ibyiyumvo cyangwa inzozi zo kubaho ubuzima bwiza babimaranye igihe kirekire, ariko rimwe na rimwe ugasanga ntibigeze babigeraho. Mu myaka y’amabyiruka benshi bagira inzozi zitandukanye, ziganisha ku mibereho myiza ijyanye no kuba abakire, bakagwiza amafaranga, kugura imodoka, kubaka inzu nziza, gutunga umuryango, gukunda, gukundwa n’ibindi. Nubwo muri izo nzozi hagaragaramo uruhande - [Igikukuru, Umunyu gakondo wibitseho ubudahangarwa buhambaye](https://umurengezi.com/igikukuru-umunyu-gakondo-wibitseho-ubudahangarwa-buhambaye/) - Umunyu gakondo uzwi nka "Gikukuru" ni ubwoko bw’umunyu w’amabuye karemano (natural rock salt), ukoreshwa hirya no hino mu Rwanda, mu Guteka ibiribwa bikomeye nk’inyama, isombe n’ibishyimbo, kugira ngo byihute gushya. Uzwiho kuba urimo intungamubiri nyinshi, ugereranyije n’umunyu usanzwe. Uyu munyu ugaragara mu ibara ry’umukara, umuhondo, umutuku cyangwa ubururu, bitewe n'aho wavuye n'imyunyu iwugize. Gikukuru ibonekamo - [Kuki Umunsi w’abakozi wizihizwa tariki 01 Gicurasi?](https://umurengezi.com/kuki-umunsi-wabakozi-wizihizwa-tariki-01-gicurasi/) - Mu bihugu by’iburayi, tariki 01 Gicurasi, kera yizihizwaga nk’umunsi mukuru wo gusoza ibihe by’ubukonje. Muri ibi bihe, iyi tariki izwi cyane nk’umunsi w’umurimo cyangwa umunsi mpuzamahanga w’abakozi, mu kuzirikana amateka yo guharanira uburenganzira bw’abakozi n’ibikorwa byagezweho n’abakozi ku isi. Buri mwaka, imyigaragambyo irategurwa mu bihugu bitandukanye aho abakozi baba basaba gufatwa neza kurushaho no kongerera - [Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika](https://umurengezi.com/ubushinwa-bwihimuye-kuri-amerika/) - Ubushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34%, ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho. Ni icyemezo Leta y'Ubushinwa yafashe nyuma y’uko kuwa Gatatu w’iki cyumweru, Perezida Donald Trump na we yari yashyizeho inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa byo mu Bushinwa, wiyongera k'uwa 20% wari usanzweho, ibyatumye - [Intara y’Uburengerazuba n'Amajyaruguru zishobora kwibasirwa n’ibiza](https://umurengezi.com/intara-yuburengerazuba-namajyaruguru-zishobora-kwibasirwa-nibiza/) - Minisiteri y'Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), itangaza ko mu bice by’Intara y'Uburengerazuba n'Amajyaruguru hashobora kuzibasirwa n’ibiza. Mu kiganiro Maj. Gen. (Rtd) Murasira Albert, uyobora iyi Minisiteri yagiranye n’Abasenateri kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Mata 2025, yagaragaje ko ingo zigomba kwimurwa muri ibi bihe, kugira ngo zitagerwaho n’ibiza, mu Karere ka Rusizi ari ingo 88, Rubavu - [Amajyaruguru: Gucika ku Gusangirira ku Muheha biracyari Ingorabahizi](https://umurengezi.com/amajyaruguru-gucika-ku-gusangirira-ku-muheha-biracyari-ingorabahizi/) - Mu Rwanda, gusangirira ku muheha bifatwa nk’umuco mu kugaragaza ubusabane n’ubushuti, gusa na none bikaba bishobora gutera ingaruka mbi ku buzima bwa muntu, cyane cyane mu bijyanye no gukwirakwiza indwara zandura nk’Igituntu, indwara zo mu kanwa, Hepatite n’izindi, binyuze mu matembabuzi y'umuntu urwaye. Uku gusangira akenshi usanga bikorwa mu tubari ducuruza inzoga zizwi nk'inzagwa n'imisururu, - [Rwanda: Igisubizo gishya ku Bahinzi b’imboga n’imbuto](https://umurengezi.com/rwanda-igisubizo-gishya-ku-bahinzi-bimboga-nimbuto/) - Ni kenshi abahinzi bamwe bagiye bataka ibihombo baterwa n’iyangirika ry’umusaruro utaragera ku isoko, bitewe n’ihindagurika ry’ikirere, bagasabwa gukoresha ibyuma bikonjesha. Ubu buryo bwo gufata neza umusaruro hakoreshejwe ibyuma bikonjesha, abahinzi bagaragaje ko buhenze, mu gihe impuguke zo zemeza ko bwongerera ubukana ikibazo cy’ihumana ry’ikirere bitewe na gazi ibyuma bikonjesha bisohora, bikagira ingaruka ku buhinzi n’iyangirika - [Namibia yabonye Perezida mushya](https://umurengezi.com/namibia-yabonye-perezida-mushya/) - Komisiyo y’amatora muri Namibia yatangaje ko Netumbo Nandi-Ndaitwah, wo mu ishyaka SWAPO riri ku butegetsi muri Namibia, ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Komisiyo yatangaje ko yabonye amajwi arenga 57,31%, akurikirwa na Panduleni Itula, wabonye amajwi 25,50%. Aya matora ntabwo yakozwe uko byari biteganyijwe, kubera ibibazo tekinike ndetse n’ibura ry’ibikoresho byabaye muri iki gihugu, kuko - [MINEMA yatanze impuruza ku kibazo cy'Ibiza](https://umurengezi.com/minema-yatanze-impuruza-ku-kibazo-cyibiza/) - Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA), ivuga ko imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo yahitanye abantu 48, hakomereka 149. Minema ivuga ko mu bapfuye 2 bahitanywe n’inkongi y’umuriro, umwe ahitanwa n’umwuzure abandi 30 bakubitwa n’inkuba, naho 13 baguye mu birombe, umwe ahitanwa n’imvura, mu gihe undi umwe yahitanywe n’inkubi y’umuyaga. Imvura - [REG WBBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona](https://umurengezi.com/reg-wbbc-yegukanye-igikombe-cya-shampiyona/) - REG WBBC yatsinze APR WBBC amanota 71-63, yegukana Igikombe cya Shampiyona ya Basketball nyuma yo kubona intsinzi enye yasabwaga mu Mikino ya Kamarampaka (betPawa Playoffs). Uyu mukino wa kane wabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki 11 Ukwakira 2024 muri Petit Stade. Ni umukino REG WBBC yasabwaga gutsinda ikegukana igikombe cya Shampiyona. Ni - [Amavubi yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0](https://umurengezi.com/amavubi-yanyagiwe-na-benin-ibitego-3-0/) - Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yanyagiwe na Bénin ibitego 3-0 mu mukino w’Umunsi wa Gatatu wo mu Itsinda D, mu gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika kizaba mu 2025 muri Maroc. Umutoza Frank Torsten Spittler yari yahisemo gukinisha ikipe yari yanganyije na Nigeria 0-0 i Kigali, aho abakinnyi bashya bari bahamagawe ari bo Johan - [Perezida wa UCI yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze](https://umurengezi.com/perezida-wa-uci-yaje-mu-rwanda-kureba-aho-imyiteguro-ya-shampiyona-yisi-igeze/) - Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino w’Amagare (UCI), David Lappartient, ari mu Rwanda kureba aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi izahabera igeze. Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yaraye itangaje ko ubuyobozi bwayo bwahuye na Perezida wa UCI kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2024, bakaganira ku myiteguro ya Shampiona y’Isi izaba tariki 21-18 Nzeri - [Shampiyona n’ikirarane cya Rayon Sports na APR FC byasubitswe](https://umurengezi.com/shampiyona-nikirarane-cya-rayon-sports-na-apr-fc-byasubitswe/) - Rwanda Premier League yatangaje ko imikino y’umunsi wa gatandatu, uwa karindwi n’uwa munani ya Shampiyona y’u Rwanda, yagizwe ibirarane kubera imikino y’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ mu majonjora ya CHAN 2024 na CAN 2025. U Rwanda ruzahura na Djibouti mu majonjora y’ibanze ya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina imbere mu gihugu, ndetse umukino ubanza uteganyijwe hagati - [FIFA yahagaritse Samuel Eto’o amezi atandatu](https://umurengezi.com/fifa-yahagaritse-samuel-etoo-amezi-atandatu/) - Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe na FIFA ku mikino y’amakipe y’igihugu cye mu gihe cy’amezi atandatu kubera imyitwarire mibi. Samuel Eto’o ni umwe mu bagabo badakunze kwihanganira ibyemezo bimubangamira cyangwa ibimwitambika mu kazi ke cyane cyane ako kuyobora FECAFOOT. Muri Nzeri 2024, yaherekeje Ikipe y’Igihugu ya Cameroun y’Abagore yari - [Andrés Iniesta yasezeye gukina ruhago](https://umurengezi.com/andres-iniesta-yasezeye-gukina-ruhago/) - Umunya-Espagne Andrés Iniesta yatangaje ko yamaze guhagarika umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ariko avuga ko azabishyira ku mugaragaro mu cyumweru gitaha. Ni ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 1 Ukwakira 2024, agaragaza amashusho akurikirwa n’amagambo agira ati “vuba aha tariki ya 8 Ukwakira 2024”. Iniesta amaze amezi abiri nta - [Ingengabihe ya Shampiyona y’Abagore yatangajwe](https://umurengezi.com/ingengabihe-ya-shampiyona-yabagore-yatangajwe/) - Biciye muri Komisiyo Ishinzwe amarushanwa mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, hatangajwe Ingengabihe ya Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya mbere. Ni Shampiyona izatangira tariki ya 5 Ukwakira uyu mwaka. Amakipe 12 biteganyijwe ko ari yo azayikina. Aha harimo abiri mashya, APR WFC na Forever WFC. Nk’uko bigaragara mu ngengabihe y’iyi Shampiyona, umukino usanzwe uhuza - [Rutahizamu mushya w’Amavubi yatangiye imyitozo](https://umurengezi.com/rutahizamu-mushya-wamavubi-yatangiye-imyitozo/) - Rutahizamu mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi, Johan Marvin Kury yatangiye imyitozo n’abandi bitegura imikino ya Benin izaba muri uku kwezi. Uyu mukinnyi usanzwe ukinira Yverdon Sports FC mu cyiciro cya mbere mu Busuwisi, ni ubwa mbere yari ahamagawe mu Mavubi. Marvin akaba ari we mukinnyi rukumbi ukina hanze y’u Rwanda wamaze kugera mu Rwanda ndetse akaba - [Vision FC yahagamye Police FC mu mukino wakinwe igice kimwe](https://umurengezi.com/vision-fc-yahagamye-police-fc-mu-mukino-wakinwe-igice-kimwe/) - Vision FC yahagamye Police FC mu minota ya nyuma y’umukino wari wasubitswe kubera imvura nyinshi yari yaguye kuri Kigali Pelé Stadium ugatuma hataba igice cya kabiri, amakipe yombi arangiza angana 0-0. Ni umukino wakiniwe kuri Stade wari wabereyeho mbere, amakipe yombi ahatana mu minota 45 ndetse n’inyongera yashyizweho kuri uyu wa Mbere, tariki ya - [Umukinnyi wa APR FC agomba kumara hanze byibuze ibyumweru bibiri](https://umurengezi.com/umukinnyi-wa-apr-fc-agomba-kumara-hanze-byibuze-ibyumweru-bibiri/) - Umunya-Mali ukinira APR FC, Mahamadou Lamine Bah agomba kumara byibuze ibyumweru bibiri hanze y’ikibuga kubera imvune. Uyu mukinnyi ukina afasha abataha izamu, yagize imvune y’akagombambari (Cheville) mu mukino w’umunsi wa 5 wa shampiyona. Lamine Bah akaba yaravunikiye mu mukino wa Etincelles FC wabaye ejo hashize ku Cyumweru kuri Stade Umuganda. Yavuye mu kibuga ku munota - [APR FC yatangiye Shampiyona byanga](https://umurengezi.com/apr-fc-yatangiye-shampiyona-byanga/) - APR FC yatangiye urugendo rwa shampiyona inganya na Etincelles FC 0-0 mu mukino wabereye i Rubavu. Iyi kipe y’ingabo z’igihugu ntabwo yahiriwe n’uyu mukino w’umunsi wa 5 akaba ari na wo wari umukino wa mbere wa shampiyona ya 2024-25 yakinaga kuko yari mu mikino Nyafurika. APR FC ikaba yashakaga amanota atatu ya mbere muri - [Byiringiro Lague na Madamu we baritegura kwibaruka ubuheta](https://umurengezi.com/byiringiro-lague-na-madamu-we-baritegura-kwibaruka-ubuheta/) - Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ na Sandvikens IF yo muri Suède, Byiringiro Lague, yagaragaje ko umuryango we witegura kwibaruka umwana wa kabiri. Kuri iki Cyumweru nibwo Byiringiro Lague yasangije abamurikira ku mbuga nkoranyambaga ifoto y’umugore we Uwase Kelia atwite ndetse n’indi igaragaza ko bamukoreye ibirori byo kwitegura umwana. Yayikurikije amagambo agira ati "Ndishimye cyane ni - [Musanze: Iyangizwa ry'Umugezi wa Kigombe, igisa no gutema Ishami ryicariwe](https://umurengezi.com/urugomero-rwubatse-ku-mugezi-wa-kigombe/) - Umugezi wa Kigombe, umwe mu migezi igize akarere ka Musanze, by'umwihariko ukaba ubarizwa mu mujyi rwagati, ukomeje kubangamirwa n'ibikorwa bitandukanye bya muntu, ibifatwa nko gutema Ishami uyu mujyi wicariye. Musanze nk’umujyi wunganira Kigali, ukomeje gutera imbere uko bwije n'uko bukeye, nk'uko bigaragazwa n'ibikorwa remezo bihabarizwa birimo inyubako, imihanda, n'ibindi. Nubwo bimeze gutyo ariko, impuguke mu - [Ubuyobozi bwa Forever WFC bwasubije abayitega iminsi](https://umurengezi.com/ubuyobozi-bwa-forever-wfc-bwasubije-abayitega-iminsi/) - Nyuma kuzamuka mu cyiciro cya mbere ariko bamwe bayishidikanyaho ndetse banayitega iminsi ko iri mu mwanya mwiza wo kuzahita isubira mu cyiciro cya kabiri, ubuyobozi bwa Forever WFC, bwakuye urujijo kuri byinshi bivugwa kuri iyi kipe. Mu gihe habura iminsi ibaze ngo shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru w’abagore itangire, amakipe akomeje gukaza imyiteguro. - [FERWAFA ntabwo inyemera -Umutoza w'Amavubi](https://umurengezi.com/ferwafa-ntabwo-inyemera-umutoza-wamavubi/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Umudage Torsten Frank Spittler, yavuze ko Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ritamufata nk’umutoza ushoboye wayobora ikipe y’igihugu akaba ari yo mpamvu atongererwa amasezerano. Ni nyuma yo gutangaza ko azarekera aho ibijyanye n’ubutoza ubwo amasezerano afitanye n’Amavubi azaba ashojwe. Nyuma yo guhamagara abakinnyi azifashisha mu ya Benin tariki ya 11 - [Umutoza w’Amavubi yavuze impamvu atahamagaye Sahabo Hakim na Rafael York](https://umurengezi.com/umutoza-wamavubi-yavuze-impamvu-atahamagaye-sahabo-hakim-na-rafael-york/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Umudage Frank Spittler yavuze ko impamvu atahamagaye abakinnyi babiri, Rafael York wa Gefle IF muri Sweden na Hakim Sahabo wa Standard de Liège mu Bubiligi ari uko yabahannye. Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27/09/2024 nibwo umutoza yahamagaye abakinnyi 39 azakuramo abo azifashisha mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika - [Imihigo ni yose kuri APR FC yitegura gukina umukino wa mbere wa shampiyona](https://umurengezi.com/imihigo-ni-yose-kuri-apr-fc-yitegura-gukina-umukino-wa-mbere-wa-shampiyona/) - Mu gihe andi makipe ageze ku munsi wa 5 wa shampiyona, APR FC yo irimo kwitegura umukino wa yo wa mbere muri shampiyona ya 2024-25. Ni nyuma y’uko imikino ya yo yose kuva ku munsi wa 1 kugeza ku wa 4 yabaye ibirarane bitewe n’uko yari mu marushanwa Nyafurika. APR FC ikaba igomba guhera - [Police FC yanyagiye Kiyovu Sports 4-0](https://umurengezi.com/police-fc-yanyagiye-kiyovu-sports-4-0/) - Ikipe ya Police FC ibaye iya mbere itsinze ibitego byinshi muri uyu mwaka w’imikino, dore ko ibitego bya Ishimwe Christian, Abedi Bigirimana, Mugisha Didier na Ani Elijah byatumye inyagira Kiyovu Sports ibitego 4-0. Kiyovu Sports ikomeje kugorwa n’ibibazo by’ibyangombwa by’abakinnyi yaguze, ni yo yatangiye neza kuri Kigali Pele Stadium, ariko kwiharira umupira mu minota - [BNR yatanze umuburo ku bagikodesha inzu mu buryo bunyuranije n’amategeko](https://umurengezi.com/bnr-yatanze-umuburo-ku-bagikodesha-inzu-mu-buryo-bunyuranije-namategeko/) - Banki Nkuru y'u Rwanda (BNR), yatanze umuburo ku bantu bagikodesha inzu mu buryo bunyuranyije n'amategeko, kuko ngo bigira uruhare rukomeye mu kudindinza ubukungu bw'igihugu. Uyu muburo watanzwe na Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, kuri uyu wa 25 Nzeri 2024, mu gikorwa cyo kumurika ishusho rusange y’ubukungu bw’u Rwanda mu mezi 6 ya - [Cricket: U Rwanda rwatsinze Kenya mu mukino wa mbere](https://umurengezi.com/cricket-u-rwanda-rwatsinze-kenya-mu-mukino-wa-mbere/) - U Rwanda rwatsinze Kenya ku kinyuranyo cy’amanota 58 mu mukino wa mbere wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cy’Abakobwa batarengeje imyaka 19 muri Cricket, wabereye i Gahanga kuri iki Cyumweru. Kenya yatsinze tombola, ihitamo gutangira umukino ijugunya udupira, naho u Rwanda rudukubita ari na ko rukora amanota. Igice cya mbere cyarangiye u Rwanda rwatsinze amanota - [Iteramakofe: Anthony Joshua yatsinzwe kuri ’Knockout’](https://umurengezi.com/iteramakofe-anthony-joshua-yatsinzwe-kuri-knockout/) - Umwongereza Daniel Dubois yatsinze mugenzi we Anthony Joshua kuri "Knockout" nyuma y’uduce dutanu, aba umukinnyi w’iteramakofe wa mbere ku Isi mu 2024, mu bafite ibilo byinshi (IBF Heavyweight Champion). Uyu mukino wishiraniro wabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 21 Nzeri 2024 kuri Wembley Stadium i Londres mu Bwongereza, yari yuzuye abafana ibihumbi - [Shampiyona y’Isi: Ingabire Diane yabaye uwa 60](https://umurengezi.com/shampiyona-yisi-ingabire-diane-yabaye-uwa-60/) - Umunyarwandakazi Ingabire Diane yabaye uwa 60 mu bakinnyi 70 basoje gusiganwa n’igihe buri wese ku giti cye, mu cyiciro cy’abagore cyakinnye intera y’ibilometero 29,9 muri Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Zurich mu Busuwisi. Muri iri siganwa ryabaye kuri iki Cyumweru, Ingabire yakoresheje iminota 48, amasegonda 29 n’ibice 51, arushwa iminota icyenda, amasegonda 12 - [Manchester City yanganyije na Arsenal mu mukino wari ishiraniro](https://umurengezi.com/manchester-city-yanganyije-na-arsenal-mu-mukino-wari-ishiraniro/) - Mu buryo bugoranye, Manchester City yabonye igitego ku munota wa nyuma cyayifashije kunganya na Arsenal y’abakinnyi 10 ibitego 2-2, zoombi zicyura inota rimwe. Ni umwe mu mikino y’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’u Bwongereza wakiniwe kuri Etihad Stadium, kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Nzeri 2024. Umukino watangiranye imbaraga ku mpande zombi ariko nka - [Soeur Uwamariya Immaculee umwe mubagenewe ishimwe n'Umuryango KUKI NDIHO](https://umurengezi.com/soeur-uwamariya-immaculee-umwe-mubagenewe-ishimwe-numuryango-kuki-ndiho/) - Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 21 Nzeri 2024 ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w'Amahoro Soeur Uwamaliya Immaculee na Apostle Evelyn Arcaba bahawe ibihembo by'ishimwe n'Umuryango KUKI NDIHO/WHY DO I EXIST ORPHAN SUPPORT PROJECT uyobowe na Professor Dr,Marie Claudine Mukamabano. Ni igikorwa cyabereye k'urubuga rwa ZOOM cyayobowe n'umuyobozi w'uyu muryango akaba yari kumwe n'inshuti ,abafatanyabikorwa - [REG y’Abagore yaguze Umunyakenya wabiciye mu Mikino Nyafurika](https://umurengezi.com/reg-yabagore-yaguze-umunyakenya-wabiciye-mu-mikino-nyafurika/) - REG WBBC yaguze Victoria Reynolds wamenyekanye cyane muri Kenya Ports Authority, mu rwego rwo kurushaho gukarishya ikipe mu Mikino ya Kamarampaka (betPawa Playoffs 2024) ndetse n’imikino ya nyuma ya Rwanda Cup. Uyu mukinnyi w’imyaka 27, yamaze gutangira imyitozo mu Ikipe ya Sosiyete y’Igihugu Ishinzwe Ingufu, aho ikomeje kwitegura imikino ya nyuma ya Rwanda Cup - [Umuryango KUKI NDIHO/WHY DO I EXIST RWANDA ORPHAN SUPPORT PROJECT wateguje abakunzi bawo Umunsi Mpuzamahanga w'amahoro](https://umurengezi.com/umuryango-kuki-ndiho-why-do-i-exist-rwanda-orphan-support-project-wateguje-abakunzi-bawo-umunsi-mpuzamahanga-wamahoro/) - Ku italiki ya 21/09/2024, Umuryango WHY DO I EXIST PROJECT, KUKI NDIHO uzizihiza umunsi mpuzamahanga w’amahoro. Uyu munsi ubusanzwe ninayo itariki 21/09 wizihirizwaho buri mwaka, ariko ukabazabera kuri ZOOM CALL imbona nkubone ndetse n'inyumva nkumve , akaba atari ubwambere uyu muryango wizihije uyu munsi aho utegura ibikorwa byo gufasha abatishoboye kuri iyi nshuro hazafashwa abana - [Traditional way mindset of waste management, strongly affecting environment](https://umurengezi.com/traditional-way-mindset-of-waste-management-strongly-affecting-environment/) - In Rwanda back in 1990s, traditional waste management practices was scatted in open field around home, some burnt for the sake of organic manure. This have been posing several environmental challenges, particularly in urban areas of informal settlement. As the country continues to urbanize and modernize, Rwanda has been implementing more modern and sustainable waste - [CECAFA U-20: U Rwanda rwisanze mu itsinda rya mbere](https://umurengezi.com/cecafa-u-20-u-rwanda-rwisanze-mu-itsinda-rya-mbere/) - Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 yatomboye Tanzania iri mu rugo, Kenya, Djibouti na Sudani mu mikino ya CECAFA U 20 yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje iyo myaka. Iri rushanwa rizabera muri Tanzania hagati y’amatariki 6-10 Ukwakira 2024 rikinirwe ku bibuga bitatu bya Azam Complex, KMC Complex ndetse - [Umutoza Mungo Jitiada ’Vigoureux’ yitabye Imana](https://umurengezi.com/umutoza-mungo-jitiada-vigoureux-yitabye-imana/) - Umutoza Mungo Jitiada, wamenyekanye cyane nka ’Vigoureux’, uzwiho kuzamura abakiri bato mu mupira w’amaguru yitabye Imana nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe kinini. Mu mwaka ushize wa 2023 ni bwo amakuru yamenyekanye ko uyu mutoza afite uburwayi bwo kubura amaraso na hépatite C kugeza ubwo kuva mu nzu byabaye ikibazo gikomeye. Ubu burwayi bwagendaga buhinduka - [Paris Saint-Germain yategetswe kwishyura Mbappe](https://umurengezi.com/paris-saint-germain-yategetswe-kwishyura-mbappe/) - Ikipe ya Paris Saint-Germain yategetswe kwishyura rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappé, imishahara ndetse n’uduhimbazamushyi yambuwe mbere yo kuyisohokamo bigera kuri miliyoni 160$. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Nzeri 2024, ni bwo komisiyo nkemurampaka mu Rwego rwa Shampiyona y’u Bufaransa (French Professional Football League - LFP), yafashe umwanzuro ku kibazo cya - [Robinho yatsinzwe ubujurire ku gifungo cy’imyaka icyenda](https://umurengezi.com/robinho-yatsinzwe-ubujurire-ku-gifungo-cyimyaka-icyenda/) - Uwahoze ari rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brésil n’andi makipe akomeye i Burayi, Robinho yatsinzwe ubujurire bwo kugabanyirizwa igihano mu gihe amaze amezi atandatu afunzwe. Uyu mukinnyi wakiniye amakipe arimo Manchester City, Milan AC na Real Madrid, aheruka gukatirwa igifungo cy’imyaka icyenda kubera gufata ku ngufu. Robinho w’imyaka 40, yahamijwe n’urukiko rwo mu Butaliyani mu - [Torsten Spittler ntazongera amasezerano yo gutoza Amavubi](https://umurengezi.com/torsten-spittler-ntazongera-amasezerano-yo-gutoza-amavubi/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, ‘Amavubi’ Torsten Frank Spittler yatangaje ko nyuma y’amasezerano afite azarangira mu Ukuboza 2024, adateganya kuyongera kuko yumva yifuza gusezera aka kazi. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje nyuma y’umukino Amavubi yanganyijemo na Nigeria 0-0 mu irushanwa ryo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika kizabera muri Maroc mu 2025. Abajijwe - [Israel Otobo yasubiye muri Dynamo adakiniye APR BBC](https://umurengezi.com/israel-otobo-yasubiye-muri-dynamo-adakiniye-apr-bbc/) - Umunya-Nigeria, Israel Oyoro Otobo, yasubiye muri Dynamo BBC y’i Burundi adakiniye APR BBC umukino n’umwe. Uyu mukinnyi yaguzwe n’Ikipe y’Ingabo muri Werurwe 2024 nyuma yo kwitwara neza i Burundi aho yari yabaye umukinnyi mwiza w’umwaka. Icyakora kubera umubare ntarengwa w’abanyamahanga byarangiye uyu mukinnyi w’imyaka 24 adakoreshejwe na APR BBC ni ubwo yakoraga imyitozo. Mu - [APR BBC na Patriots BBC zageze ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka](https://umurengezi.com/apr-bbc-na-patriots-bbc-zageze-ku-mukino-wa-nyuma-wa-kamarampaka/) - Uyu mukino witabiriwe na Minisitiri wa Siporo, Nyirishema Richard, Umuyobozi wa NBA Africa, Clare Akamanzi ndetse na Perezida w’Ishyirahamwe rya Basketball mu Rwanda, Mugwiza Désiré. APR BBC yatangiye umukino neza Isaiah Miller na Axel Mpoyo batsinda amanota menshi, byafashije iyi kipe gusoza igice cya mbere iyoboye umukino n’amanota 36 kuri 26 ya (…) Wari umukino wa - [Ronaldo na Messi ntibari mu bahataniye Ballon d’Or ya 2024](https://umurengezi.com/ronaldo-na-messi-ntibari-mu-bahataniye-ballon-dor-ya-2024/) - Ku nshuro ya mbere kuva mu 2003, Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ntibagaragaye ku rutonde rw’abazavamo uwegukana Ballon d’Or nk’umukinnyi mwiza w’uyu mwaka ku Isi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ni bwo France Football yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 30 bazatoranywamo uwahize abandi mu 2024. U Bwongereza bwakinnye umukino wa nyuma wa EURO - [Bugesera FC yatsinze Kiyovu Sports mu mukino wa gicuti](https://umurengezi.com/bugesera-fc-yatsinze-kiyovu-sports-mu-mukino-wa-gicuti/) - Bugesera FC yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wabaye ku wa Gatatu, tariki 4 Nzeri 2024 kuri Kigali Pelé Stadium. Mu gihe shampiyona yabaye ihagaze kubera amakipe y’igihugu ari mu mikino itandukanye, amakipe yo mu Rwanda akomeje gushaka uko yabonera abakinnyi bayo imikino itandukanye. Uyu mukino wagaragayemo amasura mashya ku mpande - [Basketball: APR y’Abagore yaguze Umunya-Mali](https://umurengezi.com/basketball-apr-yabagore-yaguze-umunya-mali/) - APR WBBC ikomeje kwitegura Imikino ya Kamarampaka, yaguze Umunya-Mali, Kamba Yoro Diakite wigaragaje mu Mikino Nyafurika yabereye i Kigali umwaka ushize. Uyu mukinnyi ukina nka ’Point Guard’ yamaze gutangira imyitozo mu Ikipe y’Ingabo ikomeje kwitegura Imikino ya Kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball iteganyijwe gutangira ku wa 25 Nzeri 2024. Diakite w’imyaka 25 yigaragaje cyane - [APR FC yatsinze Mukura VS m'umukino wari witabiriwe n'abafana benshi](https://umurengezi.com/apr-fc-yatsinze-mukura-vs-mumukino-wari-witabiriwe-nabafana-benshi/) - Mu mukino wa gicuti wabaye uyu munsi, APR FC yatsinze Mukura VS 3-2 mu mukino Tuyisenge Arsene yigaragarijemo n’aho Chidiebere Nwobodo na Godwin Odibo bakomoka muri Nigeria byanze. APR FC nyuma yo gutsinda Marines FC 2-1 mu mukino wa gicuti, uyu munsi yari yakinaga na Mukura VS. Ni umukino umutoza wa APR FC, Darko - [Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad yafungiwe muri Libya](https://umurengezi.com/kapiteni-wamavubi-bizimana-djihad-yafungiwe-muri-libya/) - Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Bizimana Djihad yabaye umukinnyi wa nyuma wasanze bagenzi be bitegura gukina na Libya kuri uyu wa Gatatu. Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu yari kumwe n’ikipe akinira ya FC Kryvbas Kryvyi Rih yo muri Ukraine ubwo bakinaga na Shaktar Donetsk ku Cyumweru ariko umukino ukaza guhagarikwa ku munota wa 50 ubwo bikangaga ibitero by’indege - [Basketball: Ingimbi z’u Rwanda zatangiye zitsinda Afurika y’Epfo](https://umurengezi.com/basketball-ingimbi-zu-rwanda-zatangiye-zitsinda-afurika-yepfo/) - Ingimbi z’u Rwanda zatangiye neza imikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abatarengeje imyaka 18 muri Basketball zitsinda iza Afurika y’Epfo amanota 81-64. Ni umukino wabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Nzeri 2024, mu mukino wa mbere w’Itsinda C rusangiye na Afurika y’Epfo yakiriye, Maroc ndetse na Zambia. U Rwanda rwitwaye neza cyane mu ntangiriro - [APR FC yashyize hanze Ibiciro by’umukino wa Pyramids](https://umurengezi.com/apr-fc-yashyize-hanze-ibiciro-byumukino-wa-pyramids/) - APR FC iri kwitegura umukino ukomeye wo mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League ugomba kuyihuza na Pyramids ndetse ikaba yashyize hanze ibiciro byo gukurikirana uyu mukino bigaragaramo itike y’ibihumbi 900 Frw. Uyu ni umukino ubanza w’ijonjora rya kabiri ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika, aho APR FC igomba kuwakirira kuri Stade - [Imikino Paralempike: U Rwanda ruzahatanira umwanya wa karindwi](https://umurengezi.com/imikino-paralempike-u-rwanda-ruzahatanira-umwanya-wa-karindwi/) - Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Sitting Volleyball izakina n’iy’u Bufaransa ku wa Gatatu mu guhatanira umwanya wa karindwi n’uwa munani. Ku wa Mbere, tariki ya 2 Nzeri, ikipe y’u Rwanda yakinnye umukino usoza iyo mu Itsinda, iwutakaza itsinzwe na Canada amaseti 3-0 (14-25, 17-25, 13-25). Wabaye umukino wa gatatu wikurikiranya Ikipe y’Igihugu yatakaje mu Mikino - [Basketball U-18: U Rwanda rwatsinze Afurika y’Epfo](https://umurengezi.com/basketball-u-18-u-rwanda-rwatsinze-afurika-yepfo/) - Ikipe y’Igihugu y’Abangavu batarengeje imyaka 18 yatsinze iya Afurika y’Epfo amanota 102-37 mu mukino wa mbere w’Igikombe cya Afurika cya Basketball. Uyu mukino wa mbere wabaye ku gicamunsi cyo ku wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024 muri Kaminuza ya Pretoria muri Afurika y’Epfo. U Rwanda rwatangiye umukino neza cyane, Vanessa Prissy Camara na Nibishaka - [Sibomana Patrick Papy yabonye ikipe nshya](https://umurengezi.com/sibomana-patrick-papy-yabonye-ikipe-nshya/) - Sibomana Patrick Papy yamaze gusinyira Elettihad Almasraty yo mu cyiciro cya mbere muri Libya. Uyu rutahizamu usatira anyuze ku ruhande yaherukaga gutandukana na Gor Mahia yo muri Kenya batwaranye igikombe cya shampiyona ya 2024-25. Kuri ubu yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Elettihad Almasraty yo mu cyiciro cya mbere muri Libya yasoje ku mwanya wa 5. - [Umunyamabanga wa Rayon Sports yamaze kwegura](https://umurengezi.com/umunyamabanga-wa-rayon-sports-yamaze-kwegura/) - Namenye Patrick wari Umunyamabanga Mukuru w’Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusezera kuri izi nshingano yari amazemo imyaka ibiri asabwa kwihangana ariko aranga. UMURENGEZI wamenye ko Namenye yamaze kumenyesha Perezida wa Rayon Sports ko nyuma y’minsi 30 iri imbere (tariki ya 1 Ukwakira) atazaba akiri umukozi w’iyi kipe. Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele - [Mugisha Bonheur yabonye ikipe nshya](https://umurengezi.com/mugisha-bonheur-yabonye-ikipe-nshya/) - Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Mugisha Bonheur uzwi nka Casemiro, yasinyiye Stade Tunisien yo mu Cyiciro cya mbere muri Tunisie. Nyuma yo gusoza amasezerano muri Avenir Sportif de La Marsa na yo ikina shampiyona ya Tunisie, Mugisha Bonheur yahise abengukwa na Stade Tunisien yo muri iki gihugu. Ubwo bamuhaga ikaze bakoresheje imbuga nkoranyambaga za - [APR FC yanze kurekura Kategaya Elie ngo asubire muri Mukura VS](https://umurengezi.com/apr-fc-yanze-kurekura-kategaya-elie-ngo-asubire-muri-mukura-vs/) - APR FC yanze kurekura Kategaya Elie wari wifujwe na Mukura VS ko yayisubiramo nyuma y’igihe gito agiye mu Ikipe y’Ingabo. Mu mikino yo kwishyura ya shampiyona ishize nibwo Kategaya wari umeze neza muri Mukura yerekeje muri APR FC. Icyakora uyu mukinnyi ntabwo yahiriwe mu Ikipe y’Ingabo kuko yabuze umwanya wo gukina. Mu ntangiriro z’uyu - [Niyonkuru Samuel na Irakoze Violette begukanye ‘Umusambi Race 2024](https://umurengezi.com/niyonkuru-samuel-na-irakoze-violette-begukanye-umusambi-race-2024/) - Niyonkuru Samuel mu bagabo babigize umwuga na Irakoze Neza Violette mu bagore babigize umwuga, begukanye irushanwa ry’amagare ryiswe Umusambi Race Isiganwa ryabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 1 Nzeri 2024. Ryateguwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ku bufatanye n’Umuryango Nyarwanda ushinzwe Kubungabunga Ibinyabuzima byo mu Gasozi (RWCA). Abaryitabiriye mu byiciro bitandukanye, banyuze mu - [Umubare w’abanyamahanga bakina muri Shampiyona y’u Rwanda wongerewe](https://umurengezi.com/umubare-wabanyamahanga-bakina-muri-shampiyona-yu-rwanda-wongerewe/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryamaze kumenyesha Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, Rwanda Premier League, ko umubare w’abanyamahanga bemerewe gukina wongerewe. Aba banyamahanga 10 ariko ntabwo bose bazaba bemerewe kujya mu kibuga icya rimwe, dore ko batandatu ari bo bazajya babanza mu kibuga mu gihe abandi bane bazajya basimburana hagati yabo. Bivuze - [Ishimwe Christian wari werekeje muri Maroc yagarutse muri Police FC](https://umurengezi.com/ishimwe-christian-wari-werekeje-muri-maroc-yagarutse-muri-police-fc/) - Nyuma y’iminsi mike yumvikanye n’ikipe ya Zemamra Renaissance yo muri Maroc, Ishimwe Christian yamaze kugaruka muri Police FC. Ishimwe Christian yavuye mu Rwanda mu ntangiriro za Kanama agiye muri Maroc kurangizanya n’iyi kipe ikina mu cyiciro cya mbere. Uyu musore ukina ku ruhande rw’ibumoso yugarira wari umaze iminsi mike asinyiye Police FC byagenze neza - [Tennis: Nshimiyimana Edison na Bimenyimana Melissa begukanye irushanwa](https://umurengezi.com/tennis-nshimiyimana-edison-na-bimenyimana-melissa-begukanye-irushanwa/) - Nshimiyimana Edison na Bimenyimana Melissa begukanye irushanwa ryiswe ‘Future Champions Tennis Tournament. Ni irushanwa rya Tennis ryari rimaze icyumweru ribera ku bibuga bya Cercle Sportif de Kigali, ryasojwe ku wa 31 Kanama 2024, ryari ryaritabiriwe n’abakinnyi barenga 150 bari mu myaka yo guhera kuri 11 kugeza kuri 16. Abana bagiye bahura hagati yabo, bityo havamo - [Sitting Volleyball: U Rwanda rukomeje kubura intsinzi mu Mikino Paralempike](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-u-rwanda-rukomeje-kubura-intsinzi-mu-mikino-paralempike/) - Ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball yatsinzwe n’iya Slovénie amaseti 3-1 uba umukino wa kabiri itakaje mu Mikino Paralempike iri kubera i Paris mu Bufaransa. Wari umukino wa kabiri kuri iyi kipe, nyuma yo gutsindwa na Brésil amaseti 3-0 ( 13-25,10-25,7-25) mu wa mbere w’irushanwa. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 31 Kanama 2024, u - [Rwatubyaye Abdul yatandukanye na FC Shkupi](https://umurengezi.com/rwatubyaye-abdul-yatandukanye-na-fc-shkupi/) - Ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonie y’Amajyaruguru yatangaje ko yatandukanye na myugariro mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Rwatubyaye Abdul, amasaha make agaragaye mu mukino yatsinzemo FK Sileks. Rwatubyaye yabanje mu kibuga ndetse akina iminota yose y’uyu mukino wo ku wa Gatandatu, warangiye FC Shkupi itsinze ibitego 2-1. Uyu mukinnyi w’Umunyarwanda yakiniraga iyi kipe y’i Burayi nyuma - [APR FC yatsinze Marines FC mu mukino wa gishuti](https://umurengezi.com/apr-fc-yatsinze-marines-fc-mu-mukino-wa-gishuti/) - Ikipe ya APR FC yakinnye umukino wa mbere wa gishuti mu mwaka mushya wa Shampiyona, itsinda Marines FC ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Stade Ikirenga kuri uyu wa Gatandatu. APR FC imaze gukina imikino 10 mu mwaka mushya wa Shampiyona ariko umukino umwe wonyine yakinnye none ni wo yiteguriye nyuma yo gukina ibiri - [Rayon Sports yanyagiye Addax SC ibitego 10-1](https://umurengezi.com/rayon-sports-yanyagiye-addax-sc-ibitego-10-1/) - Umutoza wa Rayon Sports, Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’, yasabye guhabwa igihe kugira ngo yubake ikipe ikomeye, ashimangira ko azabigeraho. Yabivuze nyuma y’umukino wa gicuti Rayon Sports yatsinzemo Addax SC [yahindutse Imena FC] ibitego 10-1 ku wa Gatandatu mu Nzove. Ati “Nk’uko byari bimeze mbere, inshuro ya mbere nza hano, twatwaye ibikombe - [AS Muhanga yatandukanye na Abdou Mbarushimana](https://umurengezi.com/as-muhanga-yatandukanye-na-abdou-mbarushimana/) - Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Muhanga, bwemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana na Mbarushimana Abdou wari umutoza mukuru wa yo mu myaka ibiri ishize. Ni inkuru yanyujijwe ku mbuga za AS Muhanga zirimo X yahoze ari Twitter, aho iyi kipe yemeje ko yamaze gutandukana na Mbarushimana Abdou. Uyu mutoza yashimiwe ku myaka irindwi yamaze muri iyi - [Umukino wa Eswatini na Mali wahawe abasifuzi b’Abanyarwanda](https://umurengezi.com/umukino-wa-eswatini-na-mali-wahawe-abasifuzi-babanyarwanda/) - Abasifuzi Mpuzamahanga b’Abanyarwanda bayobowe na Rulisa Patience, bahawe umukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2025, uzahuza Eswatini na Mali. Uyu mukino utaganyijwe kuzabera kuri Nelspruit-Mbombela Stadium yo muri Afurika y’Epfo, tariki ya 10 Nzeri 2024. Uzayoborwa na Rulisa Patience, Bwiriza Nonati azaba ari umwungiriza wa mbere, Ndayisaba Saidi azaba ari umwungiriza wa Kabiri mu - [Yannick Mukunzi yongeye guhura n’imvune ikomeye](https://umurengezi.com/yannick-mukunzi-yongeye-guhura-nimvune-ikomeye/) - Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira Sandvikens IF, Yannick Mukunzi yongeye guhura n’imvune ikomeye izatuma amara hanze y’ikibuga igihe kinini. Yannick Mukunzi umaze imyaka 5 muri iyi kipe yo muri Sweden ntabwo yahiriwe n’umwaka w’imikino ushize n’uyu bikaba ariko bishobora kumugendekera. Yannick Mukunzi yagize ikibazo cy’imvune mu Kwakira 2021, iyi mvune yo mu ivi byabaye ngombwa ko bamubaga, - [Niyibizi uhagarariye u Rwanda yakuwe mu isiganwa mu Mikino Paralempike](https://umurengezi.com/niyibizi-uhagarariye-u-rwanda-yakuwe-mu-isiganwa-mu-mikino-paralempike/) - Umunyarwanda Niyibizi Emmanuel wari wabaye uwa gatanu muri metero 1500 zo gusiganwa ku maguru mu Mikino Paralempike, yakuwe mu isiganwa nyuma yo kugendera nabi mu nzira abakinnyi banyuramo. Imikino Paralempike yakomeje kubera mu Bufaransa, mu mujyi wa Paris kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 31 Kanama 2024, aho hakinwe icyiciro cy’abasiganwa ku maguru muri - [Amavubi yashyize hanze abakinnyi azifashisha muri Libya](https://umurengezi.com/amavubi-yashyize-hanze-abakinnyi-azifashisha-muri-libya/) - Umutoza w’Amavubi, Torsten Frank Spittler, kuri uyu wa Gatandatu, tariki 31 Kanama 2024 yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 25 azifashisha mu mukino uzahuza u Rwanda na Libya. Amavubi yari amaze iminsi mike atangiye imyitozo yitegura imikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika ariko hagomba kuvamo bake b’ingenzi bazajya i Tripoli. Ku ikubitiro - [NBA: Stephen Curry yongereye amasezerano muri Warriors](https://umurengezi.com/nba-stephen-curry-yongereye-amasezerano-muri-warriors/) - Stephen Curry yongereye amasezerano y’umwaka asanga ibiri yari asigaje muri Golden State Warriors, akazahembwa miliyoni 178$ muri iyo myaka itatu. Mu 2022, nibwo Curry yongereye amasezerano y’imyaka ine muri Warriors, kuri ubu akaba yashyizeho undi umwe bityo akazageza mu 2027 akiri muri iyi kipe rukumbi azi. Muri aya masezerano y’imyaka itatu, Curry azahembwa miliyoni - [Mutsinzi Ange na Bizimana Djihad basezerewe muri UEFA Conference League](https://umurengezi.com/mutsinzi-ange-na-bizimana-djihad-basezerewe-muri-uefa-conference-league/) - Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine ikinamo Bizimana Djihad, yatsinzwe na Real Betis yo muri Espagne ibitego 3-0, Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange nayo itsindwa na Omonia Nikosi yo muri Chypre zombi zisezererwa muri UEFA Conference League. Yari imikino yo kwishyura mu - [Uko amakipe azakina UEFA Champions League ‘nshya’ byamenyekanye](https://umurengezi.com/uko-amakipe-azakina-uefa-champions-league-nshya-byamenyekanye/) - Ikipe ya Real Madrid ifite igikombe giheruka, yisanze hamwe na Liverpool naho FC Barcelone izahura na Bayern Munich nk’uko byagaragajwe muri tombola nshya ya UEFA Champions League ya 2024/25. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 29 Kanama 2024, ni bwo i Monaco mu Bufaransa habereye tombola y’uburyo amakipe azahura mu mikino ya - [UEFA: Cristiano Ronaldo na Buffon bahawe ibihembo](https://umurengezi.com/uefa-cristiano-ronaldo-na-buffon-bahawe-ibihembo/) - Cristiano Ronaldo yahawe igihembo cya Rutahizamu w’Ibihe byose muri UEFA Champions League naho Gianluigi Buffon ahabwa igihembo gitangwa na Perezida wa UEFA Ronaldo kugeza ubu uyoboye abatsinze ibitego byinshi mu mateka ya UEFA Champions League, yahawe iki gihembo na Perezida w’uru rwego ruyobora umupira w’amaguru i Burayi, Aleksander Čeferin. Uyu mukinnyi wakinnye Champions League imyaka - [Basketball: Ibihembo byongerewe mu Mikino ya Kamarampaka](https://umurengezi.com/basketball-ibihembo-byongerewe-mu-mikino-ya-kamarampaka/) - Abakinnyi bashyizwe igorora mu mikino ya Kamarampaka ya shampiyona ya Basketball mu bagore n’abagabo ya "BetPawa Playoffs". Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye uyu munsi, umuyobozi mukuru wa Mchezo ifite mu nshingano betPawa, Ntoudi Mouyelo yatangaje ko bahisemo kongera aka gahimbazamusyi mu rwego rwo kongera ihangana muri iyi mikino. Ati “ Tugamije guha abakinnyi ibirenze kuko twifuza - [Abakinnyi 4 bakina hanze y’u Rwandabageze mu Mavubi](https://umurengezi.com/abakinnyi-4-bakina-hanze-yu-rwandabageze-mu-mavubi/) - Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ikomeje imyiteguro yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika ifitanye na Libya na Nigeria. Ku wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2024, Amavubi yinjiye mu mwiherero wo kwitegura iyi mikino, umutoza Frank Spittler akaba yaratangiranye n’abakinnyi bakina imbere mu gihugu. Uyu mutoza yahamagaye abakinnyi 36 harimo 11 bakina hanze - [Basketball: Sean Mwesigwa yongewe mu Ikipe y’Igihugu ya U-18](https://umurengezi.com/basketball-sean-mwesigwa-yongewe-mu-ikipe-yigihugu-ya-u-18/) - Sean Mwesigwa yongewe mu Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’Abatarengeje imyaka 18 yitegura Igikombe cya Afurika kizabera muri Afurika y’Epfo kuva tariki 2 kugeza 14 Nzeri 2024. Uyu mukinnyi w’imyaka 17, asanzwe abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ikipe ya Seven Lakes High School muri Leta ya Texas. Mwesigwa yari Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu - [Cristiano Ronaldo yavuze ku hazaza he muri Ruhago](https://umurengezi.com/cristiano-ronaldo-yavuze-ku-hazaza-he-muri-ruhago/) - Rutahizamu w’Umunya-Portugal, Cristiano Ronaldo, yavuze ko nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru ateganya kujya mu bindi bikorwa bidafite aho bihuriye nawo. Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’ikinyamakuru cyo mu gihugu cye NOW, Cristiano yavuze ko adafite gahunda yo kugira uwo amenyesha ko yahagaritse gukinira Ikipe y’Igihugu. Kuba hari indi kipe yakongeraho mu mateka ye akazayikinira, - [Table Tennis: Ikipe y’igihugu yerekeje mu mwiherero mu Bushinwa](https://umurengezi.com/table-tennis-ikipe-yigihugu-yerekeje-mu-mwiherero-mu-bushinwa/) - Abantu 13 barimo abakinnyi n’abatoza bagize ikipe igihugu y’umukino wa ‘Table-Tennis’ mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri berekeje mu Bushinwa mu mwiherero w’ukwezi bitoza banahugurwa ku bijyanye n’uyu mukino. Abakinnyi berekeje mu Bushinwa ni abahagarariye abandi bagiye bashakwa hirya no hino mu gihugu, aho bizeye ko aya mahirwe bahawe bazayabyaza umusaruro nk’uko Umuyobozi - [Tanzania yinjiye mu bihugu byifuza kwakira isiganwa rya Formula 1](https://umurengezi.com/tanzania-yinjiye-mu-bihugu-byifuza-kwakira-isiganwa-rya-formula-1-aho-yiyongereye-ku-rwanda-na-thailand/) - Iki cyifuzo cyagize imbaraga ubwo Giancarlo Fisichella wanyuze mu makipe menshi arimo na Ferrari, yagaragazaga ko ashyigikiye ko Zanzibar yakwakira iri siganwa riri mu ya mbere ku Isi. Bivugwa ko iki gihugu kiteguye gutangira kubaka umuhanda wabugenewe muri Nzeri 2025 ukazarangira mu 2027, ukazuzura utwaye miliyoni 500€. Ibihugu byo muri Afurika bikomeje gusaba kwakira - [Uko abakinnyi bakina hanze bitwaye](https://umurengezi.com/uko-abakinnyi-bakina-hanze-bitwaye/) - Mu gihe biteganyijwe ko abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi bakina mu Rwanda bagomba kujya kubimburira abandi kujya mu mwiherero utegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika, bamwe mu bakina hanze na bo bafashaga amakipe yabo. Gitego Arthur wa AFC Leopards yo muri Kenya yitwaye neza mu mukino wabaye ku Cyumweru, tariki ya 25 Kanama, - [Basketball: Hongrie yegukanye umwanya wa mbere](https://umurengezi.com/basketball-hongrie-yegukanye-umwanya-wa-mbere/) - Hongrie yatsinze Sénégal amanota 63-47, yegukana umwanya wa mbere mu mikino y’amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya Basketball mu Bagore. Uyu mukino wa nyuma wabaye ku Cyumweru, tariki 25 Kanama muri BK Arena, uhuza amakipe yombi yari mu Itsnda C. Ni umukino watangiye wegeranye cyane amakipe yombi atsinda abifashijemo na Ndioma Kane - [FEASSSA 2024: ADEGI Gituza na Ste Marie Reine zageze ku mukino wa nyuma](https://umurengezi.com/feasssa-2024-adegi-gituza-na-ste-marie-reine-zageze-ku-mukino-wa-nyuma/) - Ikipe y’abahungu ya ADEGI Gituza muri Handball n’iy’abakobwa ya GS Ste. Marie Reine Rwaza muri Basketball, zombi zageze ku mukino wa nyuma muri FEASSSA 2024 iri kubera muri Uganda. Kuri iki Cyumweru nibwo hakinwe imikino ya ½ mu mikino ihuza ibigo by’amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba iri kubera i Bukedea mu Majyaruguru ya Uganda. - [Murekatete Bella yabonye ikipe nshya muri Espagne](https://umurengezi.com/murekatete-bella-yabonye-ikipe-nshya-muri-espagne/) - Murekatete Bella wakinaga muri Washington State Cougars Basketball yerekeje muri Associació Esportiva Sedis Bàsquet izwi cyane nka Cadí La Seu yo mu Cyiciro cya Mbere muri Shampiyona ya Espagne (Liga Femenina). Cadí La Seu ni ikipe yo mu Cyiciro cya Mbere muri Shampiyona ya Espagne, aho mu mwaka ushize yabaye iya 11. Yatsinze imikino - [Umukino wa APR FC na Rayon Sports wakuweho](https://umurengezi.com/umukino-wa-apr-fc-na-rayon-sports-wakuweho/) - Umukino wa shampiyona wo Rayon Sports yagombaga kuzakira APR FC wakuweho kubera ko wahuriranye n’umukino wa Pyramids FC muri CAF Champions League. Ni umukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25 wagombaga kuzaba tariki ya 14 Nzeri 2024. Nyuma y’uko APR FC yaraye isezereye Azam FC ku giteranyo - [Constantine FC yasezereye Police FC](https://umurengezi.com/constantine-fc-yasezereye-police-fc/) - Police yasezerewe muri CAF Confederation Cup itarenze umutaru nyuma yo gutsindirwa na CS Constantine 2-1 kuri Kigali Pelé Stadium biba 4-1 mu mikino yombi. Police FC yari yakiriye CS Constantine yo muri Algeria mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup, ni nyuma y’uko mu mukino ubanza bari batsinzwe 2-0. Police FC yasabwaga - [Formula 1 ishobora kubera mu Rwanda mu 2028](https://umurengezi.com/formula-1-ishobora-kubera-mu-rwanda-mu-2028/) - Mu gihe u Rwanda rukomeje gusaba kuba rwakwakira Formula 1, ruramutse rwemerewe kuyakira, ntiyaba iya mbere y’umwaka wa 2028 kuko zo zifite ibindi bihugu bizayakira. Ubuyobozi bwa Formula 1 bukomeje gushaka igihugu gishya bwagezamo iri siganwa, aho u Rwanda na Thailand hari guhabwa amahirwe kurusha ahandi. Mu gihe u Rwanda rwakwemererwa, amahirwe ni uko - [Djihad na Mutsinzi batangiye nabi ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League](https://umurengezi.com/djihad-na-mutsinzi-batangiye-nabi-ijonjora-rya-nyuma-rya-uefa-conference-league/) - Amakipe akinamo abanyarwanda Mutsinzi Ange Jimmy na Bizimana Djihad ntabwo yahiriwe n’umukino ubanza w’ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League aho yaraye atsinzwe. Zira FK ya Mutsinzi Ange Jimmy ni yo yahuye n’uruva gusenya rukomeye aho yanyagiriwe muri Cyprus 6-0. Iyi kipe yo muri Azerbaijan yari yasuye Athletic Club Omonia Nicosia gusa ntabwo urugendo rwaje - [Rayon Sports yateye utwatsi Umujyi wa Kigali wayisabye gushyira umukino nijoro](https://umurengezi.com/rayon-sports-yateye-utwatsi-umujyi-wa-kigali-wayisabye-gushyira-umukino-nijoro/) - Umujyi wa Kigali wari watumye umukino Rayon Sports yakiramo Amagaju FC ushyirwa saa Cyenda kubera ikibazo cya Moteri kuri Kigali Pelé Stadium, nyuma yo gushaka indi igitaraganya yasabye iyi kipe kuwusubiza saa Kumi n’Ebyiri ariko iwubwira ko itaguma muri ako kavuyo. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 23 Kanama 2024, nibwo Rayon Sports iza - [Chairman yizeje gusezerera Azam FC](https://umurengezi.com/chairman-yizeje-gusezerera-azam-fc/) - Chairman wa APR FC, Col Richard Karasira yavuze ko abakinnyi ba APR FC nta kindi kibari mu mutwe uretse gusezerera Azam FC. APR FC izakira Azam FC ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2024 kuri Stade Amahoro mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League, ni nyuma y’uko umukino ubanza bawutsinzwe - [Umukino wa APR FC na Rutsiro ushobora gusubikwa](https://umurengezi.com/umukino-wa-apr-fc-na-rutsiro-ushobora-gusubikwa/) - Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatangaje ko budashobora gukina umukino w’ikirarane cya Shampiyona bafitanye na Rutsiro tariki 28 Kanama 2024, kubera ko abakinnyi bayo 10 bazaba bari mu makipe y’Igihugu yabahamagaye. Ingengabihe y’umwaka wa shampiyona wa 2024-2025, igaragaza ko ibirarane by’umunsi wa Mbere wa Shampiyona bizakinwa ku wa Gatatu tariki 28 Kanama, aho Etincelles - [Paulo De Tarso watozaga ikipe y’igihugu ya Volleyball yatangajwe ahandi](https://umurengezi.com/paulo-de-tarso-watozaga-ikipe-yigihugu-ya-volleyball-yatangajwe-ahandi/) - Umutoza w’Amakipe y’Igihugu ya Volleyball Umunya-Brésil, Paulo De Tarso Milagres, yasabye Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda, FRVB ndetse na Minisiteri ya Siporo ko basesa amasezerano bari bafitanye kuko yabonye akazi ahandi. De Tarso wasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Nyakanga umwaka ushize, yari yahawe inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu y’abagabo, iy’abagore n’iy’abato, gusa yarangije - [Umutoza wa Kiyovu Sports Bipfubusa yakebuye abanenga Sugira Erneste](https://umurengezi.com/umutoza-wa-kiyovu-sports-bipfubusa-yakebuye-abanenga-sugira-erneste/) - Umutoza wa Kiyovu Sports, Bipfubusa Joslin yavuze ko abanenga Sugira Ernest ko yabyibushye kunanuka ari ibintu byoroshye kuko na Neymar ari ko yari ameze kandi ubu ameze neza. Sugira Ernest ni umwe mu bakinnyi bashya Kiyovu Sports yasinyishije mbere y’uko uyu mwaka w’imikino utangira. Gusa ni umukinnyi wabyibushye ndetse wiyongereyeho ibiro biri hagati y’umunani ndetse - [Robertinho yatangiye gukemanga Aruna Moussa Madjaliwa](https://umurengezi.com/robertinho-yatangiye-gukemanga-aruna-moussa-madjaliwa/) - Umutoza wa Rayon Sports bivugwa ko na we yatangiye gukemanga imyitwarire y’umukinnyi w’umurundi, Aruna Moussa Madjaliwa. Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati usigaje umwaka umwe w’amasezerano, Robertinho yaje asanga afitanye ibibazo n’ikipe hari amafaranga ayishyuza. Nyuma yo kumubona mu myitozo, akabona ari umukinnyi azakenera cyane, yasabye ubuyobozi bwa Rayon Sports kwicara bugakemura ikibazo cy’uyu mukinnyi - [Cricket: Mu Rwanda hatangiye imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi](https://umurengezi.com/cricket-mu-rwanda-hatangiye-imikino-yo-gushaka-itike-yigikombe-cyisi/) - Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Kanama 2024, kuri Stade Mpuzamahanga y’Umukino wa Cricket ya Gahanga, hatangijwe imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya Cricket cy’Abangavu batarengeje imyaka 19 (ICC U19 Mu mikino ibiri yabimburiye iyindi, yatangiye saa Tatu zo mu gitondo, Ikipe y’Igihugu ya Malawi yatsinze Eswatini ku kinyuranyo cy’abakinnyi icyenda naho Botswana - [Kiyovu yatsinze As Kigali muri Derby y'umujyi](https://umurengezi.com/kiyovu-yatsinze-as-kigali-muri-derby-yumujyi/) - Kiyovu Sports yatsinze As Kigali ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa Mbere wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda utarabereye igice. Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki 21 Kanama 2024, kuri Kigali Péle Stadium saa Cyenda. Ku ikubitiro uyu mukino wari uteganyijwe gukinwa ku wa Gatanu, tariki 16 Kanama, ariko uza gusubikwa bitewe - [Volleyball: Ikipe y’Igihugu U18 yerekeje muri Tunisie](https://umurengezi.com/volleyball-ikipe-yigihugu-u18-yerekeje-muri-tunisie/) - Nyuma yo gushyikirizwa ibendera ry’Igihugu n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, ikipe y’Igihugu y’ingimbi y’Abatarengeje imyaka 18, yerekeje muri Tunisie mu mikino Nyafurika. Izi ngimbi zerekeje mu Mujyi wa Sfaxien muri Tunisie, mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 20 Kanama 2024. Iyi kipe y’Igihugu igiye gukina imikino Nyafurika ihuza ingimbi zitarengeje imyaka 18. - [Umukino wa APR FC na Azam FC uzagurishwaho itike y’ibihumbi 900 Frw](https://umurengezi.com/umukino-wa-apr-fc-na-azam-fc-uzagurishwaho-itike-yibihumbi-900-frw/) - APR FC izakira Azam FC mu mukino wo kwishyura muri CAF Champions League uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki 24 Kanama 2024, aho itike ya make ari 1000 Frw, iya menshi ikaba ibihumbi 900 Frw. Ni umukino wa mbere w’irushanwa ugiye kubera kuri Stade Amahoro nshya iherutse kuvugururwa igashyirwa ku rwego rwo kwakira abafana ibihumbi - [APR BBC yongeyemo umutoza mushya](https://umurengezi.com/apr-bbc-yongeyemo-umutoza-mushya/) - APR BBC yongeyemo umutoza mushya James Edwards Junior ugomba kungiriza Mazen Trakh utishimiwe n’ubuyobozi. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe n'ikipe ya APR BB rivuga ko uyu mutoza ataje gusimbura Maz. Amakuru avuga ko APR yifuza gusezerera Maz ukomeje kwitwara nabi ikipe ikaba yasigarana James Edwards akanayitoza mu Mikino ya Kamarampaka. Gusa iyi kipe igowe - [AS Kigali yongereye agahimbazamusyi ku mukino wa Kiyovu Sports](https://umurengezi.com/as-kigali-yongereye-agahimbazamusyi-ku-mukino-wa-kiyovu-sports/) - Umuyobozi wa AS Kigali, Shema Fabrice, yakubye inshuro eshanu agahimbazamusyi gahabwa abakinnyi mu gihe baramuka batsinze Kiyovu Sports mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukino uteganyijwe ku wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 saa Cyenda kuri Kigali Pelé Stadium. Wagizwe ikirarane nyuma y’aho AS Kigali isabye Ishyirahamwe rya Ruhago mu - [Phil Foden yabaye umukinnyi w’umwaka muri Premier League](https://umurengezi.com/phil-foden-yabaye-umukinnyi-wumwaka-muri-premier-league/) - Phil Foden wa Manchester City yabaye umukinnyi w’umwaka, Cole Palmer aba umuto wahize abandi muri Shampiyona y’u Bwongereza Foden yatsinze ibitego 19 mu mikino 35 yakinnye muri uyu mwaka anafasha Manchester City kwegukana Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya kane yikurikiranya. Uyu mukinnyi yatsinze mugenzi we Erling Haaland na Rodri bakinana, Palmer, Martin Ødegaard - [Ishimwe Jean-René yatangiye imyitozo muri APR FC](https://umurengezi.com/ishimwe-jean-rene-yatangiye-imyitozo-muri-apr-fc/) - Myugariro w’ibumoso, Ishimwe Jean-René wakiniraga Marines FC, arimo gukora imyitozo muri APR FC ndetse byitezwe ko ari we iyi kipe izasimbuza Umurundi Nshimirimana Ismaël ‘Pitchou’ wasabye gutandukana na yo. APR FC ifite ikibazo cy’abakinnyi bake mu bwugarizi nyuma yo kurekura abarimo Omborenga Fitina, Ishimwe Christian, Buregeya Prince na Rwabuhihi Aimé Placide, bose basimbujwe Byiringiro - [FEASSSA 2024: Amakipe ahagarariye u Rwanda akomeje gushaka umusaruro](https://umurengezi.com/feasssa-2024-amakipe-ahagarariye-u-rwanda-akomeje-gushaka-umusaruro/) - Amakipe ahagarariye u Rwanda mu Mikino ya FEASSSA 2024 irimo kubera muri Uganda, yatangiye guhura n’akazi katoroshye aho mu mikino 14 yakinnye ku wa Kabiri. Iyi mikino ihuza ibigo by’amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba ikomeje kubera i Bukedea muri Uganda guhera ku Cyumweru kugeza tariki ya 26 Kanama. Ku wa Kabiri, amwe mu makipe - [Handball: U Rwanda rwisanze mu itsinda rya Kabiri](https://umurengezi.com/handball-u-rwanda-rwisanze-mu-itsinda-rya-kabiri/) - Nyuma ya tombola y’igikombe cy’Afurika muri Handball mu batarengeje imyaka 20, u Rwanda rwisanze mu itsinda rya mbere na Tunisia izakira iri rushanwa. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ikaba yarabonye itike nyuma y’uko yegukanye Igikombe cy’Irushanwa ry’Akarere ka 5 ‘IHF Trophy Zone 5’ itsinze Uganda ibitego 26-25. Ni irushanwa ryari ryabereye muri Ethiopia mu Mujyi - [Rayon Sports WFC yasezerewe muri CECAFA](https://umurengezi.com/rayon-sports-wfc-yasezerewe-muri-cecafa/) - Ikipe ya Rayon Sports FC y’abagore yatsinzwe igitego 1-0 na Kenya Police Bullets FC mu mukino wa kabiri w’imikino y’amajonjora yo gushaka itike ya Champions League y’uyu mwaka. Rayon Sports WFC yakinaga umukino wayo wa kabiri w’iyi mikino iri kubera muri Ethiopia, aho nyuma yo gutsindwa na CBE FC yo muri Ethiopia ibitego 3-2 - [Basketball: U Rwanda rwatangiye neza](https://umurengezi.com/basketball-u-rwanda-rwatangiye-neza/) - Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu bagore yatangiye neza ijonjora ry’ibanze mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi itsinda Lebanon amanota 80-62. Guhera ejo hashize tariki ya 19 Kanama 2024 kugeza tariki 25 Kanama 2024, mu Rwanda na Mexico hazaba habera ijonjora ry’ibanze ryo gushaka itike y’igikombe cy’Isi muri Basketball (FIBA Women’s Basketball World Cup 2026 Pre-Qualifying). - [Rayon Sports itegereje Miliyoni 17 Frw ngo irekure Mitima Isaac](https://umurengezi.com/rayon-sports-itegereje-miliyoni-17-frw-ngo-irekure-mitima-isaac/) - Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko butegereje ko ikipe ya Al-Zulfi SFC yishyura ibihumbi 13$ ngo babone kwemerera uwari Myugariro wayo gusinyira iyi kipe yo muri Arabia Saoudite. Mitima Isaac wari umaze imyaka itatu muri Rayon Sports, yemeje ko yasinye umwaka umwe muri iyi kipe yazamutse mu Cyiciro cya Kabiri mu mwaka ushize. - [Abayobozi biremereza bagateshuka ku nshingano bahawe gasopo](https://umurengezi.com/abayobozi-biremereza-bagateshuka-ku-nshingano-bahawe-gasopo/) - Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yihanangirije ndetse anaha gasopo abayobozi bahabwa inshingano bamara kuzigeramo bakiremereza. Ibi, umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yari mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kwakira indahiro ya Minisitiri w’Intebe ndetse n'iz’abadepite, barahiriye kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko. Ni umuhango wabaye Kuri uyu wa Gatatu - [Musanze: Batewe impungenge n’insinga z’amashanyarazi zishobora kubambura ubuzima](https://umurengezi.com/musanze-batewe-impungenge-ninsinga-zamashanyarazi-zishobora-kubambura-ubuzima/) - Bamwe mu baturage baturiye n’abakoresha umuhanda uherereye mu mujyi wa Musanze, batewe impungenge n’insinga z’amashanyarazi zirambaraye mu muhanda no mu nzira y’abanyamaguru, ikibazo aba baturage bemeza ko kimaze hafi imyaka ibiri. Ni nsinga z’amatara yo ku muhanda wa kaburimbo Kabaya-Groupement, zangijwe n’impanuka z’imodoka mu bihe bitandukanye nk’uko byemezwa na bamwe mu babonye izo mpanuka ziba, - [Nirisarike Salomon yabonye ikipe nshya mu Bubiligi](https://umurengezi.com/nirisarike-salomon-yabonye-ikipe-nshya-mu-bubiligi/) - Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Nirisarike Salomon, yabonye ikipe nshya agiye gukinira ya KVV Zepperen Brustem yo mu Bubirigi nyuma yo kumara umwaka wose atabona umwanya wo gukina muri KVK Tienen. Nirisarike Salomon ni umwe mu bakinnyi Amavubi yakunze kwifashisha mu mikino mpuzamahanga ariko hashize imyaka ibiri adahamagarwa kubera urwego rwe rwamanutse aho atandukaniye na - [Uko buri kipe mu makipe 16 y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yiyubatse](https://umurengezi.com/uko-buri-kipe-mu-makipe-16-yicyiciro-cya-mbere-mu-rwanda-yiyubatse/) - Uyu munsi ni bwo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-25 itangira ahateganyijwe imikino 3, abakinnyi barenga 165 baturutse mu bihugu bitandukanye ni bo aya makipe yaguze mu rwego rwo kuyitegura. Muri iyi nkuru Ikinyamakuru Umurengezi cyagerageje kunyura mu makipe yose kugira ngo cyimenye abakinnyi bashya yaguze nubwo hari aho byagoranye, - [Real Madrid yegukanye UEFA Super Cup 2024](https://umurengezi.com/real-madrid-yegukanye-uefa-super-cup-2024/) - Ikipe ya Real Madrid yegukanye Igikombe kiruta ibindi ku Mugabane w’u Burayi "UEFA Super Cup" ku nshuro ya gatandatu. Uyu mukino wari uwa mbere kuri rutahizamu w’Umufaransa, Kylian Mbappé uheruka kwerekeza muri Real Madrid. Iyi kipe yo muri Espagne, ifite Igikombe cya UEFA Champions League, yari hasi mu gice cya mbere kuko Atalanta ni - [FERWAFA yanze ubusabe bwo kongera umubare w’abanyamahanga muri Shampiyona](https://umurengezi.com/ferwafa-yanze-ubusabe-bwo-kongera-umubare-wabanyamahanga-muri-shampiyona/) - Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko umubare w’abanyamahanga bagomba gukina Shampiyona ya 2024/25 uzaguma kuri batandatu nk’uko bisanzwe. Ni umwanzuro wamenyeshejwe abanyamuryango b’iri Shyirahamwe nyuma y’inama yarihuje n’ubuyobozi bwa Rwanda Premier League ifite mu nshingano gutera Shampiyona, kuri uyu wa Gatatu, tariki 14 Kanama 2024. Binyuze mu mabwiriza y’iri rushanwa ry’uyu mwaka, - [Musanze fc yasabye ko umukino wayo na Muhazi United wasubikwa](https://umurengezi.com/musanze-fc-yasabye-ko-umukino-wayo-na-muhazi-united-wasubikwa/) - Ikipe ya Musanze FC yamaze kwandikira Rwanda Premier League ishinzwe gutegura Shampiyona y’icyiciro cyambere mu Rwanda isaba ko umukino ifitanye na Muhazi United wasubikwa kubera imirikagurisha riteganyijwe kubera muri sitade Ubworoherane. Tariki 15 kanama nibwo biteganyijwe ko Shampiyona y’u Rwanda 2024-2025 izatangira gukinwaKu munsi wa Mbere w’iyi Shampiyona hari hateganyijwe umukino wa gombaga guhuza - [Umukino wagombaga guhuza AS Kigali na Kiyovu Sports Wasubitswe](https://umurengezi.com/umukino-wagombaga-guhuza-as-kigali-na-kiyovu-sports-wasubitswe/) - Rwanda Premier League yamaze kwemera ubusabe bwa AS Kigali bwo gusubika umukino bari bafitanye na Kiyovu Sports tariki 18 Kanama 2024 ,nyuma yo gusuzuma impamvu zabwo. Kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kanama nibwo Ubuyobozi bwa AS Kigali bwandikiye FERWAFA busaba ko umukino w’umunsi wa Mbere bari bafitanye na Kiyovu Sports wasubikwa ukimurirwa kuwa - [Patriots BBC yitegura APR BBC yaguze Umunyamerika](https://umurengezi.com/patriots-bbc-yitegura-apr-bbc-yaguze-umunyamerika/) - Patriots BBC ikomeje kwitegura APR BBC yaguze Umunyamerika Stephaun Branch wakinaga muri Angeles cd Mexico. Uyu mukinnyi w’imyaka 29 yamaze kugera mu Rwanda aho akomeje gukorana imyitozo na bagenzi be. Yanyuze mu makipe menshi nyuma yo kutemererwa gukina muri NBA. Branch yakiniye Telenet Giants Antwerp yo mu Bubiligi, South Bay Lakers na Salt Lake - [Umuhungu wa Gen. Mubarakh Muganga yasinyiye AS Kigali](https://umurengezi.com/umuhungu-wa-gen-mubarakh-muganga-yasinyiye-as-kigali/) - Niyonshuti Hakim Mubarak, umuhungu w’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Gen. Mubarakh Muganga, wari umaze imyaka ine muri APR FC, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri AS Kigali. Uyu mukinnyi yakuriye mu makipe y’abato ya APR FC ariko muri iyi mpeshyi yagaragaje ubushake bwo guhindura ikipe bityo akaba yajya aho azabona umwanya uhagije wo gukina. Niyonshuti yaherukaga - [Mitima Isaac mu nzira zerekeza mu ikipe yo muri Arabie Saoudite](https://umurengezi.com/mitima-isaac-mu-nzira-zerekeza-mu-ikipe-yo-muri-arabie-saoudite/) - Myugariro Mitima Isaac uheruka gutandukana na Rayon Sports ari mu biganiro bya nyuma na Al-Zulfi SFC yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Arabie Saoudite. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yamaze kumvikana n’iyi kipe, kuri ubu amaze iminsi muri Uganda aho yagiye gushaka VISA. Al-Zulfi SFC yazamutse mu Cyiciro cya Kabiri umwaka ushize. Ni imwe mu - [Chairman wa APR FC yishyizeho umusaruro wayo mubi anisegura ku bafana](https://umurengezi.com/chairman-wa-apr-fc-yishyizeho-umusaruro-wayo-mubi-anisegura-ku-bafana/) - Chairman wa APR FC, Col Richard Karasira yasabye abakunzi b’iyi kipe ko umusaruro mubi wose ikipe irimo kubona ari we bagomba kuwubaza kuko ari we wazanye abakinnyi n’umutoza. Kugeza ubu ntabwo abafana ba APR FC bahuza n’umutoza Darko Nović bigendanye n’uburyo akinisha abakinnyi ikipe ntinabone umusaruro. Abafana bamaze kurakarira uyu mutoza kubera ko abakinnyi - [Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru](https://umurengezi.com/uko-abanyarwanda-bakina-hanze-bitwaye-mu-mpera-zicyumweru-2/) - Bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bakomeje gufasha amakipe yabo kwitegura gutangira umwaka w’imikino muri Shampiyona zitandukanye ariko aho zamaze gutangira bari gufasha amakipe yabo. Intangiriro ntabwo ari nziza ku Ikipe ya FC Kryvbas Kryvyi Rih ikinamo Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad, kuko mu mikino ibiri ya Shampiyona ya Ukraine imaze gukina yabonye inota rimwe. - [Basketball: Ikipe y’Igihugu y’Abagore yasoje umwiherero muri Mali](https://umurengezi.com/basketball-ikipe-yigihugu-yabagore-yasoje-umwiherero-muri-mali/) - Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Basketball yatsinzwe n’iya Mali amanota 91-79 mu mukino wa kabiri wa gicuti wahuje amakipe yombi mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki 11 Kanama 2024. Wari umukino wa kabiri uhuje amakipe yombi, aho u Rwanda rwagiye muri Mali gukomeza gukarishya ikipe yitegura amajonjora y’Igikombe cy’Isi mu Bagore (FIBA Women’s Basketball World - [Mbonyuwontuma wari umutoza wungirije muri REG VC yasezeye](https://umurengezi.com/mbonyuwontuma-wari-umutoza-wungirije-muri-reg-vc-yasezeye/) - Mbonyuwontuma Jean Luc wari umutoza wungirije muri REG VC, yamaze gusezera ku mirimo ye nyuma yo gusanga afite inshingano nyinshi zituma atayibonera umwanya uhagije. Uyu mutoza wari ugiye kuzuza umyaka itanu ari muri iyi kipe yandikiye ubuyobozi bwe abumenyesha ko atagishoboye gukomeza inshingano. Mu gihe cyose yamaranye n’iyi kipe yafatanyije na yo kwegukana bimwe - [Rayon Sports yakiriye undi rutahizamu](https://umurengezi.com/rayon-sports-yakiriye-undi-rutahizamu/) - Rayon Sports yakiriye rutahizamu w’Umunya-Cameroun, Aziz Bassane wakuriye muri FC Nantes yo mu Bufaransa. Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 11 Kanama 2024, ni bwo uyu rutahizamu w’imyaka 22 yageze ku Kibuga cy’Indege i Kanombe yakirwa n’abarimo Ushinzwe iby’Imari muri Rayon Sports, Nkubana Adrien. Aganira n’itangazamakuru, Bassane yagarutse ku rugendo rwe nk’umukinnyi w’umupira - [u Rwanda rwatashye amara masa mu Mikino Olempike](https://umurengezi.com/u-rwanda-rutaha-amara-masa-mu-mikino-olempike/) - Mukandanga Clémentine yabaye uwa 77 mu gusiganwa Marathon (ibilometero 42) mu Mikino Olempike ya Paris aho yakoresheje amasaha abiri, iminota 45 n’amasegonda 40 Uyu Munyarwandakazi yasiganwe ku Cyumweru, tariki 11 Kanama 2024 aba ari nawe usoza urugendo rw’Abanyarwanda muri iyi mikino basoje amara masa. Mu bakinnyi 80 bakinnye muri iri siganwa, Mukandanga yabaye uwa - [Paris 2024: U Bushinwa bwakubise inshuro Amerika ku midali ya Zahabu](https://umurengezi.com/paris-2024-u-bushinwa-bwakubise-inshuro-amerika-ku-midali-ya-zahabu/) - U Bushinwa bukomeje kugaragaza uguhangana gukomeye mu Mikino Olempike aho bumaze kugira Imidali 39 ya Zahabu, bukarusha Leta Zunze Ubumwe za Amerika umwe nubwo ari yo ifite myinshi muri rusange (122). Mbere y’uko iyi mikino itangira, abahanga mu kureba no gusesengura Imikino Olempike bagaragazaga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishobora kuba igihugu cya - [Manchester City yegukanye igikombe cya Community Shield 2024](https://umurengezi.com/manchester-city-yegukanye-igikombe-cya-community-shield-2024/) - Manchester City ni yo yegukanye Igikombe cya Community Shield 2024 nyuma yo gutsinda Manchester United kuri penaliti 7-6, nyuma y’uko amakipe yombi yanganyaga igitego 1-1. Igikombe cya Community Shield gikinirwa n’ikipe yatwaye Shampiyona n’iyatwaye FA Cup mu mwaka w’imikino uba wabanjirije uwo mukino. Manchester City yatwaye Shampiyona, yihariye umukino ndetse mu minota itanu ya - [Shema Fabrice yongeye kwemera kuyobora AS KIGALI](https://umurengezi.com/shema-fabrice-yongeye-kwemera-kuyobora-as-kigali/) - Inama y’Inteko Rusange yahuje Abanyamuryango ba AS Kigali, yasize yemeje ko Shema Ngoga Fabrice akomeza kuyiyobora. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kanama 2024, Abanyamuryango ba AS Kigali bahuriye mu Nama y’Inteko Rusange yari igamije kuzuza inzego z’iyi kipe no gutegura shampiyona 2024-25. Iyi Nteko Rusange, yasize yemeje ko Shema Fabrice akomeza kuyobora - [Ferwafa igiye kongera umubare w’Abanyamahanga muri Shampiyona](https://umurengezi.com/ferwafa-igiye-kongera-umubare-wabanyamahanga-muri-shampiyona/) - Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, Munyentwari Alphonse yatangaje ko mu minsi mike cyane bari bushyire hanze umwanzuro wa nyuma w’umubare w’abakinnyi b’abanyamahanga bagomba kubanza mu kibuga muri Shampiyona. Ibi, Perezida wa Ferwafa akaba yabitangaje nyuma y’umukino wa Super Coupe ikipe ya Police FC yatsinzemo APR FC penaliti 7-6 nyuma yaho amakipe yombi anganyije - [Gukoresha VAR mu byitezwe muri Shampiyona ya Volleyball 2024/25](https://umurengezi.com/gukoresha-var-mu-byitezwe-muri-shampiyona-ya-volleyball-2024-25/) - Ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryemeje ko mu mwaka utaha w’imikino rizatangira gukoresha uburyo bw’amashusho afasha abasifuzi gufata ibyemezo bitandukanye. Ibi ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nteko rusange isanzwe y’iri shyirahamwe yateranye ku wa Gatandatu, tariki 10 Kanama 2024. İyi nama yemeje ko Shampiyona ya 2024/2025 izatangira tariki 18 Ukwakira 2024 mu - [Police FC yatsinze APR FC yegukana Super Cup 2024](https://umurengezi.com/police-fc-yatsinze-apr-fc-yegukana-super-cup-2024/) - Police FC yegukanye igikombe kiruta ibindi mu gihugu "Super Cup" itsinze APR FC kuri penaliti 6-5, ni nyuma y’uko iminota 90 y’umukino yarangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa. Wari umunsi wo gukina igikombe kiruta ibindi mu gihugu (Super Cup 2024) akaba ari na wo mukino ufungura shampiyona ya 2024-25. Uyu mukino wahuje APR - [Hadji Yussuf yihaye intego yo gutuma Perezida Paul Kagame asubira kuri Stade](https://umurengezi.com/hadji-yussuf-yihaye-intego-yo-gutuma-perezida-paul-kagame-asubira-kuri-stade/) - Umuherwe ndetse akaba n’umuyobozi wa Rwanda Premier League Board itegura Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Mudaheranwa Hadji Yussuf yihaye intego yo gutuma Perezida Paul Kagame asubira kuri Stade. Ibi yabitangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye na Radiyo ya B& B Kigali FM ku munsi wo ku cyumweru tariki ya 4 Kanama 2024. Ubwo uyu muyobozi - [Rafael Osaluwe ntazagumana na AS Kigali](https://umurengezi.com/rafael-osaluwe-ntazagumana-na-as-kigali/) - Nyuma yo kuza muri AS Kigali nk’intizanyo yari ivuye muri Rayon Sports, Umunya-Nigeria, Rafael Osaluwe Oliseh, ntakiri mu mibare y’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali. Mu mwaka ushize w’imikino 2023-24, ikipe ya Rayon Sports yatije AS Kigali Umunya-Nigeria ukina hagati mu kibuga, Rafael Osaluwe Oliseh wari wabuze umwanya uhagije wo gukina muri Murera. Osaluwe - [Buregeya Prince yerekeje muri Iraq](https://umurengezi.com/buregeya-prince-yerekeje-muri-iraq/) - Myugariro Buregeya Prince uheruka gutandukana na APR FC,yerekeje mu Ikipe ya ya Al-Nasiriya yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Iraq. Buregeya nta kipe afite kuva muri Kamena ubwo yatandukanaga na APR FC yari amazemo imyaka irindwi. Umwe mu bashakira amakipe uyu mukinnyi, Irambona Levis, yatangaje ko agiye kwerekeza muri Al-Nasiriya FC yo mu Cyiciro - [Olempike: Novak Djokovic yegukanye umudali wa Zahabu](https://umurengezi.com/olempike-novak-djokovic-yegukanye-umudali-wa-zahabu/) - Umunya-Serbia Novak Djokovic yatsinze Carlos Alcaraz amaseti 2-0 (7-6 (7-3), 7-6 (7-2)), yegukana umudali wa mbere wa Zahabu mu Mikino Olempike. Djokovic umaze kwegukana ibikombe 24 by’amarushanwa akomeye, byinshi kurusha undi wese mu bagabo bakinnye uyu mukino, ni ubwa mbere atwaye umudali wa Zahabu mu nshuro eshanu yitabiriyemo Imikino Olempike. Byasabye imbaraga uyu Munya-Serbia - [APR FC nyuma yo gutsindwa na Simba sc umutoza yongera kwibazwaho](https://umurengezi.com/apr-fc-nyuma-yo-gutsindwa-na-simba-sc-umutoza-yongera-kwibazwaho/) - APR FC yatsinzwe ibitego 2-0 na Simba SC umutoza wa yo yongera kwibazwaho impamvu adaha umwanya uhagije abanyamahanga baguzwe. Abakunzi ba APR FC bakomeje kwibaza niba abakinnyi b’abanyamahanga baguzwe batari ku rwego cyangwa niba umutoza abatinyisha cyane ko batarahabwa umwanya ngo babanze mu kibuga, bari biteze kubabona ku mukino wa Simba SC ariko uretse Seidu - [Ferwafa igiye kongera umubare w’abarimu b’abatoza](https://umurengezi.com/ferwafa-igiye-kongera-umubare-wabarimu-babatoza/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, rigiye guhugura abatoza bifuza kuba abarimu b’abatoza [Instructeurs], mu rwego rwo kubongerera ubumenyi bwo kuzasangiza abo bazigisha. Nyuma yo kubona ko umubare w’abarimu b’abatoza [Instructeurs] b’Abanyarwanda, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryatangiye gushaka ibisubizo byo kuwongera. Ni muri urwo rwego Ferwafa yateguye amahugurwa y’abatoza bifuza guhugurirwa kuba umwarimu - [Gasogi United yasinyishije abandi bakinnyi batatu bashya](https://umurengezi.com/gasogi-united-yasinyishije-abandi-bakinnyi-batatu-bashya/) - Ikipe ya Gasogi United ikomeje kwiyubaka yitegura umwaka mushya wa Shampiyona, aho yasinyishije abakinnyi bashya batatu barimo Muhindo Colin usanzwe ukinira ikipe y’igihugu y’u Burundi Intamba Mu Rugamba. Aba bakinnyi uko ari batatu bagaragaye ku mukino wa gicuti iyi kipe yatsinzemo Jamusi yo muri Sudani y’epfo igitego 1-0 cyatsinzwe na kapiteni w’iyi kipe Mudeli - [Umunsi w'igikundiro: Rayon Sports yinjije arenga Miliyoni 70 Frw](https://umurengezi.com/umunsi-wigikundiro-rayon-sports-yinjije-arenga-miliyoni-70-frw/) - Umukino wa gicuti ikipe ya Rayon Sports yakinagamo na AZAM wasigiye iyi kipe y’i Nyanza agera kuri Miliyoni 72, 5 Frw avuye mu matike y’abafana bari baje muri Kigali Pelé Stadium yakinirwagaho kuri uyu wa Gatandatu. Wari umukino wasoza gahunda z’Umunsi w’Igikundiro aho amakipe yombi yeretse abafana abakinnyi bashya azakoresha mu mwaka utaha wa - [APR FC iraseruka mu mwambaro mushya uriho Vist Rwanda](https://umurengezi.com/apr-fc-iraseruka-mu-mwambaro-mushya-uriho-vist-rwanda/) - APR FC igiye kuba ikipe ya mbere mu Rwanda y’umupira w’amaguru yambaye umwambaro wanditseho “Visit Rwanda” mu rwego rwo gukomeza kumenyekanisha u Rwanda mu mahanga. Iyi myambaro bwa mbere barayiserukana mu mukino bakinamo na Simba SC uyu munsi muri Simba Day kuri Uwanja wa Mkapa yakira abantu ibihumbi 60. Amakuru Umurengezi yamenye ni uko - [Imikino Olempike: Umunya-Uganda yakoze amateka](https://umurengezi.com/imikino-olempike-umunya-uganda-yakoze-amateka/) - Umunya-Uganda, Joshua Cheptegei yanikiye bagenzi be barimo Umunyarwanda, Nimubona Yves, aca agahigo kari gafitwe n’Umunya-Éthiopie watwaye umudali wa Zahabu akoresheje ibihe bito . Iri rushanwa ryo gusiganwa metero ibihumbi 10 ku maguru, ryabereye muri Stade de France ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 2 Kanama 2024. Cheptegei waciye agahigo, yakoresheje ikinyuranyo cy’amasegonda - [Darko Nović utoza APR FC : Icyo ni cyo kibazo dufite gikomeye](https://umurengezi.com/darko-novic-utoza-apr-fc-icyo-ni-cyo-kibazo-dufite-gikomeye/) - Umutoza wa APR FC, Darko Nović yavuze ko bafite ikibazo gikomeye cy’uko mu myiteguro yose bagize ari amarushanwa bityo abakinnyi bose batabonye umwanya wo gukina. Ni nyuma yo kugera muri Tanzania bagakorera imyitozo kuri Uwanja wa Mkapa bitegura umukino w’uyu munsi bafitanye na Simba SC kuri Simba Day. Uyu mutoza yabajijwe niba ari buhe amahirwe - [Umutoza wa Azam FC : Ni amahirwe kuri APR FC ni n’amahirwe kuri twe](https://umurengezi.com/umutoza-wa-azam-fc-ni-amahirwe-kuri-apr-fc-ni-namahirwe-kuri-twe/) - Umunya-Senegal utoza Azam FC, Youssouph Dabo yavuze ko abizi neza ko umukino bazakina na Rayon Sports ejo bizafasha APR FC kubabona ariko na bo bafite amahirwe ko APR FC izakina na Simba SC ejo muri Tanzania. Ni nyuma y’uko iyi kipe igeze mu Rwanda aho ejo ku wa Gatandatu bazakina na Rayon Sports muri - [Fei Toto : Tukimenya ko tuzahura na APR FC twumvise ari byiza](https://umurengezi.com/fei-toto-tukimenya-ko-tuzahura-na-apr-fc-twumvise-ari-byiza/) - Feisal Salum uzwi nka Fei Toto, umukinnyi wa Azam FC, yavuze ko bakimenya ko bazahura na APR FC muri CAF Champions League bumvise ari ibintu byiza nubwo ari ikipe bubaha. Ibi uyu mukinnyi umwe mu beza muri Afurika y’Iburasirazuba, yabivuze nyuma yo kugera mu Rwanda aho Azam FC ije gukina na Rayon Sports kuri - [Basketball: Ikipe y’Igihugu y’Abagore igiye gukomereza umwiherero muri Mali](https://umurengezi.com/basketball-ikipe-yigihugu-yabagore-igiye-gukomereza-umwiherero-muri-mali/) - Ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Basketball ikomeje kwitegura imikino y’amajonjora y’ibanze y’Igikombe cy’Isi igiye gukomereza imyiteguro muri Mali, aho izanakina imikino ibiri ya gicuti. Iyi kipe imaze iminsi itangiye kwitegura imikino y’ijonjora ry’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi mu Bagore (FIBA Women’s Basketball World Cup 2026 Pre-Qualifying Tournaments), iteganyijwe kubera i Kigali kuva tariki 19 - [Tennis: Alcaraz yageze ku mukino wa nyuma muri Olempike](https://umurengezi.com/tennis-alcaraz-yageze-ku-mukino-wa-nyuma-muri-olempike/) - Carlos Alcaraz ukomeje kwandika amateka yageze ku mukino wa nyuma w’Imikino Olempike muri Tennis nyuma yo gutsinda Auger-Aliassime amanota 6-1 na 6-1. Uyu Munya-Espagne ntiyagowe n’uyu mukino kuko yarushaga cyane Aliassime usanzwe uri nimero ya 13 ku Isi, mu gihe we ari nimero ya kabiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 21 yaherukaga kwegukanira Roland Garros muri - [Manchester City yahanwe kubera gutinda gutangiza umukino](https://umurengezi.com/manchester-city-yahanwe-kubera-gutinda-gutangiza-umukino/) - Kubera gutinza gutangiza umukino inshuro nyinshi mu mikino ya Shampiyona y’u Bwongereza ndetse ikanabyemera, Manchester City yahanishijwe gucibwa amande y’arenga miliyoni 2.5$. Mu mwaka ushize w’imikino Manchester City yagiye ihabwa umwanya wo gutangiza umukino, rimwe na rimwe abakinnyi bagatinda kuwutera ndetse ibindi bihe abakinnyi bagatinda kuva mu rwambariro byatumaga iminota y’umukino yiyongera. Nk’uko Premier - [Conor McGregor yahawe ibihano bimubuza gutwara imodoka](https://umurengezi.com/conor-mcgregor-yahawe-ibihano-bimubuza-gutwara-imodoka/) - Umukinnyi w’Iteramakofe, Conor McGregor, yashinjwe ibyaha byo kutubahiriza amategeko y’umuhanda atwaye imodoka, ahanishwa igihano cyo gufungwa amezi atanu ariko gisubitse ndetse n’imyaka ibiri atayitwara. Ku wa Gatatu, tariki ya 31 Nyakanga 2024, ni bwo urukiko rwo mu mujyi Blanchardstown muri Ireland rwahamije ibyaha McGregor byo gutwara nabi imodoka no kubangamira abo basangiye umuhanda. Ibi - [Ishimwe Christian agiye kwerekeza muri Maroc](https://umurengezi.com/ishimwe-christian-agiye-kwerekeza-muri-maroc/) - Myugariro wa Police FC wo ku ruhande rw’ibumoso, Ishimwe Christian arekereza muri Maroc mu ikipe ya Zemamra Renaissance. Uyu mukinnyi wari kumwe na Police FC muri Uganda aho irimo kwitegurira umwaka w’imikino, yamaze kugera mu Rwanda aho agomba kugenda muri iri joro. Christian winjiye muri Police FC avuye muri APR FC uyu mwaka, agomba guhaguruka - [Rayon Sports yatsinze Muhazi United mu mukino wa mbere wa Robertinho](https://umurengezi.com/rayon-sports-yatsinze-muhazi-united-mu-mukino-wa-mbere-wa-robertinho/) - Rayon Sports yatsinze Muhazi United igitego kimwe ku busa mu mukino wa mbere w’umutoza Robertinho. Uyu munsi Rayon Sports yakinaga umukino wa nyuma wa gicuti mbere y’uko ku wa Gatandatu ikina na Azam FC kuri Rayon Day. Wari umukino wa mbere w’umutoza Robertinho nyuma yo kugaruka muri Rayon Sports. Rayon Sports wabonaga ikina neza ihererekanya - [Bugesera FC yasinyishije abakinnyi bane](https://umurengezi.com/bugesera-fc-yasinyishije-abakinnyi-bane/) - Bugesera FC yasinyishije abakinnyi bashya bane, barimo myugariro w’iburyo Mucyo Junior Didier uvuye muri Rayon Sports. Nyuma y’uko bisabye umunsi wa nyuma kugira ngo ikipe ya Bugesera FC irokoke kutamanuka mu Cyiciro cya Kabiri mu mwaka w’imikino wa 2023/24, iyi kipe ikomeje gushyiramo imbaraga nyinshi mu kwiyubaka ngo itazongera gukubitika. Kuri uyu wa gatatu ni - [Basketball: Isaiah Miller Jr yasinyiye APR BBC](https://umurengezi.com/basketball-isaiah-miller-jr-yasinyiye-apr-bbc/) - APR BBC yaguze Umunyamerika Isaiah Miller Jr wakiniraga Salt Lake City Stars yo muri NBA G-League muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yamaze kugera mu Rwanda aho yatangiye no gukorana imyitozo na bagenzi be. Icyakora uyu mukinnyi ntabwo agaragara mu mukino Ikipe y’Ingabo ikinamo na REG BBC kuri uyu wa Gatatu, - [Basketball: Butera Hope yerekeje muri Espagne](https://umurengezi.com/basketball-butera-hope-yerekeje-muri-espagne/) - Butera Hope wakiniraga Idaho Vandals yerekeje muri CAB Estepona yo mu Cyiciro twagereranya nk’icya kabiri muri Shampiyona ya Espagne. Uyu mukinnyi w’imyaka 23 yari amaze umwaka umwe muri Idaho Vandals Women’s Basketball ikina Shampiyona ihuza kaminuza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NCAA Division I). CAB Estepona Butera yerekejemo, ni ikipe ibarizwa mu - [Rayon Day :Umukino wa Rayon Sports WFC na Kawempe Muslim Ladies wakuweho](https://umurengezi.com/rayon-day-umukino-wa-rayon-sports-wfc-na-kawempe-muslim-ladies-wakuweho/) - Umukino wa gicuti wagombaga guhuza Rayon Sports y’abagore na Kawempe Muslim Ladies yatwaye shampiyona ya Uganda ntabwo ugikinwe kuri Rayon Sports Day nk’uko byari biteganyijwe. Amakuru Ikinyamakuru UMURENGEZI gifite ni uko gahunda nyinshi mu zari zateganyijwe gukorwa ku munsi w’Igikundiro zizagumaho nubwo ikipe ya Rayon Sports itagikoreye ibirori kuri Stade Amahoro, gusa imwe muri - [Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya](https://umurengezi.com/rayon-sports-yakiriye-rutahizamu-mushya/) - Mu ijoro ryakeye ikipe ya Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya, Umunya-Gabon, Nathanael Iga Ndwangou, wemeza ko agiye gukora ibikomeye muri Murera ko ahubwo atari we uri bubone atangiye imyitozo. Nathanael yakiriwe mu masaha y’ijoro ryo ku wa Mbere taliki 29 Nyakanga 2024, asanganirwa n’abarimo Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben hamwe n’Umukuru w’Abafana, Muhawenimana Claude. - [Tennis : Cercle Sportif de Kigali yegukanye irushanwa ryateguwe na I&M Bank](https://umurengezi.com/tennis-cercle-sportif-de-kigali-yegukanye-irushanwa-ryateguwe-na-im-bank/) - Cercle Sportif de Kigali yegukanye irushanwa rya Tennis rihuza amakipe (Clubs) ryiswe ‘I&M Bank (Rwanda) Plc. Inter-Club Tennis Tournament’ ryabaga ku nshuro ya mbere. Iri rushanwa ryasojwe ku Cyumweru, tariki 28 Nyakanga 2024 ryitabiriwe n’amakipe ane ariyo Nyarutarama TC, Cercle Sportif de Kigali, Ecology TC na Kigali Combined. Iri rushanwa ryari rimaze iminsi icyenda - [Koga: Cercle Sportif de Karongi yahize andi makipe](https://umurengezi.com/koga-cercle-sportif-de-karongi-yahize-andi-makipe/) - Ikipe ya Cercle Sportif de Karongi yo mu Karere ka Karongi mu Ntara y’Iburengerazuba, yegukanye Irushanwa rya “National Summer Swimming Competition” ryakiniwe muri ’piscine’ ya La Palisse Hotel mu Karere ka Bugesera ku Cyumweru, tariki ya 28 Nyakanga 2024. Iri rushanwa ryari ryitabiriwe n’amakipe ya Cercle Sportif de Karongi, Vision Jeunesse Nouvelle, Rwesero, Les - [FERWAFA Super Cup yashyizwe kuri Kigali Pelé Stadium](https://umurengezi.com/ferwafa-super-cup-yashyizwe-kuri-kigali-pele-stadium/) - Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko umukino wa "FERWAFA Super Cup", uzahuza APR FC na Police FC, uzakinirwa kuri Kigali Pelé Stadium, tariki ya 10 Kanama. Ibi ni bimwe mu biri mu ibaruwa iri Shyirahamwe ryandikiye amakipe, ku Cyumweru, tariki ya 28 Nyakanga 2024, riyamenyesha impinduka kuri uyu mukino. Ni umukino wari - [Rayon Sports itegereje abandi bakinnyi b'abanya-Sénégal babiri](https://umurengezi.com/rayon-sports-itegereje-abandi-bakinnyi-babanya-senegal-babiri/) - Rayon Sports yumvikanye na myugariro w’Umunya- Sénégal, Youssou Diagne wakinaga muri Ittihad Zemmouri de Khémiss yo muri Maroc na mugenzi we utaha izamu, Fall Ngagne wakiniraga FK Viagem Příbram yo muri Repubulika ya Tchèque. Mu mpera z’icyumweru gishize Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yatangaje ko bategereje abakinnyi batatu bashya. Fall Ngagne ni - [Mugunga Yves yerekeje muri Gorilla FC](https://umurengezi.com/mugunga-yves-yerekeje-muri-gorilla-fc/) - Rutahizamu Mugunga Yves uheruka gutandukana na Kiyovu Sports yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gorilla FC. Uyu mukinnyi w’imyaka 27, umwaka ushize yawukinnye muri Kiyovu Sports ariko ntabwo yarambyemo kuko baje gushwana ntibakomezanya kubera ibibazo byo kutishyurwa imishahara. Mugunga yari yerekeje mu Urucaca avuye muri APR FC yari amazemo igihe kinini. Icyakora kwerekeza muri Gorilla - [AS Kigali igiye gutangira imyitozo](https://umurengezi.com/as-kigali-igiye-gutangira-imyitozo/) - Ikipe ya AS Kigali igiye gutangira imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino, aho biteganyijwe ko izayitangira ku wa Kabiri, tariki 30 Nyakanga 2024 saa Moya n’Igice z’igitondo kuri Kigali Pelé Stadium. Iyi kipe y’Umujyi wa Kigali ni yo rukumbi yari isigaye itaratangira imyitozo kubera ibibazo by’amikoro imazemo iminsi. Ibi bibaye nyuma y’aho mu cyumweru gishize - [Umuhanzikazi Valentine wamenyekanye nka 'Dorimbogo' yapfuye](https://umurengezi.com/umuhanzikazi-valentine-wamenyekanye-nka-dorimbogo-yapfuye/) - Umuhanzikazi Valentine Nyiransengiyumva, wamenyekanye nka 'Dorimbogo' ku mbuga nkoranyambaga, yapfuye azize uburwayi yari amaranye iminsi. Nyiransengiyumva yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, ubwo yari azanwe mu bitaro bikuru bya Kibuye kunyuzwa mu cyuma. Uyu mukobwa wari warabaye ikimenyabose ku mbuga nkoranyamba, yapfuye ku isaha ya saa kumi z’umugoroba, ari nabwo iyi nkuru - [Icyo wamenya ku Ndwara y'Ubushita yamaze kugera mu Rwanda](https://umurengezi.com/icyo-wamenya-ku-ndwara-yubushita-yamaze-kugera-mu-rwanda/) - Ubushita bw’inguge (Monkeypox) ni virusi idasanzwe, isa n’indwara y’ibihara, yagaragaye bwa mbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu myaka ya za 1970, nk’uko byemezwa n'Ishami ry'umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS). Kuba iyi ndwara yamaze kugera mu Rwanda, bikanemezwa ko hari abantu 2 nibura bamaze gufatwa nayo, ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima mu - [Perezida Kagame na Infantino bagiranye ibiganiro](https://umurengezi.com/perezida-kagame-na-infantino-bagiranye-ibiganiro/) - Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Nyakanga 2024 mbere y’ibirori byo gufungura Imikino Olimpike, Perezida Paul Kagame yahuye n’umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’ Umupira w’Amaguru ku Isi, Gianni Infantino, baganira ku buryo bwo gukomeza kwagura ubutwererane n’amahirwe mashya yo guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda. Ibiro by’umukuru w’Igihugu Village Urugwiro byatangaje ko Perezida Paul Kagame yahuriye - [Rayon Sports yongereye amasezerano ya Muhire Kevin](https://umurengezi.com/rayon-sports-yongereye-amasezerano-ya-muhire-kevin/) - Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Rayon Sports Muhire Kevin yarangije kumvikana n’iyi kipe ko azagumana na yo. Ni nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’indi myaka ibiri akinira "Murera", nk’uko abafana bayo bayita. Uyu usanzwe ari kapiteni wa Rayon Sports, hari hashize iminsi hari gahunda yashyizweho n’abafana b’iyi kipe yo gukusanya agera kuri Miliyoni - [AS Kigali yatumije Inteko Rusange idasanzwe](https://umurengezi.com/as-kigali-yatumije-inteko-rusange-idasanzwe/) - Ubuyobozi bwa AS Kigali bwatumiye abanyamuryango ba yo mu Nteko Rusange idasanzwe iteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru. Nk’uko bigaragara ku butumire bwashyizweho umukono na Perezida w’Icyubahiro w’iyi kipe, Shema Ngoga Fabrice, iyi Nteko Rusange Idasanzwe izaba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024, guhera saa Tanu n’igice za mu gitondo (11:30). Ni Inama izabera - [APR FC yashimiye abakozi bayo](https://umurengezi.com/apr-fc-yashimiye-abakozi-bayo/) - Ubuyobozi bwa APR FC bwakiriye abakinnyi n’abatoza b’iyi kipe baheruka gutsindirwa ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup yabereye muri Tanzania. Ni umuhango wabereye ku biro by’iyi kipe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, aho abakinnyi, abafana ndetse n’itangazamakuru bari bakiriwe n’ubuyobozi bwa APR FC, hagamijwe gushimira uko iyi kipe yitwaye mu - [Bugesera yasinyishije Bizimana Yannick na Muhozi Fred](https://umurengezi.com/bugesera-yasinyishije-bizimana-yannick-na-muhozi-fred/) - Rutahizamu Bizimana Yannick wari umaze imyaka ine muri APR FC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Bugesera FC. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko yasinyishije amasezerano y’umwaka Bizimana Yannick. Uyu mukinnyi wamenyekaniye muri AS Muhanga, yerekeje muri iyi kipe nyuma yo gutandukana na APR FC yari asojemo amasezerano. Bugesera FC yari - [Ingengabihe ya shampiyona 2024-25 yatangajwe](https://umurengezi.com/ingengabihe-ya-shampiyona-2024-25-yatangajwe/) - Ubuyobozi bwa shampiyona y’Icyiciro cya mbere y’umupira w’Amaguru y’abagabo mu Rwanda, Rwanda Premier League, bwatangaje Ingengabihe y’uyu mwaka w’imikino 2024-25. Iyi ngengabihe yatangajwe kuri uyu wa Gatatu, yerekana ko umukino ubanza uzahuza Rayon Sports na APR FC, uzaba ku munsi wa Gatatu wa shampiyona nyuma y’uko ikipe y’Ingabo na Police FC zizaba zivuye gukina - [Rayon Sports Week: Rayon Sports yatsinze Amagaju](https://umurengezi.com/rayon-sports-week-rayon-sports-yatsinze-amagaju/) - Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Amagaju ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Nyakanga 2024, kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Uyu mukino wa gicuti wabaye ku bufatanye n’umuterankunga wa Rayon Sports, RNIT Iterambere Fund mu rugendo rw’Icyumweru cya Gikundiro (Gikundiro Week) kizasozwa n’umukino uzaba ku Munsi w’Igikundiro tariki - [Cédric Hamiss yagaragaye mu myitozo ya Kiyovu Sports](https://umurengezi.com/cedric-hamiss-yagaragaye-mu-myitozo-ya-kiyovu-sports/) - Hamissi Cédric yagaragaye mu myitozo ya Kiyovu Sports itegura umwaka w’imikino wa 2024/2025 uzatangira mu kwezi gutaha. Ku wa mbere w’iki cyumweru ni bwo ikipe ya Kiyovu sports yatangiye imyitozo itegura umwaka w’imikino utaha, aho yatangiranye abakinnyi barenga 50 biganjemo abo mu ikipe nto n’abari mu igeragezwa. Mu bakinnyi bakoze imyitozo yo kuri uyu - [Robertinho yageze i Kigali aje muri Rayon Sports](https://umurengezi.com/robertinho-yageze-i-kigali-aje-muri-rayon-sports/) - Umunya-Brésil, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho yageze mu Rwanda, atangaza ko ikimugaruye ari ukongera gutwara ibikombe. Hari kuwa Mbere tariki 22 Nyakanga ubwo Rayon Sports yatangaje ko Robertinho yagizwe Umutoza Mukuru w’iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rw’imisozi igihumbi. Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane ni bwo uyu Munya-Brésil yasesekaye - [CAF Champions League: Rayon y’Abagore yamenye itsinda irimo](https://umurengezi.com/caf-champions-league-rayon-yabagore-yamenye-itsinda-irimo/) - Ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori yisanze mu itsinda A mu guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma ya CAF Champions League mu bagore. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga ni bwo i Cairo mu Misiri ku cyicaro cy’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) habereye tombola y’amatsinda amakipe azakiniramo mu gushaka itike - [Burera: Barishimira “Two in One” yabafashije kugera ku Ntsinzi](https://umurengezi.com/burera-barishimira-two-in-one-yabafashije-kugera-ku-ntsinzi/) - Mu gihe mu Rwanda inkuru ikomeje kugarukwaho hirya no hino ari amatora y'Umukuru w'Igihugu n'ay'abadepite ndetse n'imibare y'agateganyo y'ibyayavuyemo, Abaturage bo mu karere ka Burera barishimira ko uburyo bwa "Two in One" bwabagejeje ku ntsinzi n'imirimo yabo igakomeza. "Two in one", ni uburyo bwifashishijwe kuri site zose z'itora z'Umurenge wa Cyanika, akarere ka Burera, mu - [Rwanda: Abarimo n'abafite Ubumuga barishimira ubudasa bw'amatora ya 2024](https://umurengezi.com/rwanda-abarimo-nabafite-ubumuga-barishimira-ubudasa-bwamatora-ya-2024/) - Nk'uko bisanzwe bigenda mu Rwanda, ibikorwa byakozwe mu matora aheruka, bitangwa muri za raporo zitandukanye, komisiyo ikareba ibitaragenze neza n’ibyagenze neza bigatanga isomo mu gutegura amatora ataha kugira ngo azanozwe. Amatora yabaye mu Rwanda tariki ya 15 Nyakanga 2024, yagaragaje ubudasa, arangwa n’ibyishimo by’abaturage, bishimira uburyo yateguwemo bakayagereranya n’ayabanje, bakemeza ko ay’uyu mwaka afite umwihariko. - [CECAFA Kagame Cup 2024:Ibihembo byamenyekanye](https://umurengezi.com/cecafa-kagame-cup-2024ibihembo-byamenyekanye/) - Ubuyobozi butegura Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika y’i Burasirazuba n’iyo Hagati (CECAFA), bwatangaje ko ibihumbi 60 by’amadorari ya Amerika ($) ari byo bizahatanirwa. Irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2024 rizakinwa tariki 9-21 Nyakanga 2024, i Dar es Salaam muri Tanzania. Umuyobozi wa CECAFA, John Auka Gecheo yatangaje ko inkunga yatangwaga - [Ntagisanimana Saida yakuriweho amezi 5](https://umurengezi.com/ntagisanimana-saida-yakuriweho-amezi-5/) - Biciye muri Komisiyo Ishinzwe y’Ubujurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, umutoza, Ntagisanimana Saida wari wahagaritswe amezi umunani kubera gukubita urushyi mugenzi we, yakuriweho amezi atanu. Tariki ya 23 Mata uyu mwaka, ni bwo hagaragaye amashusho yagaragazaga Ntagisanimana Saida akubita urushyi umutoza mukuru wa Rayon Sports Women Football Club, Rwaka Claude nyuma y’umukino - [Lakers yongereye amasezerano ya LeBron James](https://umurengezi.com/lakers-yongereye-amasezerano-ya-lebron-james/) - LeBron James yongereye amasezerano muri Los Angeles Lakers bituma agiye gukina umwaka wa 22 muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA). Kuri Cyumweru, tariki 7 Nyakanga 2024 nibwo Lakers yatangaje ko yongeye gusinyisha uyu kizigenza wayo wari usoje amasezerano ariko ntiyagaruka ku bikubiye mu masezerano. Icyakora amakuru avuga ko uyu - [Kampala Queens yasezereye Imanizabayo Florence](https://umurengezi.com/kampala-queens-yasezereye-imanizabayo-florence/) - Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Imanizabayo Florence yatandukanye na Kampala Queens yo mu Cyiciro cya Mbere muri Uganda yari amazemo umwaka umwe. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi kipe kuri iki Cyumweru, tariki 7 Nyakanga 2024 rigaragaza Imanizabayo mu bakinnyi 10 batandukanye na Kampala Queens. Uyu rutahizamu ntabwo yahiriwe n’ibihe bye muri iyi kipe kuko atabonye umwanya - [Musenyeri Carlo Maria Vigano yagizwe Igicibwa](https://umurengezi.com/musenyeri-carlo-maria-vigano-yagizwe-igicibwa/) - Musenyeri mukuru w’Umutaliyani akaba n’unenga bikomeye Papa Francis yaciwe muri Kiliziya Gatolika, nk'uko byavuzwe n’ibiro bya Vatican bishinzwe inyigisho. Musenyeri mukuru Carlo Maria Vigano yahamwe no kwitandukanya na Kiliziya Gatolika(ibizwi nka ‘schisme’), nyuma y’imyaka myinshi atavuga rumwe bikomeye na Papa Francis. Musenyeri Carlo Maria Vigano, w’imyaka 83, ukomeye cyane ku bya kera, mbere yasabye Papa - [Rwanda: Urubyiruko Rwahawe umukoro ukomeye](https://umurengezi.com/rwanda-urubyiruko-rwahawe-umukoro-ukomeye/) - Ku nshuro ya 30, u Rwanda rwizihije umunsi wo kwibohora wabereye ku rwego rw’igihugu muri sitade amahoro, urubyiruko ruhabwa umukoro. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 04 Nyakanga 2024, waranzwe n’ibikororwa bitandukanye byiganjemo imyiyerekano (Akarasisi) y’ingabo z’igihugu. Ni umunsi ngaruka mwaka guhera 1994, ukaba urangwa no gushimira abagize uruhare mu kubora igihugu, yaba - [Umutoza w’Amavubi ntiyishimiye itsinda yisanzemo](https://umurengezi.com/umutoza-wamavubi-ntiyishimiye-itsinda-yisanzemo/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Frank Torsten Spittler yagaragaje ko atashimishijwe n’itsinda Amavubi yisanzemo mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 kuko amakipe arimo basanzwe bari kumwe mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi. Ejo hashize ku wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024 ni bwo habaye tombola y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika cya 2025 kizabera - [Copa América 2024: Argentine yageze muri ½ bigoranye](https://umurengezi.com/copa-america-2024-argentine-yageze-muri-½-bigoranye/) - Ikipe y’Igihugu ya Argentine yageze muri ½ cya Copa América 2024, isezereye Équateur kuri penaliti 4-2 nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota 90 isanzwe y’umukino. Uyu mukino wa mbere wa ¼ wabaye mu rukerera rwo ku wa Gatanu, tariki 5 Nyakanga 2024, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho iri rushanwa rikomeje kubera. - [Inama yo kwiga ku hazaza ha AS Kigali irateganyijwe](https://umurengezi.com/inama-yo-kwiga-ku-hazaza-ha-as-kigali-irateganyijwe/) - Ubuyobozi bw’Ikipe ya As Kigali bwatangaje ko mu cyumweru gitaha buzakorana inama n’Umujyi wa Kigali ngo hashakirwe umuti ibibazo bimaze iminsi biyivugwamo. Tariki ya 3 Kamena 2024, Ikipe ya As Kigali yandikiye Umujyi wa Kigali isaba ko bitarenze italiki ya 9 Kamena, ugomba kuba wishyuye ibirarane by’abakinnyi bimaze amezi arindwi bingana miliyoni 149.9 Frw, - [Umutoza Ntirenganya wazamuye Ruboneka na Manishimwe Djabel yitabye Imana](https://umurengezi.com/umutoza-ntirenganya-wazamuye-ruboneka-na-manishimwe-djabel-yitabye-imana/) - Umutoza Ntirenganya Jean de Dieu watozaga abana bo mu Karere ka Gatsibo, wanazamuye abakinnyi benshi barimo Ruboneka Jean Bosco na Manishimwe Djabel, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rw’uyu mutoza yamenyekanye ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 4 Nyakanga 2024, aho yitabye Imana yari arwariye mu Bitaro bya Rwinkwavu biherereye mu Karere - ["Muzacunge ahari Inyoni ya Kagoma mube ariho mutera igikumwe" - DGPR](https://umurengezi.com/muzacunge-ahari-inyoni-ya-kagoma-mube-ariho-mutera-igikumwe-dgpr/) - Ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), ryasabye abaturage kuzashyira igikumwe ahari inyoni ya Kagoma, mu rwego rwo kuyishyigikira mu Matora y'umukuru w'igihugu n'ay'Abadepite. Ubwo bari bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu turere twa Rutsiro na Karongi, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 03 Nyakanga 2024, bakiriwe n’imbaga y’abaturage, ubona ko babishishyimiye ku rwego - ["Gufunga Imipaka y’u Rwanda Ntibizongera kubaho" - Frank Habineza](https://umurengezi.com/gufunga-imipaka-yu-rwanda-ntibizongera-kubaho-frank-habineza/) - Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR, rikomeje ibikorwa byaryo byo kwamamaza umukandida waryo ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Akarere ka Rusizi niko kari gakurikiyeho mu kwakira umukandida Dr Frank Habineza, bika byabaye kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Nyakakanga 2024. Abanyarwanda by'umwihariko abanya-Rusizi, bijejwe ko batazongera guhura n’ikibazo cy’ifungwa ry’imipaka y’ibihugu by’abaturanyi bya hato - [Abanyarwanda bijejwe kutavogerwa nyuma y'amatora](https://umurengezi.com/abanyarwanda-bijejwe-kutavogerwa-nyuma-yamatora/) - Mu gihe u Rwanda ruri mu bihe bidasanzwe by’amatora akomatanyije (ay’Umukuru w’Igihugu n’ay'abagize Inteko shinga Amategeko), ateganyijwe hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024, Umukandida wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, yasezeranyije Abanyarwanda n’inshuti zabo, kuzihaza muri byose mu gihe yaramuka atorewe kuyobora u Rwanda. Tariki ya 24 Kamena 2024, ubwo ibikorwa byo kwiyamamaza byari bigeze ku munsi - [Beach Volleybal: Abanyarwanda batashye imbokoboko](https://umurengezi.com/beach-volleybal-abanyarwanda-batashye-imbokoboko/) - Abakinnyi bahagarariye u Rwanda mu mikino ya Beach Volley irimo kubera ku mucanga wa Kabila muri Maroc basezerewe batageze ku ntego zabajyanye. Ikipe y’igihugu y’abahungu igizwe na Gatsinzi Venuste na Ntagengwa Olivier yaje gusezererwa mu mikino yo gushaka itike ya ¼ yahuriragamo na Togo kuri uyu wa Gatandatu. Ni nyuma y’aho Gatsinzi avunikiye ubwo - [Nsanzimfura Keddy ashobora gutandukana na Al-Qanah FC](https://umurengezi.com/nsanzimfura-keddy-ashobora-gutandukana-na-al-qanah-fc/) - Nsanzimfura Keddy ,Umukinnyi wo hagati yatangaje ko kuri ubu yiteguye kugirana ibiganiro n’ikipe yose yamwifuza mu Rwanda kubera ko yifuza gutandukana na Al-Qanah FC akinira. Tariki ya 23 Nzeri 2023 ni bwo Keddy Nsanzimfura yemeje ko yasinyiye ikipe ya Al-Qanah FC yo mu cyiciro cya kabiri mu Misiri, hari nyuma yo kuva muri Marines - [Byinshi kuri ‘Sauron’, ifi ifite amenyo nk’ay’abantu yavumbuwe muri Amazon](https://umurengezi.com/byinshi-kuri-sauron-ifi-ifite-amenyo-nkayabantu-yavumbuwe-muri-amazon/) - Muri Kamena 2024, abashakashatsi bavumbuye ubwoko bushya bw’ifi ifite amenyo nk’ay’abantu mu Mugezi wa Amazon, bayiha izina rya “Sauron” rishingiye kuri filime yamamaye cyane yitwa “The Lord of the Rings," irimo umwe mu bakinankuru bakuru witwa Sauron utuye mu bujyakuzimu bwa kure. Hagaragazwa ko ubwo bwoko bw’ifi bwari mu maze imyaka irenga 200 bwihishahisha, - [Euro 2024: Portugal yabonye itike ya 1/8](https://umurengezi.com/euro-2024-portugal-yabonye-itike-ya-1-8/) - Ibitego bya Bruno Fernandes, Bernardo Silva na Samet Akaydin witsinze nibyo byahesheje intsinzi Portugal ibona amanota atatu ayemerera guhita iyobora Itsinda F ndetse no kubona itike ya 1/8. Ni mu mukino wabereye Westfalenstadion iri mu mujyi wa Dortmund, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 22 Kamena 2024. Portugal yahabwaga amahirwe niyo kipe yinjiye bwa - [Omborenga Fitina yageneye abakunzi ba APR FC ubutumwa](https://umurengezi.com/omborenga-fitina-yageneye-abakunzi-ba-apr-fc-ubutumwa/) - Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo uheruka gutandukana na APR FC, Omborenga Fitina yasabye abakunzi b’iyi kipe kugumya gushyigikira ikipe ya bo kandi ababwira ko igihe yari akiyirimo yitangaga ku rwego rwe rwa nyuma. APR FC iheruka gutangaza abakinnyi itazakomezanya na bo mu mwaka w’imikino wa 2024-25 barimo na Omborenga Fitina. Nubwo byari bimaze iminsi - [Pre-Season Agaciro Tournament Gatoto Fc yisubije igikombe](https://umurengezi.com/pre-season-agaciro-tournament-gatoto-fc-yisubije-igikombe/) - Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Kamena, ni bwo hasojwe Irushanwa rya “Pre-Season Agaciro Tournament 2024.”Aho Ikipe ya Gatoto FC, yatsinze Brésil & Friends ibitego 3-2 ihita yegukana igikombe cy’irushanwa rya “Pre-Season Agaciro Tournament” ku nshuro ya Kabiri. Muri iri rushanwa ry’uyu mwaka, ryari ryitabiriwe n’amakipe 16 yari agabanyije mu matsinda ane. Muri buri - [CAF yatangaje igihe Igikombe cya Afurika cya 2025 kizakinirwa](https://umurengezi.com/caf-yatangaje-igihe-igikombe-cya-afurika-cya-2025-kizakinirwa/) - Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) yatangaje ko imikino y’Igikombe cya Afurika cya 2025 izabera muri Maroc kuva ku itariki ya 21 Ukuboza 2025, kugeza ku wa 18 Mutarama 2026, mu gihe icy’Abagore cyari giteganyijwe muri uyu mwaka cyimuriwe muri Nyakanga 2025. Ku wa Gatanu, tariki ya 21 Kamena 2024, nibwo Komite Nyobozi ya - [Héritier Luvumbu yasinyiye Vita Club](https://umurengezi.com/heritier-luvumbu-yasinyiye-vita-club/) - Umunye-Congo wahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Héritier Nzinga Luvumbu yasinyiye ikipe ya Vita Club ku buryo bwemewe n’amategeko, nyuma yo gusoza ibihano yafatiwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa). Iyi kipe yemeje aya makuru mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Kamena, ubwo yavugaga ko uyu mugabo w’imyaka 31 wari - [Chairman wa APR FC yavuze byinshi ku myiteguro y'ikipe](https://umurengezi.com/chairman-wa-apr-fc-yavuze-byinshi-ku-myiteguro-yikipe/) - Chairman wa APR FC, Col Richard Karasira yatangaje ko iyi kipe yatumiwe muri Simba Day, umukino usanzwe utangiza umwaka w’imikino w’iyi kipe y’ubukombe muri Tanzania. Ibi uyu muyobozi yabigarutseho nyuma yo kwerekana umutoza mushya, Darco Nović wahawe amasezerano y’imyaka itatu. Karasira yatangaje ko Yanga na Simba SC zo muri Tanzania zifuza imikino ya gicuti - [Rayon Sports yaguze Umurundi wakiniraga Muhazi United](https://umurengezi.com/rayon-sports-yaguze-umurundi-wakiniraga-muhazi-united/) - Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha Ndayishimiye Richard, Umurundi wakiniraga Muhazi United, ku masezerano y’imyaka ibiri. Ndayishimiye yaherukaga kugaragara mu mukino wa gicuti Gikundiro yanganyijemo na APR FC ubusa ku busa hasogongerwa Stade Amahoro ku wa 15 Kamena 2024. Uyu mukinnyi wari usigaje amasezerano y’umwaka umwe muri Muhazi United, yahise akomeza ibiganiro - [Euro 2024:U Bufaransa bwanganyije n’u Buholandi](https://umurengezi.com/euro-2024u-bufaransa-bwanganyije-nu-buholandi/) - Imikino y’irushanwa rihuza amakipe y’ibihugu i Burayi rya Euro 2024 ryakomeje gukinwa aho u Bufaransa n’u Buholandi byakinnye umukino wa kabiri mu Itsinda D ariko habura n’imwe ireba mu izamu ry’indi nubwo byombi byakomeje kuriyobora. Uyu mu ni umwe mu mikino yakinwe ku wa Gatanu, tariki ya 21 Kamena 2024, ku bibuga bitandukanye byo - [Darco Novic yahaye isezerano abakunzi ba APR FC](https://umurengezi.com/darco-novic-yahaye-isezerano-abakunzi-ba-apr-fc/) - Ikipe ya APR FC yerekanye abatoza bazafatanya na yo mu mwaka utaha wa shampiyona bayobowe n’umutoza mukuru Darco Novic wijeje abafana ko azakora ibishoboka iyi kipe ikitwara neza mu marushanwa ya CAF Champions League kuko ari yo ntego ye ya mbere. Uyu mutoza w’iyi kipe akaba yabitangarije kuri Stade Ikirenga ubwo yakurikiranaga imyitozo ya - [Ambasaderi Hategeka yasuye Amavubi mbere yo guhura na Lesotho](https://umurengezi.com/ambasaderi-hategeka-yasuye-amavubi-mbere-yo-guhura-na-lesotho/) - Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Emmanuel Hategeka, yasuye Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ishaka gutsinda Lesotho, ayiha ubutumwa bw’uko Abanyarwanda batuye muri iki gihugu bazayishyigikira. Ni uruzinduko yagiriye aho ikipe y’Igihugu icumbitse muri The Capital Zimbali Hotel ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 10 Kamena 2024 nyuma y’imyitozo. Ikipe y’Igihugu iri muri Afurika - [Ikipe ya Kepler WBBC yaguze Akon Rose](https://umurengezi.com/ikipe-ya-kepler-wbbc-yaguze-akon-rose/) - Ikipe ya Kepler WBBC yaguze Umunya-Sudani y’Epfo, Akon Rose Paul Macuei umaze kumenyera Shampiyona yo mu Rwanda. Akon Rose ni umwe mu bakinnyi bakomeye akaba akunze kujya mu makipe yo mu Rwanda iyo shampiyona igeze mu mikino yo kwishyura cyangwa mu ya kamarampaka (Playoffs). Uyu mukinnyi ni umwe mu bagize uruhare rugaragara mu kwegukana - [Birashoboka ko Darko Nović yagirwa Umutoza mushya wa APR FC](https://umurengezi.com/birashoboka-ko-darko-novic-yagirwa-umutoza-mushya-wa-apr-fc/) - Umunya-Serbia Darko Nović ashobora kugirwa Umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger ku mpera z’umwaka w’imikino. Ikipe y’Ingabo z’Igihugu ikomeje kwitegura umwaka w’imikino mushya ndetse ifite umukino izahuramo na Rayon Sports ku wa Gatandatu, tariki ya 15 Kamena, hasogongerwa Stade Amahoro ivuguruye. Amakuru avuga ko APR FC yamaze guhitamo Umunya-Serbia Darko - [Ikipe 15 zitegerejwe muri CECAFA Kagame Cup 2024](https://umurengezi.com/ikipe-15-zitegerejwe-muri-cecafa-kagame-cup-2024/) - Irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika y’i Burasirazuba n’iyo Hagati rizwi nka CECEFA Kagame Cup, rigiye kwitabirwa n’amakipe 15 arimo atanu ya Tanzania. Biteganyijwe ko iri rushanwa rizakinwa tariki ya 6-22 Nyakanga, mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania na Zanzibar. Amakipe 15, ni yo biteganyijwe ko azitabira CECEFA Kagame Cup - [APR FC na Rayon Sports zigiye guhurira muri Stade Amahoro](https://umurengezi.com/apr-fc-na-rayon-sports-zigiye-guhurira-muri-stade-amahoro/) - APR FC na Rayon Sports zigiye gusogongera Stade Amahoro nshya imaze igihe ivugururwa mu mukino uteganyijwe tariki ya 15 Kamena 2024 saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ni umukino wateguwe muri gahunda yiswe ‘Umuhuro mu Amahoro’ mu rwego rwo gufasha abakunzi b’umupira w’amaguru kwishimira iki gikorwaremezo cyabahariwe. Icyakora uyu mukino ntabwo ari uwo gutaha iyi - [Basketball: APR WBBC yaguze Umunyamerika wifuje gukinira u Rwanda](https://umurengezi.com/basketball-apr-wbbc-yaguze-umunyamerika-wifuje-gukinira-u-rwanda/) - Ikipe ya APR Women Basketball yaguze Umunyamerika Taylor Hosendove ukinira Oregon Ducks Women’s Basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mukinnyi umaze iminsi i Kigali ni umwe mu bari bitabajwe n’Ikipe y’Igihugu mu Gikombe cya Afurika giheruka ariko kubera ikibazo cy’ibyangombwa bitabonekeye igihe birangira atifashishijwe. Mu gihe shampiyona igeze mu mikino - [Byinshi wamenya ku miterere y'Intanga ngore](https://umurengezi.com/byinshi-wamenya-ku-miterere-yintanga-ngore/) - Iyo uganira n’Abakobwa/Gore cyangwa Abagabo, usanga hari amakuru badafite ku Ntanga ngore, hakaba n’abafite amakuru atari ay’ukuri, ku buryo byanashyira ubuzima bwabo mu kaga. Muri iyi nkuru, turagaruka ku bintu bitandukanye utari uzi ku ntanga ngore akenshi zifatwa nk'amagi mu mvugo ya gihanga. Icya mbere ni uko Umwana w’umukobwa wese ukivuka, aba afite hagati ya - [Volleyball- Police VC na Kepler ntizizakina Memorial Rutsindura](https://umurengezi.com/volleyball-police-vc-na-kepler-ntizizakina-memorial-rutsindura/) - Amakipe 52 atarimo Police VC na kepler VC ni yo yemeje ko azitabira irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball rigamije kwibuka Alphonse Rutsindura wabaye umwarimu mu Ishuri rya Petit Séminaire Virgo Fidelis de Butare, rizabera mu Ntara y’Amajyepfo mu mpera z’iki cyumweru. Iri rushanwa rigiye gukinwa ku nshuro ya 20 rizahuriza hamwe amakipe yo mu byiciro - [NBA: Boston Celtics yatangiye neza imikino ya nyuma](https://umurengezi.com/nba-boston-celtics-yatangiye-neza-imikino-ya-nyuma/) - Boston Celtics yatsinze Dallas Mavericks amanota 107-89 mu mukino wa mbere mu ya nyuma ya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA). Wari umukino ufungura uruhererekane rw’ishobora kuzagera kuri irindwi yatangiye gukinwa mu rukerera rwo ku wa Gatanu, tariki 7 Kamena 2024. Celtics yari mu rugo yatangiye neza umukino Jaylen Brown - [Umutoza w’Amavubi-Twarushijwe imbaraga z’umubiri](https://umurengezi.com/umutoza-wamavubi-twarushijwe-imbaraga-zumubiri/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Spittler yavuze ko kurushwa imbaraga z’umubiri biri mu byatumye atsindwa na Bénin igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa gatatu mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino wabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki 6 Kamena 2024 kuri Stade Félix Houphouët Boigny muri Côte d’Ivoire. Nyuma - [RIB yerekanye abibaga telefoni zisaga 190 zari zaribwe mu kwezi n’igice](https://umurengezi.com/rib-yerekanye-abibaga-telefoni-zisaga-190-zari-zaribwe-mu-kwezi-nigice/) - Kuri uyu wa Kane tariki 06 Kamena 2024, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abajura 5 bafatiwe mu bujura bw’amatelefoni, runasubiza abaturage telefoni 193 rwagaruje zari zaribwe. Abafashwe bakerekanwa barimo uwitwa Mutabazi Jean Bosco, Mihigo Landry, Mihigo Samson, Ntare Fabrice na Mugisha Irene, barimo abakora akazi k’ubumotari n’abatekinisiye; bakaba barafashwe kugera tariki 04 Kamena 2024. Umuvugizi - [Rayon Sports yumvikanye na Niyonizeye Fred](https://umurengezi.com/rayon-sports-yumvikanye-na-niyonizeye-fred/) - Rayon Sports yamaze kumvikana na Niyonizeye Fred wari Kapiteni wa Vital’O FC wabaye umukinnyi mwiza muri Shampiyona y’i Burundi 2023/24, yemera kuzayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri. Amakuru yizewe agera k'Umurengezi.com, ahamya ko uyu mukinnyi ukina hagati mu kibuga yemeye kuzasinyira Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri kuri miliyoni 17 Frw ndetse akazahembwa ibihumbi 900 Frw. Icyakora - [Mugiraneza Frodouard na Muhawenayo Gad baravugwa muri APR FC](https://umurengezi.com/mugiraneza-frodouard-na-muhawenayo-gad-baravugwa-muri-apr-fc/) - Biravugwa ko Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’uwari Umunyezamu wa Musanze FC, Muhawenayo Gad ndetse n’umukinnyi wo hagati w’Ikipe ya Kiyovu Sports, Mugiraneza Frodouard. Amakuru UMURENGEZI ufitiye gihamya ni uko Ikipe ya APR FC izagura abakinnyi batatu b’Abanyarwanda mu gihe yamaze kumvikana n’abakinnyi bane b’abanyamahanga barimo myugariro wo hagati, babiri bakina imbere ndetse - [APR BBC yatangiye neza imikino yo kwishyura](https://umurengezi.com/apr-bbc-yatangiye-neza-imikino-yo-kwishyura/) - APR BBC yatangiye neza imikino yo kwishyura ya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Basketball umwaka wa 2024 itsinda Kepler BBC amanota 89-79. Ni wo mukino wa mbere APR yari ikinnye nyuma nyuma yo gusezererwa muri BAL itabonye itike y’imikino ya Nyuma yabereye mu Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize. Wabaye ku mugoroba w’ejo hashize ku - [11 Amavubi ashobora kubanzamo ku mukino wa Benin](https://umurengezi.com/11-amavubi-ashobora-kubanzamo-ku-mukino-wa-benin/) - Kuri uyu munsi ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, irakina umukino wa 3 w’itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 aho icakirana na Benin muri Côte d’Ivoire. Uyu n'umukino uteganyijwe kuba saa 21h00’ zo kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Kamena 2024 ukabera kuri Stade Félix Houphouët Boigny. Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi - [Abakinnyi babiri ba APR FC barifuzwa na Police FC](https://umurengezi.com/abakinnyi-babiri-ba-apr-fc-barifuzwa-na-police-fc/) - Ikipe ya Police FC izatandukana n’umubare munini w’abakinnyi, yamaze kwegera Ishimwe Christian na Nkundimana Fabio ba APR FC bari mu ikipe y’igihugu Amavubi, ibabwira ko ibakeneye. Nkundimana Fabio ukina mu kibuga hahagati yageze muri APR FC muri 2022 avuye muri Musanze FC, ntabwo yahiriwe n’umwaka we wa mbere muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu. Ni - [Muhadjiri na Tuyisenge Arsene basezerewe mu Amavubi](https://umurengezi.com/muhadjiri-na-tuyisenge-arsene-basezerewe-mu-amavubi/) - Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène basezerewe mu Amavubi akomeje kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 izahuramo na Bénin ndetse na Lesotho. Aba bakinnyi bakina basatira basezerewe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu nyuma y’abandi batatu baherukaga ari bo Iradukunda Siméon na Nsengiyumva Samuel bakinira Gorilla FC ndetse n’umunyezamu Niyongira Patience wa Bugesera FC. - [Rayon Sports yatandukanye n'abakinnyi Batanu](https://umurengezi.com/rayon-sports-yatandukanye-nabakinnyi-batanu/) - Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko Youssef Rharb, Mvuyekure Emmanuel, Alon Paul Gomis, Hategekimana Bonheur na Alsény Camara Agogo bari muri benshi basoje amasezerano, aho yafashe icyemezo cyo kutazakomezanya nayo. Ibi iyi kipe yabitangarije mu itangazo iyi kipe yashyize hanze kuri uyu wa Kane, tariki ya 30 Gicurasi 2023, ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga - [Samuel Eto’o na Minisiteri ya Siporo muri Cameroon bikomeje kugorana ifite](https://umurengezi.com/samuel-etoo-na-minisiteri-ya-siporo-muri-cameroon-bikomeje-kugorana-ifite/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Cameroon, FECAFOOT ryarangije gushyiraho umutoza Dr Tinkeu Nguimgou nk’umutoza w’agateganyo wa Lions Indomptables mu gihe Minisiteri ya Siporo y’iki gihugu ikomeje gushimangira ko umutoza mukuru akiri Marc Brys. FECAFOOT na Minisiteri ya Siporo muri Cameroon batangiye kurebana ay’ingwe muri Mata uyu mwaka ubwo uru rwego rwa Leta rwemezaga - [Carlo Ancelloti yatangaje igihe azasoreza umwuga wo gutoza](https://umurengezi.com/carlo-ancelloti-yatangaje-igihe-azasoreza-umwuga-wo-gutoza/) - Umutoza wa Real Madrid Carlo Ancelloti yatangaje ko nyuma yo kuva mu ikipe ya Real Madrid azahita asezera ku mwuga wo gutoza. Binyuze mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cyo mu gihugu cy’ u Butaliyani La Repubblica, uyu mutoza yatangajeko nyuma yo kuva mu ikipe ya Real Madrid atazongera gukora umwuga wo gutoza umupira w’amaguru, ariko mu - [Rafael Nadal bwa mbere mu mateka yatsindiwe ku mukino wa mbere muri Roland-Garros](https://umurengezi.com/rafael-nadal-bwa-mbere-mu-mateka-yatsindiwe-ku-mukino-wa-mbere-muri-roland-garros/) - Umunyabigwi mu mukino wa Tennis Rafael Nadal w’imyaka 38 ukomoka mu gihugu cya Espagne, bwa mbere mu mateka ye yatsindiwe ku mukino wa mbere, muri Rorand-Garros kuri uyu wa 27 Gicurasi 2024. Ku nshuro ya mbere mu buzima bwe burebure kandi buhebuje mu mukino wa Tennis Rafael Nadalyatsinzwe muri French Open na Alexander Zverev - [Handball: Amakipe yo muri Tanzania na Uganda yitezwe mu Irushanwa ryo Kwibuka](https://umurengezi.com/handball-amakipe-yo-muri-tanzania-na-uganda-yitezwe-mu-irushanwa-ryo-kwibuka/) - Mu mpera z’iki cyumweru, kuva tariki ya 31 Gicurasi kugeza ku ya 2 Kamena 2024, i Kigali hazabera Irushanwa ryo Kwibuka abakinnyi, abatoza, abakunzi n’abandi bari bagize umuryango wa Handball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iri rushanwa rizahuza amakipe yo mu Rwanda asanzwe yitabira amarushanwa atandukanye, ndetse n’amakipe yo hanze y’Igihugu arimo azaturuka - [Volleyball: Amakipe arenga 50 azitabira ‘Memorial Rutsindura’](https://umurengezi.com/volleyball-amakipe-arenga-50-azitabira-memorial-rutsindura/) - Irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball rigamije kwibuka Alphonse Rutsindura wabaye umwarimu mu Ishuri rya Petit Séminaire Virgo Fidelis de Butare, rizaba ku nshuro ya 20, tariki ya 8 n’iya 9 Kamena 2024, aho amakipe arenga 50 yo mu byiciro bitanu bitandukanye ari yo azaryitabira. Memorial Rutsindura y’uyu mwaka izakinirwa ku bibuga byo mu Karere ka - [Kubera iki tutanganya amahirwe mu buzima?](https://umurengezi.com/kubera-iki-tutanganya-amahirwe-mu-buzima/) - Amahirwe ni iki mbere na mbere? Ni igombana ry’ikintu kitagizwemo uruhare ngo kibe. Ngenekereje ni uburyo ikintu icyo aricyo cyose kibaho ariko nta ruhare bakigizemo. Ni ikibazo kitagoye kandi nanone kigoye kugisubiza. Igisubizo cyoroshye ni kimwe “Ntago twavutse kimwe rero imibereho nayo ntigomba kuba imwe“. Ujya wicara ukibaza uti “kuki ntameze nka runaka?” Cyangwa - [Indwara 10 Zihitana Abantu Benshi ku Isi](https://umurengezi.com/indwara-10-zihitana-abantu-benshi-ku-isi/) - Mu buzima bw’abantu n’ibindi binyabuzima bitandukanye, indwara nazo ni igice kimwe umuntu adashobora kwirengagiza. Indwara zishobora kugira ingaruka zitari nziza ku buzima bwawe, cyane cyane iyo utazirinze cyangwa ngo uzivuze. Icyakora, ntabwo indwara zose zifite ubukana bungana, zimwe zirakarishye (zifite ubukana bwinshi) izindi ziroroheje. Ndetse zimwe muri zo zugarije isi ku buryo buri mwaka - [Amputee Football: Musanze na Nyarugenge begukanye Shampiyona](https://umurengezi.com/amputee-football-musanze-na-nyarugenge-begukanye-shampiyona/) - Amakipe ya Nyarugenge mu Bagore na Musanze mu Bagabo yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Imikino y’umupira w’amaguru ku bantu bafite ubumuga (Amputee Football), nubwo umwaka utagenze neza muri rusange. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo hakinwe imikino ya nyuma ku makipe yitabiriye Shampiyona ya Amputee Football, nyuma y’uko isubukuwe kuko yari yarahagaritswe kubera ibibazo byari mu - [Uko abakinnyi b'abanyarwanda bitwaye mu bihugu bakinamo](https://umurengezi.com/uko-abakinnyi-babanyarwanda-bitwaye-mu-bihugu-bakinamo/) - Impera z’icyumweru gishize zasize amwe mu makipe akinamo abanyarwanda hanze ya rwo asoje shampiyona nubwo ibikombe byabuze, umukino wa AFC Leopards ya Gitego Arthur wasubitswe ugeze ku munota wa 60 kubera umusifuzi wakubiswe. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize muma kipe bakinamo. Bizimana Djihad - Kryvbas - [Amakipe ya APR VC yegukanye Shampiyona ya Volleyball](https://umurengezi.com/amakipe-ya-apr-vc-yegukanye-shampiyona-ya-volleyball/) - Ikipe za APR VC mu bagabo no mu bagore ni zo zegukanye shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Volleyball nyuma yo gutsinda amakipe ya Kepler na Police VC bahuriraga nayo ku mukino wa nyuma. Nyuma yo gusoza shampiyona isanzwe ku mwanya wa kane kuri APR y’abagabo n’uwa mbere kuri APR VC y’abagore, amakipe yombi yaje - [Rwanda Premier League yashyize hanze ibigiye kwibandwaho mu mwaka utaha](https://umurengezi.com/rwanda-premier-league-yashyize-hanze-ibigiye-kwibandwaho-mu-mwaka-utaha/) - Mu nama y’inteko rusange ngarukamwaka y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024 muri Kigali Convention Center. Umwaka w’imikino wa 2023-24 wari wo wa mbere shampiyona yavanywe mu maboko ya FERWAFA mu buryo bwuzuye maze ihabwa Rwanda Premier League ndetse umuyobozi wa Gorilla FC, MUDAHERANWA Youssuf Hadji atorerwa - [NBA: Boston Celtics irerekeza ku mukino wa nyuma](https://umurengezi.com/nba-boston-celtics-irerekeza-ku-mukino-wa-nyuma/) - Boston Celtics ikomeje gusatira umukino wa nyuma muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA) nyuma yo kugira intsinzi eshatu mu yo iri guhuramo na Indiana Pacers. Iyi kipe irimo gukina imikino ya nyuma mu gice cy’Iburasirazuba, aho ikomeje kwihererana Indiana Pacers cyane ko ubu iyoboye n’intsinzi eshatu ku busa. Celtics - [FERWAFA yahagaritse ikipe ya Scandinavia WFC mu banyamuryango bayo](https://umurengezi.com/ferwafa-yahagaritse-ikipe-ya-scandinavia-wfc-mu-banyamuryango-bayo/) - Kuri iki Cyumweru, Ikipe y’abagore ya Scandinavia yo mu Karere ka Rubavu yahagaritswe mu banyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda kubera kutitabira amarushanwa. Ni umwanzuro wafashwe n’Inama y’Inteko Rusange ya FERWAFA yateraniye muri Kigali Convention Center aho nkuko bisanzwe bigenda habanza kureba niba hari umunyamuryango(Abanyamuryango) wahagarikwa cyangwa agafatirwa ibihano. Ibi niko Byagenze maze Perezida - [Kiyovu Sports yemeje Nkurunziza David nk'umuyobozi mushya](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-yemeje-nkurunziza-david-nkumuyobozi-mushya/) - Inama y’Inteko rusange idasanzwe yabereye i Remera mu Munyi wa Kigali igatangira ku isaha ya saa 15h50,kuri iki Cyumweru, nk’uko byari byitezwe Nkurunziza David yatorewe kuba Perezida wa Kiyovu Sports . Ni umugabo wari umaze igihe kinini ari kuba hafi ikipe ya Kiyovu Sports mu bikorwa bitandukanye birimo n’ahakenewe ubushobozi bw’amafaranga, wanayifashije kuba ubu - [Umutoza Torsten Frank Spittler niwe wasabiye Ani Alijah kwinjizwa mu ‘Amavubi](https://umurengezi.com/umutoza-torsten-frank-spittler-niwe-wasabiye-ani-alijah-kwinjizwa-mu-amavubi/) - Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Umudage Torsten Frank Spittler yatangaje ko ku giti cye ari we wasabye Ferwafa ko Ani Elijah yaza mu ikipe y’igihugu Amavubi. Umutoza Torsten Frank Spittler wagarutse ku myiteguro y’Amavubi mbere yo gukina imikino ibiri muri Kamena, yavuze ko yakurikiranye uyu rutahizamu wa Bugesera agasanga ari umukinnyi akeneye ari na yo - [Kwibuka30: Amakipe azakina imikino ya Wheelchair Basketball yamenyekanye](https://umurengezi.com/kwibuka30-amakipe-azakina-imikino-ya-wheelchair-basketball-yamenyekanye/) - Amakipe akina umukino wa ’Wheelchair Basketball,’ arimo ane y’abagabo n’atatu y’abagore, azahatanira Igikombe cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni imikino iteganyijwe kuba ku Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi 2024, yose ikabera ku bibuga bya ’Kimironko Community & Sports Space’. Mu gihe u Rwanda ruri mi minsi 100 yo - [Billie Jean King Cup igarutse mu Rwanda](https://umurengezi.com/billie-jean-king-cup-igarutse-mu-rwanda/) - Irushanwa Mpuzamahanga rya Tennis rizwi nka Billie Jean King Cup, rigiye kugaruka kubera mu Rwanda ku nshuro ya Kabiri. Iri rushanwa rizakinwa tariki ya 10-15 Kamena 2024. Biteganyijwe ko Ibihugu 10 ari byo bizaryitabira mu bagabo n’abari n’abategarugori. Uretse Igihugu cy’u Rwanda kizakira iri rushanwa ku bibuga bya IPRC Kigali, ibindi bihugu bizaba biri - [Pre-Season Agaciro Tournament izanye udushya](https://umurengezi.com/pre-season-agaciro-tournament-izanye-udushya/) - Irushanwa risanzwe rifasha abakinnyi kwigaragaza no kuguma ku rwego rwiza rizwi nka “Pre-Season Agaciro Tournament”, rigiye kwaguka rijye rinakinirwa hanze ya Kigali. Guhera ku wa Gatandatu tariki ya 25 Gicurasi 2024, ni bwo hazatangira irushanwa “Pre-Season Agaciro Tournament 2024.” Irushanwa ry’uyu mwaka, rizitabirwa n’amakipe 16 agabanyije mu matsinda ane. Ibibuga bizakinirwaho, ni Stade ya - [Police FC yatandukanye n’abakinnyi icyenda](https://umurengezi.com/police-fc-yatandukanye-nabakinnyi-icyenda/) - Ikipe ya Police FC yarangije kubwira abakinnyi icyenda ko itazakomezanya nabo mu mwaka wa shampiyona utaha, barimo n’abakinnyi bari bamaze igihe kirekire muri iyi kipe. Amakuru agera ku kinyamakuru Umurengezi avuga ko mu bakinnyi 12 barangije amasezerano muri Police FC, abagera kuri barindwi barangije kubwirwa ko batazahabwa amasezerano mashya mu gihe abandi batatu bari - [Kiyovu Sports mu ihurizo](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-mu-ihurizo/) - Ubu Kiyovu Sports iribaza niba yemera ikarekure bamwe mu bakinnyi bari bayifatiye runini kugira ngo ibone amafaranga yo kwishyura umwenda ibereyemo abakinnyi bayireze muri FIFA ikaba yarayibujije kwandikisha abakinnyi bashya. Ubu Kiyovu Sports irishyuzwa miliyoni 56 z’abakinnyi birukanye binyuranyije n’amategeko, FIFA ikaba yarayimenyesheje ko itemerewe kwandikisha abakinnyi bashya mu gihe itarishyura iri deni ry’aba - [U Rwanda rwisanze mu itsinda ririmo Brazil mu mikino Paralempike](https://umurengezi.com/u-rwanda-rwisanze-mu-itsinda-ririmo-brazil-mu-mikino-paralempike/) - Ikipe y’u Rwanda y’Abagore yisanze mu itsinda B hamwe na Brésil, Slovenie na Canada mu Mikino Paralempike muri Volleyball y’abafite ubumuga (Sitting Volleyball) izaba mu mpeshyi y’uyu mwaka. Iyi mikino izahuriza hamwe amakipe 16 mu byiciro byombi, izakinwa kuva tariki ya 29 Kanama kugera tariki ya 7 Nzeri, ikazabera i Paris mu Bufaransa. Amatsinda - [Jonathan Mckinstry yagizwe umutoza wa Gambia](https://umurengezi.com/jonathan-mckinstry-yagizwe-umutoza-wa-gambia/) - Uwari umutoza w’ikipe ya Gor Mahia, Jonathan Mckinstry, yagizwe umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu ya Gambia. Uyu mutoza ukomoka mu Bwongereza w’imyaka 38, yatangajwe ku wa Kabiri tariki ya 21 Gicurasi, biciye ku mbuga nkoranyambaga z’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cya Gambia. Mckinstry yasinye amasezerano y’imyaka ibiri, asimbuye Tom Saintfiet wari wajyanye na Gambia mu - [''Wenda byari igihe gito aho tweretse abantu benshi ko ibidashoboka bishoboka'' - Ivan Minnaert wa Gorilla FC](https://umurengezi.com/wenda-byari-igihe-gito-aho-tweretse-abantu-benshi-ko-ibidashoboka-bishoboka-ivan-minnaert-wa-gorilla-fc/) - Umubiligi watozaga ikipe ya Gorilla FC, Ivan Jacky Minnaert yasezeye kuri iyi kipe nyuma yo kutumvikana ku kongera amasezerano. Minnaert yagizwe umutoza wa Gorilla FC muri Gashyantare 2024 aho yari yahawe intego zo kugumisha iyi kipe mu cyiciro cya mbere. Nubwo yayisanze iri habi, iyi kipe yaje gukora uko ashoboye kose iguma mu cyiciro - [Government set New Law to Bear Down Illegal Miners](https://umurengezi.com/government-set-new-law-to-bear-down-illegal-miners/) - Illegal mining through previous law loop holes stunted Rwanda projectile in Economy of 2024 and Government set to renew laws to bear down their illicit trade. The decision came after farmers rose voices on their land damaged by illegal miners worked in secret under the cover of unknown command and non traceable Trade. - [Muri Gorilla FC umweyo uravuza ubuhuha](https://umurengezi.com/muri-gorilla-fc-umweyo-uravuza-ubuhuha/) - Ubuyobozi bwa Gorilla FC bwafashe umwanzuro wo gusezerera abakinnyi benshi bakubaka ikipe ihatanira ibikombe aho kuguma mu myanya irwana no kutamanuka. Umwaka w’imikino wa 2023-24 Gorilla FC yasoje ku mwanya 10 n’amanota 35, gusa mu mikino ibiri ya nyuma yari mu makipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri. Ubuyobozi bw’iyi kipe bukaba bwarafashe - [Kiyovu Sports yatumije inama y’Inteko Rusange Idasanzwe](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-watumije-inama-yinteko-rusange-idasanzwe/) - Umuryango wa Kiyovu Sports watumije inama y’Inteko Rusange Idasanzwe igomba gutorerwamo umuyobozi mushya w’iyi kipe usimbura Ndorimana Jean François Régis "Général" uheruka kwegura. Iyi nteko rusange izaba ku Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi 2024 ikaba yatumwijeho na Mbonyumuvunyi Abdul Karim usanzwe ari visi perezida ariko akaba ari we ukora nka perezida mu gihe General - [Rubanguka Steve yageze mu mwiherero w'Amavubi](https://umurengezi.com/rubanguka-steve-yageze-mu-mwiherero-wamavubi/) - Rubanguka Steve ukinira Al Nojoom muri Saudi Arabia ni we mukinnyi ukina hanze y’u Rwanda wabimburiye abandi kugera mu mwiherero w’ikipe y’igihugu yitegura imikino ya Benin na Lesotho. Ejo hashize ku wa mbere tariki ya 20 Gicurasi 2024 ni bwo ikipe y’igihugu Amavubi yinjiye mu mwiherero yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi - [Toni Kroos agiye guhagarika Ruhago](https://umurengezi.com/9260-2/) - Umudage Toni Kroos ukinira Real Madrid yamaze gutangaza ko ari mu bihe bya nyuma byo gukina umupira w’amaguru ateganya ko azahagarika nyuma y’imikino ya Euro 2024. Ni ubutumwa uyu mukinnyi w’imyaka 34 yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Gicurasi 2024, ashimira abafana ndetse n’abandi babanye muri Real Madrid. - [Romami Marcel yashyizwe mu majwi](https://umurengezi.com/romami-marcel-yashyizwe-mu-majwi/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryateye mpaga eshanu Espoir FC yo mu Karere ka Rusizi kubera gukinisha umukinnyi Watanga Christian Milemba utari ufite ibyangombwa byemewe. Iki ikibazo cyari kimaze iminsi kidashyirwaho umucyo ahanini ku waba yigiza nkana hagati ya AS Muhanga yatanze ikirego ndetse na Espoir FC yaregwaga amakosa menshi yakoze mu bihe - [Christopher yasoje ibitaramo yakoreraga muri Canada](https://umurengezi.com/christopher-yasoje-ibitaramo-yakoreraga-muri-canada/) - Nyuma yo gutaramira i Montreal, Christopher yasoreje mu Mujyi wa Ottawa ibitaramo bibiri yagombaga gukorera muri Canada mbere y’uko ahita ataha kugira ngo abashe kurangiza album ye nshya. Mu mpera z’iki cyumweru nibwo Christopher yataramiye mu Mujyi wa Ottawa ho muri Canada, aha akaba ari naho yasoreje urugendo yakoreraga muri iki gihugu. Mu kiganiro - [Miss Naomie yavuze ku byo gufungisha inyinya ye](https://umurengezi.com/miss-naomie-yavuze-ku-byo-gufungisha-inyinya-ye/) - Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yavuze ko adashobora gufungisha inyinya ye kuko ari cyo kintu cy’umwihariko afite kuri we. Ibi nyampinga wa 2020 yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram aho bamubazaga ibibazo bashaka. Naomie yabajijwe niba yiteguye kugufungisha inyinya kugira ngo abane n’umukunzi we ukomoka muri Ethiopia, Michael Tesfay - [Ibintu 5 byaranze umwiherero wa Rayon Sports](https://umurengezi.com/ibintu-5-byaranze-umwiherero-wa-rayon-sports/) - Mu mwiherero w’ikipe ya Rayon Sports wamaze iminsi 2, perezida w’iyi kipe, Uwayezu Jean Fidele yasabye abayobozi b’amatsinda y’abafana ko niba babona hari icyo yakoze bazongera bakamwamamaza bakamutora. Uyu mwiherero w’iyi kipe wabaye ku wa Gatandatu no ku Cyumweru tariki ya 18 na 19 Gicurasi aho wabereye mu Karere ka Nyanza aho witabiriwe n’abayobozi - [Ibyaranze Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri 2023/2024](https://umurengezi.com/ibyaranze-shampiyona-yicyiciro-cya-kabiri-2023-2024/) - Mu mpera z’icyumweru gishize, Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu Rwanda yarasojwe, aho yabonetsemo mpaga 24, itsindwamo ibitego bisaga 892. Ni shampiyona yakinwe mu gihe cy’amezi atandatu, yitabirwa n’amakipe 27 agabanyije mu matsinda abiri, aho irya mbere ryayobowe na Rutsiro FC na Intare FC, irya kabiri riyoborwa na Vision FC na Espoir FC, bihesha aya - [Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’Amavubi ikubagahu](https://umurengezi.com/ani-elijah-yakuwe-mu-mwiherero-wamavubi-ikubagahu/) - Rutahizamu wa Bugesera FC, Umunya-Nigeria Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ kugira ngo abanze gushakirwa ibyangombwa byo kuba yakinira u Rwanda. Elijah ni umwe mu bakinnyi bari bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024, aho Amavubi agiye kwitegura imikino ibiri ya Bénin na Lesotho mu gushaka - [Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye](https://umurengezi.com/uko-abanyarwanda-bakina-hanze-bitwaye/) - Impera z’icyumweru gishize, zasize Gor Mahia ya Emery Bayisenge na Sibomana Patrick Papy muri Kenya yegukanye igikombe cya shampiyona. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize. Bizimana Djihad - Kryvbas FC Bizimana Djihad na Kryvbas ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki ya 18 Gicurasi 2024, batsinzwe na - [NBA: Timberwolves na Pacers zuzuje amakipe azakina imikino ya nyuma ya kamarampaka](https://umurengezi.com/nba-timberwolves-na-pacers-zuzuje-amakipe-azakina-imikino-ya-nyuma-ya-kamarampaka/) - Minnesota Timberwolves yigaranzuye Denver Nuggets iyitsinda amanota 98-90, Indiana Pacers nayo itsinda New York Knicks amanota 130-109 zombi zigera ku mukino wa nyuma mu ya kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA) Yari imikino ya karindwi mu ya kamarampaka muri NBA, cyane ko amakipe yose yanganya intsinzi eshatu ku - [Ikipe ya Manchester City yegukanye Premier League, Arsenal itaha amara masa](https://umurengezi.com/ikipe-ya-manchester-city-yegukanye-premier-league-arsenal-itaha-amara-masa/) - Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza yegukanywe na Manchester City nyuma yo gutsinda West Ham United ni mu gihe Arsenal gutsinda Everton ntacyo byayifashije. Ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2024 ni bwo shampiyona y’u Bwongereza umwaka w’imikino wa 2023-24 yasozwaga aho igikombe cyegukanywe na Manchester City. Uyu munsi wa nyuma wagiye - [Euro 2024: N’Golo Kanté yongeye guhamagarwa mu ikipe y'igihugu](https://umurengezi.com/euro-2024-ngolo-kante-yongeye-guhamagarwa-mu-ikipe-yigihugu/) - Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Didier Deschamps yahamagaye abakinnyi 25 azifashisha muri Euro 2024 iteganyijwe mu mpeshyi hagaragaramo N’Golo Kanté ataherukaga guhamagara. Urutonde rw’abakinnyi b’u Bufaransa ruriho abanyezamu batatu, ba myugariro umunani, abakina hagati barindwi, mu gihe abakinnyi bataha izamu nabo ari barindwi. Mu bakina hagati niho hagaragaye N’Golo Kanté watunguye benshi cyane ko - [Bizimana Djihad azakina Europa League](https://umurengezi.com/bizimana-djihad-azakina-europa-league/) - Nyuma yo kwitwara neza muri Shampiyona yo muri Ukraine, FC Kryvbas Kryvyi Rih ikinamo Kapiteni w’Amavubi, Bizimana Djihad yabonye itike yo kuzakina UEFA Europa League mu mwaka utaha. Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Ukraine igeze ku munsi wa 28 aho FC Kryvbas Kryvyi Rih iri ku mwanya wa gatatu n’amanota 54 ndetse ikaba amanota - [Nzabonimpa Emmanuel meya w'Akarere ka Gicumbi yiyemeje gukemura ibibazo biri muri Gicumbi FC](https://umurengezi.com/nzabonimpa-emmanuel-meya-wakarere-ka-gicumbi-yiyemeje-gukemura-ibibazo-biri-murigicumbi-fc/) - Uruhererekane rw'ibibazo byabaye akarande muri Gicumbi FC bigiye kuvugutirwa umuti harebwa uko yasubira mu cyiciro cya mbere ndetse iyi kipe yongere itange ibyishimo ku baturage no mu Karere ka Gicumbi. Ibi meya w’Akarere ka Gicumbi, Nzabonompa Emmanuel, yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru aho yavuze ko nta rirarenga kandi inzego bireba zigiye kwicara zigatekereza ku - [Amakipe y’igihugu yageze ku mukino wanyuma wa IHF Trophy](https://umurengezi.com/amakipe-yigihugu-yageze-ku-mukino-wanyuma-ihf-trophy/) - Amakipe y’Igihugu ya Handball mu batarengeje imyaka 18 na 20 bageze ku mukino wa IHF Trophy imaze iminsi kibera muri Ethiopia. Ku wa Mbere w’iki Cyumweru ni bwo iri rushanwa ryatangiye aho ririmo kubera mu Mujyi wa Addis Ababa muri Ethiopia. Amakipe y’igihugu y’u Rwanda akaba yari yageze muri 1/2 aho yanitwaye neza asezerera - [Musanze FC irifuza kongerera amasezerano abatoza bayo Migi na Sosthene](https://umurengezi.com/musanze-fc-irifuza-kongerera-amasezerano-abatoza-bayo-migi-na-sosthene/) - Ikipe ya Musanze FC irimo gushaka uburyo yakongerera amasezerano abatoza ba yo bayifashije kurangiza ku mwanya wa 3 muri shampiyona. Amakuru UMURENGEZI wamenye ni uko ubuyobozi bwa Musanze FC bwishimiye umusaruro wa Habimana Sosthene ndetse n’umwungiriza we, Mugiraneza Jean Baptiste Migi ikaba yifuza gukomezanya na bo umwaka utaha. Sosthene akaba yari agifite undi mwaka - [Bamwe mu bakinnyi bo muri APR FC na Rayon Sports batangiye kwisabira impapuro zibarekura](https://umurengezi.com/bamwe-mu-bakinnyi-bo-muri-muri-apr-fc-na-rayon-sports-batangiye-kwisabira-impapuro-zibarekura/) - Nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2023-24 urangiye, bamwe mu bakinnyi batangiye gutekereza aho bazerekeza umwaka utaha, ni nako bamwe batangiye kwandikira amakipe ya bo basaba urupapuro rubarekura "Release Letter" ngo bajye gushakira ahandi. Amakuru UMURENGEZI wamenye ni uko muri Rayon Sports na APR FC bamwe mu bakinnyi bamaze kwandikira aya makipe bayamenyesha ko bifuza - ["Ibintu birimo abana ntabwo nkibivugaho cyane''- Bruce Melodie](https://umurengezi.com/ibintu-birimo-abana-ntabwo-nkibivugaho-cyane-bruce-melodie/) - Umuhanzi Bruce Melodie yavuze ko ibijyanye n’indezo y’umwana we bamushinja kudatanga ntacyo yabivugaho kuko umwana ari umutware nta kintu kijyanye na byo azongera kuvugira mu itangazamakuru. Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo Agasaro Diane yongeye guhagurukira umuhanzi Bruce Melodie avuga ko babyaranye amusaba kuzuza inshingano ze agatanga indezo. Yavuze ko agomba kuzuza inshingano ze - [Mbere yo kwitabira ubutumire bw’Amavubi, Gueulette yabanje kongererwa amasezerano](https://umurengezi.com/mbere-yo-kwitabira-ubutumire-bwamavubi-gueulette-yabanje-kongererwa-amasezerano/) - Mbere y’uko yitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi, Samuel Gueulette yabanje kongera amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe ye ya RAAL La Louvière. Ni nyuma y’uko agize uruhare rukomeye mu kuyifasha kuzamuka mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi, yahise imwongerera amasezererano. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga za yo, iyi kipe yavuze ko uyu mukinnyi w’umunyarwanda yongereye amasezerano - [Abantu 8 bagaragaje ko bashaka kuba Perezida w'u Rwanda](https://umurengezi.com/abantu-8-bagaragaje-ko-bashaka-kuba-perezida-wu-rwanda/) - Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko abantu umunani bamaze kuyigezaho ubusabe bwo kuba Abakandida bigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora yo muri Nyakanga 2024. Abanyarwanda barabura amezi abiri bakinjira mu matora akomatanyije ya Perezida n’ay’Abadepite. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Komisiyo y’Amatora, NEC, yagaragaje uko umwuka uhagaze mu gihe habura igihe gito ngo amatora abe. - [FIFA yategetse Kiyovu kwishyura miliyoni 56 abakinnyi bayitsinze](https://umurengezi.com/fifa-yategetse-kiyovu-kwishyura-miliyoni-56-abakinnyi-bayitsinze/) - Nyuma yo gutsindwa urubanza n’abakinnyi bane kubera kubirukana mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ikipe ya Kiyovu Sports igomba kubishyura agera kuri miliyoni 56 Frw. Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino 2023-2024, ikipe ya Kiyovu Sports yatandukanye n’abakinnyi batandukanye kubera kubaburaho umusaruro mwiza. Abo bakinnyi baza biyongera ku bandi bari batandukanye na yo mu buryo bunyuranyije n’amategeko - [Abasifuzi ba Rwanda Premier League baratakamba](https://umurengezi.com/abasifuzi-ba-rwanda-premier-league-baratakamba/) - Abasifuzi barimo abo mu Cyiciro cya Mbere cy’umupira w’Amaguru mu Rwanda, abo mu cya Kabiri ndetse n’abo mu cya Gatatu, barasaba Komisiyo Ibashinzwe kwishyurwa ibirarane by’imikino basifuye mu gice cy’iyo kwishyura. Aba basifuzi ni abo mu cyiciro cya Mbere, icya Kabiri n’icya Gatatu. Amakuru avuga bafitiwe ibirarane by’amafaranga bagenerwa iyo bagiye gusifura imikino itandukanye. - [Shampiyona ya Volleyball igeze aho rukomeye](https://umurengezi.com/shampiyona-ya-volleyball-igeze-aho-rukomeye/) - Umwaka w’imikino wa 2023-2024 mu mukino w’Intoki wa Volleyball, uri kugana ku musozo ndetse mu mpera z’iki Cyumweru, hazakinwa imikino ya kamarampaka (Playoffs). Nyuma yo kubanza gushaka amakipe umunani agomba kwishakamo izizegukana igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka, izizakina kamarampaka, zamaze kumenyakana. Mu mpera z’iki Cyumweru, hazakinwa imikino ya kamarampaka mu bagabo n’abagore, mu Cyiciro - [NBA: Boston Celtics yageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka](https://umurengezi.com/nba-boston-celtics-yageze-ku-mukino-wa-nyuma-wa-kamarampaka/) - Boston Celtics yatsinze Cleveland Cavaliers amanota 113-98 yuzuza intsinzi ya kane, ibi biyerekeza ku mukino wa nyuma w’iya kamarampaka mu gice cy’iburasirazuba. Ni umukino Celtics yasabwaga gutsinda kugira ngo yizere gukomeza mu kindi cyiciro. Nk’ikipe nkuru ntiyakoze ikosa kuko yawuyoboye kuva utangiye kugeza urangiye. Jayson Tatum na Al Horford bafashije iyi kipe gutangira neza - [Arsenal yamuritse umwambaro mushya wo mu rugo izakoresha mu 2024-2025](https://umurengezi.com/arsenal-yamuritse-umwambaro-mushya-wo-mu-rugo-izakoresha-mu-2024-2025/) - Arsenal yamuritse umwambaro mushya izakoresha mu rugo mu mwaka utaha w’imikino wa 2024-25 ku mikino yakiriye, wakozwe na Adidas iyambika ndetse ugaragaraho abafatanyabikorwa bayo barimo na Visit Rwanda. Uyu mwambaro wamuritswe kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Gicurasi 2024. Nk’ibisanzwe ugizwe n’ibara ry’umutuku n’umweru. Ijosi ryayo rikoze nk’umuzenguruko nk’uko byari bisanzwe ku myenda - [Inyubako Za Ba Farawo Ba Misiri Ya Kera Zubatswe Zite? Zubakwa Na Bande?](https://umurengezi.com/inyubako-za-ba-farawo-ba-misiri-ya-kera-zubatswe-zite-zubakwa-na-bande/) - Izi nyubako bita “pyramids” ziswe iza Giza kubera ko aho zibatswe ari uko hitwa( Giza Pyramids) ni inzu zikomeye kuko n’ubu zikiriho nyuma y’imyaka 4,500 zubatswe. Bigaragara ko abazubatse bashakaga ko zizabaho iteka ryose. Ba Farawo bumvaga ko nibapfa bavuye ku isi, hari ahandi bazaba kandi bagomba kuhaba ari abami baganje. Niyo mpamvu - [Ibyo wamenya ku mikorere y’Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga](https://umurengezi.com/ibyo-wakwifuza-kumenya-ku-mikorere-yikigo-gishinzwe-gukoresha-ibizamini-byo-gutwara-ibinyabiziga-hifashishijwe-ikoranabuhanga/) - Abantu benshi bari bamaze igihe bategereje kwemererwa gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe Ikoranabuhanga, bamazwe amatsiko kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi 2024, ubwo Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga giherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe mu Kagari ka Busanza cyafunguraga imiryango. Iki kigo kigamije kuzamura no kunoza - [Menya guhitamo indorerwamo z’izuba zikubereye](https://umurengezi.com/menya-guhitamo-indorerwamo-zizuba-zikubereye/) - Uretse kuba zirinda amaso kwangizwa n’imirasire y’izuba, indorerwamo z’izuba abandi bita anti-soleil cyangwa sunglasses ni kimwe mu byo abantu bambara bagamije kugaragara neza mu isura. Hari abantu usanga bapfa kugura indorerwamo z’izuba batitaye ku masura yabo, kandi nyamara amasura yose si ko aberwa n’indorerwamo zibonetse zose. Hariho abantu bagira mu maso hameze nk’uruziga, hari - [Kwicarira ikofi (wallet) ku bagabo, byagira ingaruka ku buzima bwabo](https://umurengezi.com/kwicarira-ikofi-wallet-ku-bagabo-byagira-ingaruka-ku-buzima-bwabo/) - Abagabo n’abasore benshi bakunze gushyira ikofi cyangwa se wallet mu mifuka y’amapantalo y’inyuma, kuko baba batwaramo ibyangombwa bitandukanye bitwaza cyangwa se n’amafaranga, rimwe na rimwe ukabona izo kofi zibyimbye cyane, kandi no mu gihe bagiye kwicara ntibabanze kuzivana mu mifuka, ahubwo bakazicarira. Ibyo rero ngo bituma umuntu yicara asa n’uhengamiye ku itako rimwe ritariho - [Bimwe mu bimera bifite impumuro yirukana imibu mu nzu](https://umurengezi.com/bimwe-mu-bimera-bifite-impumuro-yirukana-imibu-mu-nzu/) - Imibu ni udusimba tubangamira abantu, cyane cyane nijoro kuko aribwo dukunda tuboneka aho abantu bari, urusaku rwatwo igihe abantu baryamye, tukarumana, bikaba bibi cyane iyo ari umubu wa Anophèle (anofele) utera Malariya. Hari uburyo bwinshi bwo kwirinda umubu burimo inzitiramubu (moustiquaire)ikoreshwa iyo umuntu aryamye, ariko hari igihe imibu ibuza abantu amahoro mu gihe batararyamya - [Table Tennis: Aruna na Meshlef begukanye igikombe cya Afurika](https://umurengezi.com/table-tennis-aruna-na-meshlef-begukanye-igikombe-cya-afurika/) - Umunya Nigeria Quadri Aruna ndetse n’umunyamisirikazi Dina Meshref bari mu bahanzwe amaso mu gushaka itike y’imikino olimpike, ni nyuma yo kwegukana igikombe cya Afurika cyasozwaga kuri uyu wa kabiri muri BK Arena. Imikino y’igikombe cya Afurika muri Table Tennis, yatangiye ku cyumweru tariki ya 12 Gicurasi abakinyi 53 baturutse mu bihugu 16 bari bahuriye - [Handball: Amakipe y’u Rwanda yageze muri ½ cy’Imikino Nyafurika](https://umurengezi.com/9153-2/) - Amakipe y’u Rwanda y’Abahungu batarengeje imyaka 18 na 20 yageze muri 1/2 cya “IHF Trophy Zone V” ikomeje kubera muri Ethiopia. Iyi mikino ya nyuma y’amatsinda yabaye ku wa Gatatu, tariki 15 Gicurasi 2024 i Addis Ababa. Ikipe y’Igihugu y’Abahungu batarengeje imyaka 20 yabigezeho nyuma yo gutsinda iy’u Burundi ibitego 38 kuri 25, bityo - [CECAFA Kagame Cup ya 2024 yagarutse nyuma y'imyaka 3 itaba](https://umurengezi.com/cecafa-kagame-cup-ya-2024-yagarutse-nyuma-yimyaka-3-itaba/) - Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA) yatangaje ko Irushanwa rya CECAFA Kagame Cup rizaba uyu mwaka ndetse rizitabirwa n’amakipe 16. Iri rushanwa rigarutse nyuma y’imyaka ibiri ritaba kuva mu 2021 ubwo ryaberaga i Dar es Salaam muri Tanzania, igihugu kizakira iry’uyu mwaka kuva tariki ya 20 Nyakanga kugeza ku ya 4 - [Table Tennis- Misiri na Nigeria zirakoza imitwe ku gikombe cya Afurika](https://umurengezi.com/table-tennis-misiri-na-nigeria-zirakoza-imitwe-ku-gikombe-cya-afurika/) - Imikino y’igikombe cya Afurika mu mukino wa Tennis ikinirwa ku meza igeze muri kimwe cya kabiri cy’irangiza, aho abakinnyi bava mu bihugu by’abarabu ari bo biganje mu bagiye gutangirira gukinira muri BK Arena. Abagabo 28 n’abagore 25 ni bo bari batangiye gukina iki gikombe cya Afurika kiri gukinwa umunsi wacyo wa gatatu i Kigali - [Kylian Mbappé yabaye umukinnyi w’umwaka mu Bufaransa](https://umurengezi.com/kylian-mbappe-yabaye-umukinnyi-wumwaka-mu-bufaransa/) - Rutahizamu Kylian Mbappé yatowe nk’umukinnyi w’umwaka mu Bufaransa, ashimangira ko ari igihe cyo gusohoka muri Shampiyona y’iki gihugu, Ligue 1. Mbappé yaherewe igihembo mu birori bya UNFP (Ihuriro ry’abakinnyi b’Abafaransa) byabereye i Paris ku wa Mbere, tariki ya 13 Gicurasi 2024. Uyu rutahizamu w’imyaka 25, yegukanye iki gihembo ku nshuro ya gatanu yikurikiranya nyuma - [Shampiyona ya 2023/24 mu mibare](https://umurengezi.com/shampiyona-ya-2023-24-mu-mibare/) - Shampiyona y’u Rwanda yamaze gushyirwaho akadomo ndetse Igikombe kikaba cyaramaze guhabwa APR FC yacyegukanye irusha Rayon Sports FC iyikurikiye amanota 11. Nubwo bimeze bityo, ariko hari byinshi biba byarabaye mu mwaka w’imikino buri wese atarenza ingohe cyane ko ari byo bifasha ayo makipe kongera kwiyubaka yitegura undi mushya. Uyu mwaka w’imikino usize amakipe yose - [Twitege iki kuri ‘Kigali International Peace Marathon’ iheruka kuzamurirwa urwego?](https://umurengezi.com/twitege-iki-kuri-kigali-international-peace-marathon-iheruka-kuzamurirwa-urwego/) - Nyuma yo kuzamurwa mu ntera igashyirwa ku rwego rwa gatatu rw’amarushanwa akomeye ku Isi ’Global Elite Label Status’, Marathon Mpuzamahanga ya Kigali yitiriwe amahoro yitezweho kwitabirwa n’abakinnyi benshi bakomeye ku Isi. ‘Kigali International Peace Marathon’ y’uyu mwaka iteganyijwe tariki ya 9 Kamena ndetse iri rushanwa rizaba ku nshuro yaryo ya 19 kuva mu 2005. - [Ibihugu bidafite ibibuga byemewe na CAF, byitabaje igihugu cya Maroc](https://umurengezi.com/ibihugu-bidafite-ibibuga-byemewe-na-caf-byitabaje-igihugu-cya-maroc/) - Mbere y’uko ibihugu byo muri Afurika bisubukura imikino yo guhatanira kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026, ibihugu byinshi muri Afurika byabuze ibyangombwa bituma imikino igera ku icyenda izabera muri Maroc. Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) iherutse gutangaza ibibuga byemerewe kuberaho imikino mpuzamahanga kuko byujuje byose bigenwa n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA). Ibihugu 17 - [Patriots BBC yatsinze isoza imikino ibanza ya Shampiyona idatsinzwe](https://umurengezi.com/patriots-bbc-yatsinze-isoza-imikino-ibanza-ya-shampiyona-idatsinzwe/) - Ikipe ya Patriots BBC yatsinze United Generation Basketball (UGB) amanota 81-78, bituma isoza imikino ibanza ya Shampiyona idatsinzwe. Ni umukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 3 Mata 2024, ubera muri Lycée de Kigali, uza ukurikira uwari wahuje Espoir BBC yatsinzemo Inspired Generation amanota 96-71. Patriots BBC nk’ikipe yahabwaga amahirwe yatangiye neza - [Amavubi yazamutseho imyanya ibiri ku rutonde rwa FIFA](https://umurengezi.com/9097-2/) - Ikipe y’Igihugu "Amavubi" yazamutseho imyanya ibiri ku rutonde ngaruka kwezi rw’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) ruba urwa 131 ku Isi. Muri Werurwe iyi kipe yitwaye neza kuko yatsinzemo Madagascar ibitego 2-0, inanganya na Botswana ubusa ku busa, bityo igira amanota 1112,44 nyuma yo kunguka 5,4. Muri rusange, Argentine ikomeje kuba iya mbere ku - [PEACE CUP 2023/2024: Rayon Sports izahura na AS Kigali k'umukino wa nyuma](https://umurengezi.com/peace-cup-2023-2024-rayon-sports-izahura-na-as-kigali-kumukino-wa-nyuma/) - Ikipe ya Rayon Sports WFC yabonye itike ya ½ cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera APAER iyitsinze ibitego 3-1 ku mikino yombi. Umukino wo kwishyura wa ¼ wabereye mu Nzove, ikipe ya Rayon yawukinnye ifite impamba y’igitego 1-0 yari yatsindiye muri APAER aho bitanasabye umwanya munini ngo iyi kipe ishimangire umwanya muri ½ cy’irangiza. Ku - [CECEFA : Amavubi yasabwe asaga miliyoni 25 Frw](https://umurengezi.com/cecefa-amavubi-yasabwe-asaga-miliyoni-25-frw/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) rizishyura ibihumbi 20$ (asaga miliyoni 25 Frw) kugira ngo Ikipe y’Igihugu "Amavubi" izitabire CECAFA ya 2024 izabera muri Zanzibar. CECAFA Senior Challenge Cup iteganyijwe kuva tariki ya 29 Kamena kugeza ku ya 14 Nyakanga, ni nyuma y’uko iri rushanwa ryaherukaga kubera muri Uganda mu 2019. Umuyobozi Nshingwabikorwa wa - [Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru](https://umurengezi.com/uko-abanyarwanda-bakina-hanze-bitwaye-mu-mpera-zicyumweru/) - Mu bihugu bitandukanye, imikino ya shampiyona yarakinwe n’andi marushanwa arakomeza cyane ko akaruhuko k’imikino ya gicuti ku makipe y’ibihugu kari karangiye. Uko ni na ko bimeze kuri bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bagiye gushaka amaronko mu bihugu byo hanze bafashije amakipe yabo nubwo hari abo shampiyona zabo zitahiriye muri iyi minsi. Kapiteni w’u Rwanda, Bizimana - [Manchester City na Arsenal zanganyije zibura amahirwe yo kuyobora Premier League](https://umurengezi.com/manchester-city-na-arsenal-zanganyije-zibura-amahirwe-yo-kuyobora-premier-league/) - Ikipe ya Manchester City yakiriye Arsenal ariko inanirwa kuyikuraho amanota atatu kuko amakipe yombi yanganyije 0-0, ndetse zitakaza amahirwe yo kuyobora Shampiyona y’u Bwongereza ifite Liverpool ku mwanya wa mbere. Ni umukino wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 31 Werurwe 2024, ubwo mu Bwongereza hakinwaga umukino w’umunsi wa 29 wa Shampiyona ya Premier League. - [Nyuma y'imiyoborere mibi imikino ya ruhago y’abafite ubumuga yasubukuwe](https://umurengezi.com/nyuma-yimiyoborere-mibi-imikino-ya-ruhago-yabafite-ubumuga-yasubukuwe/) - Nyuma yo guhagarikwa kwa Shampiyona n’imikino ya Ruhago y’Abafite Ubumuga (Amputee Football) kubera ibibazo by’imiyoborere, yongeye gusubukurwa. Muri izi mpera z’icyumweru imikino ya Shampiyona ya Amputee Football yongeye gukinirwa mu Karere ka Huye, ifungurwa ku mugaragaro na Visi Meya w’Akarere ka Huye, Kankesha Annonciata. Amakipe arindwi y’abagabo n’ane y’abagore niyo yakinnye mu bagabo harimo - [Basketball: APR BBC yatandukanye na Michael Dixon](https://umurengezi.com/basketball-apr-bbc-yatandukanye-na-michael-dixon/) - Umunyamerika Michael Dixon wakiniraga APR BBC yitegura gukina Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2024), yamaze gutandukana na yo nyuma yo kumvikana na Al Ittihad Alexandria yo mu Misiri. Mu cyumweru gishize ni bwo Al Ittihad Alexandria yo mu Misiri yageze mu Rwanda aho yakinnye imikino ibiri ya gicuti na APR BBC iri kwitegura - [Shampiyona igeze ahakomeye](https://umurengezi.com/shampiyona-igeze-ahakomeye/) - Nyuma y’ibyumweru bibiri idakinwa kubera imikino mpuzamahanga y’ibihugu Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda yongeye gusubukurwa , aho mu byitezwe cyane harimo kuba APR FC yatwara Igikombe mu mukino umwe cyangwa ibiri iri imbere, ndetse n’ihangana rikomeye mu makipe arawana no kutamanuka. Imikino 24 yakinwe mbere y’uko amakipe afata akaruhuko muri uku kwezi, yasize - [Miss Popularity w’u Burundi 2023 Uwera Ricky Tricia yishimiye guhura na Dr.Marie Claudine Mukamabano](https://umurengezi.com/miss-popularity-wu-burundi-2023-uwera-ricky-tricia-yishimiye-guhura-na-dr-marie-claudine-mukamabano/) - Miss Uwera Ricky Tricia ukomoka mu bwoko bw’Abatwa yishimiye kwitabira inama ya 68 ya UN igaruka ku kwihutisha kugera ku buringanire bw'umugabo n'umugore no guha ubushobozi abagore n'abakobwa ,kurwanya ubukene no gushyigikira imishinga yabo mu rwego guteza imbere uburinganire. Iyi nama yabereye muri Leta zunze ubumwe za America mu mugi wa New York ihuza - [Rayon Sports y’Abagore ifite amahirwe menshi yo gutwara Gikombe cya Shampiyona](https://umurengezi.com/rayon-sports-yabagore-ifite-amahirwe-menshi-yo-gutwara-gikombe-cya-shampiyona/) - Rayon Sports y’Abagore irakoza imitwe y’intoki ku Gikombe cya Shampiyona, aho niramuka itsinze umukino ifitanye na Muhazi United izahita icyegukana ku nshuro ya mbere mu mateka. Uyu mukino uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki 23 Werurwe 2024 mu Karere ka Rwamagana, aho Gikundiro izasura Muhazi United WFC. Ni umukino utoroshye kuko iyi kipe ikunze kwihagararaho - [Basketball: Amakipe y’u Rwanda yasezerewe muri All African Games](https://umurengezi.com/basketball-amakipe-yu-rwanda-yasezerewe-muri-all-african-games/) - Amakipe y’u Rwanda mu bahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 23 muri Basketball y’abakina ari batatu, yasezerewe muri ¼ cy’Imikino ya All African Games ikomeje kubera i Accra muri Ghana. Ikipe y’Igihugu y’abakobwa yasezerewe n’iya Bénin iyitsinze amanota 21 kuri 19. Wari umukino ukomeye cyane kuko iminota isanzwe y’umukino yarangiye amakipe yombi anganya 19-19. Bénin yitwaye - [Handball: Police HC yerekanye abakinnyi bashya yaguze](https://umurengezi.com/handball-police-hc-yerekanye-abakinnyi-bashya-yaguze/) - Police Handball Club ikomeje kwitegura shampiyona y’uyu mwaka yaguze abakinnyi umunani bashya, barimo batanu yakuye muri Gicumbi, ES Kigoma ndetse na Vision Jeunesse Nouvelle. Abakinnyi baguzwe barimo Kayijamahe Yvan, Akayezu André uzwi nka Kibonke, Kubwimana Emmanuel, Ndayisaba Etienne na Hakizimana Dieudonné bavuye muri Gicumbi HC. Hari kandi Hakim Prince na Rugwiro Yvan bavuye muri - [George Weah azitabira imikino y'igikombe cy'isi cy'abakanyujijeho](https://umurengezi.com/george-weah-azitabira-imikino-yigikombe-cyisi-cyabakanyujijeho/) - Uwahoze ari Perezida wa Libérie, George Weah wanabaye umukinnyi ukomeye ku Isi, yemeje ko azitaba ubutumire bwo kuzaza kureba Igikombe cy’Isi cy’Aba-Veterans kizabera i Kigali mu Rwanda. Ibi yabyemeje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter. George Weah yagize ati “Ni iby’agaciro guhura na Fred Siewe uyobora Igikombe cy’Isi - [Rudasingwa Prince wa Rayon Sports yasubukuye imyitozo](https://umurengezi.com/rudasingwa-prince-wa-rayon-sports-yasubukuye-imyitozo/) - Nyuma hafi y’ukwezi agiriye ikibazo mu mukino w’umunsi wa 22 Rayon Sports yakinnyemo na Musanze, Rudasingwa Prince yasubukuye imyitozo. Ubwo hari mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24 wakinwe ku wa Gatanu tariki 23 Gashyantare 2024 aho Rayon Sports yari yakiriye Musanze FC saa 18h00’ - [Nottingham Forest yahawe igihano cyo gukurwaho amanota](https://umurengezi.com/nottingham-forest-yahawe-igihano-cyo-gukurwaho-amanota/) - Ikipe ya Nottingham Forest nayo yahawe igihano cyo gukurwaho amanota ane nyuma yo kutubahiriza amategeko ya Premier League agenga imari yitwa profitability and sustainability rules (PSR). Igihano Forest yahawe cyatumye ijya mu makipe amanuka kuko ubu yicaye ku mwanya wa 18 ku rutonde rwa Premier League n’amanota 21,irushwa amanota abiri na Luton iri ku - [AS Kigali y’Abagore ntikozwa ibyo gukora imyitozo](https://umurengezi.com/as-kigali-yabagore-ntikozwa-ibyo-gukora-imyitozo/) - Abakinnyi b’ikipe ya AS Kigali Women Football Club, banze gukomeza akazi mu gihe batarahembwa ibirarane by’imishahara bafitiwe. Aba bakobwa barishyuza imishahara y’amezi atatu n’uduhimbazamusyi duhwanye n’imikino yose ya shampiyona bamaze gutsinda. Kuri uyu wa mbere bagombaga gukora imyitozo Saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri Kigali Pelé Stadium ariko bafata umwanzuro wo kuyihagarika mu gihe - [Uko abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu makipe yabo](https://umurengezi.com/uko-abanyarwanda-bakina-hanze-bitwaye-mu-makipe-yabo/) - Rutahizamu ukina anyuze ku ruhande mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Byiringiro Lague ndetse na Kapiteini wayo Bizimana Djihad bari mu Banyarwanda bakina hanze bahiriwe n’impera z’icyumweru. Umukinnyi witwaye neza utegerejwe mu Ikipe y’Igihugu ni Bizimana Djihad watsinze igitego ku munota wa gatanu w’inyongera kuri 90 y’umukino afasha FC Kryvbas Kryvyi Rih kwikura imbere ya Kolos - [Amavubi yerekeje muri Madagascar](https://umurengezi.com/amavubi-yerekeje-muri-madagascar/) - Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yerekeje i Antananarivo idafite abakinnyi batandatu bakina hanze, ikaba igiye gukina imikino ibiri ya gicuti izahuriramo na Madagascar na Botswana tariki ya 22 n’iya 25 Werurwe 2024. Ikipe y’Igihugu yari yahamagaye abakinnyi 38 barimo 14 bakina hanze, yahagarutse i Kigali saa Saba n’Igice z’ijoro rishyura kuri uyu wa Mbere tariki ya - [Turikiya: Abakinnyi ba Fenerbahçe barwanye n'abafana ba Trabzonspor](https://umurengezi.com/turikiya-abakinnyi-fenerbahce-barwanye-nabafana-ba-trabzonspor/) - Abafana ba Trabzonspor birukankiye mu kibuga, basagarira abakinnyi ba Fenerbahçe nyuma y’umukino wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Turikiya wabaye ku Cyumweru, tariki ya 17 Werurwe 2024. Fenerbahçe yatsinze ibitego 3-2 muri uyu mukino wabereye kuri Papara Park mu Mujyi wa Trabzon, abakinnyi n’abafana bayo bahura n’uruvuga gusenya ubwo bishimiraga intsinzi. Abakinnyi Bright Osayi-Samuel - [Umuhanzikazi Dr.Marie Claudine Mukamabano yashyize hanze indirimbo yise KUKI NDIHO](https://umurengezi.com/umuhanzikazi-dr-marie-claudine-mukamabano-yashyize-hanze-indirimbo-yise-kuki-ndiho/) - Uyu muhanzikazi yari amaze igihe gito aganiriye n’ Umurengezi.com adusangije amateka ye nibyamuranze byamukururiye kwinjira muri muzika .Ni umuhanzikazi umaze gushyira hanze indirimbo zirenga imwe akaba anateganya gukomeza gushyira izindi hanze n’izindi project zirimo kwandika ibitabo . Ni umuhanzikazi w'umu Diaspora, hashize umunsi umwe wonyine iyi ndirimbo yitwa ”KUKI NDIHO” ya Dr.Marie Claudine Mukamabano - [APR yatsinze Tigers, Kepler itanga isomo kuri UR Kigali](https://umurengezi.com/apr-yatsinze-tigers-kepler-itanga-isomo-kuri-ur-kigali/) - APR BBC yaraye itsinze itsinze Tigers BBC amanota 106-70 ni mu gihe mu bagore, Kepler yatanze isomo rya Basketball kuri UR Kigali Women BBC iyitsinda amanota 98-46. Ni imikino y’igice kibanza cya shampiyona aho mu bagabo barimo bakina umunsi wa 14, mu bagore bakaba ari umunsi 10, yombi yabaye ejo hashize ku wa Gatatu - [UEFA Champions League: Atlético na Dortmund zateye intambwe ya 1/4](https://umurengezi.com/uefa-champions-league-atletico-na-dortmund-zateye-intambwe-ya-1-4/) - Ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne yasezereye Inter de Milan yo mu Butaliyani kuri penaliti, igera muri 1/4 cy’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’iburayi [Champions League], Borussia Dortmund yo mu Budage na yo isezerera PSV Eindhoven yo mu Buholande. Ni umukino wo kwishyura wa 1/8 wabaye ku wa Gatatu - [Nikola Scekic w’imyaka 28 yasinyiye Patriots BBC](https://umurengezi.com/nikola-scekic-wimyaka-28-yasinyiye-patriots-bbc/) - Patriots BBC ikomeje kwiyubaka yaguze Umunya-Serbia, Nikola Scekic w’imyaka 28 ndetse akaba yageze no mu Rwanda. Uyu mukinnyi ukina nk’Umu-Pivot yageze mu Rwanda ndetse yatangiye gukorana imyitozo na bagenzi be. Uyu mukinnyi yanyuze mu bihugu byinshi cyane byiganjemo ibyo ku Mugabane w’i Burayi nk’iwabo muri Serbia, Macédoine du Nord, Czech Republic, Slovakia, Azerbaijan na - [BAL 2024: Dynamo y’i Burundi yasezerewe mu irushanwa](https://umurengezi.com/bal-2024-dynamo-yi-burundi-yasezerewe-mu-irushanwa/) - Nyuma yo gukomeza kwinangira ikanga kwambara imyambaro iriho ibirango bya ‘Visit Rwanda’ nk’Umuterankunga w’Irushanwa rya Africa Basketball League (BAL), ikipe ya Dynamo Basketball Club yasezerewe mu irushanwa rya BAL 2024 nyuma yo guterwa mpaga ya Kabiri. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo ikipe ya Dynamo BBC yari ihagarariye u Burundi mu marushanwa ya BAL, - [Niyonzima Olivier yahagaritswe imikino isigaye ya Shampiyona](https://umurengezi.com/niyonzima-olivier-yahagaritswe-imikino-isigaye-ya-shampiyona/) - Komite Nyobozi ya Kiyovu Sports FC yahagaritse Kapiteni w’iyi kipe, Niyonzima Olivier ‘Seif’ imikino itandatu ya shampiyona isigaye ari nayo isigaye ngo umwaka w’imikino urangire. Ibaruwa imaze iminsi itatu yandikiwe Niyonzima Olivier yageze hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Werurwe 2024, igaragaza ko atemerewe kugira indi mikino yitabira kubera imyitwarire ye. Iti - [Gen Mubarakh Muganga yasuye APR FC](https://umurengezi.com/gen-mubarakh-muganga-yasuye-apr-fc/) - Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports mu mukino w’Umunsi wa 24 wa Shampiyona uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki 9 Werurwe 2024 kuri Kigali Pelé Stadium. Gen Mubarakh wayoboye iyi kipe imyaka ibiri, yayisuye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 8 - [Amavubi: Umutoza Spittler yahamagaye abakinnyi 38 Amavubi azifashisha mu mikino ya gicuti](https://umurengezi.com/amavubi-umutoza-spittler-yahamagaye-abakinnyi-38-amavubi-azifashisha-mu-mikino-ya-gicuti/) - Umutoza w’Amavubi, Torsten Frank Spittler, yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bahamagariwe kwitegura imikino ya gicuti u Rwanda ruzahuramo na Botswana na Madagascar tariki ya 22 n’iya 25 Werurwe i Antananarivo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 8 Werurwe 2024, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi - [Rayon Sports vs APR FC:Amakuru avugwa mu makipe yombi mbere y’umukino](https://umurengezi.com/rayon-sports-vs-apr-fcamakuru-avugwa-mu-makipe-yombi-mbere-yumukino/) - Ku wa Gatandatu, tariki ya 9 Werurwe 2024, hateganyijwe umukino w’amateka hagati y’abakeba bo mu rw’imisozi igihumbi, uzahuza Rayon Sports na APR FC kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo guhera saa Cyenda. Uyu mukino w’Umunsi wa 24 wa Shampiyona ugiye kuba mu gihe Rayon Sports ya kabiri n’amanota 45, irushwa amanota 10 na APR - [Ikipe y'igihugu y'u Burundi yahamagaye abo izifashisha mu mikino ya gishuti](https://umurengezi.com/ikipe-yigihugu-yu-burundi-yahamagaye-abo-izifashisha-mu-mikino-ya-gishuti/) - Ikipe y’igihugu y’u Burundi y’umupira w’amaguru yahamagaye abakinnyi bane bakina muri shampiyona y’u Rwanda mu mikino ibiri ya gicuti ifite izahuriramo na Madagascar na Botswana muri uku kwezi kwa gatatu. Abakinnyi bahamagawe barimo Nshimirimana Ismael Pitchou wa APR FC utaherukaga kwitabazwa n’umutoza Ndayiragiye Etienne ndetse n’umukinnyi wo hagati muri Gasogi United Muderi Akbar. Aba - [Umuhanzi Humble Jizzo yasohoye indirimbo yise 'Ifi'](https://umurengezi.com/umuhanzi-humble-jizzo-yasohoye-indirimbo-yise-ifi/) - Umuhanzi Manzi James uzwi nka Humble Jizzo wabaye mu itsinda rya Urban Boys yari ahuriyemo na bagenzibe aribo Safi Madiba na Nizzo , yatangiye urugendo rwo gukora umuziki ku giti cye, mu gihe ibihe bitari kumukundira kuba ari kumwe na mugenzi we Nizzo Kaboss bahoranye mu itsinda ubwo Safi yari amaze kurivamo. Uyu muhanzi - [BASKETBALL: APR BBC yatsinze UGB, Kigali Titans bikomeza kwanga](https://umurengezi.com/basketball-apr-bbc-yatsinze-ugb-kigali-titans-bikomeza-kwanga/) - APR BBC yatsinze UGB amanota 84-62 naho Kigali Titans itsindwa na REG BBC amanota 85-47 mu mikino ya Shampiyona ya Basketball yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki 6 Werurwe 2024, muri Lycée de Kigali. Wari umukino wa mbere wa APR BBC nyuma yo kuva i Doha muri Qatar mu mwiherero wa BAL - [Derby ya Rayon na APR yahinduriwe amasaha kubera Amatara](https://umurengezi.com/derby-ya-rayon-na-apr-yahinduriwe-amasaha-kubera-amatara/) - Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, ryahinduye amasaha y’umukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona uzahuza Rayon Sports na APR FC. Uyu mukino munini mu Rwanda, uzakinwa ku wa Gatandatu tariki ya 9 Werurwe 2024 kuri Kigali Pelé Stadium. Nk’uko byari biri mu ngengabihe y’umunsi wa 24 wa shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, uyu mukino wagombaga kuzakinwa - [Kiyovu Sports imaze iminsi itatu idakora imyitozo](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-imaze-iminsi-itatu-idakora-imyitozo/) - Abakinnyi ba Kiyovu Sports bamaze iminsi itatu badakora imyitozo kubera ibirarane by’imishahara y’amezi ane bafitiwe n’ubuyobozi. Ubukene bukabije ni kimwe mu byaranze Urucaca muri uyu mwaka w’imikino uri kugana ku musozo. Kuri ubu, iminsi itatu irashize iyi kipe idakora imyitozo kubera amezi ane abakinnyi bamaze badahembwa. Icyakora ubuyobozi bwabwiye abakinnyi ko buzabahemba ukwezi kumwe - [Umusifuzi Ishimwe Claude yahawe gusifura umukino wa Rayon Sports na APR FC](https://umurengezi.com/umusifuzi-ishimwe-claude-yahawe-gusifura-umukino-wa-rayon-sports-na-apr-fc/) - Umusifuzi Mpuzamahanga wo Hagati, Ishimwe Jean Claude ’Cucuri’, yahawe kuzayobora umukino w’Umunsi wa 24 wa Shampiyona uzahuza Rayon Sports na APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 9 Werurwe 2024. Amakipe yombi azahurira muri uyu mukino akeneye intsinzi, cyane kuri Rayon Sports irushwa amanota 10 na mukeba zihanganira igikombe buri gihe. APR FC ya - [Umutoza wa APR FC ntiyishimiye uko FERWAFA ipanga imikino](https://umurengezi.com/umutoza-wa-apr-fc-ntiyishimiye-uko-ferwafa-ipanga-imikino/) - Umutoza wa APR FC, Thierry Froger ntabwo yishimiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda kuba ryarashyizeho umukino muri iki cyumweru mu gihe afitemo undi ukomeye wa Rayon Sports. Ubusanzwe APR FC yagombaga gukina na Etoloile del’Est tariki ya 28 Werurwe 2024 mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 18, gusa FERWAFA yaje guhindura igishyira ejo hashize ku - [Kamonyi: Umugabo w’imyaka 26 yasanzwe mu nzu yapfuye](https://umurengezi.com/kamonyi-umugabo-wimyaka-26-yasanzwe-mu-nzu-yapfuye/) - Hagenimana Jean Claude wari utuye mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Werurwe 2024, ahagana saa 14h00, yasanzwe mu nzu yabagamo yapfuye. Amakuru agera ku UMURENGEZI.COM aturuka mu baturage, akanemezwa n’ubuyobozi bw’umurenge wa Runda uyu Nyakwigendera yari atuyemo, - [Gakenke: Akurikiranyweho gusambanya Umwana w'imyaka 7](https://umurengezi.com/gakenke-akurikiranyweho-gusambanya-umwana-wimyaka-7/) - Umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 wo mu Karere ka Gakenke, yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanya umwana w’imyaka irindwi. Amakuru avuga ko mu ma saa moya n’igice z’ijoro ryo ku wa Kane tariki 29 Gashyantare 2024, abaturage bo mu Mudugudu wa Nyarungu, Akagari ka Kamubuga, mu Murenge wa Mubuga, batunguwe no kumva - [Sitball 2023/24: Musanze na Karongi zegukanye Shampiyona](https://umurengezi.com/sitball-2023-24-musanze-na-karongi-zegukanye-shampiyona/) - Ikipe ya Musanze mu bagore n’iya Karongi mu bagabo zegukanye Shampiyona ya Sitball y’umwaka w’imikino wa 2023/24 nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya nyuma yabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 2 Werurwe. Iyi mikino yose isoza umwaka w’imikino yabereye kuri Stade y’Akarere ka Bugesera. Shampiyona yatangiye mu Ukwakira 2023, ikinirwa mu turere dutandukanye - [APR FC yatsinze Etincelles FC](https://umurengezi.com/8888-2/) - Ikipe ya APR FC yongeye kwitwara neza muri Shampiyona itsinda Etincelles FC y’inyabibazo igitego 1-0 ndetse iyigumisha mu murongo mubi irimo uyiganisha mu Cyiciro cya Kabiri. Wari umukino w’Umunsi wa 23 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 2 Werurwe 2024. Ku munota wa kabiri gusa, - [Umuhanzikazi  akaba n'umwanditsi w'ibitabo Dr .MarieClaudine Mukamabano  yateguje abakunzi be indirimbo nshya ](https://umurengezi.com/umuhanzikazi-akaba-numwanditsi-wibitabo-dr-marieclaudine-mukamabano-yateguje-abakunzi-be-indirimbo-nshya/) - Umuhanzikazi akaba n'umwanditsi w'ibitabo Dr .MarieClaudine Mukamabano arimo kwitegura gushyira hanze indirimbo yakoranye n’umuhanzi Prince ikubiyemo ubutumwa bw'isana mitima ikazajya hanze mu minsi iri imbere. Umuhanzikazi w'umunyarwanda akaba n’umuhanga mu kwandika ibitabo Dr. Claudine Mukamabano uba muri Reta z'unze ubumwe za America yateguje abakunzi be indirimbo yahuriyemo n'umuhanzi w'umunyarwanda Prince akaba ari indirimbo izaba - [Sitting Volleyball: Gisagara yageze muri ¼](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-gisagara-yageze-muri-¼/) - Ikipe y’Akarere ka Gisagara ya Sitting Volleyball ikomeje kwitwara neza imbere y’amakipe y’Abarabu mu irushanwa yatumiwemo rya ’Afro-Arab Club Para Volleyball Championship’ aho igeze muri ¼. Ni mu mikino uhuza amakipe y’Abarabu yitwaye neza muri Sitting Volleyball ariko Gisagara Volleyball Club ikaba yararitumiwemo, riri kuba kuva tariki ya 28 Gashyantare kugeza 3 Werurwe 2024. - [Tennis: Abageze ku mukino wa nyuma wa ATP Challenger 50 Tour bamenyekanye](https://umurengezi.com/tennis-abageze-ku-mukino-wa-nyuma-wa-atp-challenger-50-tour-bamenyekanye/) - Abakinnyi barimo umunya-Pologne, Kamil Majchrzak n’Umunya-Argentine Marco Trungelliti, ni bo bageze ku mukino wa nyumwa w’irushanwa mpuzamahanga rya TP Challenger 50 Tour riri kubera mu Rwanda. Ibi byabaye ku munsi wa gatanu w’irushanwa mpuzamahanga rihuza abakinnyi ba Tennis babigize umwuga riri kubera mu Rwanda, guhera tariki ya 26 Gashyantare kugeza 10 Werurwe 2024. ATP - [Kiyovu Sports yatsinze Police](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-yatsinze-police/) - Kiyovu Sports yatsinze Police FC ibitego 2-1 maze iyi kipe y’abashinzwe umutekano yuzuza imikino 8 muri shampiyona idatsinda. Police FC yari itaratsinda umukino n’umwe kuva imikino yo kwishyura ya 2023-24, yari yasuye Police FC mu mukino w’umunsi wa 23. Hakiri kare ku munota wa 3, Ndizeye Eric yatsindiye Kiyovu Sports ku mupira wari uvuye - [Paul Pogba yahagaritswe imyaka 4 mu bikorwa by’umupira w’amaguru](https://umurengezi.com/paul-pogba-yahagaritswe-imyaka-4-mu-bikorwa-byumupira-wamaguru/) - Paul Labile Pogba, Umufaransa ukinira Ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, yahagaritswe imyaka ine mu bikorwa by’umupira w’amaguru kubera ikoreshwa ry’imiti imwongerera imbaraga mu mubiri. Uyu mukinnyi ukina hagati mu kibuga yabanje guhagarikwa muri Nzeri nyuma yo gusuzumwa ikizamini cy’ibiyobyabwenge igihe ya barizwaga mu ikipe yo mu Butaliyani. Kuri ubu uyu mukinnyi yaje gufatirwa - [Umukino wa APR FC wimuwe, amatariki ya 1/2 y’Igikombe cy’Amahoro yamenyekanye](https://umurengezi.com/umukino-wa-apr-fc-wimuwe-amatariki-ya-1-2-yigikombe-cyamahoro-yamenyekanye/) - Umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 18 APR FC yagombaga kuzakiramo Etoile del’Est tariki ya 28 Werurwe 2024, wimuriwe ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha. Mu ibaruwa FERWAFA yandikiye APR FC na Etoile del’Est, yayimenyesheje ko bitakunda ko bakina tariki ya 28 Werurwe kuko tariki ya 29 Werurwe, Etoile del’Est izaba yasuye Gasogi United mu mukino w’umunsi - [Cristiano Ronaldo yahagaritswe umukino umwe kubera gukora ibimenyetso by’urukozasoni](https://umurengezi.com/cristiano-ronaldo-yahagaritswe-umukino-umwe-kubera-gukora-ibimenyetso-byurukozasoni/) - Rutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo yahagaritswe umukino umwe adakina kubera gukora ikimenyetso gifatwa nk’urukozasoni, yakoze asubiza abafana bamuririmbiraga bavuga izina Messi. Ni igikorwa Ronaldo yakoze mu mukino ikipe ye ya Al-Nassr yatsinzemo Al-Shabab ibitego 3-2 mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona ya Arabie Saoudite. Amaze gufungura amazamu kuri penaliti, yishimiye igitego agaragaza ibihabanye - [Amavubi arateganya imikino ya gicuti ibiri](https://umurengezi.com/amavubi-arateganya-imikino-ya-gicuti-ibiri/) - Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi irateganya gukina imikino 2 ya gicuti mu kwezi gutaha kwa Werurwe 2024. Ni mu rwego rwo gukomeza kwitegura neza imikino y’amatsinda y’ijonjora ryo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 ndetse n’ijonjora ry’Igikombe cy’Afurika. U Rwanda rukaba rumaze igihe rushaka imikino ya gicuti ariko itinda kwemezwa kuko - [Aruna Moussa Madjaliwa yagarutse muri Rayon Sports igitaraganya](https://umurengezi.com/aruna-moussa-madjaliwa-yagarutse-muri-rayon-sports-igitaraganya/) - Nyuma y’amezi 4 atari mu kazi ndetse Rayon Sports ikavuga ko itazi aho ari, Aruna Moussa Madjaliwa yasubukuye imyitozo muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru. Uyu murundi ni umukinnyi wa Rayon Sports kuva muri Nyakanga 2023 ayikinira kugeza ku munsi wa 10 wa shampiyona ya 2023-24 wakinwe tariki ya 4 Ugushyingo 2023 batsinda Mukura - [Kubira ibyuya mu gihe usinziriye biterwa n'iki?](https://umurengezi.com/kubira-ibyuya-mu-gihe-usinziriye-biterwa-niki/) - Kubira ibyuya byinshi usinziriye bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye; niba ari mu gihe cy’ubushyuhe, ukaba uryamye wambaye imyenda myinshi cyangwa imyenda ishobora gutuma ushyuha cyane, uzatutubikana uzane ibyuya byinshi, ibi ni ibisanzwe. Kubira ibyuya bidasanzwe, bivugwa igihe imyenda n’ibyo uryamyeho byatose, bidatewe n’uko hashyushye. Hari impamvu zitandukanye zishobora gutera kubira ibyuya nijoro. Kumenya neza ikibitera bisaba - [Cristiano Ronaldo yakoze ikizira muri Arabie Saoudite](https://umurengezi.com/cristiano-ronaldo-yakoze-ikizira-muri-arabie-saoudite/) - Rutahizamu wa AL Nassr Cristiano, Ronaldo ashobora guhanwa imikino ibiri atajya mu kibuga, nyuma y’uko abafana baririmbye Messi na we akabasubiza agaragaza ikimenyetso gifatwa nk’urukozasoni ku buryo kitemewe muri Arabie Saoudite. Mu mukino ukomeye w’umunsi wa 21 wa Shampiyona yo muri Arabie Saoudite, Al Nassr yahuye na Al Shabab, iyitsinda ibitego 3-2 ariko nyuma - [Samuel Uwikunda yahawe gusifura umukino wa Pyramids](https://umurengezi.com/samuel-uwikunda-yahawe-gusifura-umukino-wa-pyramids/) - Uyu musifuzi mpuzamahanga w'umunyarwanda ,Uwikunda Samuel yahawe kuzasifura umukino wa Champions League wa Pyramids FC na Nouadhibou FC. Ni umukino wo mu itsinda A rya CAF Champions League uzahuza Pyramids FC na Nouadhibou FC yo muri Mauritania ku wa Gatandatu tariki ya 2 Werurwe 2024. Uyu mukino ukaba uzabera mu Misiri ku kibuga cya - [Sobanukirwa akamaro k’umufa ku ifunguro ryawe](https://umurengezi.com/sobanukirwa-akamaro-kumufa-ku-ifunguro-ryawe/) - Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa, ikunze kuba iri ku ifunguro, ni imwe mu masupu agira intungamubiri nka protein, cyane cyane 'collagen' inafasha abafite imirire mibi kuyivamo. Umufa w’amagufa, utegurwa mu gihe ufashe amagufwa y’inka, ihene cyangwa inkoko ugashyiramo amazi n’ibirungo ukabibiza. Ubushakashatsi bugaragaza ko mu gihe biri kubira, bituma intungamubiri zose nka collagen, - [Aruna Moussa Madjaliwa yandikiwe na Rayon Sports](https://umurengezi.com/aruna-moussa-madjaliwa-yandikiwe-na-rayon-sports/) - Rayon Sports ikaba yamaze kwandikira uyu mukinnyi w’Umurundi bamubaza aho ari kuko bamubuze mu kazi, bakaba batanazi ikibazo yagize, yibukijwe ko agomba kuza mu kazi. Muri iyi baruwa yandikwe tariki ya 23 Gashyantare 2024, bamusabye ibisobanuro by’aho ari kuko bamubwiye kuza uburwayi bwe agakomeza gukurikiranwa n’abaganga b’ikipe ariko ntaze. Yasabwe guhita atangira akazi vuba - [APR FC yatsinze Mukura VS isatira igikombe](https://umurengezi.com/apr-fc-yatsinze-mukura-vs-isatira-igikombe/) - APR FC yatsindiye Mukura VS mu Karere ka Huye ibitego 2-0, ikomeza kwanikira andi makipe ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda ibura imikino umunani ngo irangire. Wari umukino w’umunsi wa 22 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye kuri iki Cyumweru, tariki ya 25 Gashyantare 2024. Ubwitabire kuri uyu mukino ntibwari - [Peter Blackmore yegukanye Tour du Rwanda 2024](https://umurengezi.com/peter-blackmore-yegukanye-tour-du-rwanda-2024/) - Umwongereza ukinira Israel Pro-Tech yegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2024 ahita anegukana iri siganwa ryarimo riba ku nshuro ya 6 riri ku rwego rwa 2.1 Uyu munsi ni bwo hakinwaga agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2024 aho kwari ukuzenguruka Umujyi wa Kigali ku ntera y’ibilometero 73.3. Circuit ya mbere: - [AS Kigali yatsinze Police FC, Mashami Vincent akomeza kujya habi](https://umurengezi.com/as-kigali-yatsinze-police-fc-mashami-vincent-akomeza-kujya-habi/) - Igitego kimwe rukumbi cya AS Kigali cyatsinzwe na Shabani Hussein Tchabalala cyayihesheje intsinzi imbere ya Police FC, umutoza wa yo Mashami Vincent yuzuza imikino 6 yikurikiranya muri shampiyona adatsinda. Police FC yari yakiriye AS Kigali kuri Kigali Pelé Stadium saa 15h00’ mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona ya 2023-24. Iminota ya mbere y’umukino, - [Tour du Rwanda 2024: Umunya Israel yegukanye agace ka 7](https://umurengezi.com/tour-du-rwanda-2024-umunya-israel-yegukanye-agace-ka-7/) - Umunya-Israel Itamar Einhorn ukinira Israel Premier Tech ni we wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavuye Rukomo kugera Kayonza. Hakinwaga agace ka 7 ka Tour du Rwanda 2024, akaba ari ko gace kabanziriza aka nyuma kazakinwa ejo ndetse agace k’uyu munsi ni ko gace karekare muri iyi Tour du Rwanda aho ari - [Rudasingwa Prince wa Rayon Sports yavuye mu bitaro](https://umurengezi.com/rudasingwa-prince-wa-rayon-sports-yavuye-mu-bitaro/) - Muri Rayon Sports ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange bakiriye inkuru nziza ko rutahizamu wa Rayon Sports, Rudasingwa Prince wajyanywe kwa muganga atumva ubu ameze neza yasubiye mu rugo. Ubwo hakinwaga ukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24 wakinwe ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatanu - [Tour du Rwanda 2024: Blackmore yegukanye Agace ka Gatandatu](https://umurengezi.com/tour-du-rwanda-2024-blackmore-yegukanye-agace-ka-gatandatu/) - Umwongereza Peter Joseph Blackmore wa Israel Premier Tech yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2024 kuri Mont Kigali. Ni we uhise yambara umwambaro w'umuhondo kuko yarushwaga amasegonda abiri na Lecerf. Blackmore wasatiriye mu kilometero cya nyuma, yakoresheje amasaha abiri, iminota 12 n'amasegonda 14, anganya ibihe na Restrepo Jhonatan wa Polti-Kometa mu gihe - [Ese umusaruro mubi uri mu ikipe ya APR FC waba uterwa n'umutoza Thierry Froger ?](https://umurengezi.com/ese-umusaruro-mubi-uri-mu-ikipe-ya-apr-fc-waba-uterwa-numutoza-thierry-froger/) - Thierry Froger ni umufaransa utoza ikipe ya APR FC, ntabwo ari mu bihe byiza, ni nyuma y’uko ubu asigaye ahatanira igikombe kimwe rukumbi muri 6 yatangiye umwaka ahanze amaso. Iyo usubije amaso inyuma ukareba APR FC yari yahinduye gahunda yo gukinisha abanyarwanda gusa igasubira kuri gahunda y’abanyamahanga, usanga itaratanze ibikwiye bigendanye n’amazina yari yaguze. - [Tour du Rwanda 2024: Pierre Latour yegukanye agace ka gatanu](https://umurengezi.com/tour-du-rwanda-2024-pierre-latour-yegukanye-agace-ka-gatanu/) - Umufaransa Pierre Latour ukinira TotalEnergies yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2024 nyuma yo gukoresha iminota 23 n’amasegonda 31 Yakurikiwe n’Umubiligi William Junior Lecerf, wakoresheje iminota 24 n’amasegonda atanu, ahita yambara umwambaro w’umuhondo amaze gukoresha amasaha icyenda, iminota 47 n’amasegonda 39, arusha abiri Peter Joseph Blackmore wa Israel Premier Tech. Manizabayo Eric - [Dani Alves yakatiwe gufungwa](https://umurengezi.com/dani-alves-yakatiwe-gufungwa/) - Dani Alves wakiniye amakipe arimo FC Barcelone na Paris Saint-Germain, yakatiwe imyaka ine n’amezi atandatu nyuma yo guhamwa n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina. Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Gashyantare 2024, ni bwo uyu Munya-Brésil yagejejweho imyanzuro y’inteko iburanisha yo muri Espagne, aho yakoreye icyaha ashinjwa. Uru ni urubanza rwamaze iminsi itatu, aho - [Umunyezamu wa APR FC yasabye imbabazi abafana](https://umurengezi.com/umunyezamu-wa-apr-fc-yasabye-imbabazi-abafana/) - Umunyezamu wa APR FC, Pavelh Ndzila yasabye abakunzi b’iyi kipe nyuma gusezererwa na Gasogi United mu gikombe cy’Amahoro. Ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 21 Gashyantare 2024, APR FC yakinaga na Gasogi United mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro warangiye ari ubusa ku busa. Byabaye ngombwa ko bitabaza penaliti kuko n’umukino - [Peace Cup: Gasogi United isezereye APR FC](https://umurengezi.com/peace-cup-gasogi-united-isezereye-apr-fc/) - Gasogi United isezereye APR FC mu gikombe cy'amahoro iyitsinze penalty 4-3 , umukino abakinnyi ba APR FC bagaragajemo umunaniro ukomeye , ndetse no kwitakariza icyizere . Uyu mukino wari uwo kwishyura mu gikombe cy'amahoro, aho umukino ubanza amakipe yombi yari yanganyije 0-0, APR FC yari yagaruye rutahizamu wayo ngenderwaho Victoria Mbaoma, wari umaze igihe - [Tour du Rwanda 2024: William Lecerf niwe wegukanye agace ka kane](https://umurengezi.com/tour-du-rwanda-2024-william-lecerf-niwe-wegukanye-agace-ka-kane/) - Umubiligi William Junior Lecerf ukinira Soudal–Quick-Step Devo yegukanye Agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2024 ka Karongi-Rubavu kakinwe ku ntera y’ibilometero 93. Uyu mukinnyi w’imyaka 21 yatsindiye bagenzi be bari bake ku murongo nyuma y’umunsi wari ukomeye wuzuyemo gusatira kandi ku bakinnyi bakomeye. Pepijn Reinderink bakinana muri Soudal–Quick-Step aracyari mu mwambaro w’umuhondo - [Rayon Sports yageze muri 1/2 y’Igikombe cy’Amahoro](https://umurengezi.com/8739-2/) - Nyuma yo gutsinda ikipe ya Vision FC ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wa 1/4 mu Gikombe cy’Amahoro, Rayon Sports yahise ikatisha itike ya 1/2 muri iri rushanwa. Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium Saa Cyenda z’amanywa. Abakunzi ba Rayon Sports ndetse n’ab’umupira w’Amaguru muri rusange, ntibari benshi kuri uyu mukino. Ikipe - [Umunya-Colombia yegukanye agace karekare la Tour du Rwanda 2024](https://umurengezi.com/umunya-colombia-yegukanye-agace-karekare-la-tour-du-rwanda-2024/) - Umunya-Colombia Jhonatan Restrepo Valencia ukinira ikipe ya Polti-Kometa ni we wegukanye agace 3 Tour du Rwanda 2024 ka Huye-Rusizi. Uyu munsi hakinwaga umunsi wa gatatu wa Tour du Rwanda 2024 mu gace kava Huye mu Mujyi kerekeza i Rusizi ku ntera y’ibilometero 140,3. Agace k’ejo kari kegukanywe n’Umunya-Israel w’imyaka 26 ukinira Israel-Premier Tech ayo - [Basketball: APR BBC yerekeje muri Qatar mu mwiherero wo kwitegura BAL 2024](https://umurengezi.com/basketball-apr-bbc-yerekeje-muri-qatar-mu-mwiherero-wo-kwitegura-bal-2024/) - APR BBC yerekeje muri Qatar aho igiye mu mwiherero w’iminsi icumi wo kwitegura imikino ya BAL 2024 izakinirwa i Dakar muri Sénégal guhera tariki 4 kugeza 12 Gicurasi 2024. Ikipe y’Ingabo yerekeje muri Qatar mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 19 Gashyantare 2024 saa tatu n’igice z’ijoro. Umutoza Wungirije wa APR BBC, Nkusi - [" Kalisa Rashid yaduhaye mupira utangaje" Umutoza wa Rayon Sports Julien Mette](https://umurengezi.com/kalisa-rashid-yaduhaye-mupira-utangaje-umutoza-wa-rayon-sports-julien-mette/) - Umufaransa utoza Rayon Sports, Julien Mette yishimiye bikomeye Kalisa Rashid uburyo yakinnyemo bigatuma Rayon Sports ikura amanota i Ngoma. Rayon Sports ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, Rayon Sports yari yasuye Etoile del’Est mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24. Rayon Sports ikaba yaraje gutsinda uyu - [Ivan Minnaert yagizwe umutoza mushya wa Gorilla FC](https://umurengezi.com/ivan-minnaert-yagizwe-umutoza-mushya-wa-gorilla-fc/) - Umubiligi, Ivan Jacky Minnaert yagizwe umutoza mushya wa Gorilla FC, asimbuye Gatera Moussa wasezerewe ku Cyumweru nyuma yo gutsindwa imikino itanu yikurikiranya. Minnaert wari umaze iminsi ari mu Rwanda ashaka akazi yagiye avugana n’amakipe atandukanye arimo AS Kigali yagahaye Umunye-Congo, Guy Bukasa na Rayon Sports yagahaye Umufaransa Julien Mette. Uyu mutoza asanzwe azi neza - [Tour du Rwanda 2024: Umubiligi Jonathan Vervenne yambaye umwambaro w’umuhondo](https://umurengezi.com/tour-du-rwanda-2024-umubiligi-jonathan-vervenne-yambaye-umwambaro-wumuhondo/) - Umubiligi Jonathan Vervenne w’imyaka 20, ukinira Soudal Quick-Step Devo Team yambaye umwambaro w’umuhondo ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda, ni nyuma y’uko ikipe ye ari yo yegukanye agace ka mbere ka yo. Uyu munsi ni bwo isiganwa rizenguruka igihugu rya Tour du Rwanda rya 2024 ryatangiye, rikaba ari inshuro ya 16 ririmo - [Ese Gatera Moussa ntiyaba yicariye inkono ishyushye muri Gorilla Fc?](https://umurengezi.com/ese-gatera-moussa-ntiyaba-yicariye-inkono-ishyushye-muri-gorilla-fc/) - Umutoza w’Ikipe ya Gorilla, Gatera Moussa ari ku gitutu ku buryo igihe icyo ari cyo cyose ashobora kwirukanwa nyuma yo gutsindwa imikino itanu yikurikiranya ya Shampiyona. Gorilla FC yari yatangiye nabi Shampiyona aho yakinnye imikino irindwi ya mbere itarabona intsinzi, yatsinze Amagaju FC igitego 1-0 ku munsi wa munani tariki 22 Ukwakira 2023 ari - [Ni iki imibare ivuga kuri Tour du Rwanda 2024?](https://umurengezi.com/ni-iki-imibare-ivuga-kuri-tour-du-rwanda-2024/) - Guhera ku Cyumweru tariki ya 18 kugeza ku ya 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hazabera isiganwa rizenguruka igihugu "Tour du Rwanda" rigiye kuba ku nshuro yaryo ya 16 kuva ribaye mpuzamahanga. Ni isiganwa rya gatandatu rigiye kuba riri ku rwego rwa 2.1, bikaba ku nshuro ya mbere ryitezwemo abakinnyi 100 kuko hazitabira amakipe 20. - [Basketball: REG BBC na Patriots BBC zitwaye neza ku Munsi wa Kabiri wa shampiyona](https://umurengezi.com/basketball-reg-bbc-na-patriots-bbc-zitwaye-neza-ku-munsi-wa-kabiri-wa-shampiyona/) - Ikipe ya REG BBC yatsinze United Generation Basketball amanota 86-64,naho Patriots BBC itsinda Orion BBC amanota 92-65 mu mikino y’Umunsi wa Kabiri wa Shampiyona ya Basketball. Iyi mikino yombi yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki 16 Gashyantare 2024, muri Lycée de Kigali. Umukino wa REG BBC na UGB watangiye wihuta cyane, amakipe - [BAL 2024: APR BBC yisanze mu itsinda rimwe na US Monastir](https://umurengezi.com/bal-2024-apr-bbc-yisanze-mu-itsinda-rimwe-na-us-monastir/) - APR BBC ihagarariye u Rwanda mu Irushanwa Nyafurika rya Basketball (Basketball Africa League/BAL) yisanze mu itsinda rimwe na US Monastir yo muri Tunisia mu mikino y’amajonjora ya BAL 2024 ateganyijwe tariki 4 kugeza 12 Gicurasi 2024, i Dakar muri Sénégal. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya kane hazakinwa imikino 48 ibere mu mijyi - [Kylian Mbappé yamenyesheje PSG ko azagenda mu mpeshyi](https://umurengezi.com/kylian-mbappe-yamenyesheje-psg-ko-azagenda-mu-mpeshyi/) - Kylian Mbappé yabwiye Perezida wa Paris Saint-Germain, Nasser Al-Khelaïfi, ko yifuza kuyisohokamo mu mpera z’umwaka w’imikino wa 2023-2024 ubwo amasezerano ye azaba arangiye. Ibi byatangajwe n’Ikinyamakuru gikomeye cyo mu Bufaransa, Le Parisien, kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Gashyantare 2024, kivuga ko Perezida wa PSG yamaze kumenyeshwa n’uyu mukinnyi ko ari hafi kugenda. - [Umusifuzi wakubiswe na Ndizeye Samuel arabogoza](https://umurengezi.com/umusifuzi-wakubiswe-na-ndizeye-samuel-arabogoza/) - Umusifuzi wo ku ruhande Nsabimana Patrick wakubiswe na myugariro wa Police FC Ndizeye Samuel, yatangaje ko kugeza ubu nta kintu Ferwafa yigeze imufasha ngo ikurikirane ibijyanye no kwivuza kwe . Hari tariki ya 14 Mutarama, mu mukino w’Umunsi wa 16 wa Shampiyona, aho Sunrise FC yatsinze Police FC ibitego 2-1 kuri Stade ya Nyagatare. - [Amakipe 39 niyo azitabira icyiciro cya Gatatu](https://umurengezi.com/amakipe-39-niyo-azitabira-icyiciro-cya-gatatu/) - Shampiyona y’Icyiciro cya Gatatu iteganyijwe gutangira mu mpera z’icyumweru, izitabirwa n’amakipe 39 aho kuba 57 nk’umwaka ushize w’imikino. Ni ku nshuro ya kabiri iki cyiciro kigiye gukinwa, aho hazaba hashakwa ikipe zizajya mu Cyiciro cya Kabiri nyuma ya Tsinda Batsinde na City Boys zabikoze umwaka ushize. Shampiyona ishize yari yitabiriwe n’amakipe 53 ariko - [Umutoza Jackson Mayanja yongereye amasezerano muri Sunrise Fc](https://umurengezi.com/umutoza-jackson-mayanja-yongereye-amasezerano-muri-sunrise-fc/) - Ikipe ya Sunrise FC yongereye amasezerano y’imyaka ibiri Umutoza Jackson Mayanja ukomeje kuyifasha kwitwara neza muri shampiyona. Hari tariki 1 Ugushyingo 2023 nibwo Mayanja yagizwe umutoza wa Sunrise FC asimbuye Muhire Hassan wari umaze kwirukanwa kubera umusaruro mubi. Uyu mutoza yafashe iyi kipe ku munsi wa 10 wa shampiyona aho yari ku mwanya wa - [FIFA: Amavubi yagumye k'umwanya yari ariho ku rutonde rwa FIFA](https://umurengezi.com/fifa-amavubi-yagumye-kumwanya-yari-ariho-ku-rutonde-rwa-fifa/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda "Amavubi" yagumye ku mwanya wa 133 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) Ikipe y’u Rwanda yari yasoje umwaka wa 2023 iri kuri uyu mwanya nyuma yo kwitwara neza mu mikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, yabaye mu Ugushyingo. Urutonde rwashyizwe hanze n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku - [Kigali International Peace Marathon yazamuwe mu ntera](https://umurengezi.com/kigali-international-peace-marathon-yazamuwe-mu-ntera/) - Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino Ngororamubiri ku Isi (IAAF), ryazamuriye urwego isiganwa mpuzamahanga ryo ku maguru “Kigali International Peace Marathon" ririshyira ku rwego rwa gatatu rw’amarushanwa akomeye ku Isi ’Global Elite Label Status’. Iri siganwa ryazamuriwe urwego hashingiwe ku mitegurire myiza, ihangana, kwitabirwa n’abakinnyi bakomeye ku Isi, gukurikiza neza amategeko n’amabwiriza ndetse no gushyira imbaraga mu - [Rayon Sports yatandukanye na Luvumbu](https://umurengezi.com/rayon-sports-yatandukanye-na-luvumbu/) - Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko ku bwumvikane bw’impande zombi batandukanye na Rutahizamu w’Umunyekongo Héritier Nzinga Luvumbu. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 13 Gashyantare 2024, ni bwo Rayon Sports FC yasohoye itangazo rigaragariza abakunzi bayo ko itakiri kumwe n’uyu rutahizamu. Iri tangazo ryasohotse nyuma y’umukino w’umunsi wa 20 wa - [Police FC yasabye FERWAFA gukurikirana umusifuzi Uwikunda Samuel](https://umurengezi.com/police-fc-yasabye-ferwafa-gukurikirana-umusifuzi-uwikunda-samuel/) - Police FC yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, isaba ko yakurikirana umusifuzi Uwikunda Samuel kubera amakosa 3 yakoze bigatuma itakaza umukino wa Rayon Sports. Hari mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabaye ku Cyumweru tariki ya 11 Gashyantare 2024 muri Kigali Pelé Stadium warangiye Rayon Sports itsinze - [FERWAFA yahagaritse Héritier Luvumbu wa Rayon Sports amezi atandatu](https://umurengezi.com/ferwafa-yahagaritse-heritier-luvumbu-wa-rayon-sports-amezi-atandatu/) - Uyu rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yahagaritswe amezi atandatu na FERWAFA ndetse ntiyakoranye imyitozo na bagenzi be bitegura umukino wa kimwe cya kane cy’Igikombe cy’Amahoro uteganyijwe ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare. Ikipe ya Rayon Sports yakoreye imyitozo mu Nzove ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri aho abakinnyi bose - [Ese ikimenyetso Luvumbu yakoze yishimira intsinzi gisobanuye iki?](https://umurengezi.com/ese-ikimenyetso-luvumbu-yakoze-yishimira-intsinzi-cyateje-gisobanuye-iki/) - Ejo ku Cyumweru tariki 11 Gashyantare 2024, ku munsi wa 20 wa shampiyona yo mu Rwanda, ikipe ya Rayon Sport yatsinze Police FC 2-1, ariko ibibazo byahise bivuka nyuma y’ikimenyetso cyateje impagarara kuko siporo yavanzwe na Politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ku munota wa 53, Rayon Sports yafunguye amazamu kuri - [Abakinnyi ba Kiyovu Sports barabogoza kubera kudahembwa](https://umurengezi.com/abakinnyi-ba-kiyovu-sports-barabogoza-kubera-kudahembwa/) - Inzara iranuma mu ikipe ya Kiyovu Sports, ni nyuma y’uko abakinnyi bamaze amezi ane badahembwa. Nubwo ikipe irimo itsinda muri iyi minsi ariko ntabwo ibintu byifashe neza mu ikipe yambara ibara ry’Icyatsi n’umweru kuko ubukene buyigeze habi. Amakuru ikinyamakuru UMURENGEZI.COM cyamenye ni uko ubu ikipe ya Kiyovu Sports yinjiye mu kwezi kwa Kane itarahembwa - [Handball: Kiziguro SS yisubije igikombe cy’Irushanwa ry’Intwali](https://umurengezi.com/handball-kiziguro-ss-yisubije-igikombe-cyirushanwa-ryintwali/) - Ikipe y’Ishuri ryisumbuye rya Kiziguro (Kiziguro Secondary School) ryo mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, yegukanye Irushanwa ryo kwizihiza no kuzirikana Intwali z’u Rwanda ku nshuro ya 30. Iri Rushanwa ry’Iminsi ibiri, ryaraye risorejwe ku Kibuga cy’Ikigo cy’Urubyiruko cya Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Kiziguro SS yatsinze ku mukino - [Nyuma yo kuva habi Côte d’Ivoire yegukanye CAN 2023](https://umurengezi.com/nyuma-yo-kuva-habi-cote-divoire-yegukanye-can-2023/) - Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye Igikombe cya Afurika cya 2023 nyuma yo gutsinda iya Nigeria ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma wakinwe ku Cyumweru, tariki ya 11 Gashyantare 2024, kuri Stade Alassane Ouattara d’Ébimpé. Uyu mukino witabiriye n’abanyacyubahiro batandukanye nka Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara na madamu; Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku - [Rayon Sports yatsinze Police FC ikomeza kwegera APR FC](https://umurengezi.com/rayon-sports-yatsinze-police-fc-ikomeza-kwegera-apr-fc/) - Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona, igabanya ikinyuranyo cy’amanota irushwa na APR FC ya mbere ku rutonde. Uyu mukino wabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 11 Gashyantare 2024, kuri Kigali Pele Stadium. Mu mukino uryoheye ijisho amakipe yombi yatangiye asatirana ku mpande - [Basketball : Patriots BBC yatangiye neza shampiyona](https://umurengezi.com/basketball-patriots-bbc-yatangiye-neza-shampiyona/) - Patriots BBC yatsinze Tigers BBC amanota 84-67 mu mukino usoza iy’umunsi wa mbere wa shampiyona ya Basketball wabereye muri Lycée de Kigali ku Cyumweru, tariki 11 Gashyantare 2024. Ni umukino wari ufitiwe amatsiko na benshi kuko Patriots BBC kuva yasoza shampiyona ishize muri Kanama yatuje cyane abantu ntibongera kuyica iryera. Uyu mukino watangiye wegeranye - [Bugesera FC yatsinze Gasogi United ibifashijwemo na Ani Elijah](https://umurengezi.com/bugesera-fc-yatsinze-gasogi-united-ibifashijwemo-na-ani-elijah/) - Uyu rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, yinjije ibitego bitatu wenyine ku mukino wayihuje na Gasogi United FC, warangiye ari 3-2, ihita iva munsi y’umurongo utukura w’amakipe agomba kumanuka. Aya makipe yombi yahuriye ku mukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri iki Cyumweru, tariki ya 11 Gashyantare - [Basketball : APR na REG BBC zitwaye neza mu mikino yambere](https://umurengezi.com/basketball-apr-na-reg-bbc-zitwaye-neza-mu-mikino-yambere/) - Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Basketball ya 2024, yatangiye ejo hashize aho APR BBC na REG BBC zatangiye neza zitsinda imikino ya zo. Ni shampiyona yatangiye ku mugoroba w’ejo hashize ku wa Gatanu tariki ya 9 Gashyantare 2024 hakaba haraye habaye imikino 2 gusa uwa REG BBC na Inspired Generation n’uwa APR BBC na - [Ikipe ya Rayon Sports yashimiye Rwatubyaye Abdul](https://umurengezi.com/ikipe-ya-rayon-sports-yashimiye-rwatubyaye-abdul/) - Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yamaze gutandukana na myugariro Rwatubyaye Abdul wamaze gusubira muri FK Shkupi yo muri Macedonia ya Ruguru. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko "Abdul Rwatubyaye yerekeje byemewe n’amategeko mu kipe ya FK Shkupi yo muri Macedoia". Rwatubyaye wagiye aguzwe, akaba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo - [FERWAFA yahagaritse Ndizeye Samuel wa Police FC amezi Atandatu](https://umurengezi.com/ferwafa-yahagaritse-ndizeye-samuel-wa-police-fc-amezi-atandatu/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryahagaritse myugariro wa Police FC, Ndizeye Samuel amezi 6 kubera gukubita umusifuzi. Ni mu itangazo yasohoye, FERWAFA yagize iti "Nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Sunrise FC na Police FC, aho bwana Ndizeye Samuel yasagariye umusifuzi nk’uko na we yabyiyemereye;" "Komisiyo yigenga ishinzwe imyitwarire, yamaze guhanisha Bwana - [Perezida wa FIFA yashyize umucyo ku irondaruhu muri ruhago](https://umurengezi.com/perezida-wa-fifa-yashyize-umucyo-ku-irondaruhu-muri-ruhago/) - Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino yavuze ko mu mezi atatu ibikorwa by’irondaruhu biri muri ruhago bigomba kuba byashyizweho akadomo, bitewe n’ibihano bikakaye biri gushyirwaho. Ibi yabitangarije mu Nteko Rusange y’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago i Burayi (UEFA) yateranye ku wa 8 Gashyantare 2024, i Paris mu Bufaransa. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye - [Perezida wa UEFA, yatangaje ko atazongera kwiyamamaza mu 2027](https://umurengezi.com/perezida-wa-uefa-yatangaje-ko-atazongera-kwiyamamaza-mu-2027/) - Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi (UEFA), Aleksander Čeferin ukomoka muri Slovenia, yatangaje ko atazongera kwiyamamariza kuyobora iyi mpuzamashyirahamwe ubwo azaba arangije manda ye mu 2027. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 8 Gashyantare, mu kiganiro n’abanyamakuru i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa ahaberaga Inteko Rusange y’Ishyirahamwe rya Ruhago i Burayi - [Ese ikipe ya Rayon Sports yaba yaramaze gutandukana n'umutoza wayo Mohamed Wade?](https://umurengezi.com/ese-ikipe-ya-rayon-sports-yaba-yaramaze-gutandukana-numutoza-wayo-mohamed-wade/) - Umutoza w’Umunya-Mauritania, Mohamed Wade watozaga ikipe ya Rayon Sports, ntakiri mu mibare y’iyi kipe n’ubwo nta werura ngo abyemeze. Mu mwaka ushize wa 2023 mu kwezi kwa Kanama, ni bwo ikipe ya Rayon Sports yahaye akazi Mohamed Wade nk’uwari umutoza wari wungirije Yamen Zelfani utaratinze muri iyi kipe. Nyuma yo gutandukana na Yamen kubera - [Tennis : U Rwanda rugiye kwakira irushanwa mpuzamanga rya ATP Challenger 50 Tour, ryitabirwa n’ibihangange](https://umurengezi.com/tennis-rwanda-rugiye-kwakira-irushanwa-mpuzamanga-rya-atp-challenger-50-tour-ryitabirwa-nibihangange/) - Bwa mbere mu mateka y’ibihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara, u Rwanda rugiye kwakira irushanwa mpuzamanga rya ATP Challenger 50 Tour, ryitabirwa n’ibihangange. Iri rushanwa rigiye kuba ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo, Federasiyo y’umukino wa Tennis mu Rwanda ndetse n’impuzamashyirahamwe y’abakinnyi babigize umwuga ku Isi (ATP), aho ibihugu bisaga 14 bitegerejwe mu rw’imisozi - [APR FC yanyagiye Marines FC 5-2](https://umurengezi.com/apr-fc-yanyagiye-marines-fc-5-2/) - APR FC yatsinze Marines FC ibitego 5-2 igumya kwanikira Rayon Sports yashimangiye umwanya wa kabiri itsinda Amagaju. Kuri uyu wa Gatatu nibwo hakinwe imikino 3 muri 4 y’ikirarane cy’umunsi wa 18 cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24. Musanze FC yari yasuye Sunrise FC kuri Golgotha Stadium ndetse amakipe yombi - [Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo muri Basketball izitabirwa n'amakipe 10](https://umurengezi.com/shampiyona-yicyiciro-cya-mbere-mu-bagabo-muri-basketball-izitabirwa-namakipe-10/) - Ku wa Gatanu, tariki 9 Gashyantare 2024 ni bwo izatangira ikazakinwa n’amakipe 10 avuye kuri 12. Iimikino myinshi, izajya ibera ku bibuga bya LDK ndetse na Kepler, izaba irimo amakipe abiri mashya mu cyiciro cya mbere ari yo; Inspired generation na Kepler. Amakipe 10 azitabira shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda muri Basketall ni; - [Espagne : Dani Alves yatangiye kuburana icyaha cyo gufata kungufu](https://umurengezi.com/espagne-dani-alves-yatangiye-kuburana-icyaha-cyo-gufata-kungufu/) - Dani Alves wahoze ari umukinnyi w’umupira w’amaguru wakiniye Barcelona na Brazil, yagejejwe mu rukiko muri Espagne ku wa mbere ashinjwa gufata ku ngufu umugore mu kabyiniro. Alves, w’imyaka 40, amaze umwaka urenga ari muri gereza atemerewe gutanga ingwate ngo arekurwe by’agateganyo, kuva ibyo ashinjwa byaba mu Kuboza (12) mu 2022. Ashobora gufungwa imyaka 12 - [Rwatubyaye Abdul yabwiye Abanyarwanda kwiga kureba ibibareba](https://umurengezi.com/rwatubyaye-abdul-yabwiye-abanyarwanda-kwiga-kureba-ibibareba/) - Kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul mu mvugo ikakaye yabwiye Abanyarwanda ko bakwiye umuntu ugomba kubigisha kureba ibibareba. Ni nyuma y’uko avuye mu Rwanda yerekeza muri Turikiya mu ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia aho irimo gukorerayo imyitozo. Uyu mukinnyi yagiye mu buryo butavugwaho rumwe aho n’ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemereye itangazamakuru ko - [“Amahirwe masa kuri Salomon Banga Bindjeme aho agiye gukomereza urugendo" - APR FC](https://umurengezi.com/amahirwe-masa-kuri-salomon-banga-bindjeme-aho-agiye-gukomereza-urugendo-apr-fc/) - Ikipe ya APR FC yatangaje ko myugariro w’Umunya-Cameroun, Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme II, wayikiniraga yamaze gutandukana na yo, yerekeza muri Al-Shorta SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Iraq. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Gashyantare 2024, ni bwo APR FC yasezeye kuri uyu mukinnyi wagiye agurishijwe ndetse - [CAN 2023: Ishyirahamwe rya Ruhago muri Nigeria (NFF) ryatangaje impungege kuri Victor Osimhen](https://umurengezi.com/can-2023-ishyirahamwe-rya-ruhago-muri-nigeria-nff-ryatangaje-impungege-kuri-victor-osimhen/) - Rutahizamu wa Nigeria, Victor Osimhen, wari inkingi ya mwamba mu bakinnyi izitabaza ku mukino wa ½ w’Igikombe cya Afurika uzayihuza na Afurika y’Epfo ashobora kutagaragara ku mukino kubera uburwayi bw’igifu. Ibi byatangajwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Nigeria (NFF) mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki ya 5 Gashyantare, ryemeza ko uyu mukinnyi atigeze ahagurukana - [Nyuma yo kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso Henok Mulubrhan ntakitabiriye Tour du Rwanda 2024](https://umurengezi.com/nyuma-kubagwa-igufa-ryurutugu-rwibumoso-henok-mulubrhan-ntakitabiriye-tour-du-rwanda-2024/) - Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan wegukanye Tour du Rwanda 2023 ndetse wari witezweho kwitabira irushanwa ry’uyu mwaka, agiye kumara ibyumweru bitatu adakina nyuma kubagwa igufa ry’urutugu rw’ibumoso. Henok Mulubrhan ukinira Ikipe ya Astana Qazaqstan aheruka kwerekezamo ku masezerano y’imyaka ibiri, yakoze impanuka ku wa Gatanu, tariki ya 2 Gashyantare, ubwo yagwaga hamwe n’abandi benshi mu isiganwa - [Samuel Eto’o uyobora Ruhago ya Cameroun yangiwe kwegura](https://umurengezi.com/samuel-etoo-uyobora-ruhago-ya-cameroun-yangiwe-kwegura/) - Umunyabigwi akaba na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun, Samuel Eto’o, yatanze ibaruwa yegura kuri uwo mwanya ariko icyemezo cye giteshwa agaciro n’abagize komite nyobozi bamugaragarije ko bakimufitiye icyizere. Samuel Eto’o wabaye Umukinnyi Mwiza wa Afurika inshuro enye, yashinjwe imyitwarire imibi, kugena ibiva mu mikino na ruswa. Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroun ryatangaje ko - [CAN 2023: Côte d’Ivoire izaba idafite abakinnyi bane mu mukino izakina na Congo Kinshasa](https://umurengezi.com/can-2023-cote-divoire-izaba-idafite-abakinnyi-bane-mu-mukino-izakina-na-congo-kinshasa/) - Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire ifite ihurizo rikomeye mbere yo guhura na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma yo gutakaza abakinnyi bane barimo n’abayitsindiye mu mukino uheruka. Ku wa Gatatu, tariki ya 7 Gashyantare 2024, ni bwo muri Côte d’Ivoire hateganyijwe imikino ya ½ cy’Irushanwa ry’Igikombe cya Afurika harimo n’uzahuza iki gihugu na - [Menya indwara itera ububabare bw’amabere yitwa Mistitis](https://umurengezi.com/menya-indwara-itera-ububabare-bwamabere-yitwa-mistitis/) - Mastitis ni indwara ifata amabere agahinda umuriro ndetse akagira ububabare bukabije, ikunze kwibasira ababyeyi bakibyara mu mezi atatu ya mbere kandi ishobora no gutera udukoko (bacteria) amabere akazana ibisebe. Nubwo mastitis ikunze kugaragara ku babyeyi bonsa n’abakobwa bashobora kuyirwara nubwo bidakunze kubaho. Urubuga Claverland clinic.org rutangaza ko mastitis yibasira 10% by’abagore bonsa muri Amerika - ["Ndahamya ko urubyiruko rubyiruka ubu ari abafana ba APR FC"- Col Karasira](https://umurengezi.com/ndahamya-ko-urubyiruko-rubyiruka-ubu-ari-abafana-ba-apr-fc-chairman-wa-apr-fc-col-karasira-richard/) - Chairman wa APR FC, Col Karasira Richard, yavuze ko Ikipe y’Ingabo z’Igihugu ayoboye irusha Rayon Sports abafana, ahereye ku bana babyiruka ndetse n’umubare w’abinjira ku bibuga bitandukanye. Col Karasira yabigarutseho ubwo APR FC yari imaze gutsinda Musanze FC ibitego 3-1 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona, iyobora n’amanota 39, irusha amanota atandatu amakipe - [Chris Froome ,Henok na Merhawi Kudus ibihangange bizitabira Tour du Rwanda 2024](https://umurengezi.com/chris-froome-henok-na-merhawi-kudus-ibihangange-bizitabira-tour-du-rwanda-2024/) - Umwongereza Chris Froome wegukanye Tour de France inshuro enyen'abanya-Eritrea Merhawi Kudus na Henok Mulubrahan begukanye Tour duRwanda muri 2019 na 2023 , bari mu bakinnyi bakomeye bazitabira Tour du Rwanda 2024 ibura ibyumweru bibiri ngo itangire kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 25 Gashyantare. Mu gihe habura iminsi mike ngo iri rushanwa rizenguruka igihugu - [Ikipe ya APR FC itsindiye Musanze FC iwayo ikomeza kuyobora shampiyona](https://umurengezi.com/ikipe-ya-apr-fc-itsindiye-musanze-fc-iwayo-ikomeza-kuyobora-shampiyona/) - Ikipe ya APR FC yatsinze Musanze FC ibitego 3-1 mumukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona, ikomeza kongera ikinyuranyo cy’amanota ku makipe ayikurikira ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona. Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki 4 Gashyantare 2024, kuri Sitade Ubworoherane mu Karere ka Musanze. Mu mukino uryoheye ijisho amakipe yombi yatangiye asatirana ku mpande - ["Ndumva nishimiye cyane kuba hano i Burayi kongera gutangira ibyo ntarangije."- Rwatubyaye Abdul](https://umurengezi.com/ndumva-nishimiye-cyane-kuba-hano-i-burayi-kongera-gutangira-ibyo-ntarangije-rwatubyaye-abdul/) - Rwatubyaye Abdul yaciye amarenga ko yamaze gutandukana na Rayon Sports asubira muri FC Shkupi yo muri Macedonia. Uyu myugariro usanzwe ari kapiteni wa Rayon Sports yari yayigarutsemo muri Kanama 2022 ayisinyira imyaka 2 avuye muri FC Shkupi. Ubwo yari agarutse yavuze ko ari we wasabye iyi kipe ya FC Shkupi kuba yamurekura akajya gushaka - [Ese ubundi igikorwa cyo kwinjirana abana mu kibuga ku bakinnyi b’umupira w’amaguru gikomoka he?](https://umurengezi.com/ese-ubundi-igikorwa-cyo-kwinjirana-abana-mu-kibuga-ku-bakinnyi-bumupira-wamaguru-gikomoka-he/) - Ushobora kuba uri umukunzi w’umupira w’amaguru ukaba kandi ukunda kubona mbere y’umukino amakipe yinjirana n’abana bato mu kibuga, bakaririmba indirimbo yuhariza igihugu cyangwa ikipe runaka. Birashoboka ko wibaza impamvu n’inkomoko yabyo, ari nayo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru. Mu busanzwe aba bana bitwa ‘Player Escort’ cyangwa ‘match mascot’. Bagomba kuba bari hagati y’imyaka itandatu - [CAN 2023: Abasifuzi bayoboye umukino wa Sénégal na Côte d’Ivoire bahawe ibihano](https://umurengezi.com/can-2023-abasifuzi-bayoboye-umukino-wa-senegal-na-cote-divoire-bahawe-ibihano/) - Abasifuzi basifuye umukino wa ⅛ mu Gikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Côte d’Ivoire bahagaritswe muri iri rushanwa nyuma y’amakosa akomeye yawugaragayemo ntibayiteho. Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire yatsinze iya Sénégal kuri penaliti 5-4 nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu mukino wagaragayemo amakosa menshi yashoboraga kugira ibyo ahindura. Wari umukino wasifuwe n’Umunya-Gabon, Atcho Pierre, - [Manishimwe Djabel yerekeje muri Iraq](https://umurengezi.com/manishimwe-djabel-yerekeje-muri-iraq/) - Manishimwe Djabel waherukaga gutandukana na USM Khenchela yo muri Algeria, yatangajwe n’umukinnyi mushya wa Al-Quwa Al-Jawiya yo muri Iraq. Ku wa 1 Gashyantare 2024 ni bwo USM Khenchela yo muri Algeria yatangaje ko yatandukanye n’abakinnyi barimo na Manishimwe Djabel wari wayinjiyemo muri Nzeri 2023. Ku rundi ruhande, nyuma y’iminsi ibiri gusa, tariki ya 3 - [“Ntabwo byagenze neza kubera umutoza n’ubuzima bwa hariya bwarananiye" -Shabani Hussein Tchabalala](https://umurengezi.com/ntabwo-byagenze-neza-kubera-umutoza-nubuzima-bwa-hariya-bwarananiye-shabani-hussein-tchabalala/) - Rutahizamu Shabani Hussein Tchabalala yatangaje ko ubuzima bwo muri Libya bwamubuzaga kwisanzura n’ibibazo yagiranye n’umutoza aribyo byatumye atandukana na Al Ta’awon SC yo muri iki gihugu. Muri Kanama 2024 nibwo Tchabalala yerekeje muri Al Ta’awon SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Libya, asanzeyo Haruna Niyonzima wamuranze. Nyuma y’amezi ane gusa, uyu rutahizamu yatandukanye - [Sitting Volleyball : Ikipe y’Igihugu y’Abagabo yabuze amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-ikipe-yigihugu-yabagabo-yabuze-amahirwe-yo-kugera-ku-mukino-wa-nyuma/) - Ikipe y’Igihugu y’Abagabo mu mukino wa Sitting Volleyball yabuze amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma wa Shampiyona Nyafurika ndetse inzozi zo gukina Imikino Paralempike ya Paris 2024 zigera ku iherezo nyuma yo gutsindwa na Maroc amaseti 3-2 ku wa Gatanu. Muri iri rushanwa ririmo kubera i Lagos muri Nigeria, u Rwanda rwasabwaga gutsinda - [Chelsea yasinyanye amasezerano yo kwamamaza Zanzibar](https://umurengezi.com/chelsea-yasinyanye-amasezerano-yo-kwamamaza-zanzibar/) - Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yamaze gusinyana amasezerano na Zanzibar yo kwamamaza ubukerarugendo bw’iki kirwa cyo muri Afurika y’Iburasirazuba. Zanzibar ni kimwe mu birwa byo muri Afurika biteye imbere mu byiza nyaburanga bishobora gukurura ba mukerarugendo baturutse mu bice bitandukanye by’Isi. Iyi ni imwe mu mpamvu zatumye abayobozi by’umwihariko abashinzwe ubucuruzi muri Chelsea - ["Ubugabo butisubiyeho bubyara Ububwa", KNC yisubiyeho ku mwanzuro wo gusesa Gasogi](https://umurengezi.com/ubugabo-butisubiyeho-bubyara-ububwa-knc-yisubiyeho-ku-mwanzuro-wo-gusesa-gasogi/) - Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), yisubiyeho ku cyemezo cyo gukura Ikipe ye ya Gasogi United muri muri ruhago y’u Rwanda kubera ibiwukorerwamo yise “umwanda”. Ibi yabyemeje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024, ubwo yagiranaga ikiganiro na Radio One abereye umuyobozi. Mu nama iherutse kuba ku wa Gatatu, tariki - [Police FC yegukanye igikombe cy’Intwari 2024 mu mukino wabayemo imvururu](https://umurengezi.com/police-fc-yegukanye-igikombe-cyintwari-2024/) - Mu mukino waranzwe n’imvururu mu minota ya nyuma, Police FC yegukanye igikombe cy’Intwari itsinze APR FC ibitego 2-1. APR FC ni yo yari yahuye na Police FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari cya 2024, akaba ari umukino ukunda korohera APR FC cyane. Mu mikino 19 bari bamaze guhura mu myaka 9 itambutse, Police FC - [Sitting Volleyball: Amakipe y'igihugu yageze muri 1/2](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-amakipe-yigihugu-yageze-muri-1-2/) - Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu Bagabo bakina Sitting Volleyball yatsinze Libya ndetse iy’Abagore na yo itsinda iya Nigeria zombi zihita zibona itike yo gukina ½ muri Shampiyona Nyafurika ya Sitting Volleyball. Kuri uyu wa Kane, tariki 1 Gashyantare 2024, ni bwo amakipe y’u Rwanda yagombaga gukina imikino ibiri ku bagore n’umwe ku bagabo anayahesha - [Heroes Cup Final: AS Kigali WFC yigaranzuye Rayon Sports WFC](https://umurengezi.com/heroes-cup-final-as-kigali-wfc-yigaranzuye-rayon-sports-wfc/) - Igitego cya Ukwinkunda Jeannette, cyafashije AS Kigali WFC gutsinda Rayon Sports WFC yegukana Igikombe cy’Intwari. Uyu mukino wo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu, wabaye ku wa 1 Gashyantare 2024, saa Cyenda muri Kigali Pelé Stadium. Uyu mukino wakereweho iminota 16 kubera ko abakinnyi ba AS Kigali; Umurundikazi, Niyomwungeri Peace Olga n’Umunya-Gabon, Nguema Odette, Rayon - [Twitege iki ku ikipe ya Police fc igiye guhura na Apr fc mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari?](https://umurengezi.com/twitege-iki-ku-ikipe-ya-police-fc-igiye-guhura-na-apr-fc-mukino-wa-nyuma-wigikombe-cyintwari/) - Harabura amasaha make rukambikana hagati ya APR FC na Police FC mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari, ni mu gihe mu bagore ugomba guhuza abakeba AS Kigali na Rayon Sports. Buri tariki ya 1 Gashyantare, u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, kuri iyi nshuro ni umunsi wizihizwa ku nshuro ya 30. Ku bufatanye - [Manishimwe Djabel byanze muri Algeria](https://umurengezi.com/manishimwe-djabel-byanze-muri-algeria/) - Ikipe ya USM Khenchela yo muri Algeria yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 3 barimo n’umunyarwanda Manishimwe Djabel. Ni nyuma y’amezi 4 gusa uyu mukinnyi ukina inyuma ya ba rutahizamu asinyiye iyi kipe yo mu cyiciro cya mbere muri Algeria. Manishimwe Djabel yinjiye muri USM Khenchela mu mpera za Nzeri 2023 avuye muri Mukura Victory - [Umukino wa APR na Police wahawe abasifuzi mpuzamahanga](https://umurengezi.com/umukino-wa-apr-na-police-wahawe-abasifuzi-mpuzamahanga/) - Umukino wa nyuma w’irushanwa ryo Kwizihiza Umunsi w’Intwali, uzahuza APR FC na Police FC, wahawe abasifuzi bane mpuzamahanga bayobowe na Umutoni Aline Imikino ya nyuma y’irushanwa ryo Kwihiza Umunsi w’Intwali, iteganyijwe ku wa Kane tariki ya 1 Gashyantare 2024. Izabera kuri Kigali Pelé Stadium. Umukino wa nyuma mu bagore, uzahuza AS Kigali Women Football - [Umuhanzi Stafrica_Boy yashyize hanze indirimbo yise ‘My street ’, ashimangira ko agarukanye imbaraga](https://umurengezi.com/umuhanzi-stafrica_boy-yashyize-hanze-indirimbo-yise-my-street-ashimangira-ko-agarukanye-imbaraga/) - Umuhanzi uvuka mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo{DRC} akaba arinaho akorera umuziki we yashyize hanze indirimbo nshya yise “My street ” yakoranye n'umuhanzi F.AGORA. Ni Umusore mu bahanzi batanga icyizere muri muzika ya Congo ndetse akaba avuga ko ibikorwa bye bizakomeza kwivugira kuko akora ibyo akunda ndetse n'abakunzi b'injyana ya Rap na Afro - [Général wayoboraga Kiyovu Sports yamanitse amaboko](https://umurengezi.com/general-wayoboraga-kiyovu-sports-yamanitse-amaboko/) - Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje ko yasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse ko nta gikorwa cy’umupira w’amaguru azongera kwitabira. Nyuma y’iminsi 10 asezeye ku buyobozi bw’Umuryango Kiyovu Sports, Général yemeje ko yeguye ku nshingano za Perezida w’Urucaca ndetse yabimenyesheja Inama y’Ubuyobozi yayo umunsi afata icyemezo nk'uko yabitangarije - [Sitting Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yatangiye neza Shampiyona Nyafurika](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-amakipe-yu-rwanda-yatangiye-neza-shampiyona-nyafurika/) - Ikipe y’u Rwanda y’Abagabo yatangiye neza muri Shampiyona Nyafurika ya Sitting Volleyball, itsinda iya Algeria amaseti 3-0, mu gihe iy’abagore nayo yatsinze iya Nigeria amaseti 3-0, mu mikino yabaye ku wa Kabiri, tariki 30 Mutarama 2024 i Lagos aho irimo rushanwa rikomeje kubera. Umukino w’Abagabo niwo wabanje gukinwa, u Rwanda rutangira neza rutsinda iseti - [CAN 2023: Maroc yahabwaga amahirwe yasezerewe](https://umurengezi.com/can-2023-maroc-yahabwaga-amahirwe-yasezerewe/) - Ikipe y’Igihugu ya Maroc yahabwaga amahirwe kubera uko yitwaye mu Gikombe cy’Isi giheruka, yasezerewe mu Gikombe cya Afurika itsinzwe na Afurika y’Epfo ibitego 2-0, mu gihe Mali yakuyemo Burkina Faso zombi zibona itike ya 1/4. Ku wa Kabiri, tariki 30 Mutarama 2024, ni bwo hakinwe imikino ya nyuma ya 1/8 y’Igikombe cya Afurika kiri - [Nkizingabo Fiston wakinaga muri Mukura VS yerekeje muri Afurika y’Epfo](https://umurengezi.com/nkizingabo-fiston-wakinaga-muri-mukura-vs-yerekeje-muri-afurika-yepfo/) - Nkizingabo Fiston wakinaga muri Mukura VS yerekeje muri Afurika y’Epfo mu igeragezwa azakorera mu makipe atatu yo muri icyo gihugu. Mu gitondo cyo ku wa Kabiri, tariki 30 Mutarama 2024, ni bwo Nkizingabo Fiston yerekeje muri Afurika y’Epfo mu igeragezwa rizamara ukwezi. IGIHE yamenye amakuru ko uyu mukinnyi azakorera iri geragezwa mu makipe atatu - [Ibyo kwitega muri Tour du Rwanda 2024](https://umurengezi.com/ibyo-kwitega-muri-tour-du-rwanda-2024/) - Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 16 kuva ribaye mpuzamahanga mu 2009, mu gihe hazaba ari ku nshuro ya gatandatu kuva rigiye ku rwego rwa 2,1. Iri rushanwa ni cyo gikorwa cya siporo cyitabirwa na benshi mu Rwanda kandi bidasabye ikiguzi, by’akarusho kikagera no ku bari hanze y’igihugu binyuze ku bitangazamakuru bitandukanye birimo - [“Ibaruwa ya Perezida wa Gasogi United, KNC asezera twayibonye"- Kalisa Adolphe ’Camarade](https://umurengezi.com/ibaruwa-ya-perezida-wa-gasogi-united-knc-asezera-twayibonye-kalisa-adolphe-camarade/) - Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30 Mutarama 2024, ni bwo Ubunyamabanga bwa FERWAFA bwatangaje ko bwakiriye ibaruwa ya Perezida wa Gasogi United FC, Kakooza Nkuriza Charles (KNC). Amakuru yizewe agera kuri UMURENGEZI yemeza ko na Rwanda Premier League yamaze kubona ibaruwa yo gusezera muri Shampiyona y’u Rwanda. Umunyamabanga Mukuru wa - [Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta yahakanye kwerekeza muri FC Barcelone](https://umurengezi.com/umutoza-wa-arsenal-mikel-arteta-yahakanye-kerekeza-muri-fc-barcelone/) - Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yavuze ko amakuru amwerekeza muri FC Barcelone mu mpeshyi "atari ukuri" ndetse atazi inkomoko yayo. Ku wa Gatandatu ni bwo Xavi yatangaje ko azasezera muri FC Barcelone ku mpera z’uyu mwaka w’imikino. Ikinyamakuru Sport cyo muri Espagne cyatangaje ko Arteta wakuriye muri Académie ya FC Barcelone, atekereza kuba yava - [Uko abanyarwanda bitwaye mu makipe bakinamo muri weekend](https://umurengezi.com/uko-abanyarwanda-bitwaye-mu-makipe-bakinamo-muri-weekend/) - Nubwo ikipe ye nshya AFC Leopards yo muri Kenya aheruka gusinyira avuye muri Marines FC yatsinzwe, rutahizamu Gitego Arthur yatangiye neza ayitsindira ibitego 2 mu mukino umwe. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize. Gitego Arthur - AFC Leopards Gitego Arthur uheruka gusinyira AFC Leopards yo - [Pastor Ezra Mpyisi watabarutse ku myaka 102 yari muntu ki?](https://umurengezi.com/pastor-ezra-mpyisi-watabarutse-ku-myaka-102-yari-muntu-ki/) - Pasitoro Ezra Mpyisi, umwe mu nararibonye izwi cyane akaba n’umuvugabutumwa mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda, yapfuye afite imyaka 102. Pasitoro Ezra Mpyisi ni umwe mu bantu b’inararibonye waranze amateka y’Abadivantiste mu Rwanda ndetse n’ibihe bya nyuma by’ubwami bw’u Rwanda. Mu myaka igera kuri 20 ishize yamenyekanye kurushaho kubera ivugabutumwa yakoreraga kuri - [Heroes Cup 2024 : APR FC yasezereye Musanze FC igera k'umukino wa nyuma](https://umurengezi.com/heroes-cup-2024-apr-fc-yasezereye-musanze-fc-igera-kumukino-wa-nyuma/) - Amakipe yombi yahuriye mu mukino wa ½ cy’Irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari ‘Heroes Cup 2024’ wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 28 Mutarama 2023, kuri Kigali Pelé Stadium. Ni umukino watangiranye ingufu ku makipe yombi ndetse cyane ko kuri APR FC yari yabanjemo abakinnyi bayo benshi badasanzwe babanza mu kibuga barimo Solomon Bindjeme, Kategaya Elie n’abandi. - [U Rwanda nirwo ruzakira igikombe cya Afurika cya 2026 muri HandBall](https://umurengezi.com/u-rwanda-nirwo-ruzakira-igikombe-cya-afurika-cya-2026-muri-handball/) - Igihugu cy’u Rwanda nyuma yo kwemezwa nk’igihugu kizakira igikombe cya Afurika cya Handball cya 2026, cyashyikirijwe idarapo nk’ikimenyetso gishimangira igihugu kizakira iki gikombe Kuri uyu wa Gatandatu tariki 27/01/2024, i Cairo mu Misiri hasojwe igikombe cya Afurika cya Handball cyakinwaga ku nshuro yacyo ya 26. Ubwo iki gikombe cyasozwaga, habayeho umuhango wo gushyikiriza u - [“Ndashaka gutangaza ko guhera tariki ya 30 Kamena ntazaba nkiri umutoza wa Barça" Xavier Hernández](https://umurengezi.com/ndashaka-gutangaza-ko-guhera-tariki-ya-30-kamena-ntazaba-nkiri-umutoza-wa-barca-xavier-hernandez/) - Umutoza wa FC Barcelone, Xavier Hernández yatangaje ko azatandukana n’iyi kipe mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, nyuma y’imyaka isaga itatu ayitoza. Iyi nkuru itunguranye yatangajwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 27 Mutarama 2024 na nyiri ubwite nyuma yo gutsindwa na Villarreal ibitego 5-3. Yagize ati “Ndashaka gutangaza ko guhera tariki ya 30 - [Ojera yamaze gutandukana na Rayon Sports](https://umurengezi.com/ojera-yamaze-gutandukana-na-rayon-sports/) - Umunya-Uganda, Joackiam Ojera wakiniraga Rayon Sports, yaguzwe n’ikipe yo mu Cyiciro cya mbere mu gihugu cya Misiri. Nyuma y’uko ibyo kujya muri Police FC byanze, Joackiam Ojera yamaze kugurwa na Arab Football Constractors ikina mu cyiciro cya mbere muri shampiyona yo mu Misiri. Uyu Munya-Uganda, amakuru yizewe UMURENGEZI wamenye, avuga ko yatanzweho ibihumbi 20$ ku - [She-Amavubi yamenyeshejwe ko imikino ya EAC y'abagore itakibaye](https://umurengezi.com/she-amavubi-yamenyeshejwe-ko-imikino-ya-eac-yabagore-itakibaye/) - Abatoza b’Ikipe y’Igihugu y’Abagore y’Umupira w’Amaguru, She-Amavubi, bamenyeshejwe ko irushanwa bari kuzakinira i Kigali, ritakibaye. Ni irushanwa ryagombaga kuzahuza amakipe y’Ibihugu byo muri Afurika y’i Burasirazuba, EAC, tariki 2-10 Gashyantare 2024. Mu mupira w’amaguru w’abagore, u Rwanda rwagombaga kuzahagararirwa n’ikipe y’Igihugu y’Abagore y’umupira w’amaguru, She-Amavubi. Mu buryo butunguranye, irushanwa ntirizaba ndetse abatoza ba She-Amavubi n’abakinnyi, - [Sitting Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yahize kubonera itike y’Imikino Paralempike i Lagos](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-amakipe-yu-rwanda-yahize-kubonera-itike-yimikino-paralempike-i-lagos/) - Ikipe y’Igihugu ya Sitting Volleyball y’Abagabo n’iy’Abagore zombi zerekeje muri Nigeria aho zitabiriye Shampiyona Nyafurika izatanga itike yo kwitabira Imikino Paralempike izabera i Paris muri uyu mwaka. Iyi Shampiyona Nyafurika izabera mu Mujyi wa Lagos, izatangira tariki 29 Mutarama, isozwe ku wa 3 Gashyantare 2024. Mu bagabo, iri rushanwa ryitabiriwe n’ibihugu 11 birimo Misiri, - [Bekeni wakubise umutwe mugenzi we RIB yamutaye muri yombi](https://umurengezi.com/bekeni-wakubise-umutwe-mugenzi-we-rib-yamutaye-muri-yombi/) - Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umutoza w’Ikipe y’Abato ya Etincelles FC, Bizimana Abdou ’Bekeni’, wakubise umutwe Team Manager w’iya Marine FC, Nsengiyumva Aboubakar. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Mutarama 2024, ni bwo byatangajwe ko Umutoza w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru y’Abakiri bato ya Etincelles FC witwa Bizimana Abdou yafunzwe. - [KNC yaseshe Ikipe ya Gasogi United](https://umurengezi.com/knc-yaseshe-ikipe-ya-gasogi-united/) - Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), yatangaje ko aseshe iyi kipe kubera ko adashobora kwihanganira "umwanda uri mu mupira w’amaguru." KNC yabitangaje nyuma yo gutsindwa na AS Kigali igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona wabereye ku matara ya Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo kuri uyu wa Gatandatu. Ati "Twihanganiye - [Kirehe: Abarumwa n'Inzoka bakiyambaza Abagombozi barasabwa guhindura Imyumvire](https://umurengezi.com/kirehe-abarumwa-ninzoka-bakiyambaza-abagombozi-barasabwa-guhindura-imyumvire/) - Ikigo cy'igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kirasaba abaturage bo mu Murenge wa Nasho, akarere ka Kirehe, bagifite imyumvire ko iyo barumwe n'inzoka babanza kujya mu bagombozi, bakazabona kujya kwa muganga nyuma y'uko badakize, ko bakwiriye kujya bihutira kujya kwa muganga nta handi banyuze. Ibi iki kigo kirabivuga, mu gihe bamwe mu baturage bo muri aka gace, - [FERWAFA yamenyesheje amakipe 8 ko imikino yayo y’umunsi wa 18 yasubitswe kubera Igikombe cy’Intwari](https://umurengezi.com/ferwafa-yamenyesheje-amakipe-8-ko-imikino-yayo-yumunsi-wa-18-yasubitswe-kubera-igikombe-cyintwari/) - Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze kumenyesha amakipe 8 ko imikino yayo y’umunsi wa 18 yasubitswe kubera Igikombe cy’Intwari. Mu mpera z’iki cyumweru ni bwo umunsi wa 18 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda 2023-24 uzakomeza. Gusa FERWAFA yamenyesheje amakipe ko imikino y’amakipe 4 yasoje ari aya mbere ku rutonde rwa shampiyona - [Burera: Basobanuriwe ububi bwo gufumbiza ifumbire yo mu bwiherero](https://umurengezi.com/burera-basobanuriwe-ububi-bwo-gufumbiza-ifumbire-yo-mu-bwiherero/) - Ikigo cy’igihugu gizwe ubuzima (RBC) gifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Cyanika, basobanuriye bamwe mu bahinzi ingaruka zo kuba bafumbiza ifumbire yo mu bwiherero, zirimo kurwara inzoka haba mu bahinzi ndetse no ku barya ibyo bihigwa biba byeze, byarafumbijwe iyo fumbire. Umukozi w’Ikigo Gishinzwe Ubuzima, RBC, Nathan Hitiyaremye, asaba abaturage ku kwirinda gufumbiza iyi fumbire abahinzi benshi - [CAN 2023: Umusaruro muke kimwe mu birimo gutuma abatoza birukanwa.](https://umurengezi.com/can-2023-umusaruro-muke-kimwe-mu-birimo-gutuma-abatoza-birukanwa/) - Mu gihe imikino y’Igikombe cya Afurika irimo kugana ku musozo, abatoza bari bafite amakipe y’Ibihugu, bakomeje kwirukanwa, abandi barimo gusezera. Imikino y’Igikombe cya Afurika ya 2023 irimo kubera muri Côte d’Ivoire, irimo gusoza iyo mu majonjora, ndetse amakipe amwe yamaze gukatisha itike ya 1/8. Ni irushanwa ryagaragayemo gutungurana, cyane ko Ibihugu byahabwaga amahirwe yo kuzaryegukana, - [Rubavu: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima Idini ryabafashije kugira isuku](https://umurengezi.com/rubavu-abasigajwe-inyuma-namateka-barashima-idini-ryabafashije-kugira-isuku/) - Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Bunyove, Akagali ka Buhungwe, Umurenge wa Mudende w’Akarere ka Rubavu, ahatuye Abasigajwe inyuma n’amateka benshi, bavuga ko inyigisho bahawe n’abihayimana zabafashije kwimakaza isuku n’isukura, kuko babyigishwa mu rusengero bagasurwa no mu ngo iwabo. Aba baturage, biganjemo abasigajwe inyuma n’amateka, bemeza ko iyi myumvire itarahinduka, bagiraga ipfunwe ryo kwegera abandi - [Peace Cup : APR FC yasezereye AS Kigali igera muri 1/4.](https://umurengezi.com/peace-cup-apr-fc-yasezereye-as-kigali-igera-muri-1-4/) - APR FC yanganyije na AS Kigali igitego 1-1, ikomeza ku giteranyo cy’ibitego 2-1 ndetse izahura na Gasogi United muri kimwe cya kane (1/4) cy’Igikombe cy’Amahoro. Uyu mukino wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mutarama 2024, kuri Kigali Pele Stadium. Umukino ubanza APR FC yari Yatsinze AS Kigali igitego 1-0 - [Perezida Kagame yahishuye icyatumye ahagarika kujya kuri stade kureba Umupira w’Amaguru.](https://umurengezi.com/perezida-kagame-yahishuye-icyatumye-ahagarika-kujya-kuri-stade-kureba-umupira-wamaguru/) - Perezida Paul Kagame, yavuze ko kuba atakitabira imikino y’umupira w’amaguru byatewe n’abawurimo bimitse ruswa n’amarozi, bityo akaba atakwifatanya nabo mu bintu bisusuguritse nk’ibyo. Kagame yabigarutseho ku munsi wa nyuma w’inama y’Umushyikirano, kuri uyu wa Gatatu, tariki 24 Mutarama 2024 muri Kigali Convention Centre. Yasubizaga Jimmy Mulisa wakiniye Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ wari umusabye gusubira kuri - [Umutoza wa Rayon Sports yanenze bamwe mu bakinnyi.](https://umurengezi.com/umutoza-wa-rayon-sports-yanenze-bamwe-mu-bakinnyi/) - Umutoza mushya wa Rayon Sports, Julien Mette, yavuze ko atasezeranya iyi kipe igikombe ahubwo azagerageza guhindura imyitwarire yasanganye abakinnyi. Uyu mutoza yabigarutseho ubwo yari amaze gutsindwa na Interforce FC ibitego 2-1, ariko Rayon Sports ikayisezerera ku giteranyo cy’ibitego 5-2 mu mikino yombi, bityo ikerekeza muri ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro. Abajijwe icyo abafana bamwitegaho, Julien yavuze - [Kiyovu Sports yasezereye abandi bakinnyi ba 2.](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-yasezereye-abandi-bakinnyi-ba-2/) - Ikipe ya Kiyovu Sports yasheshe amasezerano itandukana na ba Rutahizamu babiri, Umunya-Liberia, Obediah Mikel Freeman n’Umunya-Uganda, Bryan Kalumba yari yarasinyishije amasezerano y’imyaka itatu. Obediah Mikel Freeman yakatishije indege yo ku wa gatanu tariki 26 Mutarama izamusubiza iwabo i Monrovia muri Liberia mu gihe Bryan Kalumba we yamaze kugera iwabo muri Uganda nyuma yo guhabwa - [Tchabalala mu muryango ugaruka muri As Kigali FC](https://umurengezi.com/tchabalala-mu-muryango-ugaruka-muri-as-kigali-fc/) - Rutahizamu w’Umurundi wakiniraga ikipe ya Al Ta’awon muri Libya, Shabani Hussein Tchabalala yamaze gutandukana n’iyi kipe ku bwumvikane. Muri Nzeri 2023 ni bwo uyu rutahizamu yerekeje muri Libya muri iyi kipe ikinamo umunyarwanda, Haruna Niyonzima. Nyuma y’amezi 4 akaba yamaze kumvikana n’iyi kipe gutandukana ku bw’umvikane. Ni nyuma y’uko iyi kipe itubahurije ibyo bumvikanye mu - [Gisagara: "Nta muturage n'umwe ukirwaye amavunja" - Vice Mayor](https://umurengezi.com/gisagara-nta-muturage-numwe-ukirwaye-amavunja-vice-mayor/) - Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara, buvuga ko muri aka karere, nta muturage n’umwe ukirangwamo urwaye amavunja, kubera ingamba zafashwe zo guhangana n’ikibazo cy’umwanda cyagaragaraga muri aka karere. Ibi ni ibyemezwa na Habineza Jean Paul, Umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe Ubukungu n’Iterambere. Avuga ko nk'akarere bakoresheje imbaraga nyinshi, hamwe n’abafatanyabikorwa, mu guhangana n’ikibazo cy’umwanda cyagaragaraga muri aka - ["Ntabwo ndi hano kubeshya, bizagorana bigendanye n’ikinyuranyo kirimo"-Umutoza wa Rayon Sports.](https://umurengezi.com/ntabwo-ndi-hano-kubeshya-bizagorana-bigendanye-nikinyuranyo-kirimo-umutoza-wa-rayon-sports/) - Umutoza mushya wa Rayon Sports, Umufaransa, Julien Mette yavuze ko kwizera gutwara igikombe APR FC itaratsindwa umukino n’umwe bigoye nubwo mu mibare bigishoboka. Ibi uyu mutoza yabitangaje nyuma y’imyitozo yakoresheje ejo hashize yitegura umukino wo kwishyura wa 1/8 mu gikombe cy’Amahoro. Julien Mette yavuze ko bigendanye n’amanota APR FC irusha Rayon Sports (iyirusha 6 iramutse - [Sitball: Ikipe zageze ku mikino ya nyuma ya Shampiyona zamenyekanye.](https://umurengezi.com/sitball-ikipe-zageze-ku-mikino-ya-nyuma-ya-shampiyona-zamenyekanye/) - Nyuma y’imikino ya 1/2 cyabaye mu mpera z’icyumweru gishize, hamenyekanye amakipe azakina imikino ya nyuma (Finals) muri shampiyona ya Volleyball ikinwa n’Abafite Ubumuga, Sitball. Tariki ya 20-21 Mutarama 2024, habaye imikino ya 1/2 ya shampiyona ya Volleyball ikinwa n’Abafite Ubumuga, Sitball mu bagabo n’abagore. Iyi mikino yasize hamenyekanye amakipe azakina imikino ya nyuma (Finals), izabera - [Ruboneka Jean Bosco yafashije APR FC gutsinda Police FC .](https://umurengezi.com/ruboneka-jean-bosco-yafashije-apr-fc-gutsinda-police-fc/) - Ruboneka Jean Bosco yafashije ikipe ya APR FC gutsinda Police FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona,bituma iyi kipe y'ingabo z'igihugu ishimangira umwanya wa mbere ku urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona. Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki 21 Mutarama 2024, kuri Kigali Pele Stadium. Umukino watangiye wihuta ku mpande zombie, umupira uva ku - [Addax FC ya Mvukiyehe Juvénal yagarikiwe ikibuga](https://umurengezi.com/addax-fc-ya-mvukiyehe-juvenal-yagarikiwe-ikibuga/) - Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] ryahagaritse ikibuga cya Rugende gisanzwe gikinirwaho na Addax FC iherutse kugurwa na Mvukiyehe Juvénal, ku kuba cyakwakira imikino mu gihe cy’imvura. Ibi bibaye nyuma y’uko umukino ubanza wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, Addax FC yari kwakiramo Mukura VS kuri iki kibuga cya Rugende tariki 17 Mutarama 2024, utahabereye kubera - [Swimming: Igihe cy’Amatora ya Komite Nyobozi Nshya cyamenyekanye.](https://umurengezi.com/swimming-igihe-cyamatora-ya-komite-nyobozi-nshya-cyamenyekanye/) - Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu Rwanda “RSF”, bakoze Inama y’Inteko rusange idanzwe yateraniye mu Cyumba k’Inama cya Komite Olempike y’u Rwanda, i Remera mu Mujyi wa Kigali, mu Nyubako ikoreramo Minisitiri ya Siporo, Ni inama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2024. Iyi nama yayobowe n’Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu - [Abarakare bagaritse Kiyovu Sports,Musanze iba iya 2](https://umurengezi.com/abarakare-bagaritse-kiyovu-sportsmusanze-iba-iya-2/) - Kiyovu Sports ikomeje kugongwa n’ikibazo cy’amikoro, yongeye gutakaza undi mukino imbere ya AS Kigali yahimbwe abarakare. Umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24 wari wakomeje nyuma y’uko ejo hashize Rayon Sports yatsinze Gorilla FC 1-0. Uyu munsi nabwo yakomeje hakinwa imikino 4 harimo uwa Kiyovu Sports na AS - ["Tuzajya muri Qatar gukina n’amakipe yaho" - Umutoza wa APR BBC](https://umurengezi.com/tuzajya-muri-qatar-gukina-namakipe-yaho-umutoza-wa-apr-bbc/) - Umutoza wa APR BBC, Mazen Trakh, yavuze ko iyi kipe iteganya kuzakorera umwiherero w’iminsi 10 muri Qatar mu rwego rwo kwitegura neza imikino ya Basketball Africa League (BAL) y’uyu mwaka. Mazen Trakh yabitangaje nyuma y’umukino wahuje amakipe ya APR BBC yigabanyijemo abiri ku wa 19 Mutarama; Team A itsinda Team B amanota 61 kuri - [“Nkunda iyo abantu barimo kunshidikanyaho bityo nkakora mbereka ko bibeshye” Cristiano Ronaldo.](https://umurengezi.com/nkunda-iyo-abantu-barimo-kunshidikanyaho-bityo-nkakora-mbereka-ko-bibeshye-cristiano-ronaldo/) - Cristiano Ronaldo yavuze ko kujya muri Shampiyona ya Arabie Saoudite, yifuzaga kugerageza ubuzima mu bindi bihugu no kwerekana ko nabyo bishoboye kandi intego ye yabigezeho. Uyu rutahizamu wa Al-Nassr yabitangaje ku wa Gatanu, tariki 19 Mutarama 2024, mu muhango wo gutanga ibihembo bya Globe Soccer Awards, aho yegukanyemo bitatu aribyo Umukinnyi mwiza wo mu Burasirazuba - [Amagare : Heroes Cycling Cup 2024 yabonye banyirayo.](https://umurengezi.com/amagare-heroes-cycling-cup-2024-yabonye-banyirayo/) - Manizabayo Eric “Karadiyo” ukinira Benediction Club mu Bagabo na Nirere Xaverine wa Team Amani mu Bagore, begukanye Isiganwa ry’Umunsi w’Intwari “Heroes Cycling Cup” ryakinwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Mutarama 2024. Iri siganwa ryabaga ku nshuro ya kane ryatangijwe n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidali n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), Ngarambe François. Ryari ryitabiriwe - [Miss Uwera Ricky Tricia wabaye Miss Popurality w’u Burundi 2023 akomeje intego ze.](https://umurengezi.com/miss-uwera-ricky-tricia-wabaye-miss-populalty-wuburundi-2023-arifuza-gukomeza-intego-ze/) - Miss Uwera Ricky Tricia wanditse amateka adasanzwe mu irushanwa rya Miss Burundi 2023 nyuma y’uko abaye uwambere wo mu bwoko bw’Abatwa witabiriye irushanwa ry’ubwiza ,ubwenge n’umuco kuva ryatangizwa muri iki gihugu akaza no kwegukana ikamba rya Miss ukunzwe 2023 arifuza gukomeza kugera ku ntego yiyemeje. Miss Ricky Tricia yavutse ku ya 18 Ugushyingo 2004, akomoka - [Ishyirahamwe rya Ruhago muri Tanzania (TFF) ryirukanye Umutoza .](https://umurengezi.com/ishyirahamwe-rya-ruhago-muri-tanzania-tff-ryirukanye-umutoza/) - Uwari Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Tanzania, Adel Amrouche, yirukaniwe mu Gikombe cya Afurika ndetse anacibwa amande y’ibihumbi 10$ kuko yibasiye Maroc avuga ko igira uruhare mu byemezo bya ruhago muri Afurika. Mu ijoro ryacyeye ryo ku wa Gatanu, tariki ya 19 Mutarama 2024, ni bwo Ishyirahamwe rya Ruhago muri Tanzania (TFF) ryatangaje ko rihagaritse - [Rayon Sports WFC yahawe agahimbazamusyi](https://umurengezi.com/rayon-sports-wfc-yahawe-agahimbazamusyi/) - Ubuyobozi bw’Uruganda rwa SKOL Ltd rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, bwageneye agahimbazamusyi ka miliyoni 3 Frw Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore iheruka kwitwara neza ubu ikaba iyoboye Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere. Rayon Sports WFC yabigezeho ku wa 13 Mutarama 2024 ubwo yatsindaga AS Kigali WFC ibitego 2-1, byatumye ifata umwanya wa mbere n’amanota 37 mu - [Héritier Luvumbu yafashije Rayon Sports gutsinda Gorilla FC](https://umurengezi.com/heritier-luvumbu-yafashije-rayon-sports-gutsinda-gorilla-fc/) - Igitego cya Héritier Luvumbu cyafashije Rayon Sports gutsinda Gorilla FC, mu mukino wa mbere w’umunsi wa 17 wa Shampiyona wabaye ku wa Gatanu, tariki 19 Mutarama 2024 kuri Kigali Pelé Stadium. Ni umukino wari witezwe cyane kukoRayon Sports yari ifite igitutu gikomeye, cyane ko yaherukaga gutsindwa na Gasogi United. Iyi kipe kandi yari yagaruye abakinnyi - [Soulei Sanda yasinye muri APR FC](https://umurengezi.com/soulei-sanda-yasinye-muri-apr-fc/) - Rutahizamu w’Umunya-Cameroun, Soulei Sanda, yahawe amasezerano muri APR FC nyuma yo kwitwara neza mu Irushanwa rya "Mapinduzi Cup" yakoreyemo igeragezwa. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 19 Mutarama 2024, ni bwo byamenyekanye ko APR FC yamaze gusinyisha rutahizamu umwe mu bari bamaze igihe bayikoreramo igeragezwa. Sanda yageranye na bagenzi be batatu mu Rwanda tariki 22 - [Kiyovu Sports: Mugunga Yves kubera kudahembwa yanditse asesa amasezerano.](https://umurengezi.com/kiyovu-sports-mugunga-yves-kubera-kudahembwa-yanditse-asesa-amasezerano/) - Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Mugunga Yves, yongeye kwandikira iyi kipe asesa amasezerano nyuma y’uko yabikoze bwa mbere Urucaca rugaterera agati mu ryinyo. Yagize ati” Mbandikiye [Kiyovu Sports] mbamenyesha ko dusheshe amasezerano twari dufitanye nyuma yo kubandikira ibaruwa tariki 12 Ukuboza 2023 ntimuyisubize nkaba maze n’amezi atatu mutampemba.” “Nkaba mbamenyesha ko dusheshe amasezerano nk’uko itegeko rya - [Shavy Babicka wakiniye Kiyovu Sports yerekeje mu Bufaransa](https://umurengezi.com/shavy-babicka-wakiniye-kiyovu-sports-yerekeje-mu-bufaransa/) - Shavy Warren Babick waciye mu Rwanda mu kipe ya Kiyovu Sports, yasinyiye ikipe ya Toulouse FC yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa, Ligue 1. Inkuru ivuga ko uyu munya-Gabon yasinyiye Toulouse FC ikina muri shampiyona y’u Bufaransa, Ligue 1, yatangajwe n’iyi kipe ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga za yo zirimo X yahoze yitwa Twitter. Shavy - [Ese Omborenga Fitina yamaze kwamburwa burundu inshingano zo kuba kapiteni wa APR FC?](https://umurengezi.com/ese-omborenga-fitina-yamaze-kwamburwa-burundu-inshingano-zo-kuba-kapiteni-wa-apr-fc/) - Nubwo nta tangazo rirasohoka ribyemeza, bisa nk’aho Omborenga Fitina yamaze kwamburwa burundu inshingano zo kuba kapiteni wa APR FC. Mu mpera z’umwaka ushize mbere mu y’uko APR FC yerekeza mu irushanwa rya Mapinduzi Cup ryabereye Zanzibar ni bwo byamenyekanye ko kapiteni wa yo Omborenga Fitina yahanwe. Uyu mukinnyi ukina ku ruhande rw’iburyo yugarira, amakuru avuga - [Basket Ball : REG BBC yagaruye Thomas Cleveland Jr](https://umurengezi.com/basket-ball-reg-bbc-yagaruye-thomas-cleveland-jr/) - Ikipe ya REG BBC irimo kwitegura umwaka mushya wa shampiyona yongeye kugura Umunyamerika, Thomas Cleveland Jr wari wayivuyemo mu mwaka ushize w’imikino. Muri Kanama 2023 nibwo uyu mukinnyi mwiza wa shampiyona ya 2022 yerekeje muri Club Dorados de Chihuahua yo mu Cyiciro cya Mbere muri Mexique. Ibi byakoze cyane kuri iyi kipe ya Sosiyete y’Igihugu - [Imihigo ni yose kuri Gorilla Fc yitegura guhura na Rayon Sports](https://umurengezi.com/imihigo-ni-yose-kuri-gorilla-fc-yitegura-guhura-na-rayon-sports/) - Perezida wa Gorilla FC Hadji yatangaje ko biteguye gutsinda ikipe ya Rayon Sports nibura ibitego bigera kuri 2 nk'uko babaitsinze Kiyovu Sports mumikino y'Igikombe cy'amahoro. Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu irakina n’ikipe ya Gorilla FC, mukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubere kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino wakaniwe - [Volleyball:“Twiteguye kurwana ku Gikombe tubitse n’ubwo hari abakinnyi twatakaje” – Umutoza wa RRA WVC](https://umurengezi.com/volleyballtwiteguye-kurwana-ku-gikombe-tubitse-nubwo-hari-abakinnyi-twatakaje-umutoza-wa-rra-wvc/) - Mu gihe Umwaka mushya w’Imikino (Shampiyona) utangirira mu mpera z’iki Cyumweru mu Turere twa Huye na Gisagara ho mu Ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda, imihigo ni yose ku makipe. Imwe mu makipe ahanzwe amaso, ni ikipe y’Ikigo k’Igihugu k’Imisoro n’Amahoro yegukanye Shampiyona y’Umwaka w’i 2023. Uku guhangwa amaso gushingiye ku kuba hari bamwe mu bakinnyi bafatwaga - [SPORTS: Uko byagenze ngo ATRACO FC yegukane CECAFA ndetse n’uko yaje gusenyuka](https://umurengezi.com/sports-uko-byagenze-ngo-atraco-fc-yegukane-cecafa-ndetse-nuko-yaje-gusenyuka/) - Umwana wamenye ubwenge muri za 2012 no kuzamura, agakunda umupira w’u Rwanda, aramutse atubuye inyandiko zivuga ku mateka ya ruhago nyarwanda, biragoye ko yazamenya ko hari ikipe yitwa ATRACO FC yaba yarigeze kubaho, ikagira ibigwi bikomeye mu gihe yamaze, ariko umurabyo ugatinda ukurikije igihe yo yamaze muri ruhago! Bimwe mubyo uzumvana abarayon bikomanga mu gituza, - [Twibukiranye: Uko CECAFA Cup ya 2011 yaciye Amavubi mu myanya y’intoki, igasigira Abanyarwanda agahinda](https://umurengezi.com/twibukiranye-uko-cecafa-cup-ya-2011-yaciye-amavubi-mu-myanya-yintoki-igasigira-abanyarwanda-agahinda/) - Mumpera z’umwaka wa 2011, mu gihugu cya Tanzania habereye imikino ya nyuma ya CECAFA Senior Challenge Cup yaterwaga inkunga n’uruganda rwa Tusker, ikaba yaranabaga ku nshuro ya 35. Tanzania yari iyakiriye inshuro ebyiri zikurikiranya ikaba n’inshuro ya 7 yari yakiriye iri rushanwa muri rusange! Amakipe 12 yahataniye igikombe kuva taliki ya 25 Ugushyingo 2011, maze - [Ngororero: MINISANTE yagaragaje ikinini kizajya gihabwa Umugore utwite gikubiyemo Vitamini 15](https://umurengezi.com/ngororero-minisante-yagaragaje-ikinini-kizajya-gihabwa-umugore-utwite-gikubiyemo-vitamini-15/) - Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE), yatangije gahunda nshya yo gutanga inyunganiramirire ikomatanyije ku babyeyi batwite, ibumbiye mu kinini kimwe, aho iki kinini kigizwe na Vitamini 15 umugore aba akeneye igihe atwite. Iki gikorwa cyatangijwe na Minisitiri w’ubuzima kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mutarama 2024, ku Bitaro bya Kabaya mu Karere ka Ngororero. Itangizwa ry’iyi - [Ikipe ya Youvia WFC yahinduye Izina](https://umurengezi.com/ikipe-ya-youvia-wfc-yahinduye-izina/) - Ikipe ya Youvia WFC isanzwe ikina ikiciro cya kabiri muri Championa y’Umupira w’Amaguru mu Bagore mu Rwanda, yamaze guhindurirwa izina, ubu ikaba yitwa INOVOTEC-YOUVIA WFC Ibi bije nyuma y’uko iyi Ekipe imaze gusinyana amasezerano y’imikorere n’ikigo kitwa InovoTech Ltd kiyoborwa Pascal Ndizeye, icyo kigo kikaba kimaze umwaka umwe gifitanye ubufatanye n’ishyirahamwe ry’Umukino w’isiganwa ku Magare mu Rwanda (FERWACY) kubera - ["Abaganga bambwiye ko Mbaoma azamara ukwezi adakina" Umutoza w’Ikipe ya APR FC](https://umurengezi.com/abaganga-bambwiye-ko-mbaoma-azamara-ukwezi-adakina-umutoza-wikipe-ya-apr-fc/) - Umutoza w’Ikipe ya APR FC, Thierry Froger yavuze ko rutahizamu we ngenderwaho Victor Mbaoma, azamara ukwezi adakina kubera imvune yagiriye mu irushanwa rya Mapinduzi Cup. Victor Mbaoma yavunikiye mu mukino wa ¼ cya Mapinduzi Cup, APR FC yasezereyemo Yanga SC ibitego 3-1. Aganira n’itangazamakuru nyuma yo gutsinda AS Kigali igitego 1-0 mu mukino ubanza wa - [Twibukiranye uko Rwanda B, yegukanye irushanwa rya mbere rikuze muri Africa Imbere ya Perezida Kagame.](https://umurengezi.com/twibukiranye-uko-rwanda-b-yegukanye-irushanwa-rya-mbere-rikuze-muri-africa-imbere-ya-perezida-kagame/) - Ndabyibuka nk'ibyabaye ejo hashize! Ese nawe uribuka ko ubwo hari Tariki ya 7 Kanama 1999 , itariki itazibagirana mu mateka y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, ubwo ikipe ya Rwanda B, yegukanaga igikombe cya mbere kimaze imyaka myinshi gikinwa ku mugabane wa Africa ari cyo CECAFA? Mu mwaka wa 1999, nibwo u Rwanda rwakiriye irushanwa rya CECAFA ryari - [Handball: Ntabwo Cape Verde ifite amateka ahambaye "Umutoza Bagirishya Anacle"](https://umurengezi.com/handball-ntabwo-cape-verde-ifite-amateka-hambaye-umutoza-bagirishya-anacle/) - Ikipe y’igihugu ya Handball yitegura umukino wa mbere w’igikombe Cy’Afurika kiza gutangira kuri uyu munsi irakina na Cape Verde . Iyi kipe yaraye ikoze imyitozo yabaye saa 14h00’ ibera muri Gymnase ya mbere ya Cairo Stadium yakira abantu ibihumbi 20 akaba ari na yo u Rwanda ruza gukiniraho na Cape Verde saa 14h00’. Abakinnyi bose - [Sitting Volleyball: Ikipe z’Igihugu zatangiye imyiteguro.](https://umurengezi.com/sitting-volleyball-ikipe-zigihugu-zatangiye-imyiteguro/) - Amakipe y’Igihugu y’Abagabo n’Abagore muri Sitting Volleyball yatangiye umwiherero wo kwitegura imikino yo gushaka itike y’Imikino Paralempike ya 2024. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama 2024, ni bwo Komite y’Igihugu y’Imikino y’Abafite abamuga (NPC Rwanda), yatangaje abakinnyi batangiye umwiherero wo kwitegura iyo mikino. Abakinnyi 28 ni bo batangiye kwitegura irushanwa rizabera muri - [Rwanda Premier League yahembye abakinnyi bitwaye neza.](https://umurengezi.com/rwanda-premier-league-yahembye-abakinnyi-bitwaye-neza/) - Ibi bihembo byatanzwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama 2023, hahembwa umutoza, umukinnyi, umunyezamu bitwaye neza ndetse n’igitego kiruta ibindi. Kuva Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyiraho Rwanda Premier League, abayiyobora bahise batangira gushaka uko abari muri ruhago bayungukiramo. Binyuze mu baterankunga bayo biyemeje kujya bahemba umukinnyi wahize abandi - [Peace Cup: Rayon Sports yanyagiye Interforce](https://umurengezi.com/peace-cup-rayon-sports-yanyagiye-interforce/) - Ikipe ya Rayon Sports FC yatsinze Interforce ibitego 4-0, mu mukino ubanza wa ⅛ cy’irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro utagaragayemo Umutoza wayo, Muhamed Wade wahagaritswe. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama 2024, ubera kuri Kigali Pele Stadium nk’impinduka zabayeho kuko Interforce FC yari kuwakirira kuri Stade y’Akarere ka Bugesera. Umutoza wongera - [Namungo FC yerekanye Kagere Meddie](https://umurengezi.com/namungo-fc-yerekanye-kagere-meddie/) - Rutahizamu w’Amavubi Kagere Meddie, yatangajwe nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Namungo FC avuye muri Singida Fountain mbere y’uko isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi muri Tanzania rifunga. Namungo FC yatangaje ko yishimiye kwakira uyu rutahizamu umaze kwandika izina muri Shampiyona ya Tanzania kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama 2023. Mu butumwa iyi kipe itazirwa Wauaji - [Ibibuga by’Umupira w’amaguru 10 byakira Abantu benshi ku Isi](https://umurengezi.com/ibibuga-byumupira-wamaguru-10-byakira-abantu-benshi-ku-isi/) - Ni ibikorwa bicye bishobora kuzuza stade nk’umukino w’umupira w’amaguru. Mu by’ukuri, umupira w’amaguru niwo mukino ukunzwe cyane ku isi, ufite abakunzi bagera kuri miliyari 3.5. Ntabwo bitangaje rero ko stade yakira imikino y’umupira wamaguru igomba kuba ishobora kwakira abantu benshi. Rimwe na rimwe bibaho ko ingano y’imbaga ku mikino ishobora no kurenga ibihumbi ijana (100,000). - [Kuki Kuryagagura bifatwa nk'Indwara yo mu mutwe?](https://umurengezi.com/kuki-kuryagagura-bifatwa-nkindwara-yo-mu-mutwe/) - Kurya ni ibisanzwe ndetse ni na bumwe mu burenganzira bw’ibanze bwa muntu, ariko kuryagagura ni indwara ndetse ikomeye cyane. Ubu burwayi buzwi nka "Binge eating disorder (BED)", ni uburwayi bwo mu mutwe butuma ubufite arya ibiryo byinshi kandi mu gihe gito, ku buryo n’iyo yaba ahaze akomeza kurya nta rutangira. Ikigo cy’Abongereza Cyita ku Buzima, - ["Nibambwira bati warakoze cyane imyaka ine, reka dushake undi nzababwira ngo murakoze cyane" - Uwayezu Jean Fidèle](https://umurengezi.com/nibambwira-bati-warakoze-cyane-imyaka-ine-reka-dushake-undi-nzababwira-ngo-murakoze-cyaneuwayezu-jean-fidele/) - Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yaciye amarenga yo kwisubiraho akongera kwiyamariza kuyobora Gikundiro ubwo manda y’imyaka ine izaba irangiye mu Ukwakira k’uyu mwaka. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, cyabereye ku biro bya Rayon Sports, kuri uyu wa Mbere, tariki 15 Mutarama 2024. Uwayezu wagiye avuga kenshi ko atazongera kwiyamamariza kuyobora Rayon - [Rayon Sports yatangaje Impinduka ku mukino wayo wa mbere w’Igikombe cy’Amahoro](https://umurengezi.com/rayon-sports-yatangaje-impinduka-ku-mukino-wayo-wa-mbere-wigikombe-cyamahoro/) - Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bubinyujije ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe bumaze gutangariza abakunzi b’iyi kipe ko ikina umukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro uyu munsi tariki 16 kuri Kigali Pele Stadium ni nyuma yaho byari biteganyijwe ko uyu mukino uzabera kuri sitade y'Akarere ka Bugesera nyuma uzakwimurirwa kuri Kigali Pele Stadium kubwumvikane bw’impande zombi. - [FIFA yahembye Lionel Messi nk'umukinnyi wa 2023](https://umurengezi.com/fifa-yahembye-lionel-messi-nkumukinnyi-wa-2023/) - Lionel Messi, yatowe nk’Umukinnyi Mwiza w’Umwaka wa 2023 mu bihembo bitangwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA),Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Messi w’imyaka 36, ni we wegukanye iki gihembo mu bagabo, ahigitse Erling Haaland banganyije amanota [uyu Munya-Argentine akizwa n’uko yatowe kenshi mbere n’abakapiteni b’amakipe - [Tumenye Umukino wa Fencing ukinwa hifashishijwe Inkota](https://umurengezi.com/tumenye-umukino-wa-fencing-ukinwa-hifashishijwe-inkota/) - Umukino wa Fencing ni umukino ufite inkomoko mu bihugu b’u Burayi, u Bushinwa ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko washyizwemo imbaraga n’Umunya-Venezuela Rubén Limardo wanatwaye umudali wa Zahabu mu Mikino Olempike yabereye mu Bwongereza mu 2012. Uyu ni umwe mu mikino njyarugamba yateye imbere mu bihugu bikomeye dore ko umaze n’igihe kitari gito - [Umutoza w’Umurundi, Ndayizeye Jimmy ategerejwe muri Rayon Sports](https://umurengezi.com/umutoza-wumurundi-ndayizeye-jimmy-ategerejwe-muri-rayon-sports/) - Umutoza w’Umurundi, Ndayizeye Jimmy, yavuye i Bujumbura yerekeza i Kigali mu biganiro na Rayon Sports ikomeje gushaka umusimbura wa Mohamed Wade watakarijwe icyizere. Kuri ubu, amakuru yizewe yemeza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mutarama, Ndayizeye Jimmy yafashe urugendo ruva i Bujumbura yerekeza i Kigali kuganira na Rayon Sports ndetse hatagize - [Abakinnyi 3 ba Rayon Sports bagarutse mu myitozo](https://umurengezi.com/abakinnyi-3-ba-rayon-sports-bagarutse-mu-myitozo/) - Umunyezamu Simon Tamale, Joackiam Ojera uca ku mpande afasha abataha izamu na Rutahizamu Charles Baale, basubiye mu ikipe gufasha bagenzi babo guhatanira Igikombe cya Shampiyona n’icy’Amahoro nyuma y’igihe baraburiwe irengero. Aba bakinnyi bategerejwe igihe kirekire muri Rayon Sports, basubiye iwabo mu minsi mikuru mu ijoro rya tariki 12 Ukuboza 2023 nyuma yo kunganya na Kiyovu - [FERWAFA yatangaje Ingengo y’Imari ya 2024](https://umurengezi.com/ferwafa-yatangaje-ingengo-yimari-ya-2024/) - Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, yemeje Ingengo y’Imari ingana na Miliyari 9.9 Frw, zizakoreshwa muri uyu mwaka wa 2024. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2024, nibwo habaye Inama y’Inteko Rusange, yahuje Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa. Mu byagombaga kuganirwaho muri iyi Nteko Rusange, harimo kwemeza Ingengo y’Imari - [Hakizimana Louis yagizwe Komiseri ushinzwe Imisifurire](https://umurengezi.com/hakizimana-louis-yagizwe-komiseri-ushinzwe-imisifurire/) - Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 13 Mutarama 2024, ni bwo mu cyumba cy’inama cya Serena Hotel hateraniye inteko rusange idasanzwe y’Abanyamuryango ba FERWAFA, yagombaga kwemerezwamo Komiseri ushinzwe Imisifurire. Hakizimana Louis wabaye umusifuzi mpuzamahanga, yemejwe n’Inteko Rusange ya FERWAFA nka Komiseri ushinzwe Imisifurire nubwo yari amaze igihe akora aka kazi. Komite nshya ya FERWAFA ikimara - [Rugera Jean Claude yatorewe kuyobora Komisiyo y’Amatora muri FERWAFA](https://umurengezi.com/rugera-jean-claude-yatorewe-kuyobora-komisiyo-yamatora-muri-ferwafa/) - Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2024, habaye Inama y’Inteko Rusange Idasanzwe, yahuje Abanyamuryango ba Ferwafa. Mu byari ku murongo w’ibyigwa, harimo no gutora ubuyobozi bushya bwa Komisiyo y’Amatora muri iri shyirahamwe. Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, bemeje ko Rugera Jean Claude ari we muyobozi wa Komisiyo y’Amatora muri iri shyirahamwe. - [Musanze: Kutuzuza Inshingano kw’Abagabo, Imbarutso y'Uburaya ku Bagore bakuze](https://umurengezi.com/musanze-kutuzuza-inshingano-kwabagabo-imbarutso-yuburaya-ku-bagore-bakuze/) - Bamwe mu bagore bakorera uburaya mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze, bavuga ko kubujyamo ahanini biterwa n’abagabo batuzuza inshingano zabo, haba mu kwita ku muryango no kuwubonera ibyangombwa nkenerwa, hakiyongeraho no kubata(kubasiga) ndetse bakanabatana abana, bigatuma bahitamo kwiyandarika kugira ngo bashobore kwita ku muryango. Mu kiganiro aba babyeyi bagiranye n'ikinyamakuru UMURENGEZI.COM, bavuga ko usibye - [Braverman wari Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza yirukanywe](https://umurengezi.com/braverman-wari-minisitiri-wumutekano-mu-bwongereza-yirukanywe/) - Suella Braverman wari Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza, yirukanywe ku mirimo ye, nyuma y’amagambo yavuze anenga uburyo Polisi yitwaye mu kibazo cy’imyigaragambyo y’abashyigikiye Palestine. Ukwirukanwa kwa Braverman kuje nyuma y’amagambo ye ataravuzweho rumwe harimo n’aho yanenze abatagira aho baba, avuga ko ari yo mahitamo yabo. Mu cyumweru gishize Braverman yasembuye uburakari bwa Sunak atangaza inkuru ishinja - [Musanze: Arashakishwa nyuma yo gusambura inzu abamo](https://umurengezi.com/musanze-arashakishwa-nyuma-yo-gusambura-inzu-abamo/) - Umugabo witwa Nganizi, arashakishwa nyuma yo gusambura amabati y'inzu yubakiwe na Leta, agatoroka amaze kuyagurisha hamwe n'inzugi ndetse n’amadirishya. Ibi byabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 12 Ugushyingo 2023, mu kagari ka Sahara, Umurenge wa Busogo, Akarere ka Musanze, ubwo umuturage witwa Nganizi, yacunze imvura iguye agaca mu rihumye abaturage n’ubuyobozi, agasambura inzu yubakiwe na - [Emmanuel Gasana yagejejwe imbere y'Urukiko asaba ko yafungurwa](https://umurengezi.com/emmanuel-gasana-yagejejwe-imbere-yurukiko-asaba-ko-yafungurwa/) - Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare mu Burasirazuba rwatangiye kuburanisha ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rya CG (rtd) Gasana K. Emmanuel wahoze ayobora intara y’iburasirazuba ku byaha bifitanye isano na ruswa. Bwana Gasana akurikiranweho ibyaha 2:Gukoresha ububasha bw’amategeko mu nyungu ze bwite ndetse no kwakira indonke, ibyaha ahakana yivuye inyuma. Uru rubanza rwabaye mu mutekano wakajijwe, kuko Gasana yari - [Baciye Agahigo ko kunywa Byeri 1,254 mu masaha atatu](https://umurengezi.com/baciye-agahigo-ko-kunywa-byeri-1254-mu-masaha-atatu/) - Itsinda ry’Abadage 55, bari mu biruhuko ahitwa i Mallorca, muri Espagne, baciye agahigo k’Isi, mu kunywa inzoga nyinshi mu gihe gito, aho banyoye byeri zigera ku 1,254 mu masaha atatu gusa. Ako gahigo kadasanzwe kabereye ahitwa i Playa de Palma, ahantu hazwiho kugira imyidagaduro ihoraho cyane cyane mu masaha y’ijoro, ndetse bamwe bakahanegura bahita ko - [Ngororero: Yaterejwe cyamunana ku butaka atasabiye inguzanyo none Arasembera](https://umurengezi.com/ngororero-yaterejwe-cyamunana-ku-butaka-atasabiye-inguzanyo-none-arasembera/) - Umukecuru witwa Nyiransababera Xavera wo mu Murenge wa Gatumba, mu Karere ka Ngororero, ari gusembera mu baturanyi, nyuma y’uko ubutaka bwe bwubatsemo n’inzu yari atuyemo, butejwe cyamunara ku nguzanyo atigeze ajya gusaba muri banki. Nyiransababera avuga ko yamenyeshejwe ko ubutaka bwe buri mu ngwate ya banki iherereye mu Karere ka Nyabihu, aho umuhungu we yagujije - [Emmanuel Gasana wari Guverineri w'Intara y'Uburasirazuba yatawe muri yombi](https://umurengezi.com/emmanuel-gasana-wari-guverineri-wintara-yuburasirazuba-yatawe-muri-yombi/) - CG (Rtd) Emmanuel Gasana yatawe muri yombi n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, nyuma y’uko ahagaritswe ku mirimo yo kuyobora Intara y'Uburasirazuba, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023. RIB ivuga ko hashize igihe akorwaho iperereza ku cyaha acyekwaho cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko nk’Umuyobozi w’Intara, mu nyungu ze bwite. Umuvugizi w'uru rwego - [RIB yafunze abakoze Uburiganya muri Academy ya Bayern Munich](https://umurengezi.com/rib-yafunze-abakoze-uburiganya-muri-academy-ya-bayern-munich/) - Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abakekwaho gukora ibisa n’amanyanga mu bana bahataniraga kujya muri Academy ya Bayern Munich, izaba iri mu Rwanda. Hashize iminsi hagaruka inkuru zigaragaza abana babiri, bavuga ko babujijwe amahirwe yo kujya muri bagenzi babo batoranyijwe, ngo bajye mu ishuri rya ruhago rya Bayern Munich rizakorera mu Rwanda. - [Angola igiye guhabwa Impano itangaje mu kurengera Ubuzima bw’Inyamanswa](https://umurengezi.com/angola-igiye-guhabwa-impano-itangaje-mu-kurengera-ubuzima-bwinyamanswa/) - Igihugu cya Angola, kigiye guhabwa impano itangaje n’umuturanyi wayo Botswana, binyuze mu masezerano ibihugu byombi byagiranye, agamije kurengera ubuzima bw’inzovu. Aya masezerano yasinywe tariki ya 22 Ukwakira 2023, akubiyemo ko igihugu cya Botswana cyemereye Angola impano y’inzovu zigera ku bihumbi Umunani (8000). Izi Nzovu zigiye guhabwa Angola, zisaga gato 16% by’izibarurwa muri Botswana zose, kuko - [Yasutse amarira nyuma yo kubuzwa amahirwe](https://umurengezi.com/yasutse-amarira-nyuma-yo-kubuzwa-amahirwe/) - Iranzi Cedric watsindiye kwinjira muri Academy ya Bayern Munich akirengagizwa, yasutse amarira agaragaza agahinda yatewe no gusiragizwa n’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA). Mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Ukwakira 2023 ni bwo Iranzi Cedric yagejeje ikibazo cye mu itangazamakuru abinyujije kuri Fine FM, asobanura ko bamwe mu bagombaga kumufasha kugira ngo impano ye - [Gatsibo: Batunguwe no kubwirwa ko batuye mu manegeka](https://umurengezi.com/gatsibo-batunguwe-no-kubwirwa-ko-batuye-mu-manegeka/) - Abaturage batuye mu Midugudu itanu igize Akagari ka Kigabiro, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, bavuga ko batunguwe no kubwirwa ko batuye mu manegeka. Nshirimpaka Suaib atuye mu Mudugudu wa Kanyinya kimwe na bagenzi be, bavuga ko batunguwe no kubwirwa ko bashobora kwimurwa aho batuye, kandi bo bavuga ko nta kibazo gihari. Ati, “Uyu Mudugudu wa - [Rwanda: Ubucuruzi bwahinduwe Umutaka abahohotera Abana bihishamo](https://umurengezi.com/rwanda-ubucuruzi-bwahinduwe-umutaka-abahohotera-abana-bihishamo/) - Muri iki gihe, Abana bahinduwe Abacuruzi imburagihe, biturutse ku babasambanya, babatera inda bakabashukisha udufaraga tw’intica ntikize, babizeza ko bazabafasha gukora imishinga ibateza imbere, nabo bakemera ko bazabahishira ntibatange amakuru yatuma bakurikiranwa n'Ubutabera cyangwa imiryango yabo ikabamenya. Bamwe mu babyeyi bafite abana basambanyijwe bagaterwa inda, bavuga ko abana babo bahishira abazibateye, bitewe no kubashukisha kuzabafasha gukora imishinga y’iterambere cyane cyane - ['Sofia' zigiye kujya zifashishwa mu gutahura ibindi byaha](https://umurengezi.com/sofia-zigiye-kujya-zifashishwa-mu-gutahura-ibindi-byaha/) - Umuyobozi wa Polisi y'u Rwanda, IGP Namuhoranye Felix, kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ukwakira 2023, yatangaje ko Camera zo ku Muhanda zizwi nka 'Sofia', zigiye kujya zifashishwa mu gutahura ibindi byaha. Ibi yabitangarije mu kiganiro n'Abanyamakuru, ashimangira ko mu gihe cya vuba, izi camera zizajya zifashishwa ku bindi byaha, nko kutambara umukandara, kuvugira kuri - [Musanze: Abadepite batunguwe no gusanga Ababyeyi barwaye Bwaki](https://umurengezi.com/musanze-abadepite-batunguwe-no-gusanga-ababyeyi-barwaye-bwaki/) - Nyuma y'uko hamaze iminsi hagaragajwe ko imibare y'igwingira ry'abana ikomeje kwiyongera, bamwe mu bagize Inteko Ishinga amategeko, umutwe w'Abadepite, basuye Akarere ka Musanze, hagamijwe kurebera hamwe impamvu nyamukuru n'uko iki kibazo cyavugutirwa umuti, batungurwa n'uko basanze hari n'ababyeyi barwaye Bwaki. Hon. Rwaka Pierre Claver, mu kiganiro yagiranye n’abaturage bakomoka mu Mirenge itandukanye igize aka karere, - [Wisdom School irasaba Ababyeyi kugira Amahitamo ahamye ku Burezi bw'Abana babo](https://umurengezi.com/wisdom-school-irasaba-ababyeyi-kugira-amahitamo-ahamye-ku-burezi-bwabana-babo/) - Ubuyobozi bwa Wisdom School burasaba Ababyeyi kugira Ubushishozi mu guhitiramo abana aho bakwiye kuvoma ubumenyi butajegajega, kuko ari byo bigena ahazaza n'imibereho ihamye y'ababakomokaho. Nduwayesu Elie, Umuyobozi w'iri shuri, nyuma yo kwemererwa kwigisha Ishami ry'Ubuforomo muri Wisdom, avuga ko kuba bigaragarira buri wese ko hari icyuho mu Buforomo yaba mu Rwanda no ku Isi, ari - [Perezida Kagame yatangaje ko azongera Kwiyamamaza](https://umurengezi.com/perezida-kagame-yatangaje-ko-azongera-kwiyamamaza/) - Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko ari Umukandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2024, anashima icyizere Abanyarwanda bakomeje kumugirira. Ibi, Paul Kagame yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, ubwo yari abajijwe niba kuba yarongeye gutorerwa kuyobora FPR Inkotanyi n’amajwi 99,8%, bidashimangira ko azongera guhagararira uyu muryango mu matora - [Ifaranga ry’u Rwanda ryatakaje Agaciro ugereranyije n’Idorali - BNR](https://umurengezi.com/ifaranga-ryu-rwanda-ryatakaje-agaciro-ugereranyije-nidorali-bnr/) - Mu rwego rwo gukumira izamuka rikabije ry’ibiciro ku isoko, no gukomeza gushyigikira izahuka ry’ubukungu, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo, itangiraho amafaranga yayo kuri banki z’ubucuruzi, kiva kuri 7% kigera kuri 7,5%. Ni umwanzuro wafatiwe mu nama ya Komite ya Politiki y’Ifaranga, yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki 17 Kanama 2023. Iyi - [Kigali: Leta yasobanuye impamvu Abayobozi b'Uturere 3 birukaniwe rimwe](https://umurengezi.com/kigali-leta-yasobanuye-impamvu-abayobozi-buturere-3-birukaniwe-rimwe/) - Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yagize icyo avuga kuri ba Meya batatu bo mu Ntara y’Amajyaruguru bahagarikiwe icya rimwe ku myanya bari basanzweho. Abo bayobozi ni Uwanyirigira Marie Chantal wari Umuyobozi w’Akarere ka Burera, Ramuli Janvier wari Meya w’Akarere ka Musanze na Nizeyimana Jean Marie Vianney wayoboraga Gakenke. Abo bayobozi bagaragaweho kutuzuza inshingano ndetse - [Menya 'Umuganura' umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda](https://umurengezi.com/menya-umuganura-umunsi-ukomeye-mu-mateka-yu-rwanda/) - Mu gihe buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Abanyarwanda bizihiza umunsi w’Umuganura, abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari ugusigasira Umurage w’u Rwanda, kuko Umuganura ukubiyemo indangagaciro zirimo kwishimira umusaruro, gukunda umurimo ndetse n’igihugu. Inzira y’umuganura ni imwe muri 18 zari zigize inzira z’Ubwiru mu Rwanda mu gihe cy’ingoma ya cyami. - [Musanze: Barasaba Leta gushakira Inzira amazi abangiririza Imyaka](https://umurengezi.com/musanze-barasaba-leta-gushakira-inzira-amazi-abangiririza-imyaka/) - Abaturage bo mu Murenge wa Muko, mu Kagari ka Cyogo, barasaba Leta gushakira inzira amazi y'utugezi dutemba mu gihe cy'imvura nyinshi, tukangiza imyaka yabo, bikabatera inzara, nyamara ngo bo bakabona haboneka igisubizo kirambye biramutse byitaweho. Aba baturage bavuga ko bo ubwabo, bagerageje gushaka igisubizo kitarambye, kandi bigatanga umusaruro, bityo bakabona Leta igize icyo ikora, byafasha - [Kinigi: Abafashwaga na SACOLA basabwe kwigira](https://umurengezi.com/kinigi-abafashwaga-na-sacola-basabwe-kwigira/) - Abaturage bo mu Murenge wa Nyange n'uwa Kinigi barenga 200, kuri uyu wa Kane tariki 13 Nyakanga 2023, bahawe intama yiswe 'Intama ya Mutuel' ku bufatanye na Hotel SACOLA, mu rwego rwo kubatoza kwiyishyurira Ubwisungane mu kwivuza (Mutuel de Sante), bishakamo ibisubizo. Izi Ntama zatanzwe hagendeye ku miryango itishoboye nibura ifite Abana 6 muri buri - [Musanze: Abize imibare barifuza kubera bagenzi babo Itara ryaka](https://umurengezi.com/musanze-abize-imibare-barifuza-kubera-bagenzi-babo-itara-ryaka/) - Mu birori byo Gusoza Ishuri ry'Imibare ry'Afurika ry'atangijwe mu Rwanda, Abagore biyemeje kuba Itara rimurikira bagenzi babo babeshwa ko kwiga imibare bikomera, cyangwa ko yigwa abagore babi ku isura. Uwiringiyinana Charline, waciye agahigo mu gukora ibyo abantu bumva ko byashoborwa n'abagabo gusa, yatangije iri shuri mu Rwanda akanarisoza neza, avuga ko abikesha gutinyuka akiga imibare - [Musanze: Yaturikanywe na Grenade ahatakiriza Ubuzima](https://umurengezi.com/musanze-yaturikanywe-na-grenade-ahatakiriza-ubuzima/) - Umusaza witwa Bazirake Laurent w’imyaka 75, wari utuye mu Kagari ka Kabeza, Umurenge wa Nyange, mu Karere ka Musanze, yitabye Imana nyuma y’uko aturikanywe na Grenade yo mu bwoko bwa Stick. Ibi byabaye kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kamena 2023, ubwo uwo musaza yari mu kiraka cyo guhingira ishyamba ry’umuturage witwa Bizimana. Iyo Gerenade - [Musenyeri Bigirumwami ufatwa nk'Intwali ni muntu ki?](https://umurengezi.com/musenyeri-bigirumwami-ufatwa-nkintwali-ni-muntu-ki/) - Yayoboye Paruwasi ya Kabgayi mu 1930, iya Murunda muri 1930, iya Sainte Famille (Kigali) muri 1931, iy’i Rulindo muri 1932. Naho mu 1933 ahabwa kuyobora iya Muramba. Bigirumwami yavukiye i Zaza mu Gisaka ku itariki ya 22 Ukuboza 1904, abatizwa ku munsi mukuru wa Noheli 1904. Ni umuhungu wa Yozefu Rukamba, umwe mu bakristu ba - [Inyamanswa yari imaze iminsi ifata abagore ku ngufu yishwe](https://umurengezi.com/inyamanswa-yari-imaze-iminsi-ifata-abagore-ku-ngufu-yishwe/) - Inyamaswa yitwa ‘Igitera’ yari imaze iminsi ibangamiye umutekano w’abaturage, yiciwe mu Karere ka Gakenke, abiganjemo abagore cyari kimaze iminsi gisagarira, biruhutsa impungenge n’ubwoba bari bamaranye iminsi babitewe n’iyo nyamaswa. Iki gitera bikekwa ko cyaba cyaratorotse Pariki ya Gishwati, cyagaragaye mu Mirenge ya Rusasa na Mataba mu Karere ka Gakenke, nyuma y’iminsi yari ishize kigaragaye mu - [Musanze: Urubyiruko rwasabwe kwitabira Igikorwa cyo Kwibuka](https://umurengezi.com/musanze-urubyiruko-rwasabwe-kwitabira-igikorwa-cyo-kwibuka/) - Kuri uyu wa 23 Kamena 2023, Akagari ka Kigombe, gaherereye mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze, kibutse Abazize Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ku nshuro ya 29, Urubyiruko rukangurirwa kwitabira igikorwa cyo Kwibuka. Muri uyu muhango, hanenzwe urubyiruko rwo muri aka Karere rwijanditse muri Genocide rukica abari urungano rwabo basangiraga akabisi n'agahiye, kugeza - [Rwanda: Hatangijwe Ishuri ry'Imibare rya Afurika](https://umurengezi.com/rwanda-hatangijwe-ishuri-ryimibare-rya-afurika/) - INES-Ruhengeri, imwe muri Kaminuza zigisha amasomo atandukanye harimo n'imibare, kuva kuri uyu wa kabiri tariki 20 Kamena 2023, hateraniye Abanyeshuri biga imibare bo mu bihugu bitandukanye bya Afurika, igikorwa cyahawe izina ry'ISHURI RY'IMIBARE RYA AFURIKA. Ni igikorwa cyashyizweho, hagamijwe guteza imbere isomo ry'imibare muri Afurika, hibandwa ku mbogamizi Abagore n'abakobwa bo kuri uyu mugabane bahura - [Gakenke: Harifuzwa ko Icyari kugirwa Akarere cyabyazwa Umusaruro](https://umurengezi.com/gakenke-harifuzwa-ko-icyari-kugirwa-akarere-cyabyazwa-umusaruro/) - Hashize Imyaka irenga cumi n’umunani(18) mu Karere ka Gakenke hashyizwe igikorwaremezo cyatwaye amafaranga atari make, bikaza kurangira gishaje kidakoreshejwe. Iki gikorwaremezo, ni inyubako igizwe n’ibyumba birenga mirongo ine(40), ikaba yaratangiye kubakwa muri Gashyantare 2002, bigaragarako yagombaga kubakwa mu buryo bugeretse, bikaba byari biteganijwe ko yari gukorerwamo nk’ibiro by’icyahoze ari Akarere ka Bugarura, kaje guhinduka Gakenke. - [IPRC Musanze yishimiye ibyagezweho mu myaka 8 ishize](https://umurengezi.com/iprc-musanze-yishimiye-ibyagezweho-mu-myaka-8-ishize/) - Abanyeshuri biga muri IPRC Musanze, bemeza ko kwihangira umurimo ari Ingabo abiga ubumenyingiro bakwiye kugira Intero yabo, ikaba n'inyikirizo mu kubahindurira ubuzima. Ibi byagarutsweho ubwo iri ishuri ryakoraga ibirori byo kwishimira intambwe y'ibyo rimaze kugeraho, mu gihe cy'Imyaka 8 rimaze rifunguriye Abanyarwanda imiryango. Habineza Clement wiga mu mwaka wa kabiri ishami ry'Amahoteli n'ubukerarugendo(Hospitality and Tourism - [SGF iraburira abaturiye Ishyamba rya Gishwati kutararikira Indonke](https://umurengezi.com/sgf-iraburira-abaturiye-ishyamba-rya-gishwati-kutararikira-indonke/) - Abaturage bahinga mu nkengero z'ibirunga no hafi y'Ishyamba rya Gishwati, baraburirwa na SGF(Specil Guarantee Fund) gucika ku ngeso yo guhinga bya nyirarureshwa, bagamije kurihisha iki kigega indishyi z'umurengera, babyitirira ko byangijwe n'inyamaswa. SGF, Ikigega cyihariye cy'ingoboka ku Bwishingizi bw'Uburyozwe bw'Impanuka z'Ibinyabiziga bifite Moteri, bigendera ku butaka n'izikomoka ku Nyamanswa, ivuga ko yishimira intera igezeho mu - [Musanze: Bahangayikishijwe n'inyamanswa iri gufata abagore ku ngufu](https://umurengezi.com/musanze-bahangayikishijwe-ninyamanswa-iri-gufata-abagore-ku-ngufu/) - Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, bavuga ko bahangayikishijwe n'inyamanswa izwi nk'Igitera, yaje iturutse mu ishyamba rya Gishwati, ngo ikaba iri gufata abagore ku ngufu. Igitera ni ubwoko bw'inyamanswa zigaragara cyane cyane mu ishyamba rya Gishwati, ngo ikaba yaratorotse igatera Abaturage bo mu duce dutandukanye two mu karere ka Musanze, aho bikekwako imaze - [Musanze: Isuku yagizwe inkingi ya mwamba mu guhashya igwingira](https://umurengezi.com/musanze-isuku-yagizwe-inkingi-ya-mwamba-mu-guhashya-igwingira/) - Ababyeyi bo mu karere ka Musanze, mu murenge wa Kinigi, bavuga ko kutagira isuku ihagije mu gutegura amafunguro, na byo ari bimwe mu bituma igwingira mu bana ritaranduka burundu. Ibi, byatangarijwe mu itangizwa ry'icyumweru cyahariwe kurengera Ubuzima bw'Umubyeyi n'Umwana, ku nsanganyamatsiko igira iti, "Umwana utagwingiye, ishema ry'ababyeyi", igikorwa cyabereye mu murenge wa Kinigi kuri uyu - ["Hejuru y'Amategeko tugomba no kwigisha Ubumuntu" - Dr Sezirahiga uyobora ILPD](https://umurengezi.com/hejuru-yamategeko-tugomba-no-kwigisha-ubumuntu-dr-sezirahiga-uyobora-ilpd/) - Ishuri rikuru ryo kwigisha no Guteza imbere amategeko ILPD, riherereye mu Karere ka Nyanza, ryifatanyije n'abafite ababo baruhukiye mu Rwibutso rwa Musanze, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Abatutsi bazize Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Abanyeshuri n'Abakozi ba ILPD, nyuma yo gusobanukirwa ko abari gutanga ubutabera ku Batutsi bari bahungiye aha ari - [Gatsibo: Yahawe Imiti isinziriza arasambanywa, none byamuteye Igikomere](https://umurengezi.com/gatsibo-yahawe-imiti-isinziriza-arasambanywa-none-byamuteye-igikomere/) - Kayezu Adelphine (amazina yahawe ku mpamvu z'umutekano we), uvuka mu kagari ka Mpondwa, Umurenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo, avuga ko yatewe inda afite imyaka 15, nyuma yo guhabwa n'umuhungu imiti imusinziriza kugira ngo amusambanye, bikarangira anamuteye inda. Uyu mukobwa w'imyaka 17 kuri ubu, avuga ko ibi byamubayeho ubwo yari yaje i Kigali gusura imiryango yabo - [Musanze: Ababyeyi ntibazi irengero ry’amafaranga y’inyongeramirire bagenewe na Perezida Kagame](https://umurengezi.com/musanze-ababyeyi-ntibazi-irengero-ryamafaranga-yinyongeramirire-bagenewe-na-perezida-kagame/) - Mu karere ka Musanze hari abagenerwabikorwa ba Shisha Kibondo bibaza impamvu mu tundi turere bahabwa ifu n’amafaranga, bagenerwa na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu rwego rw’inyongeramirire, ntibayahabwe, ahubwo bo bagahabwa ifu gusa, ibintu bibaza niba hari uturere tugenerwa impano iyi n’iyi utundi ntituyihabwe. Aba babyeyi bo mu karere ka Musanze bashimira Leta y’u - [Musanze: Mudugudu arashyirwa mu majwi kurenza Ingohe Abahuye n'Ibiza](https://umurengezi.com/musanze-mudugudu-arashyirwa-mu-majwi-kurenza-ingohe-abahuye-nibiza/) - Bamwe mu baturage bagizweho ingaruka n'ibiza batuye mu mudugudu wa Rugeyo, Akagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze, bavuga ko barangaranywe n'ubuyobozi ntibahahwe ingoboka nk'uko bari barabisezeranyijwe. Aba baturage bavuga ko basenyewe n'imvura y'urubura yaguye mu kwezi kwa Werurwe 2023, amabati yabo agatobagurika, nyuma ubuyobozi bukaza kubabarura bakizezwa guhabwa isakaro, ariko ngo bakaba - [Musanze: Impanuka ikomeye yabereye muri GOICO umwe ahasiga ubuzima](https://umurengezi.com/musanze-impanuka-ikomeye-yabereye-muri-goico-umwe-ahasiga-ubuzima/) - [Menya 'Ibuye rya Bagenge' rigarukwaho kenshi nk'ikimenyetso ndangamateka](https://umurengezi.com/menya-ibuye-rya-bagenge-rigarukwaho-kenshi-nkikimenyetso-ndangamateka/) - Hirya no hino mu duce dutandukanye tw’u Rwanda, haragaragara ibimenyetso ndangamateka yagiye aranga imiyoborere ku ngoma z’Abami, ayo mateka akaba yinjiriza igihugu amadovise, nyuma y’uko asuwe na ba Mukerarugendo baturutse ku migabane itandukanye igize Isi. Akarere ka Gakenke nako ni kamwe mu duce tubumbatiye ayo mateka, cyane ko ari naho hafatwa nko ku ivuko n’ubuturo - [DRC: Arashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi afashijwe na M23](https://umurengezi.com/drc-arashinjwa-gushaka-guhirika-ubutegetsi-afashijwe-na-m23/) - Umujyanama wa Moïse Katumbi ukuriye abatavugarumwe n’ubutegetsi muri DR Congo arashinjwa n’ubutasi bwa gisirikare umugambi wo “guhirika ubutegetsi buriho, bagashyiraho umuntu ukomoka muri Katanga”. Salomon Idi Kalonda yafashwe n’inzego z’umutekano mu cyumweru gishize ku kibuga cy’indege cya Kinshasa arafungwa. Mu itangazo imbere y’abanyamakuru kuwa mbere, Colonel Kangoli Ngoli wo mu rwego rw’ubutasi bwa gisirikare yavuze - [Ghetto Kids yari yitezwe gutwara Britain’s Got Talent yakozwe mu nkokora](https://umurengezi.com/ghetto-kids-yari-yitezwe-gutwara-britains-got-talent-yakozwe-mu-nkokora/) - Umunyarwenya w’Umu-Norvège, Viggo Venn, yegukanye irushanwa Britains’ Got Talent 2023, ahigitse abarimo itsinda Ghetto Kids ryo muri Uganda ryahabwaga amahirwe. Ni mu birori byabaye mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 4 Kamena 2023. Umubyinnyi Liliana Clifton w’imyaka 13 y’amavuko yaje ku mwanya wa kabiri n’aho umunyabufindo Cillian O’Connor w’imyaka 14 aza ku mwanya wa - [Musanze: Abaturage barishimira Ubuvugizi bakorewe](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barishimira-ubuvugizi-bakorewe/) - Abaturage bo mu Mudugudu wa Rugeyo, Akagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, mu Karere ka Musanze, barishimira ubuvugizi bakorewe umuhanda wari warafunzwe n'Amazi, ubu ukaba warongeye kuba Nyabagendwa. Ibi, aba baturage babitangaje nyuma y'uko bifatanyije n'Abayobozi babo mu gikorwa cy'Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi 2023, bagakora umuhanda wari umaze kuba amateka kubera ikibazo cy'amazi - [Musanze: Impungenge ni zose ku mazi yafunze Umuhanda wari Nyabagendwa](https://umurengezi.com/musanze-impungenge-ni-zose-ku-baturage-baterwa-namazi-bavuga-ko-ashobora-kubambura-ubuzima/) - Akamaro k’amazi mu buzima bwa muntu ni kenshi, gusa agahinduka ikibazo iyo afashwe nabi, harimo no kubura ubuzima nka zimwe mu ngaruka z’indwara zororokera muri ya mazi yakoreshejwe nabi. Uku kudasigasirwa uko bikwiye, nibyo bihangayikishije abaturage baturiye ikizenga cy’amazi giherereye mu Mudugudu wa Rugeyo, Akagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, mu Karere ka Musanze, bavuga - [Itangazo ryo guhinduza amazina](https://umurengezi.com/itangazo-ryo-guhinduza-amazina-3/) - [Kigali: Ubushomeri, kimwe mu mpamvu-muzi y'ubwandu bushya bwa SIDA](https://umurengezi.com/kigali-ubushomeri-kimwe-mu-mpamvu-muzi-yubwandu-bushya-bwa-sida/) - Kicukiro kamwe mu turerere dutatu tugize umujyi wa Kigali uvugwaho ubwiganze bw’ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA ku gipimo cya 4,3%, kakaba hejuru ugereranyije n’utundi turere, aho usanga urubyiruko ruvuga ko ubushomeri ari yo ntandaro, bigaha urwaho abagabo bakuze, no kumva ko kwifata bitakibaho. Ubu busambanyi hagati y’urubyiruko n’abakuze bugaragara muri Kicukiro, abahatuye bemeza ko - [Kigali: Batunguwe no kwimurwa mu manegeka bakajyanwa mu Kagari](https://umurengezi.com/kigali-batunguwe-no-kwimurwa-mu-manegeka-bakajyanwa-mu-kagari/) - Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kimihurura, Akagari ka Kimihurura, Umudugudu w’Amahoro, bavuga ko batunguwe n’ icyemezo Leta yafashe cyo kubimura aho bari batuye hashyiraga ubuzima bwabo mu kaga, bagacumbikirwa mu biro by’akagari. Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimihurura bwatangaje ko bwatangiye kwimura imiryango 104, yari ituye ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga. Ni nyuma yaho - [Irengero ry'umushahara fatizo rizabazwa nde?](https://umurengezi.com/irengero-ryumushahara-fatizo-rizabazwa-nde/) - Hashize imyaka hafi itanu Umutwe w’Abadepite wemeje itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, riteganya ko Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo ashyiraho Iteka rigena umushahara fatizo, ariko kugeza ubu ntabwo birakorwa ndetse benshi bakomeje kwibaza akabati iri teka ryahezemo. Ni iteka rivuze byinshi ku mibereho y’abakozi, kuko hari benshi bahembwa imishahara itajyanye n’aho ikiguzi cyo kubaho kigeze, - [Abapolisi 108 bakomerekeye mu myigaragambyo](https://umurengezi.com/abapolisi-108-bakomerekeye-mu-myigaragambyo/) - Abapolisi 108 bakomerekeye mu myigaragambyo y’abaturage b’u Bufaransa barakajwe n’amavugurura agamije kongera imyaka abakozi baboneraho Pansiyo, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Umutekano Gérald Darmanin. Minisitiri Gérald Darmanin yavuze ko uwo mubare w’abapolisi bakomeretse udasanzwe, yongeraho ko abantu 291 ari bo batawe muri yombi mu bigaragambyaga ku Munsi Mpuzamahanga w’Umurimo, bamagana amavugurura yo kongera imyaka ikava kuri 62 - [Inuma zateranyije abantu, bane bahasiga Ubuzima](https://umurengezi.com/inuma-zateranyije-abantu-bane-bahasiga-ubuzima/) - Umugabo wo muri Portugal bivugwa ko yarashe bagenzi be batatu na we arirasa ku makimbirane yaturutse ku bworozi bw’inuma zikoreshwa mu marushanwa. Iri bara ryabereye mu mujyi witwa Setubal, ni mu bilometero 50 mu majyepfo y’umurwa mukuru Lisbon. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko amakimbirane yaturutse ku bworozi bw’inuma, ndetse n’akarima k’imboga katemewe. Abarashwe bivugwa - [Iby'ingenzi wakorera umwana wawe agakurana ubwenge](https://umurengezi.com/ibyingenzi-wakorera-umwana-wawe-agakurana-ubwenge/) - Nubwo ntacyo waheraho ngo wemeze ko umwana wawe azaba umuhanga nka Einstein cyangwa Banyaga nk'uko bavugwa mu bahanga, ariko hari ibyo wagakoreye umwana wawe uko agenda akura byamufasha kuzamura igipimo cye cy’ubwenge. Muri byo harimo imikino inyuranye, n’ibindi bintu bisaba umwana gutekereza, bityo ubwonko bwe bugakanguka. Kuva umwana avutse kugeza yujuje imyaka ibiri, ubwonko bwe - [Babiri bacyekwaho kwiba moto batawe muri yombi bagiye kuyigurisha](https://umurengezi.com/babiri-bacyekwaho-kwiba-moto-batawe-muri-yombi-bagiye-kuyigurisha/) - Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Gakenke, yafashe abasore babiri bacyekwaho kwiba moto yo mu bwoko bwa TVS bagiye kuyigurisha. Bafashwe kuwa Gatatu tariki ya 19 Mata 2023, saa saba n’igice z’ijoro bari kuri iyo moto, mu mudugudu w’Umujyi, Akagari ka Rusagara mu Murenge wa Gakenke. SP Alex Ndayisenga, - [Uganda: NRM yemeye kuvugurura umushinga w'itegeko rihana abatinganyi](https://umurengezi.com/uganda-nrm-yemeye-kuvugurura-umushinga-witegeko-rihana-abatinganyi/) - Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda ryemeye ko itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk'abatinganyi, ryemejwe n'inteko ishingamategeko mu kwezi gushize, risubizwa muri iyo nteko kugira ngo ryongere risuzumwe. Mu nama yabaye kuri uyu wa kane iyobowe na Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, unakuriye ishyaka rya NRM, abadepite bemeranyijwe ku "bitekerezo ku ivugurura ryawo [umushinga - [Amajyaruguru: Duhindure imyumvire, "gutwita si kibazo, ihohoterwa niryo duhanganye na ryo" Réseau des Farmes](https://umurengezi.com/amajyaruguru-duhindure-imyumvire-gutwita-si-kibazo-ihohoterwa-niryo-duhanganye-na-ryo-reseau-des-farmes/) - Ubukangurambaga bugamije kurwanya ihohoterwa iryariryo ryose cyane irikorerwa abangavu rikabaviramo gutwara inda z’imburagihe n’izindi ngaruka zishamikiyeho, ryahagurukije inzego bwite za Leta zifatanije n’abafatanya bikorwa batandukanye. Intara y’Amajyaruguru nka rumwe mu nzego bwite za Leta,ku bufatanye na Réseau Des Farmes pour la Development Rural, bateguye inama nyungurana bitekerezo ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa abangavu bagaterwa inda imburagihe. - [Peace Cup: Rayon Sports yatewe mpaga hakomeza Intare](https://umurengezi.com/peace-cup-rayon-sports-yatewe-mpaga-hakomeza-intare/) - Amakuru ari kuvugwa aremeza ko FERWAFA igiye gutera mpaga ikipe ya Rayon Sports mu gikombe cy’Amahoro, hakomeze Intare FC yanze ko bakina kubera ko yari yikuye mu irushanwa mbere. Komisiyo y’amarushanwa muri Ferwafa niyo yateye mpaga Rayon Sports, nyuma yo kwikura mu Gikombe cy’Amahoro ndetse ngo umwanzuro wamaze gufatwa, amakipe yombi ategereje amabaruwa ayamenyesha. Umunyamabanga - [Musanze: Kutuzuza Inshingano kw’Abagabo, Imbarutso y'Uburaya ku Bagore bakuze](https://umurengezi.com/musanze-kutuzuza-inshingano-kwabagabo-imbarutso-yuburaya-ku-bagore-bakuze-2/) - Bamwe mu bagore bakorera uburaya mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze, bavuga ko kubujyamo ahanini biterwa n’abagabo batuzuza inshingano zabo, haba mu kwita ku muryango no kuwubonera ibyangombwa nkenerwa, hakiyongeraho no kubata(kubasiga) ndetse bakanabatana abana, bigatuma bahitamo kwiyandarika kugira ngo bashobore kwita ku muryango. Mu kiganiro aba babyeyi bagiranye n'ikinyamakuru UMURENGEZI.COM, bavuga ko usibye - [Rusesabagina yerekeje muri Amerika avuye muri Qatar](https://umurengezi.com/rusesabagina-yerekeje-muri-amerika-avuye-muri-qatar/) - Biravugwa ko Paul Rusesabagina yatangiye urugendo rumusubiza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuye mu Mujyi wa Doha muri Qatar aho yageze ku wa Mbere w’iki Cyumweru avuye i Kigali nyuma y’iminsi ibiri ahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Amakuru yatangajwe na Reuters, avuga ko kuri uyu wa Gatatu aribwo yavuye i Doha yerekeza i - [INES-Ruhengeri: Hatangijwe Umushinga witezweho kuzahura ubuhinzi](https://umurengezi.com/ines-ruhengeri-hatangijwe-umushinga-witezweho-kuzahura-ubuhinzi/) - Ubuhinzi nka kimwe mu bifite uruhare runini mu iterambere ry’Abanyarwanda, bukeneye ikoranabuhanga mu kuzamura umusaruro butanga, mu rwego rwo kwihaza no gusagurira n’amasoko. Ni muri urwo rwego INES-Ruhengeri, nk’ishuri rikuru ry’ubumenyingiro, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye, ryateguye umushinga w’ikoranabuhanga, witezweho kongera ubumenyi bw’abahinzi ndetse n’umusaruro w’ubuhinzi mu bwiza no mu bwinshi. Ni umushinga wamuritswe kuri uyu - [Rwanda: Hagiye kubakwa imihanda izajya inyurwamo n'abishyuye](https://umurengezi.com/rwanda-hagiye-kubakwa-imihanda-izajya-inyurwamo-nabishyuye/) - Mu Rwanda hagiye kubakwa imihanda izajya ikoreshwa n’abafite ibinyabiziga babanje kwishyura. Minisiteri y’Ibikorwaremezo ivuga ko bizafasha kugabanya umubyigano w’imodoka. Ibi ni bimwe mu bikubiye mu mushinga w’itegeko rirebana no gutwara abantu n’ibintu ku butaka no mu mazi watowe n’Umutwe w’Abadepite ku wa Kane. Iyi mihanda yifashishwa n’abafite gahunda zihutirwa bakayinyuramo babanje kwishyura ibizwi nka péage. - [Musanze: Abaturage barinubira kwishyuzwa ay'umutekano batawurindirwa](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barinubira-kwishyuzwa-ayumutekano-batawurindirwa/) - Bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Rugeyo, Akagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze, barinubira uburyo bishyuzwa amafaranga y'umutekano, nyamara ngo hagira uhura n'ikibazo cy'ubujura cyangwa urundi rugomo ahanini rukorwa mu masaha ya nijoro, bakabura ubatabara. Aba baturage bavuga ko batanga amafaranga y'umutekano babwirwa ko ari ayo kwishyura abawurinda no kubashakira impuzankano(uniforme), - [Amajyaruguru: Umunsi mpuzamahanga w’abagore wizihijwe ku buryo budasanzwe unahabwa umwihariko](https://umurengezi.com/amajyaruguru-umunsi-mpuzamahanga-wabagore-wizihijwe-ku-buryo-budasanzwe-unahabwa-umwihariko/) - Kuri uyu wa 08 Werurwe 2023 hizihijwe umunsi mpuzamahanga w'Abagore, ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru ibi birori bikaba byizihirijwe mu karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi. Ni umunsi wizihijwe mu buryo budasanzwe, bitewe n’ibirori by’akataraboneka byawuranze ndetse n’ibindi bikorwa byawushamikiyeho, birimo gusezeranya imiryango 211 y'ababanaga mu buryo butemewe n’amategeko, ubukangurambaga bwo kurinda abangavu inda zitateguwe ndetse - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 10)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-10/) - Tubifurije gukomeza kugubwa neza aho muri hose mwe mukomeje gukurikirana inkuru ndende yiswe “Uburibwe bw’urukundo.” Turacyari mu gihirahiro cy’ibibazo twasoje twibaza muri episode ya 09, kandi koko byari ngombwa ko tubyibaza, kuko byari biteye amatsiko, gusa ayo matsiko yose arashirira muri iyi Episode ya 10 ndetse n’izizakurikira. Umuriro ukomeje kwaka hagati ya Ange na Allan, - [INES-Ruhengeri: Ku nshuro ya kabiri Hamuritswe imico itandukanye mu banyeshuri](https://umurengezi.com/ines-ruhengeri-ku-nshuro-ya-kabiri-hamuritswe-imico-itandukanye-mu-banyeshuri/) - Umuco ni kimwe mu biranga igihugu, ugatandukanya abawuhuje n’abanyamahanga, kandi ukaba ikiraro gihuza Abenegihugu. Ni muri urwo rwego hateguwe imurikamuco ku banyeshuri biga muri INES-Ruhengeri biganjemo abanyamahanga. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2023, witabirwa n’abanyeshuri basaga 300, baturuka mu bihugu 15 bitandukanye harimo n’u Butariyani. Padiri Dr. Jean Bosco - [Musanze: Imiryango itishoboye yahawe inzu z’agaciro gakomeye](https://umurengezi.com/musanze-imiryango-itishoboye-yahawe-inzu-zagaciro-gakomeye/) - Mu buzima bwa muntu, inzu ni kimwe mu by’ibanze dukenera, kuko niho ibikorwa byinshi bya muntu bishingira. Ni muri urwo rwego mu mirenge ya Kinigi na Nyange hatashywe amazu 26 yubakiwe abatishoboye. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 24 Gashyantare 2023, kikaba cyaranzwe n’ibyishimo ku bayahawe ndetse bashimira abakoze iki gikorwa cy’indashyikirwa. Bamwe muri bo - [Dr Kayumba Christopher yagizwe umwere n'urukiko](https://umurengezi.com/dr-kayumba-christopher-yagizwe-umwere-nurukiko/) - Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Dr Kayumba Christopher umwere ku byaha yari akurikiranyweho, byo gusambanya undi ku gahato n’icy'ubwinjiracyaha muri icyo cyaha, rutegeka ko ahita arekurwa Dr Kayumba Christopher yahoze ari umwarimu muri Kaminuza, mu Ishuri ry’itangazamakuru n’itumanaho. Icyemezo cy’Urukiko cyasomwe kuri uyu wa gatatu tariki 22 Gashyanyare 2023. Dr Kayumba Christopher yakunze kuburana ahakana - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 09)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-09/) - Tubifurije gukomeza kugubwa neza aho muri hose mwe mukomeje gukurikirana inkuru ndende yiswe “Uburibwe bw’urukundo.” Turacyari mu gihirahiro cy’ibibazo twasoje twibaza muri episode ya 08, kandi koko byari ngombwa ko tubyibaza, kuko byari biteye amatsiko, gusa ayo matsiko yose arashirira muri iyi Episode ya 09 ndetse n’izizakurikira. Ubu natwe turacyari mu rujijo rw'ibiri kujya mbere, - [Rwanda: Ubukene n’amategeko akakaye, imbogamizi mu gukumira Cancer](https://umurengezi.com/rwanda-ubukene-namategeko-akakaye-imbogamizi-mu-gukumira-cancer/) - Hirya no hino mu gihugu hari inzu zifite isakaro rya Fibro-ciment(asbestos) rigaragazwa n’impuguke mu buzima ko zitera kanseri y’ibihaha(Lung Cancer) n’izindi ndwara z’ubuhumekero. Leta y’u Rwanda yashyizeho ingamba zo gusimbuza iri sakaro amabati atagira ingaruka mbi ku buzima bw’abantu ndetse n’ibidukikije, ariko nyamara iri sakaro riracyagaragara hirya no hino mu gihugu, yaba mu nzu zituwemo - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 08)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-08/) - Tubifurije gukomeza kugubwa neza aho muri hose mwe mukomeje gukurikirana inkuru ndende yiswe "Uburibwe bw’urukundo." Turacyari mu gihirahiro cy’ibibazo twasoje twibaza muri episode ya 07, kandi koko byari ngombwa ko tubyibaza, kuko byari biteye amatsiko, gusa ayo matsiko yose arashirira muri iyi Episode ya 08 ndetse n’izindi zizakurikira. Muri Episode iheruka, twasize Allan amaze kunywa - [Burera: Ubwiherero bw’Isoko bwuzuye butuma bamwe mu barirema baryitumamo](https://umurengezi.com/burera-ubwiherero-bwisoko-bwuzuye-butuma-bamwe-mu-barirema-baryitumamo/) - Isoko ni Igikorwaremezo gihenze, gifitiye abaturage akamaro mu iterambere ryabo. Iyo ridafashwe neza ngo rihabwe ibikenewe byose harimo n’ubwiherero, amazi n’ibindi bifasha ngo ryitabweho, rirangirika. Isoko rya kijyambere rya Nyagahinga rihereye mu Karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika, Akagari ka Nyagahinga, rifite ikibazo cy’ubwiherero bwuzuye bugafungwa, impamvu nyamukuru ituma bamwe mu barirema baryitumamo baciye mu - [Rwanda: Umushinga w’Ubwanikiro bwatwaye akayabo bugasaza budakoreshejwe uzabazwa nde?](https://umurengezi.com/rwanda-umushinga-wubwanikiro-bwatwaye-akayabo-bugasaza-budakoreshejwe-uzabazwa-nde/) - Inzu z’ubwanikiro zubatswe hirya no hino mu gihugu, cyane cyane ahiganje Ubuhinzi bw’ibinyampeke, mu mushinga mugari watwaye akayabo k’ingengo y’imari, none zatangiye gusenyuka hamwe na hamwe zitarakoreshwa icyo z’ubakiwe. Ni umushinga watangiye mu mwaka wa 2010, utangijwe na Leta y’u Rwanda, binyuze muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, ukaba warugizwe n’inzu za hangari zagenewe kwanikwamo no guhunika - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 07)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-07/) - Mbifurije gukomeza kugubwa neza aho muri hose mwe mukomeje gukurikirana uburibwe bw’urukundo. Turacyari mu gihirahiro cy’ibibazo twasoje twibaza muri episode ya 06, kandi koko byari ngombwa ko tubyibaza, kuko byari biteye amatsiko, gusa ayo matsiko yose arashirira muri iyi episode ya 07 ndetse n’izindi zizakurikira. Reka dutangire…… Muri Episode ya 06 twasize Allan afashe rya - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 06)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-06/) - Mbifurije gukomeza kugubwa neza aho muri hose mwe mukomeje gukurikirana uburibwe bw’urukundo. Turacyari mu gihirahiro cy’ibibazo twasoje twibaza muri episode ya 05, kandi koko byari ngombwa ko tubyibaza, kuko byari biteye amatsiko, gusa ayo matsiko yose arashirira muri iyi episode ya 06 ndetse n’izindi zizakurikira. Shoferi Paul Ange ushaka imitungo Noella ukunda Allan by’ukuri muri - [Abatuye mu Mijyi bahawe impuruza ku buzima bwabo](https://umurengezi.com/abatuye-mu-mijyi-bahawe-impuruza-ku-buzima-bwabo/) - Hirya no hino ku Isi, abantu batuye mu Mijyi itandukanye cyane cyane iyo mu bihugu byateye imbere, birabagora gutandukanya amanywa n’ijoro, ahanini biturutse ku matara yo ku mihanda amurika mu gihe cy’ijoro. Amatara yo ku mihanda azwi nka “Public lighting”, afitiye akamaro kenshi abatuye n’abagenda mu mijyi, kuko yongera umutekano w’ibintu n’abantu, ubwiza bw’umujyi, n’ibindi - [Congo yirukanye ku butaka bwayo abasirikare b’u Rwanda](https://umurengezi.com/congo-yirukanye-ku-butaka-bwayo-abasirikare-bu-rwanda/) - Repubulika Iharanira ya Demokarasi ya Congo(DRC) yatangaje ko yirukanye ku butaka bwayo ba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda, bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri iki gihugu, binyuze mu ngabo za EAC zoherejweyo. Bikubiye mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa Mbere tariki 30 Mutarama 2023, ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa FARDC, Gen Maj. Silvain Ekenge Bomusa - [Rwamagana: Abacuruzi barashyira mu majwi Abanyerondo kubagurisha ibijurano](https://umurengezi.com/rwamagana-abacuruzi-barashyira-mu-majwi-abanyerondo-kubagurisha-ibijurano/) - Bamwe mu bacuruzi bo mu murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana, baratabaza Ubuyobozi, ku karengane bavuga ko bakorerwa n'Abanyerondo biba Imyaka mu mirima y’abaturage bakaza kuyibagurisha, nyuma bagasubira inyuma(abanyerondo) bakavuga ko yibwe n'abo bacuruzi. Aba baturage bavuga ko ibi babibona nk'akagambane no kurengana, kuko ngo aba Banyerondo bagaruka bavuga ko aba bacuruzi baguze ibijurano bakabyisubiza, - [Bamporiki Edouard yafunzwe nyuma yo gukatirwa adahari](https://umurengezi.com/bamporiki-edouard-yafunzwe-nyuma-yo-gukatirwa-adahari/) - Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yatawe muri yombi, atangirira gukora ibihano muri Gereza ya Nyarugenge, nyuma yo guhamwa n'ibyaha byo Kwihesha ikintu cy'undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite ububasha ahabwa n’itegeko. Ni nyuma y'aho kuri uyu wa mbere taliki 23 Mutarama, yakatiwe igifungo cy'imyaka itanu n'ihazabu - [Gakenke: Hatahuwe abantu bamaze igihe ku ngoyi mu rugo rw’umuturage](https://umurengezi.com/gakenke-hatahuwe-abantu-bamaze-igihe-ku-ngoyi-mu-rugo-rwumuturage/) - Inzego z’umutekano n’abaturage batahuye abantu babiri bamaze igihe ku ngoyi mu rugo rw’umuturage bivugwa ko ari Umuvuzi. Kuwa Gatandatu w'icyumweru gishize, nibwo ayo makuru yamenyekanye mu Mudugudu wa Mubuga, Akagari ka Ruganda, mu Murenge wa Muhondo, mu Karere ka Gakenke. Umusore witwa Uwimpuhwe Emmanuel w’imyaka 26 bakunda kwita Murokore, uturuka mu Karere ka Nyarugenge, mu - [Kayumba Christopher yasabiwe gufungwa imyaka 10](https://umurengezi.com/kayumba-christopher-yasabiwe-gufungwa-imyaka-10/) - Dr Kayumba Christopher, wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Itangazamakuru, yasabiwe gufungwa imyaka 10 n’amezi atandatu, kubera ibyaha akurikiranyweho byo gusambanya ku gahato n’ubwinjiracyaha muri icyo cyaha. Mu rubanza rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2023, nibwo Urubanza ruregwamo Dr Kayumba Christopher rwaburanishijwe mu mizi mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. - [Prof. Kalisa Mbanda wayoboraga NEC yitabye Imana](https://umurengezi.com/7123-2/) - Prof. Kalisa Mbanda wayoboye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), yitabye Imana, kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Mutarama 2023, aguye mu bitaro bya Gisirikare bya Kanombe. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza, yabwiye Itangazamakuru ko uwari urwaje Prof. Mbanda muri ibyo bitaro, yamubwiye ko yitabye Imana, azize uburwayi butari bumaze igihe kinini. Munyaneza avuga ko - [Noopja wamamaye mu ndirimbo 'Murabeho' yagizwe umuyobozi muri Trace Africa](https://umurengezi.com/noopja-wamamaye-mu-ndirimbo-murabeho-yagizwe-umuyobozi-muri-trace-africa/) - Nduwimana Jean Paul wamenyekanye ku izina rya Noopja mu muziki, akaba n’umuyobozi wa Studio ikora umuziki ya Country Records, yagizwe Umuyobozi wa televiziyo ya Trace East Africa mu Rwanda. Noopja yamenyekanye mu myidagaduro yo mu Rwanda ubwo yakoraga indirimbo yitwa ‘Urabeho ndagiye’ yavugaga ku musore wanduye Sida ari gusezera ku nshuti ze kubera ubwo burwayi. - [RDC: Papa agiye guhura n’abakozweho n’intambara ya M23 na FARDC](https://umurengezi.com/rdc-papa-agiye-guhura-nabakozweho-nintambara-ya-m23-na-fardc/) - Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku Isi, Papa Francis, arateganya guhura n’abakozweho n’intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi Congo(DRC), umutwe wa M23 uhanganyemo n’igisirikare cya Leta, FARDC. Radiyo Okapi yatangaje ko azagera muri Congo kuwa 31 Mutarama 2023, nyuma agahura n’imiryango yavanywe mu byabo ndetse n’abarokotse muri iyo ntambara. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri - [Burera: Batewe impungenge n'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro bubasenyera amazu](https://umurengezi.com/burera-batewe-impungenge-nubucukuzi-bwamabuye-yagaciro-bubasenyera-amazu/) - Bamwe mu baturage baturiye ibinombe by’amabuye y’agaciro, baravuga ko bahangayikishijwe no kwangirizwa imitungo ya bo n’ibikorwa by’ubucukuzi bw’aya mabuye, bitewe ahanini n’uburyo bwo guturitsa urutambi. New Bugarama Mining(NBM) ni bamwe mu bakorera imirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Burera, Umurenge wa Kagogo, yatunzwe agatoki n’abaturage baturanye na yo, mu kubangiriza amazu. Dusabimana Jeannine, umuturage - [Vatican: Uwahoze ari Umushumba wa Kiliziya Gaturika yitabye Imana](https://umurengezi.com/vatican-uwahoze-ari-umushumba-wa-kiliziya-gaturika-yitabye-imana/) - Isi yose iri mu gahinda gakomeye cyane cyane Abakirisitu Gatulika, nyuma yo kubura Umupapa(Papa) weguye ku butumwa bwo kuyobora Kiliziya Gaturika ku isi yose. Iyi nkuru y'incamugongo, yamenyekanye binyuze mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, tariki 31 Ukuboza 2022 na Vatican. Iri tangazo ryagiraga riti: “Mu gahinda kenshi, turabamenyesha ko Papa Benedicto XVI, - [Musanze: Babangamiwe n'Ikizenga kigwamo abana babo](https://umurengezi.com/musanze-babangamiwe-nikizenga-kigwamo-abana-babo/) - Abaturage baturiye ikizenga gihuza umudugudu wa Kungo n’uwa Nganzo, ku muhanda wa Musanze-Kinigi ujya ku rwunge rw'amashuri rwa GSK, bavuga ko kibabangamiye, bagasaba ko cyakurwaho. Aba baturage bavuga ko bigoye kuhanyura igihe imvura yaguye, kubera amazi aharega ngo bikaba byaha urwaho n'abagizi ba nabi kuhatangirira abantu, bitwaje ayo mazi. Haguminshuti Chance, umwe muri aba baturage, - [Burera: Barataka ubukene baterwa no gukora badahembwa](https://umurengezi.com/burera-barataka-ubukene-baterwa-no-gukora-badahembwa/) - Bamwe mu baturage batuye mu Mirenge imwe n'imwe yo mu Karere ka Burera, bavuga ko bamaze igihe kinini bakora badahembwa, bikabatera ubukene. Aba baturage bataka ubukene buturuka ku gukora badahembwa, ni abakora muri VUP (Vision Umurenge Program). Bamwe muri bo baganiriye n’ikinyamakuru UMURENGEZI.COM, bagitangarije ko bamaze amezi agera kuri ane badakora ku ifaranga rya VUP, - [Itangazo ryo guhinduza amazina](https://umurengezi.com/itangazo-ryo-guhinduza-amazina-2/) - [U Bufaransa bweruye bushinja u Rwanda gufasha M23](https://umurengezi.com/u-bufaransa-bweruye-bushinja-u-rwanda-gufasha-m23/) - Ambasade y’u Bufaransa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, ubwo yasakazaga ubutumwa bwerura ko “u Bufaransa bwamaganye inkunga u Rwanda rugenera umutwe wa M23, bugasaba ko ibiganiro bya Luanda na Nairobi bishyirwa mu bikorwa mu buryo bwuzuye.” Benshi batanze ibitekerezo binenga uburyo Ambasade y’u Bufaransa yemeye guhindurwa na Guverinoma - [Polisi yasabwe gutanga serivisi nziza mu bushobozi buhari](https://umurengezi.com/polisi-yasabwe-gutanga-serivisi-nziza-mu-bushobozi-buhari/) - Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana, yavuze ko n'ubwo hakiri imbogamizi zishingiye ku bushobozi bwa Polisi mu nshingano zayo, bitagomba kugira ingaruka ku ireme rya serivisi zitangwa, haba ku mupolisi ubwe, umutwe cyangwa ishami rya Polisi y’u Rwanda akoreramo. Ibi Minisitiri Gasana yabivuze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Ukuboza, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Nkuru - [Ku nshuro ya 14 INES-Ruhengeri yatanze impamyabumenyi ku basoje amasomo](https://umurengezi.com/ku-nshuro-ya-14-ines-ruhengeri-yatanze-impamyabumenyi-ku-basoje-amasomo/) - Mu muhango ngarukamwa wo gutanga impamyabumenyi kuri iyi nshuro, wari witabiriwe n’inzego bwite za Leta ndetse n’abasoje amasomo barimo n’abanyamahanga. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 15 Ukuboza 2022, akaba ari ku nshuro ya 14 ishuri rikuru ry’Ubumenyingiro INES-Ruhengeri ritanga impamyabumenyi ku barangije amasomo mu byiciro bitandukanye. Kuri iyi nshuro, abasoje amasomo yabo bagera kuri - [Musanze-Nkotsi: Barataka ibihombo baterwa no kwangirizwa na Pariki](https://umurengezi.com/musanze-nkotsi-barataka-ibihombo-baterwa-no-kwangirizwa-na-pariki/) - Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Musanze, umurenge wa Nkotsi, cyane cyane igice cyegereye ahasurwa na ba Mukerarugendo, barataka ibihombo. Iki kibazo cyagaragajwe nyuma yaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere (RDB), cyateye imigano ku nkengero z’umuhanda unyuramo abasura pariki, nyuma imigano igakura ikarenga imbibi za RDB, ikerekeza mu mirima no mu ngo by’abaturage. Buhanga Eco-Park, - [Sobanukirwa ubwoko bw’abantu bahora batuje “Introverti” na bimwe mu bibaranga](https://umurengezi.com/sobanukirwa-ubwoko-bwabantu-bahora-batujeintroverti-na-bimwe-mu-bibaranga/) - Abahanga mu bijyanye n’imiterereze ya muntu bashyira abantu mu byiciro bibiri aribyo Introverti(Introverts) na Extroverti(Extroverts). Icyiciro cya Introverti ari nacyo tuza kuvugaho muri iyi nkuru, ni abantu bacecetse cyane akenshi badakunda kuvuga iyo bari mu bandi. Aba bantu, bakunze guhitamo kwibera mu rugo cyangwa ku kazi kuko baba bumva aribyo bibahaye amahoro gusumba uko bajya - [Ibyo wamenya ku ndwara ya ‘Stiff Person syndrome’ yibasiye Celine Dion](https://umurengezi.com/ibyo-wamenya-ku-ndwara-ya-stiff-person-syndrome-yibasiye-celine-dion/) - Kuwa 09 Ukuboza 2022, nibwo umuhanzikazi Céline Marie Claudette Dion w’imyaka 54 y'amavuko, yatangaje ko ahagaritse ibitaramo byose yari afite ku mugabane w’i Burayi, byari kuzaba mu mpeshyi ya 2023, bikaba byimuriwe muri 2024, kubera indwara ya ‘Stiff Person Syndrome.’ Iyi ndwara itagira umuti, ifata imitsi ijyana amaraso mu bwonko, ndetse no mu rutirigongo, bigatuma - [Abanyamakuru bo mu Rwanda barashinjwa gukorana na M23](https://umurengezi.com/abanyamakuru-bo-mu-rwanda-barashinjwa-gukorana-na-m23/) - Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyatunze agatoki abanyamakuru bo mu Rwanda, kuvogera ubutaka bwacyo no gukorana n’inyeshyamba za M23. Mu itangazo ryasohotse rigenewe abanyamakuru kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2022, rivuga ko abanyamakuru bo mu Rwanda binjira muri Congo bitemewe n’amategeko bagakorana na M23. Itangazo rivuga ko leta ya Congo yamaganye aba - [U Rwanda rwemerewe inguzanyo ya miliyoni 319 z’amadolari](https://umurengezi.com/u-rwanda-rwemerewe-inguzanyo-ya-miliyoni-319-zamadolari/) - Kuri uyu wa mbere tariki 12 Ukuboza 2022, Inama nyobozi y’Ikigega cy’Imari ku Isi (IMF) yemeje inguzanyo ya miliyoni 319 z’amadolari azahabwa u Rwanda, mu buryo bushya bwo gushyigikira politiki z’ibihugu bikennye, n’ibifite ubukungu bwo hagati, bwiswe (Resilience and Sustainability Facility, RSF), n’ubundi bwitwa (Policy Coordination Instrument, PCI). Leta y'u Rwanda ibaye Igihugu cya mbere - [World Cup: Maroc ikoze amateka atazibagirana](https://umurengezi.com/world-cup-maroc-ikoze-amateka-atazibagirana/) - Bwa mbere mu mateka, Ikipe yo ku Mugabane wa Afurika igeze kure mu marushanwa y’Igikombe cy’Isi. Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’amaguru ya Maroc ikoze amateka akomeye, yo kuba Ikipe ya mbere yo ku Mugabane wa Afurika, igera muri 1/2 cy’Igikombe cy’Isi kiri kubera muri Qatar. Iki gikorwa cy’indashyikirwa, ikipe y’umupira w’amaguru yo mu gihugu cya Maroc - [Itangazo ryo guhinduza amazina](https://umurengezi.com/itangazo-ryo-guhinduza-amazina/) - [Dr Iyamuremye wari Perezida wa Sena yeguye](https://umurengezi.com/dr-iyamuremye-wari-perezida-wa-sena-yeguye/) - Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda, kuri uyu wa 8 Ukuboza 2022, yeguye ku mirimo ye ndetse no ku nshingano zo kuba Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku mpamvu z’uburwayi. Mu ibaruwa ye, Dr Iyamuremye, yasobanuye ko kubera ubwo burwayi, akeneye gufata umwanya wo kwivuza bitabangamiye inshingano ze. Yashimiye Perezida - [Abapolisi 500 bagiye kwirukanwa](https://umurengezi.com/abapolisi-500-bagiye-kwirukanwa/) - Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Abapolisi bagera kuri 500 bagiye kwirukanwa muri uru rwego, nyuma yo kugaragarwaho amakosa atandukanye, arimo kwakira ruswa n’ubusinzi. Ibi, byagarutsweho n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi wungirije Ushinzwe Ubuyobozi n’Abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza, ubwo hasubukurwaga gahunda ya Gerayo Amahoro, igamije gukora ubukangurambaga ku mutekano wo mu muhanda. Ubwo yari mu Karere - [Musanze: Abafite ubumuga bagaragaje akabari ku mutima ku munsi wabahariwe](https://umurengezi.com/musanze-abafite-ubumuga-bagaragaje-akabari-ku-mutima-ku-munsi-wabahariwe/) - Umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, usanze abo mu karere ka Musanze bishimira ibyagezweho, ariko bakavuga ko bagifite imbogamizi bifuza ko zakurwaho. Uyu munsi wizihizwa tariki ya 03 Ukuboza buri mwaka. Kuri iyi nshuro, mu Karere ka Musanze wizihirijwe mu Murenge wa Gacaca, ukaba witabiwe n’abafite ubumuga batandukanye ndetse n’abaturanyi babo. Wari umunsi waranzwe n’ibyishimo wizihijwe - [Prince Kid wahoze ayobora Miss Rwanda yarekuwe](https://umurengezi.com/prince-kid-wahoze-ayobora-miss-rwanda-yarekuwe/) - Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwarekuye by’agateganyo Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, uregwa ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina. Urukiko rwanzuye ko Prince Kid w’imyaka 34 afungurwa by’agateganyo, kuko nta bimenyetso bikomeye byatanzwe bigaragaza ko ibyaha byakozwe. Ubwo icyemezo cy’urukiko cyatangazwaga kuri uyu wa - [Nyabihu: Ibyishimo ni byose, nyuma yo gukorerwa ubuvugizi](https://umurengezi.com/nyabihu-ibyishimo-ni-byose-nyuma-yo-gukorerwa-ubuvugizi/) - Umuryango ugizwe n'abantu batandatu, urishimira uko ubayeho, nyuma yo gukorerwa ubuvugizi ugahabwa isakaro ryabarinze kunyagirwa. Uzayisenga Epiphanie, utuye mu Mudugudu wa Kagano, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, avuga ko we n'umuryango we bari mu byishimo byinshi, nyuma yo guhabwa amabati n’Akarere ka Nyabihu. Uyu mubyeyi ufite abana bane n’umugabo umwe, - [Musanze-Kimonyi: Abaturage basabwe kurangwa n'isuku muri byose](https://umurengezi.com/musanze-kimonyi-abaturage-basabwe-kurangwa-nisuku-muri-byose/) - Abaturage batuye n’abakorera mu murenge wa Kimonyi, mu Karere ka Musanze, barasabwa kugira umuco w’isuku, aho batuye, ku mubiri, mu byo bategura nk’ifunguro ndetse bakita no ku mutekano. Ibi babisabwe kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022, mu bukangurambaga bwakozwe n'Umurenge wa Kimonyi, ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda ndetse n’Intara y’Amajyaruguru. Ni igikorwa cyatangiwemo ubutumwa - [Ibyo wamenya kuri Mukansanga ugiye gusifura undi mukino w’igikombe cy’isi](https://umurengezi.com/ibyo-wamenya-kuri-mukansanga-ugiye-gusifura-undi-mukino-wigikombe-cyisi/) - Umunyarwandakazi Mukansanga Salima, uri mu bagore batatu bari gusifura igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar, azaba ari umusifuzi wa Kane mu mukino Ubufaransa buzakina na Tunisia kuri uyu wa 30 Ukuboza 2022. Salima azaba yungirije umusifuzi mukuru w’uyu mukino Matthew Conger, ukomoka muri New Zealand, we na mugenzi we baturuka hamwe Mark Rule, na Tevita Makasini - [Somalia: Abarenga 14 bapfiriye muri Hoteli yari yigaruriwe n’intagondwa](https://umurengezi.com/somalia-abarenga-14-bapfiriye-muri-hoteli-yari-yigaruriwe-nintagondwa/) - Abashinzwe umutekano muri Somalia, basoje urugamba rw’amasaha arenga 20 byabasabye, kugira ngo bisubize hoteli yari yigaruriwe n’intagondwa mu murwa mukuru Mogadishu, ku mugoroba wo ku cyumweru. Polisi ivuga ko abantu nibura 14, barimo abasivile umunani, biciwe muri icyo gitero. Intagondwa zo mu mutwe wiyitirira Islam wa al-Shabab, wavuze ko ari wo wakoze icyo gitero, ko - [Tanzania yitandukanyije na raporo ku mpanuka y’indege](https://umurengezi.com/tanzania-yitandukanyije-na-raporo-ku-mpanuka-yindege/) - Leta ya Tanzania yitandukanyije na raporo y’ibanze ku ndege itwara abagenzi yakoze impanuka, ikica abantu 19 mu bari bayirimo, nyuma y'uko irohamye mu kiyaga cya Victoria. Iyo raporo, yatangajwe kuwa kabiri tariki 22 Ugushyingo kandi yari ikiri ibanga, yavuze ko abantu benshi kurushaho bashoboraga kuba baratabawe iyo ibikorwa by’ubutabazi bidatinda gutangira. Inakubiyemo ko abibira mu - [Musanze: Hasojwe ihuriro rya Gikirisitu](https://umurengezi.com/musanze-hasojwe-ihuriro-rya-gikirisitu/) - Ihuriro ry'iminsi itatu ryiswe “Kingdom Business Forum” ryaberaga mu karere ka Musanze, ryasojwe kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Ugushyingo 2022. Iri huriro ryateguwe n’Itorero rya Fatherhood Sanctuary, ryatangiye tariki ya 09 Ugushyingo, rigamije kwigira hamwe uko hagabanywa icyuho kiri mu gukora ubucuruzi ku Bakirisitu babihuza n’ubuzima bwa Gikirisitu. Bishop Hakizimana Pacifique, uhagarariye Itorero rya - [Twitter yafunze imiryango ku bakozi bayo](https://umurengezi.com/twitter-yafunze-imiryango-bitunguranye/) - Abayobozi n’abakozi by’umwihariko abakora ku cyicaro gikuru cy’Ikigo Twitter Inc, gifite urubuga nkoranyambaga rwa Twitter, basabwe kuba basubiye iwabo, nyuma y'uko iki kigo cyafunze ibiro mu gihe gito. Ntabwo hasobanuwe impamvu y'ibi, gusa ubutumwa bwohererejwe abakozi, buvuga ko ibiro by’iki kigo bizaba bifunze kugeza kuwa Mbere tariki 21 Ugushyingo 2022. Ni itangazo rije nyuma y’amasaha - [Gicumbi : Kuboneza urubyaro ku bagabo bibangamiwe n’amagambo abivugwaho](https://umurengezi.com/gicumbi-kuboneza-urubyaro-ku-bagabo-bibangamiwe-namagambo-abivugwaho/) - Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi baravuga ko kuba hari ingaruka mbi zivugwa ku mugabo waboneje urubyaro bituma batitabira iyo gahunda ku buryo bushimishije. Uburyo bukoreshwa muri gahunda yo kuboneza urubyaro burimo ibinini, inshinge, n’agapira ku bagore no kwifungisha burunndu ku bagabo buzwi nka vasectomy. Hari abaturage bavuga ko uburyo busanzwe bukorerwa abagore - [Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utipimishije](https://umurengezi.com/ibimenyetso-8-bishobora-kukwereka-ko-wanduye-sida-utiriwe-wipimisha/) - Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze Imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko kariya gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, ruvuga ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze byibura ukwezi kumwe cyangwa abiri kari mu mubiri w’umuntu, abantu 40% kugeza kuri 90% bashobora - [Rutsiro: Abatishoboye barasaba gusanirwa amazu bubakiwe](https://umurengezi.com/rutsiro-abatishoboye-barasaba-gusanirwa-amazu-bubakiwe/) - Abaturage bubakiwe amazu, bo mu miryango itishoboye yo mu karere ka Rutsiro, bahangayikishijwe no kubona akomeza kwangirika umusubirizo, bikabatera kwibaza ku maherezo n'imibereho y'urubyaro rwabo. Aya mazu yubakiwe abatishoboye, aherereye mu burengerazuba bw'u Rwanda, mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, mu kagari ka Gihira, umudugudu wa Bitenga. Mu kiganiro aba baturage bagiranye n'Ikinyamakuru UMURENGEZI - [Kenya: Polisi yakomorewe bidasubirwaho kurasa ibisambo](https://umurengezi.com/kenya-polisi-yakomorewe-bidasubirwaho-kurasa-ibisambo/) - Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko Polisi y’igihugu cye ihawe uburenganzira bwo kurasa igisambo icyo ari cyo cyose kizashaka kurwanya umupolisi, ashimangira ko igihugu cye kitagomba kuba indiri y’abajura ngo bacyigarurire. Perezida Ruto, avuga ko abajura bagomba kubireka, kandi ngo Kenya ntizemera ko amatsinda yabo yigira kagarara, ngo abuze abantu bo mu bice runaka - [Kenya: Afunzwe akekwaho gushaka kwihekura](https://umurengezi.com/kenya-afunzwe-akekwaho-gushaka-kwihekura/) - Umugabo wo mu gihugu cya Kenya, afunzwe akekwaho kwaka ingurane, kugira ngo arekure umwana we yari yashimuse. Iyi nkuru, yamenyekanye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Ugushyingo 2022, ubwo umubyeyi w’uyu mwana yatangaga ikirego ku biro bya Polisi ya Nairobi, avuga ko umugabo we ari kumusaba ingurane ingana n’Amashiringi ya Kenya ibihumbi mirongo itanu - [Twitter yahagaritse abakozi b'ishami ryayo muri Afurika](https://umurengezi.com/twitter-yahagaritse-abakozi-bishami-ryayo-muri-afurika/) - Impinduka mu Kigo Twitter, zikomeje kuba uruhuri, nyuma yo kugurwa n’umuherwe Elon Musk, akayabo ka miliyari zisaga 44 z’amadolari y’Amerika. Abakozi b’ishami ry’Afurika rya Twitter rikorera i Accra muri Ghana, mu minsi mike ishize, bazindutse babona ubutumwa ku muyoboro wa 'E-mail' zabo, ko akazi karangiye, bityo iryo shami rikaba rishobora kuba ritakibarirwa mu mashami y’ikigo. - [Musabyimana yagizwe Minisitiri muri MINALOC](https://umurengezi.com/musabyimana-yagizwe-minisitiri-muri-minaloc/) - Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ugushyingo 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagize Musabyimana Jean Claude Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, asimbuye Gatabazi Jean Marie Vianney kuri uwo mwanya. Gatabazi J.M.V yagiye kuri izo nshingano muri Werurwe 2021, asimbuye Prof. Shyaka Anastase, icyo gihe na bwo yazamuwe mu ntera avuye ku mwanya wa - [Rwanda: Imyitozo yo guhangana na Ebola irarimbanyije](https://umurengezi.com/rwanda-imyitozo-yo-guhangana-na-ebola-irarimbanyije/) - N'ubwo mu Rwanda hataragera icyorezo cya Ebola, mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda kimaze guhitana abantu 19, ndetse hari n’Uturere tubiri twashyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo, mu rwego rwo kugerageza gukumira ikwirakwira ryacyo. Ni muri urwo rwego, Urwanda rukomeje kugaragaza ko rwiteguye guhangana n’iki cyorezo, mu gihe cyaba kihageze, ndetse abaganga bakaba bakora umwitozo-ngiro - [Perezida Tshisekedi yatumye Umwami w'Ubwongereza ku Rwanda](https://umurengezi.com/perezida-tshisekedi-yatumye-umwami-wubwongereza-ku-rwanda/) - Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo(RDC), Felix Tshisekedi akomeje gukubita hirya no hino, asaba ko amahanga yasaba u Rwanda guhagarika gukorana n’umutwe wa M23 washegeshe Uburasirazuba bw’igihugu cye. Nubwo u Rwanda rwahakanye kenshi ko rufasha uyu mutwe, ndetse na wo ukabihakana, Perezida Tshisekedi ntiyanyuzwe, kuko ahora asaba ko amahanga yamufasha kurwumvisha ko rukwiye kujya - [Ubwongereza: Nyuma y’iminsi 45, Liz Truss yeguye](https://umurengezi.com/ubwongereza-nyuma-yiminsi-45-liz-truss-yeguye/) - Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Liz Truss, yatangaje ubwegure bwe, nyuma y’ibyumweru bitandatu gusa atangiye imirimo yo kuyobora iki gihugu. Ni umwanzuro yafashe, nyuma y’ibibazo bitandukanye byugarije iki gihugu, byiganjemo iby’ubukungu, bitewe n’izamuka rikabije ry’ibiciro ku Isoko, cyane cyane ibikomoka kuri Peterori na Gazi. Uku kunanirwa kubikemura, bikaba byatumye ashyikiriza Umwami w’Ubwongereza Charles III, Ubwegure bwe. Mu - [Musanze: Abaturage barashinja REG kubangiririza imyaka nta ngurane](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barashinja-reg-kubangiririza-imyaka-nta-ngurane/) - Abaturage baturiye n'abafite amasambu ahanyujijwe umuyoboro w'amashanyarazi, mu karere ka Musanze, Umurenge wa Cyuve, Akagari ka Gitinda, barashinja ubuyobozi bw'ikigo Gishinzwe Ingufu(REG), kubasubiza ku isuka, nyuma yo kwangiza imyaka yabo ntibahabwe ingurane. Nk'uko bivugwa n'abaturage, ngo iki kigo cyigabije amasambu yabo nta bwumvikane bubayeho, mu rwego rwo kurebera hamwe agaciro k'imitungo yabo izangizwa n'ikorwa ry'umuyoboro - [Ambasaderi Karega yategetswe kuva muri Congo](https://umurengezi.com/ambasaderi-karega-yategetswe-kuva-muri-congo/) - Inama nkuru y’umutekano muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo(DRC) yateranye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Ukwakira 2022, iyobowe na Perezida wa Repubulika Felix Antoine Tshisekedi, yafashe umwanzuro wo kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda Vincent Karega muri iki gihugu. Iyi nama yabereye mu Murwa mukuru Kinshasa, yavuze ko Congo idashobora kwihanganira ubushotoranyi bw’u - ["Turifuza Guhuza ubuzima bwa Gikirisitu n’ubusanzwe" - Fatherhood Sanctuary](https://umurengezi.com/turifuza-guhuza-ubuzima-bwa-gikirisitu-nubusanzwe-fatherhood-sanctuary/) - Itorero Fatherhood Sanctuary rivuga ko rifite icyuho mu Bakirisitu basenga babifatanyije n'ubucuruzi(Business), kandi byose bikagenda neza, bityo ko rishaka guhuza ubuzima bw’umwuka n’ubuzima busanzwe. Ibi, byatangarijwe mu kiganiro iri torero ryagiranye n’Itangazamakuru, kuri uyu wa Mbere tariki 31 Ukwakira 2022, mu rwego rwo kwitegura Ihuriro rizitabirwa n’abantu barenga Ijana, baturutse hirya no hino ku Isi, - [DRC: M23 yafashe agace ka Ntamugenga](https://umurengezi.com/drc-m23-yafashe-agace-ka-ntamugenga/) - Abarwanyi b'umutwe wa M23 utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo(DRC) baraye bafashe agace ka Ntamugenga, mu mirwano ikomeye, abaturage benshi bahungira muri Uganda. Amakuru dukesha ikinyamakuru DRC Actu cyandikirwa i Goma mu Burasirazuba bwa Congo, aremeza ko abarwanyi ba M23 bafashe aka gace, ndetse n'utundi twa Muhimbira na Nyaluhondo, kandi imirwano ikaba - [Rutsiro : Isoko ryatwaye asaga Miliyoni 20 rimaze imyaka 10 ridakoreshwa](https://umurengezi.com/rutsiro-isoko-ryatwaye-asaga-miliyoni-20-rimaze-imyaka-10-ridakoreshwa/) - Isoko ry’amatungo ryubatswe mu murenge wa Nyabirasi hagamijwe gufasha aborozi bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Rutsiro, rikuzura ritwaye akayabo ka Miliyoni zirenga 20 z’amafaranga y’u Rwanda, kuri ubu ngo imyaka 10 irihiritse ridakoreshwa. Iri soko abaturage bahamya ko ryakorewemo umunsi umwe gusa nyuma yo kuzura ritakajweho akayabo, ngo ryaje guta agaciro kuko kubera - [Musanze: Kunanirwa kumvikana byaviriyemo umuturage kudasarura ibye](https://umurengezi.com/musanze-kunanirwa-kumvikana-byaviriyemo-umuturage-kudasarura-ibye/) - Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze bishyize hamwe ngo begerezwe ibikorwa remezo by’amashanyarazi, biviramo umuturanyi wabo kubangamirwa, nyuma y'uko bananiwe kumvikana bo ubwabo. Ubwumvikane buke bwatangiye ubwo amwe mu mapoto bari barashinze ngo bafate amashanyarazi yibwe n’abagizi ba nabi, nyuma insinga zitwara umuriro zigwa - [Musanze: Abaturage basabwe kwitabira siporo rusange](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-basabwe-kwitabira-siporo-rusange/) - Bamwe mu batuye mu Karere ka Musanze, bakoze Siporo rusange, yitezweho guhindura byinshi, byiganjemo ubuzima buzira indwara zitandura, zishobora kwirindwa hifashishijwe siporo. Umunsi wa siporo rusange ku banya Musanze, ni ngaruka kabiri buri kwezi, aho buri cyumweru cya mbere iba kuwa gatandatu, mu gihe ku cyumweru cya gatatu ikorwa ku cyumweru. Iyo kuri uyu wa - [Karongi: Abatuye mu mudugudu w'icyitegererezo barataka kutagira ubwiherero](https://umurengezi.com/karongi-abatuye-mu-mudugudu-wicyitegererezo-barataka-kutagira-ubwiherero/) - Imiryango 40 ituye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rugabano, mu Karere ka Karongi, irataka kutagira ubwiherero, ikavuga ko biyigora kwifashisha ubw'abaturanyi. Aba baturage, bavuga ko bibagora kubona aho biherera, kubera ko ngo ubwiherero bubakiwe bwazibye, bityo ngo kujya gutira ubw'ahandi bakabona bitari bikwiye, kuko bemeza ko bibabangamiye bikomeye. Bamwe mu baganiye n'itangazamakuru batifuje ko amazina yabo - [Umugabo yateje akavuyo nyuma yo kubona umugore we mu modoka y’umuhanzi](https://umurengezi.com/umugabo-yateje-akavuyo-nyuma-yo-kubona-umugore-we-mu-modoka-yumuhanzi/) - Umugabo wo mu gihugu cya Cameroon yateje akavuyo, nyuma yo gufatira umugore we mu modoka y’umuhanzi uzwi cyane muri iki gihugu nka Longue Longue. Ibi byabaye kuwa mbere, tariki ya 17 Ukwakira 2022, ahitwa Mvog Atangana Mballa, mu mujyi wa Yaounde. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza, ngo uyu mudamu yavuye mu rugo umunsi umwe mbere y’aho - [Rutsiro: Ubuyobozi buritana ba mwana ku kibazo cy'umuhanda umaze imyaka 2 udacaniye](https://umurengezi.com/rutsiro-ubuyobozi-buritana-ba-mwana-ku-kibazo-cyumuhanda-umaze-imyaka-2-udacaniye/) - Bamwe mu bayobozi bo mu nzego zitandukanye, ntibavuga rumwe ku kibazo cy'amatara yashyizwe ku muhanda, atarigeze yaka mu gihe cy'imyaka ibiri amaze ashyizweho, mu gihe abaturage bifashisha iyi nzira bahangayikishijwe no kwamburwa biterwa n'umwijima uba muri uyu muhanda mu masaha y'umugoroba. Nk'uko bigarukwaho na bamwe mu baturage bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Rutsiro, - [Abarundi bemerewe kujya mu Rwanda badasabye Leta uruhushya. Kuki batambuka ku bwinshi nka mbere?](https://umurengezi.com/abarundi-bemerewe-kujya-mu-rwanda-badasabye-leta-uruhushya-kuki-batambuka-ku-bwinshi-nka-mbere/) - Kuva mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nzeri, Abategetsi b’u Burundi bemereye abaturage kujya mu Rwanda badasabye Leta uruhushya, ariko urujya n’uruza ntirurasubira nk’uko rwahoze. Gufungura iyi mipaka bisa n’ibyateye urujijo benshi, kuko habayeho amakuru avuguruzanya ku ifungurwa ryayo byeruye. Ku ikubitiro, mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, havugiwe amakuru ko imipaka y’u Rwanda n’u Burundi - ["Turi ishyaka ritavuga rumwe na leta ariko ntiduhangana na yo" - DGPR](https://umurengezi.com/turi-ishyaka-ritavuga-rumwe-na-leta-ariko-ntiduhangana-na-yo-dgpr/) - Ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda DGPR) rivuga ko Politike yigishwa atari intambara kandi ko atari uguhangana na Leta n'ubwo ritavuga rumwe na yo. Nk'uko bigarukwaho na bamwe mu barwanashyaka, bavuga ko bahabwa inyigisho zitandukanye zigaruka ku buzima bw'igihugu no kurengera ibidukikije nk'imwe mu ntego nyamukuru z'ishyaka, bakigishwa - [Burera: Barasaba kubakirwa inzu yenda kubagwaho](https://umurengezi.com/burera-barasaba-kubakirwa-inzu-yenda-kubagwaho/) - Umuryango bigaraga ko utishoboye, uratabaza Inzego bireba, bitewe n'uko inzu batuyemo ari ikirangarira, ngo ko ishobora kubagwaho isaha iyo ariyo yose, bagasaba ko bakubakirwa. Uyu muryango w’abantu barindwi, utuye mu Mudugudu wa Gahama, Akagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Cyanika, mu karere ka Burera. Bugeneye Olive, Umubyeyi w’Abana batanu, avuga ko we n’Umugabo we Buzirabwoba Stephano - [Burera : Yagurishije aho yari atuye ngo avuze umwana, ariko aracyasabwa asaga Miliyoni ebyiri](https://umurengezi.com/burera-yagurishije-aho-yari-atuye-ngo-avuze-umwana-ariko-aracyasabwa-asaga-miliyoni-ebyiri/) - Mutwaranyi Jean de Dieu wo mu murenge wa Kagogo, akarere ka Burera, yagurishije isambu imwe rukumbi yari atunze agira ngo avuze umwana we ufite uburwayi bwagaragaye nyuma y’igihe gito avutse, ariko ngo aracyakeneye miliyoni ebyiri kugira ngo umwana we avurwe. Mutwaranyi kuri ubu ucumbikiwe n’abagiraneza, avuga ko mu mwaka wa 2012 aribwo we n’umufasha we - [Musanze: Land Officer yasenyeye umuturage ategekwa kumwubakira](https://umurengezi.com/musanze-land-officer-yasenyeye-umuturage-ategekwa-kumwubakira/) - Umukozi ushinzwe ubutaka(Land Officer) mu Murenge wa Nkotsi, mu Karere ka Musanze, yasenyeye umuturage utishoboye, amuziza ko yubatse mu buryo bunyuranyije n'amategeko, ategekwa kongera kumwubakira. Nyirasafari Joselyne umubyeyi w'abana batanu, unabarizwa mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe, yabwiye BTN TV ko yiyubakiye inzu nyuma y’uko yari amaze igihe we n’abana be batagira aho kurambika umusaya. Avuga - [Rutsiro: Aratabariza abana be bagiye kwicwa n'inzara](https://umurengezi.com/rutsiro-aratabariza-abana-be-bagiye-kwicwa-ninzara/) - Umubyeyi w'abana batanu, aratabariza abana be bagiye kwicwa n'inzara, nyuma yo kujya gusabiriza akabura abamuha, byamuviriyemo no kutohereza abana ku ishuri. Nyirarukundo Mafirida, utuye mu mudugudu wa Bitenga, mu kagari ka Gihira, mu murenge wa Ruhango, mu karere ka Rutsiro, avuga ko atunzwe no kujya gusaba mu baturage, bamwe bamuha abandi bakamwima, kugeza ubwo hari - [Kimonyi: Barishimira intambwe RPF Inkotanyi imaze kubagezaho](https://umurengezi.com/kimonyi-barishimira-intambwe-rpf-inkotanyi-imaze-kubagezaho/) - Abanyamuryango babarizwa muri RPF Inkotanyi mu murenge wa Kimonyi, barishimira intambwe uyu muryango umaze kubagezaho n'uruhare ugira mu bukungu n'iterambere by'igihugu. Mu bukangurambaga bw'umuryango FPR Inkotanyi bwakozwe mu mirenge yose igize akarere ka Musanze, kuri iki Cyumweru tariki 03 Ukwakira 2022, Abanyamuryango bo mu murenge wa Kimonyi bavuga ko bashimishijwe no kurebera hamwe ibyagezweho mu - [Inama igirwa abana banyara mu buriri n'uburyo byakwirindwa](https://umurengezi.com/inama-ku-bana-banyara-mu-buriri-nuburyo-byakwirindwa/) - Hari ababyeyi bamwe na bamwe bakunze kwinubira imyitwarire y’abana babo mu gihe cya nijoro, bitewe no gukorera isuku abana bakuze banyara ku buriri. Impamvu nyamukuru ituma umwana cyangwa umuntu mukuru anyara ku buriri iracyakorwaho ubushakashatsi, ariko impuguke mu by’ubuzima zigaragaza ko, ku bana bari munsi y’imyaka 5 atari ikibazo, ahubwo ko ari igice cyabo cy’ubuzima - [Ubwongereza: Umwe mu baherutse kugaragara barinze Umugogo w'Umwami yasanzwe yapfuye](https://umurengezi.com/ubwongereza-umwe-mu-baherutse-kugaragara-barinze-umugogo-wumwami-yasanzwe-yapfuye/) - Umusirikare uri mu kigero cy’imyaka 18 wari mu bari barinze isanduku y’Umwamikazi Elizabeth II mu muhango wo kumutabariza, yasanzwe aho ingabo ziba i Knightsbridge mu mu Mujyi wa Londres yapfuye. Polisi y’i Londres yavuze ko ikimenya aya makuru yagerageje kujyana imbangukiragutabara ngo irebe uko yafasha Burnell-Williams ariko igasanga amazi yarenze inkombe. Kugeza ubu ntabwo haramenyekana - [Burera: Barinubira umwanda baterwa n’Ubwiherero bw’isoko bwahinduwe ikimoteri](https://umurengezi.com/burera-barinubira-umwanda-baterwa-nubwiherero-bwisoko-bwahinduwe-ikimoteri/) - Abaturage baturiye n’abarema Isoko rya kijyambere rya Nyagahinga, baratabaza inzego zibishinzwe, basaba gukemurirwa ikibazo cy’umwanda n’umunuko bituruka ku bwiherero bw’isoko bwahinduwe ikimoteri. Ni ikibazo abaturage bavuga ko bamaranye imyaka irenga ine kidakemuka, kandi barakigejeje ku nzego z’ubuyobozi zitandukanye zikabatererana. Iri soko bavuga ko ari ryo ntandaro y’umwanda, ryubatse mu Mudugudu wa kabyimana, Akagari ka Nyagahinga, - [Rutsiro: Abaturage barashinja REG kubambura ingurane z'ibyangijwe](https://umurengezi.com/rutsiro-abaturage-barashinja-reg-kubambura-ingurane-zibyangijwe/) - Abaturage batuye mu midugudu yanyujijwemo umuyoboro w'amashanyarazi wa Gakeri-Kirumbi, barashinja ikigo gishinzwe ingufu n'amashanyarazi (REG), kubambura ingurane y'ibyabo byangiritse mu ikorwa ryawo. Aba baturage bavuga ko mu mwaka wa 2018, ari bwo babaruriwe imitungo yabo yangijwe n'ikorwa ry'umuyoboro w'amashanyarazi, bamwe muri bo ntibabarurirwe, bakemeza ko muri bo ntawigeze ahabwa amafaranga yose yabariwe. Mujyarugamba Asiel utuye - [Bamporiki akatiwe gufungwa imyaka ine n’ihazabu ya miliyoni 60](https://umurengezi.com/bamporiki-akatiwe-gufungwa-imyaka-ine-nihazabu-ya-miliyoni-60/) - Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwakatiye Bamporiki Edouard gufungwa imyaka ine n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 60, ndetse rukaba rwamaganiye kure guhabwa igihano gisubitse, n'ubwo hitawe ku mpamvu nyoroshyacyaha. Imyanzuro y’Urukiko yasomwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nzeri 2022, urubanza rukaba rwasomwe ari Bamporiki Edouard n’Ubushinjacyaha batarahagera. Isesengura ry’urukiko ku cyaha cya mbere Bamporiki - [Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya Leta](https://umurengezi.com/minisiteri-yuburezi-yatangaje-amanota-yabakoze-ibizamini-bya-leta/) - Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya leta mu mwaka wa 2021/2022. Ibinyujije ku rukutwa rwayo rwa twitter, iyi Minisiteri yatangaje ko abo mu cyiciro cy’amashuri abanza, imitsindire yazamutse, mu gihe mu cyiciro cya mbere cy'amashuri yisumbuye (O’level) yasubiye inyuma, ugereranyije n’uko byari bimeze umwaka ushize. Mu mashuri abanza, igipimo cy’imitsindire kiri kuri 90,69%, naho - [Musanze: Imvura idasanzwe yangije byinshi birimo n'amazu y'abaturage](https://umurengezi.com/musanze-imvura-idasanzwe-yangije-byinshi-birimo-namazu-yabaturage/) - Hirya no hino mu Karere ka Musanze, imvura yiganjemo umuyaga mwinshi yangije ibintu bitandukanye, birimo n'inzu z’abaturage. Ni imvura yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa 26 Nzeri 2022, ikaba yaguye mu gihe gito, ariko kubera ubukana buvanze n’Umuyaga mwinshi, byasize iheruheru abaturage biganjemo abo mu Murenge wa Cyuve, Akagari ka Kabeza, Umudugudu wa Karunyura. - [Nyabihu: Umuryango umaze Imyaka 5 muri Nyakatsi uratabaza](https://umurengezi.com/nyabihu-umuryango-umaze-imyaka-5-muri-nyakatsi-uratabaza/) - Umuryango w’abantu batanu utuye muri Nyakatsi, uratabaza inzego bireba, kuko uhamya ko uhangayikishijwe n'uko isaha ku isaha bashobora guhira mu nzu, kuko iyi nyakatsi babamo ari nayo batekeramo. Uyu muryango utuye mu Mudugudu wa Ngangare, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, uvuga ko bamaze imyaka itanu batuye muri iyi nzu, kandi - [Amavubi ntago akitabiriye irushanwa rya CECAFA](https://umurengezi.com/amavubi-ntago-akitabiriye-irushanwa-rya-cecafa/) - Amukuru y’uko iyi kipe itakitabiriye CECAFA U-17 yemejwe n’umuvugizi wungirije w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Jules Karangwa, wagize ati: "Ntabwo tuzitabira." Mu kiganiro yaherukaga kugirana n'itangazamakuru tariki 21 Nzeri 2022 kandi yari yavuze ko bakiri mu biganiro na Minisiteri ya Siporo hashakishwa ingengo y’imari yatuma iyi kipe yitabira. Yari agize ati: "Muranyemerera tuzabisobanure mu - [Nyabihu: Abaturiye n’abarema Isoko rya Vunga, barasaba gusanirwa Ikiraro](https://umurengezi.com/nyabihu-abaturiye-nabarema-isoko-rya-vunga-barasaba-gusanirwa-ikiraro/) - Hashize imyaka isaga ibiri, kwambuka umugezi berekeza cyangwa bava ku Bwiherero, ari ikibazo gihangayikishije abakorera mu isoko rya Vunga, cyane cyane mu gihe cy’imvura. Aba baturage bavuga ko bitoroshye gukorera ahantu utari bukenere kwibohora ngo bigukundire, kuko hari n'ubwo bikubarisha nabi bigakurizamo no kwibwa, kubera ko ubwonko buba budatekereza neza. Maniraguha Clementine umwe muri bo, - [Hasohotse amabwiriza avuguruye yo kubakisha Rukarakara](https://umurengezi.com/hasohotse-amabwiriza-avuguruye-yo-kubakisha-rukarakara/) - Ikigo cy’igihugu gishinzwe Guteza Imbere Imiturire mu Rwanda, cyasohoye Amabwiriza avuguruye y’Umuyobozi Mukuru, ajyanye n’iyubakishwa ry’amatafari ya Rukarakara. Iki kigo cyavuze ko, aya matafari yemerewe kubakishwa inzu zo guturamo, zitarengeje metero kare 200, mu mujyi no mu cyaro. Iyo nzu igomba kuba itageretse cyangwa ngo igire igice cy’ubuvumo (basement). Insengero, inzu z’ubucuruzi n’imisigiti, ntibyemerewe kubakishwa - ["Guhagarika izamuka ry’ibiciro ntibishoboka" - BNR](https://umurengezi.com/guhagarika-izamuka-ryibiciro-ntibishoboka-bnr/) - Banki Nkuru y’u Rwanda, yatangaje ko izamuka ry’ibiciro rikabije mu Rwanda, ridashingiye gusa ku bibazo by’ubukungu ku Isi, kuko ngo no mu Rwanda habayeho ikibazo cy’umusaruro muke mu rwego rw’ubuhinzi. BNR igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse neza mu gice cya mbere cy’uyu mwaka, nubwo Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, avuga ko - [Nyabihu : Batewe impungenge n'Ikiyaga cyasenyeye bamwe abandi kikabasiga mu manegeka](https://umurengezi.com/nyabihu-batewe-impungenge-n-ikiyaga-cyasenyeye-bamwe-abandi-kikabasiga-mu-manegeka/) - Abaturage batuye n’abaturiye ikiyaga cya Nyirakigugu giherereye mu mudugudu wa Gisozi, Akagari ka Nyirakigugu, Umurenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu,bavuga ko batewe impungenge n'umutekano wabo, ko bazagwirwa n'inzu nyuma y'aho zimwe zisenywe n'iki kiyaga izindi zigasigara zizengurutswe n'amazi yacyo. Ni ikibazo aba baturage bavuga ko kibakomereye kandi kimaze igihe kinini, kuko bahamya ko cyatangiye mu mwaka wa - [Nyuma y’imyaka 10, Ebola yongeye kugaragara muri Uganda](https://umurengezi.com/nyuma-yimyaka-10-ebola-yongeye-kugaragara-muri-uganda/) - Minisiteri y’ubuzima ya Uganda, kuri uyu wa kabiri tariki 20 Nzeri 2022, yatangaje ko umugabo w’imyaka 24 yapfuye ahitanwe na Ebola. Jane Aceng, Minisitiri w’Ubuzima wa Uganda, yavuze ko uwo mugabo yamanje kugaragaza ibimenyetso bya Ebola mbere yo kwicwa nayo. Yagize ati: “Ni umugabo w’imyaka 24 y’amavuko, wari utuye mu gace ka Ngabano, mu Karere - [FDA yahagaritse umuti wari umaze imyaka myinshi ukoreshwa mu kuvura inkorora](https://umurengezi.com/fda-yahagaritse-umuti-wari-umaze-imyaka-myinshi-ukoreshwa-mu-kuvura-inkorora/) - Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa Rwanda FDA, cyahagaritse umuti usanzwe ukoreshwa mu kuvura inkorora ku bana n’abantu bakuru. Iki kigo, kivuga ko cyahagaritse ikwirakwiza n’ikoreshwa ry’imiti ya Broncalène Enfants Sirop na Broncalène Adultes Sirop, kubera ingaruka ishobora kugira ku bayikoresha. Ibi bitangajwe, nyuma y'uko ikigo gishinzwe kugenzura imiti n’ibindi bikoresho byo mu rwego - [Kangondo-Kibiraro: Nta tafari rikigeretse ku rindi](https://umurengezi.com/kangondo-kibiraro-nta-tafari-rikigeretse-ku-rindi/) - Inzu zo mu kajagari ko mu midugudu ya Kangondo na Kibiriraro kazwi cyane nka ‘Bannyahe’ zamaze gusenywa ‘zose’ nk’uko bamwe mu bari bahatuye ndetse n’abategetsi babivuga. Kuri iki cyumweru tariki ya 18 Nzeri 2022, Jean de la Paix Barawugira yabwiye BBC ko nta nzu n’imwe igihari. Ati; “Zose banyujijeho katerepurari, nanjye ibyanjye bahise babihirika n’ibikoresho - [RTB ihangayikishijwe n'ababyeyi batabona icyerekezo cy'Isi](https://umurengezi.com/rtb-ihangayikishijwe-nababyeyi-batabona-icyerekezo-cyisi/) - Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amashuri y’imyuga, Ubumenyingiro na Tekenike, Rwanda TVET Board (RTB) kivuga ko gihangayikishijwe bikomeye na bamwe mu babyeyi batari bumva cyangwa ngo babone icyerekezo cy'Isi. Ibi, byatangarijwe mu muhango wo gutangiza ubukangurambaga bwahereye mu karere ka Musanze, Intara y'Amajyaruguru, bukazazenguruka mu Ntara zose z’Igihugu ndetse n’Umujyi wa Kigali, hagamijwe gusobanurira Urubyiruruko - [Nyabihu: Babayeho nabi nyuma yo kwizezwa inkunga ntibayihabwe](https://umurengezi.com/nyabihu-babayeho-nabi-nyuma-yo-kwizezwa-inkunga-ntibayihabwe/) - Umuryango w’abantu batandatu, ubayeho nabi, nyuma yo gusenyerwa n’ibiza ukizezwa inkunga, ariko imyaka ikaba igiye kuba ibiri nta bufasha barahabwa. Uyu muryango ubarizwa mu cyiciro cya mbere cy'Ubudehe, ugizwe n'umugabo, umugore n'abana bane, utuye mu Mudugudu wa Kagano, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu. Uvuga ko wasezeranyijwe n'Inzego za Leta guhabwa - [Musanze : Imyaka ibaye ibiri batunze umuriro wa baringa](https://umurengezi.com/musanze-imyaka-ibaye-ibiri-batunze-umuriro-wa-baringa/) - Abaturage batuye mu midugudu ya Ruvumu, Kageyo, Kiroba na Rugeyo mu kagari ka Cyabagarura, mu murenge wa Musanze, baratakamba basaba umuriro w'amashanyarazi, cyane ko ngo n'abitwa ko bawufite udahagije, imyaka ibiri ikaba yihiritse ari ubwo buzima babayemo. Bamwe muri aba baturage baganirije Umurengezi.com bavuga ko hari hamwe hageze umuriro ariko nawo ukaba udahagije, kuko ngo - [Kangondo: Rukomeje kubura gica ku iyimurwa ry'abaturage](https://umurengezi.com/kangondo-rukomeje-kubura-gica-ku-iyimurwa-ryabaturage/) - Leta y’u Rwanda yatangaje ko abaturage bazakomeza kwinangira banga kwimuka ku bw’ibikorwa by’inyungu rusange, izabikora ku itegeko. Ibi, ni ibyatangajwe n’umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda, Alain Mukurarinda, nk'imbuzi ku baturage basanzwe batuye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali. Mu biganiro akarere ka Gasabo kongeye kugirana n’abatuye ako gace kuri uyu wa gatanu tariki ya - [Producer Washington yagaragaje 20 barimo na Museveni yakoreye indirimbo bakamwambura](https://umurengezi.com/producer-washington-yagaragaje-20-barimo-na-museveni-yakoreye-indirimbo-bakamwambura/) - Umutunganyamuziki wamamaye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka Washington, yagaragaje urutonde rw’indirimbo 20 yatunganyije, ariko bene zo bakaba baranze kumwishyura. Nk'uko abyivugira, ngo muri abo banze kumwishyura, harimo na Perezida Yoweri Kaguta Museveni, akaba aba bose yabahaye amasaha 24 ngo babe bamwishyuye, bitaba ibyo akabafatira icyemezo gikomeye, cyo gusibisha ibihangano byabo ku mbuga zose - [Ruhango: RDF yateguye ibisasu byari hafi y’urugo rw’umuturage](https://umurengezi.com/ruhango-rdf-yateguye-ibisasu-byari-hafi-yurugo-rwumuturage/) - Ingabo z’Urwanda zibarizwa muri Ingeneering Brigade, zimaze gutegura ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa Grenade. Mu masaha y'igitondo, nibwo abasirikare bo muri Ingeneering Brigade bateguye banaturitsa ibisasu bibiri byari hafi y’urugo rw’Umubyeyi witwa Mukarwego Suzane. Ni ibisasu byabonetse mu mudugudu wa Kabiha, akagari ka Mutara, mu murenge wa Mwendo, mu karere ka Ruhango. Abahatuye bavuga - [Kayonza: Pasiteri yatawe muri yombi akekwaho Ubushukanyi](https://umurengezi.com/kayonza-pasiteri-yatawe-muri-yombi-akekwaho-ubushukanyi/) - Pasiteri wo mu Itorero rya FourSquare Church ishami rya Kabare, yatawe muri yombi amaze gukusanya agera kuri miliyoni 25 z’amanyarwanda. Uyu mu Pasiteri, akekwaho ubushukanyi bushingiye mu kwaka abakirisitu amafaranga, abizeza kubashakira umushinga uzishyurira abana babo amashuri. Uyu mushumba w’Itorero, yatawe muri yombi kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 Nzeri 2022, akaba yaratuye mu - [Busogo: Abaturage barinubira kwimwa serivisi bazizwa EjoHeza](https://umurengezi.com/busogo-abaturage-barinubira-kwimwa-serivisi-bazizwa-ejoheza/) - Bamwe mu baturage bo mu tugari tugize umurenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, bahangayikishijwe no kudahabwa serivisi nkenerwa mu buzima bwa buri munsi, bazizwa kutishyura amafaranga ya EjoHeza. Aba baturage bavuga ko iyo bagiye kwaka serivisi, babanza gutegekwa kwishyura aya mafaranga, wayabura ugataha nta serivisi uhawe, mu gihe nyamara ngo haba hari n'ubwo umuntu - [Muhanga: Abagana ibiro by'ubutaka barinubira serivisi bahabwa](https://umurengezi.com/muhanga-abagana-ibiro-byubutaka-barinubira-serivisi-bahabwa/) - Bamwe mu baturage bagana ibiro bishinzwe ibikorwaremezo, imiturire n’imikoreshereze y’ubutaka (One Stop Center) bikorera mu karere ka Muhanga, barinubira serivisi bahabwa. Aba baturage bavuga ko bibasaba gutegereza igihe kirekire, kugira ngo bahabwe serivisi zijyanye n’ibyangombwa byabo. Bavuga ko imvano ya byose, ari ihagarikwa rya bamwe mu bakozi bakoreraga ku masezerano y’akazi. Mugemana Narcisse, umwe muri - [Kenya: Bidasubirwaho urukiko rwanzuye ko Ruto ari we watsinze amatora](https://umurengezi.com/kenya-bidasubirwaho-urukiko-rwanzuye-ko-ruto-ari-we-watsinze-amatora/) - Nyuma y’uko Raila Odinga avuze ko yibwe amajwi ndetse akaregera Urukiko rw’Ikirenga, kuri uyu wa Mbere tariki 05 Nzeri, rwatangaje ko William Ruto ari we watowe n’abaturage ngo abe Perezida wabo. Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Wafula Chebukati, yari yashinjwe ko yatangaje ibyavuye mu matora adafatanyije n’abandi ba Komiseri, bityo ko ibyo yakoze bidakurikije amategeko. Bimwe - [Ubwongereza: Liz yagizwe Minisitiri w'Intebe nyuma y'iyegura rya Boris](https://umurengezi.com/ubwongereza-liz-yagizwe-minisitiri-wintebe-nyuma-yiyegura-rya-boris/) - Elizabeth II, Umwamikazi w’Ubwami bw’Ubwongereza, yemeje Liz Truss nka Minisitiri w’Intebe, asimbura Boris Johnston weguye mu minsi ishize. Iki gikorwa cyabereye mu Ngoro y’Ibwami iherereye mu mujyi wa Westminster, kuri uyu wa kabiri tariki 06 Nzeri 2022, ari nabwo Madamu Liz wari usanzwe ari Umudepite yahise atangira inshingano zo kuyobora Igihugu cy’Ubwongereza. Uyu watowe abarizwa - [Ubwongereza: Minisitiri wari mu masezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yeguye](https://umurengezi.com/ubwongereza-minisitiri-wari-mu-masezerano-yo-kohereza-abimukira-mu-rwanda-yeguye/) - Priti Patel, Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza, washyize umukono ku masezerano y’igihugu cye n’u Rwanda agamije “kurengera” abimukira boherezwa mu Rwanda, yeguye muri Guverinoma. Usibye Pater, hari n'abandi ba minisitiri babiri beguranye nawe, barimo Ministiri ushinzwe umuco Nadine Dorries, bose bavuze ko begura mu gihe Liz Truss azaba yabaye Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza. Ni mu gihe - [Ibyo RFL ikora birenze kure ibyo twatekerezaga - Ubuhamya](https://umurengezi.com/ibyo-rfl-ikora-birenze-kure-ibyo-twatekerezaga-ubuhamya/) - Laboratwari y’igihugu y’ibimenyetso bya gihanga byifashishwa mu butabera(RFL), imaze iminsi iri mu bukangurambaga bwiswe “Menya RFL”, aho kuri iyi nshuro bwakomereje mu Ntara y’Iburasirazuba. Bamwe mu bitabiriye ubu bukangurambaga bwo kuri uyu wa 31 Kanama 2022, barimo; Abayobozi b’inzego zitandukanye kuva ku rwego rw’Intara kumanuka, abakora mu butabera ndetse n’inzego z’umutekano bakaba bemeje ko serivisi - [Umuhanzi Bruce Melodie yafungiwe mu Burundi](https://umurengezi.com/umuhanzi-bruce-melodie-yafungiwe-mu-burundi/) - Umuririmbyi w’umunyarwanda Itahiwacu Bruce wamamaye mu izina rya Bruce Melodie, afungishijwe ijisho mu Burundi, mu gihe inzego z’umutekano zigikora iperereza ku cyaha cy’ubwambuzi bushukana akurikiranyweho. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Kanama 2022, ni bwo Bruce Melodie yageze mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi, aho afite ibitaramo bibiri. Nyuma yo kuganira n’itangazamakuru, - [Argentina: Yagiye kurasa Visi Perezida imbunda iranga](https://umurengezi.com/argentina-yagiye-kurasa-visi-perezida-imbunda-iranga/) - Visi Perezida wa Argentine, Cristina Fernandez de Kirchner, yarusimbutse nyuma y’uko umugabo witwaje intwaro yagerageje kumurasa amwegereye imbunda ikanga. Cristina Fernandez yariho aramutsa abamushyigikiye imbere y’urugo rwe ubwo umugabo yahingukaga mu kivunge akamutunga imbunda mu isura. Perezida Alberto Fernandez yavuze ko iyo mbunda yari yuzuye amasasu, ariko ntibashe kuyarekura, ubwo uyu mugabo yakururaga imbarutso. Cristina - [Imburamajyo, icyatsi kibi ku buzima bw’Abantu n’ibimera](https://umurengezi.com/imburamajyo-icyatsi-kibi-ku-buzima-bwabantu-nibimera/) - Imburamajyo, ni icyatsi kibi ku buzima bw’Abantu n’ibindi bimera bitandukanye. Imburamanjyo nkandi ni ikimera kigira ibara ry’Umuhondo, kigaragara cyane cyane mu upbusitani ndetse no ku biti bidakura ngo bibe birebire cyane. Ni icyatsi kitagira imizi, amababi, ndetse nta n'indabyo zigaragara kigira nk'uko n’ibindi bimera byinshi bibigira, kikaba kirandaranda ku bindi bimera, kikabinyunyusa gishaka ibigitunga. Imibereho - [Musanze: Urubyiruko rwashyizwe Igorora mu kubona no gushaka akazi](https://umurengezi.com/musanze-urubyiruko-rwashyizwe-igorora-mu-kubona-no-gushaka-akazi/) - Bamwe mu bikorera bo mu Karere ka Musanze, ku bufatanye n’Ikigo gishinzwe guhuza abashaka akazi n’abagatanga, biyemeje kongera imikoranire inoze. Iyi gahunda y’Imikoranire inoze, yatangarijwe mu nama nyungurana-bitekerezo yabereye i Musanze, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kanama, igamije gutegura umunsi w’Imurika-murimo uteganijwe tariki ya 05 Nzeri 2022. Rwigamba Aimable, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe guhuza - [Nyabihu: Imiryango irwaje amavunja iyitirira amarozi](https://umurengezi.com/nyabihu-imiryango-irwaje-amavunja-iyitirira-amarozi/) - Mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu, haravugwa inkuru y'umuryango ubayeho mu bukene bukabije, ari nabwo ntandaro y'uburwayi bw'amavunja yibasiriye abana be batatu, ariko bakabyitirira amarozi n'amashitani. Nk'uko inkuru dukesha TV1 ibivuga, ngo uyu muryango ugizwe n'umugore n'abana be batatu, ubayeho mu bukene bukabije, aho bararana n'inkwavu mu nzu, iyi ikaba ari yo ntandaro - ["Ubukangurambaga twiyemeje buragenda butanga umusaruro" - RFL](https://umurengezi.com/ubukangurambaga-twiyemeje-buragenda-butanga-umusaruro-rfl/) - Laboratwari y’Igihugu y’Ibimenyetso bya Gihanga byifashishwa mu butabera(RFL), iratangaza ko ubukangurambaga yatangiye, bugenda butanga umusaruro umunsi ku wundi, nubwo urugendo rukiri rurerure. Ubu bukangurambaga bwiswe 'Menya RFL' bwashyizweho hagamijwe gusobanura serivisi iki kigo gitanga, uhereye ku bayobozi kugera ku muturage bayobora. Mu bukangurambaga bwabereye mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 - [Sadio Mane yisabiye Umusifuzi kwanga Igitego yatsindishije Ukuboko](https://umurengezi.com/sadio-mane-yisabiye-umusifuzi-kwanga-igitego-yatsindishije-ukuboko/) - Rutahizamu wa Bayern Munich, Sadio Mane yasabye umusifuzi kutemera igitego yari amaze gutsinda, akoresheje ukuboko mu mukino Bayern Munich yatsinzemo ibitego 7-0 Bochum. Ubwo Bayern yari imaze gutsinda ibitego 3-0, Mane yatsinze igitego cya 4 abifashijwemo n’ukuboko ariko kubera ubunyangamugayo azwiho, asaba umusifuzi kutacyemera. Ntabwo bisanzwe ko umukinnyi yemera amakosa yakoze mbere yo gutsinda igitego, - ["Yari umwana udasanzwe" - Bumwe mu buhamya bwatanzwe n’abo mu muryango wa Buravan mu ijoro ryo kumusezera](https://umurengezi.com/yari-umwana-udasanzwe-bumwe-mu-buhamya-bwatanzwe-nabo-mu-muryango-wa-buravan-mu-ijoro-ryo-kumusezera/) - Mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Kanama, habaye umuhango wo kwibuka ibigwi no gusezera mu cyubahiro umuhanzi Yvan Buravan witabye Imana kuwa 17 Kanama 2022 azize kanseri, aho yari arwariye mu Buhinde. Ni ijoro ryaranzwe n’amarira menshi avanze n’ibyishimo kubera ibikorwa byiza by’urukundo byaranze uyu muhanzi mu minsi yamaze ku Isi. Uyu muhango wo - [Ni ngombwa ko umugabo asohora byibuze inshuro 21 mu kwezi](https://umurengezi.com/ni-ngombwa-ko-umugabo-asohora-byibuze-inshuro-21-mu-kwezi/) - N'kuko byatangajwe n’ubushakashatsi, ngo ni ngobwa ko umugabo nibura agomba gusohora inshuro zitari munsi ya 21 mugihe cy’ukwezi. Ubushakashatsi buvuga ko biteganyijwe ko abagabo bose bagomba gusohora byibuze inshuro 21 mu kwezi kugira ngo birinde kanseri ya prostate. Ubushakashatsi bwizera ko gusohora kenshi bishobora kugabanya ibyago byo kurwara kanseri ya prostate mu gihe cy’imyaka 18. - [Qatar yirukanye abakozi b’abimukira bigaragambirije kudahembwa](https://umurengezi.com/qatar-yirukanye-abakozi-babimukira-bigaragambirije-kudahembwa/) - Qatar yasubije iwabo abakozi b’abimukira bigaragambirije kutishyurwa imishahara yabo, mu gihe iki gihugu cyitegura kwakira igikombe cy’isi mu kwezi k'Ugushyingo uyu mwaka. Abakozi bagera nibura kuri 60 bakoraniye imbere y’ibiro bikuru bya Al Bandary International Group i Doha tariki 14 z’uku kwezi - bamwe bivugwa ko bari bamaze amezi menshi badahembwa. Bamwe muri bo barafashwe - [USA: Polisi yagaragaye mu mashusho ikubita mu kico](https://umurengezi.com/us-polisi-yagaragaye-mu-mashusho-ikubita-mu-kico-ukekwaho-iterabwoba/) - Muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Polisi yagaragaye mu mashusho ikubita mu kico ukekwaho Iterabwoba. Ibi byabereye muri Leta ya Arkansas mu mujyi muto wa Mulberry kuri uyu wa 21 Kanama 2022, ubwo aba Polisi batatu bagaragaraga mu mashusho bakubita mu kico Umugabo witwa Randall Worcester w’imyaka 27 bamukekaho Iterabwoba no gusagarira abashinzwe umutekano. Amashusho - [Musanze : Impanuka yahitanye uruhinja ikomeretsa 3 barimo n'umubyeyi wa Nyakwigendera](https://umurengezi.com/musanze-impanuka-yahitanye-uruhinja-ikomeretsa-3-barimo-numubyeyi-wa-nyakwigendera/) - Uruhinja rw’amezi ane rwahitanywe n’impanuka y’imodoka, yanakomerekeje abandi bantu batatu barimo umubyeyi wari uruhetse. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Bugese, Akagari ka Mburabuturo, Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze, mu ma saa tatu z’igitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 21 Kanama 2022. Imodoka yo mu bwoko bwa Chevrolet yari itwawe n’umukerarugendo, bivugwa ko akomoka - [Mu byishimo byinshi abafana ba Rayon Sports banejejwe nigaruka ry’umukinnyi wabahesheje igikombe cya shampiyona](https://umurengezi.com/mu-byishimo-byinshi-abafana-ba-rayon-sports-banejejwe-nigaruka-ryumukinnyi-wabahesheje-igikombe-cya-shampiyona/) - Rayon Sports yamaze kwemeza ko yamaze gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Mali, Moussa Camara wayihesheje igikombe cya shampiyona 2016-17. Uyu rutahizamu wari umaze imyaka 5 atandukanye n’iyi kipe, mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo byavuzwe ko Rayon Sports irimo gushaka uko yamugarura. Umuvigizi wa Rayon Sports, Jean Paul Nkurunziza yemereye ISIMBI dukesha iyi nkuru ko uyu - [Amajyepfo : Inkuru nziza ku bifuza gukoresha Ibizamini bishingiye ku Bimenyetso bya Gihanga](https://umurengezi.com/amajyepfo-inkuru-nziza-kubifuza-gukoresha-ibizamini-bishingiye-ku-bimenyetso-bya-gihanga/) - Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Kanama 2022, Laboratwari y’Igihugu Ishinzwe gusuzuma Ibimenyetso bya Gihanga(RFL) yakoze igikorwa cy'ubukangurambaga bwabereye mu karere ka Huye, Intara y’Amajyepfo, igikorwa cyitabiriwe n'abayobozi b'inzego zitandukanye zikorera muri iyo ntara. Ubu bukangurambaga bwiswe "Menya RFL Campaign" bwatangiriye mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze, tariki ya 17 Kanama 2022, bikaba - [Burera : Abatuye 'Kirwabatutsi Island' bahawe Imbabura, basabwa kuzikoresha mu kubungabunga ibidukikije](https://umurengezi.com/burera-abatuye-kirwabatutsi-island-bahawe-imbabura-basabwa-kuzikoresha-mu-kubungabunga-ibidukikije/) - Abatuye mu kirwa (Kirwabatutsi Island) by'umwihariko mu mudugudu wa Birwa, uherereye mu kiyaga cya Burera, mu murenge wa Kinoni, akarere ka Burera, bahawe imbabura zikoresha amakara make, mu rwego rwo kugabanya ibicanwa, basabwa kuba abafatanyabikorwa beza bakomeza kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi ushinzwe amahugurwa mu mushinga DelAgua ari nawo watanze izi mbabura, avuga ko batanze izi mbabura - [Kamonyi : Imana ikinze akaboko batatu barokoka Impanuka ikomeye](https://umurengezi.com/kamonyi-imana-ikinze-akaboko-batatu-barokoka-impanuka-ikomeye/) - Impanuka ikomeye ibaye kuri uyu mugoroba wo kuwa gatanu tariki 19 Kanama 2022, saa 17h45' mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rugarika Akagari ka Sheri, Umudugudu wa Kagangayire. Iyi mpanuka bikekwa ko yatewe n’ibura rya Feri yacitse imodoka yo mu bwoko bwa Dayihatsu(Delta) ifite plaque RAF 416 S yavaga mu karere ka Muhanga yerekeza i - [Umurambo wa Yvan Buravan wagejejwe mu Rwanda](https://umurengezi.com/umurambo-wa-yvan-buravan-wagejejwe-mu-rwanda/) - Umurambo wa Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana aguye mu Buhinde wagejejwe mu Rwanda, kuri uyu Gatanu tariki ya 19 Kanama 2022. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Kanama 2022, nibwo indege yari ivuye mu Buhinde yagejeje umurambo wa Yvan Buravan ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Nyuma yo kwakirwa n’abo mu muryango - [Rwanda : Inguzanyo iciriritse, Umuti wo guca ubuzunguzayi](https://umurengezi.com/rwanda-inguzanyo-iciriritse-umuti-wo-guca-ubuzunguzayi/) - Ubuzunguzayi ni imvugo ikoreshwa bashaka kuvuga Ubucuruzi buciriritse, bw’Akajagari bukorerwa ahantu hatemewe na Leta ndetse kikaba ikibazo gihangayikishije abayobozi bafata ibyemezo kuko butinjiza imisoro muri Leta. Iyo hashakwa umuti w’iki kibazo, hakoreshwa uburyo butandukanye, ariko budatanga igisubizo kirambye kuko bamwe mu babukurwamo babusubiramo ndetse hakaza n’abashya, bityo ikibazo ntigikemuke. Mu gushaka igisubizo kirambye cy’Ubuzunguzayi, Ikigo - [Thomas wamenyekanye nka Yanga muri Cinema yitabye Imana](https://umurengezi.com/thomas-wamenyekanye-nka-yanga-muri-cinema-yitabye-imana/) - Mu mateka y’ibyamamare byo mu Rwanda, uyu munsi wo kuwa gatatu tariki ya 17 Kanama 2022, uzaba umunsi w’amateka kuko wabaye nk'uwavumwe mu gihugu kubera amarira n'agahinda ku bakunzi b'imyidagaduro mu Rwanda. Nyuma y'uko ahagana mu gitondo cy’uyu munsi wo kuwa gatatu tariki ya 17 Kanama 2022 umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana aho yari arwariye - [Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana](https://umurengezi.com/umuhanzi-yvan-buravan-yitabye-imana/) - Umuhanzi Burabyo Yvan uzwi nka Yvan Buravan yitabye Imana azize indwara ya Kanseri aho yari arwariye mu gihugu cy'Ubuhinde. Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri rishyira kuwa gatatu tariki ya 17 Kanama 2022, ahagana saa sita n’igice z'igitondo (00:30 AM). Binyunijwe ku rukuta rwa Instagram rwa Yvan Buravan ndetse no - [Rwanda : Ibarura rusange rya 5 ry'abaturage n'imiturire ryatangijwe ku mugaragaro](https://umurengezi.com/rwanda-ibarura-rusange-rya-5-ryabaturage-nimiturire-ryatangijwe-ku-mugaragaro/) - Ibarura rusange mu Rwanda rya gatanu ry'abaturage n'imiturire ryatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Kanama 2022. Iri barura ryatangijwe na Yusuf Murangwa umuyobozi w'ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibarurishamibare. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari kumwe na Madamu we Jeannette Kagame bitabiriye ibarura rusange aho bibaruje ndetse babaruza n’abari mu rugo - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 05)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-05/) - Mbifurije gukomeza kugubwa neza aho muri hose mwe mukomeje gukurikirana uburibwe bw’urukundo hano kuri umurengezi.com. Turacyari mu gihirahiro cy’ibibazo twasoje twibaza muri episode ya 4. Kandi koko byari ngombwa ko tubyibaza kuko byari biteye amatsiko, gusa ayo matsiko yose arashirira muri iyi episode ya 05 ndetse n’izindi zizakurikira. Reka dutangire...... Noella byaramubabaje cyane biramurenga maze - [Igisasu gipima 450kg cyo mu ntambara II y'isi cyabonetse mu ruzi](https://umurengezi.com/igisasu-gipima-450kg-cyo-mu-ntambara-ii-yisi-cyabonetse-mu-ruzi/) - Igisasu kitaturitse cyo mu ntambara ya kabiri y’isi cyabonetse mu ruzi rwo mu Butaliyani, nyuma y’uko rukamye kubera amapfa akabije. Iyi bombe ipima ibiro 450 yabonywe n’abarobyi ahegereye inkombe z’uru ruzi rurimo gukama rwitwa Po. Ibice binini by’uyu mugezi wa 650km byarakamye muri aya mapfa akomeye yugarije Ubutaliyani kuva mu myaka 70 ishize. Colonel Marco - [FERWAFA yatangaje ingengabihe y’uko imikino ya shampiyona izakinwa](https://umurengezi.com/ferwafa-yatangaje-ingengabihe-yuko-imikino-ya-shampiyona-izakinwa/) - Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje Ingengabihe ya shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu mwaka w’imikino wa 2022-23. . Iyi shampiyona izatangira tariki ya 19 Kanama 2022, AS Kigali yakira Etincelles, APR FC yakire Musanze FC, Bugesera FC na Kiyovu Sports, Sunrise FC na Police FC, Espoir FC yakire Marines. Umukino uba utegerejwe - [The Ben yasusurukije abitabiye igitaramo cye muri BK Arena](https://umurengezi.com/the-ben-yasusurukije-abitabiye-igitaramo-cye-muri-bk-arena/) - Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Kanama 2022 nibwo umuhanzi The Ben yakoresheje igitaramo ahahoze ari Kigali Arena hakaba harahindutse BK Arena, igitaramo cyitabiriwe n’abatari bake, barimo n’abahanzi batandukunye. Iyi nyubako ubusanzwe yakira abantu ibihumbi 10 yari yuzuye bijyanye n’uko ibitaramo biba biteguye, abantu ibihumbi bakeneye kureba Tiger B. The Ben. Ni igitaramo cyiswe - [Abasirikare ibihumbi 100 ba Koreya ya Ruguru bagiye gufasha u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine](https://umurengezi.com/abasirikare-ibihumbi-100-ba-koreya-ya-ruguru-bagiye-gufasha-u-burusiya-mu-ntambara-buhanganyemo-na-ukraine/) - Igihugu cya Korea ya Ruguru cyahaye u Burusiya abakorerabushake ibihumbi 100, kugira ngo bayifashe mu rugamba ihanganyemo na Ukraine. Televiziyo yo mu Burusiya yavuze ko abo bakorerabushake bazagera mu Gihugu mu minsi mike, kugira ngo bafashe mu rugamba rwo guhangana na Ukraine. Bivugwa ko kandi u Burusiya bwatumije abubatsi bo muri Koreya ya Ruguru, kugira - [Icyo wamenya ku mimaro ikomeye Tangawizi ifitiye umubiri b'ububi bwayo](https://umurengezi.com/icyo-wamenya-ku-mimaro-ikomeye-tangawizi-ifitiye-umubiri-bububi-bwayo/) - Ikimera cya Tangawizi ni kimwe bizwiho kugira ibyiza byinshi ku buzima bw’umuntu, ariko kandi ni ngombwa kwita k’uko umuntu ayikoresha, kuko iyo urengeje urugero rukwiriye, ishobora guteza ibibazo bitandukanye. Mu nkuru y'uyu munsi, twifashishije inzobere zitandukanye mu by'ubuzima ndetse n'urubuga sante.journaldesfemmes.fr turagaruka ku mimaro itandukanye y'iki kimera, ibikigize, ndetse n'ingaruka gishobora gutera iyo cyakoreshejwe nabi. - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 04)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-04/) - Nk'uko isi cyangwa se ubuzima ari ishuri duhuriramo na byinshi, akenshi bikadusigira ubunararibonye, twigiramo byinshi kandi bikatuyobora mu kubaho kwa buri munsi, Gukunda no gukundwa ntabwo ubihatiriza, kandi nabyo ni irindi shuri rigari tubabariramo, akenshi bikadutera ibikomere bidakira, cyane cyane iyo uwo wakundanga utatekerezaga ko yagukora ibintu byazana ibikomere mu mutima wawe ukamwizera birenze nk'uko - [Umuhanzi Yvan Buravan yageneye ubutumwa abakunzi be](https://umurengezi.com/umuhanzi-yvan-buravan-yageneye-ubutumwa-abakunzi-be/) - Umuhanzi Yvan Buravan ukunzwe n'abatari bake kubera umuziki akora ugashimisha benshi ndetse ukanabakora ku mitima, amaze iminsi arwaye bikomeye cyane, kuri ubu abakunzi be bakaba bari kumusengera kugira ngo Imana igire icyo imukorera kuko ubuzima buri habi. Kuri uyu wa gatanu tariki 05 Kanama 2022, abinyujije ku rubuga rwe (www.yvanburavan.com) uyu muhanzi yavuze amagambo yibajijweho - [DRC : Leta yirukanye Umuvugizi w'Ingabo za ONU](https://umurengezi.com/drc-leta-yirukanye-umuvugizi-wingabo-za-onu/) - Repuburika ya Demukarasi ya Congo yirukanye umuvugizi w’ingabo z’amahoro za ONU, nyuma y’imyigaragambyo yabaye mu gihugu. Leta ya Congo yasabye umuvugizi wa MONUSCO, Mathias Gillmann, kuva mu gihugu, imwamaganiraho guteza umutekano muke, waje kuvamo imyigaragambyo yaguyemo abantu mu cyumweru gishize. Abantu 36 barapfuye harimo n'abasirikare b’amahoro ba ONU 4. Bishwe mu cyumweru gishize, mu gihe - [Isi yongeye umuvuduko ikoresha mu kwizenguruka](https://umurengezi.com/isi-yongeye-umuvuduko-ikoresha-mu-kwizenguruka/) - Isi yacu yizenguruka ubwayo mu masaha 24. Ni byo bisobanurwa nk’umunsi, utandukanywa n’ijoro n’amanywa. Gusa kubyumva mu buryo bworoshye biragoye kuko umuntu ataba abibona igihe biri kuba. Rimwe na rimwe hari n’ubwo Isi dutuye yizenguruka ku muvuduko wo hejuru kurusha uburyo busanzwe, ariko ni ibintu bibarwa mu masegonda. Ubusanzwe Isi ifata amasaha 24 kugira ngo - [Ubwato bwa mbere bwikoreye ibinyampeke bwahagurutse muri Ukraine](https://umurengezi.com/ubwato-bwa-mbere-bwikoreye-ibinyampeke-bwahagurutse-muri-ukraine/) - Ubwato bwa mbere butwaye ibinyampeke bwahagurutse ku cyambu cya Ukraine hashingiwe ku masezerano y’akataraboneka n’Uburusiya. Ibi bibaye nyuma y’igihe intambara yarahagaritse byose. Abategetsi ba Turkia na Ukraine bavuze ko ubwo bwato bwavuye ku cyambu cya Odesa kare mu gitondo kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Kanama 2022. Kuva mu kwezi kwa Gashyantare uyu mwaka, - [Padiri Dr. Fabien Hagenimana wayoboraga INES-Ruhengeri yahererekanyije ububasha n'uwamusimbuye](https://umurengezi.com/padiri-dr-fabien-hagenimana-wayoboraga-ines-ruhengeri-yahererekanyije-ububasha-nuwamusimbuye/) - Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27 Nyakanga 2022, mu Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri habereye umuhango w’Ihererekanyabubasha uzwi nka 'handover' mu ndimi z'amahanga, hagati y’Umuyobozi waryo ucyuye igihe Padiri Dr. Fabien Hagenimana n’Umuyobozi Mushya (Vice-Chancellor) Padiri Dr. Jean Bosco Baribeshya. Uyu muhango wayobowe n'umuyobozi w’Ikirenga wa INES-Ruhengeri Nyiricyubahiro Musenyeri Vincent Harolimana, yashimiye Padiri Dr. - [Abarangije amasomo y'igihe gito muri INES-Ruhengeri biyemeje kubyaza umusaruro ubumenyi bahawe](https://umurengezi.com/abarangije-amasomo-yigihe-gito-muri-ines-ruhengeri-biyemeje-kubyaza-umusaruro-ubumenyi-bahawe/) - Kuri uyu wa kabiri tariki 31 Gicuransi 2022 INES-RUHENGERI ku bufatanye na Rwanda TVET Board yatanze Impamyabushobozi ku banyeshuri 61 basoje amasomo y'igihe gito azwi nka 'Short courses' mu ndimi z'amahanga. Abahawe izi Mpamyabushobozi bagizwe n'urubyiruko rwasoje amashuri mu byiciro bitandukanye by’Ikoranabuhanga, rukaba rwari rumaze amezi Atandatu rukarishya ubumenyingiro. Bamwe muri bo bemeza ko ubumenyi - [FARDC yarebeye abaturage batwikaga inzu y’Umuyobozi w’Ingabo za MONUSCO](https://umurengezi.com/fardc-yarebeye-abaturage-batwikaga-inzu-yumuyobozi-wingabo-za-monusco/) - Abigaragambya muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo batwitse urugo rw’Umuyobozi w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zikorera muri icyo gihugu MONUSCO, ruherereye mu Gace ka Himbi mu Mujyi wa Goma. Ibi byose byabaye, ingabo z’igisirikare cya Congo FARDC, zirebera. Urugo rw’Umuyobozi w’Ingabo za Loni ruherereye mu Gace ka Himbi hafi ya Plage du Peuple mu Mujyi wa Goma. - [Rusizi : Umugabo yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kubura amafaranga yo kwishyura inkumi yararanye](https://umurengezi.com/rusizi-umugabo-yahuye-nuruva-gusenya-nyuma-yo-kubura-amafaranga-yo-kwishyura-inkumi-yararanye/) - Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kurarana umukobwa bivugwa ko yigurisha, ariko akabura ayo kumwishyura agashaka kumwishyura isambaza umukobwa akazamaganira kure. Uyu mugabo wakoraga akazi k’uburobyi mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, yahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko abuze ubwishyu bw’inkumi yari yararanye. Ibi byabereye ahazwi nko ku Ryakane - [Nyabihu : Umubyeyi usemberana abana 7 amaze imyaka isaga 10 atarahabwa icyiciro cy'ubudehe](https://umurengezi.com/nyabihu-umubyeyi-usemberana-abana-7-amaze-imyaka-isaga-10-atarahabwa-icyiciro-cyubudehe/) - Muhawenimana Esperance usemberana abana 7 arashinja ubuyobozi bw'akagari ka Nyirakigugu kumusiragiza ku cyiciro cy'ubudehe imyaka isaga icumi bwarangiza ntibunakimuhe. Uyu muturage ucumbitse mu mudugudu wa Rushungura, akagari ka Nyirakigugu, umurenge wa Jenda, akarere ka Nyabihu, ni umubyeyi w'abana barindwi, harimo abuzukuru be 2, avuga ko amaze imyaka isaga 10 acuragira ku cyiciro cy'ubudehe ntagihabwe, nyuma - [RDC : Abaturage bamaganye MONUSCO kugeza ubwo batwika imodoka yayo](https://umurengezi.com/rdc-abaturage-bamaganye-monusco-kugeza-ubwo-batwika-imodoka-yayo/) - Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kwamagana u Rwanda, ubu abaturage badukiriye Monusco, bavuga ko ntacyo ibamariye kuva yagera muri icyo gihugu. Uyu munsi nibwo habaye iyi myigaragambyo yateguwe n’urubyiruko rw’Ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi. Kuwa 20 Nyakanga 2022, nibwo uru rubyiruko rwari rwandikiye umuyobozi w’umujyi wa Goma, - [Musanze : Yafatanywe amafaranga y’amiganano agiye kuyabitsa kuri telefoni](https://umurengezi.com/musanze-yafatanywe-amafaranga-yamiganano-agiye-kuyabitsa-kuri-telefoni/) - Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Nyakanga 2022 yafashe umwe mu bantu bakekwaho gukora no gukwirakwiza amafaranga y’amiganano witwa Hagenimana Jean Marie Vianney w’imyaka 19, afatanwa ibihumbi 42 by’amafaranga y’amiganano ubwo yari agiye kuyabitsa kuri konti ye ya Mobile Money. Hagenimana yafatiwe mu Mudugudu wa Rugari, - [Sri Lanka : Abigaragambya bigabije ibiro bya Minisitiri w’Intebe](https://umurengezi.com/sri-lanka-abigaragambya-bigabije-ibiro-bya-minisitiri-wintebe/) - Kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nyakanga 2022, muri Sri Lanka hashyizweho ibihe bidasanzwe (État d’urgence), mu gihe abigaragambya bari bakiri imbere y’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, inzego z’umutekano zigerageza kubasubiza inyuma zifashishije ibyuka biryana mu maso, ariko biranga biba iby’ubusa n’ubundi birangira babyinjiyemo. Ibi byabaye nyuma y’uko Perezida Gotabaya Rajapaksa ahungiye mu birwa bya Maldives. - [Bull Dogg arashinja The Ben kumunaniza](https://umurengezi.com/bull-dogg-arashinja-the-ben-kumunaniza/) - Umuraperi uri mu batangije itsinda rya Tuff Gang wamenyekanye nka Bull Dogg yahishuye ko The Ben arimo kumunaniza ku buryo yamubuze ngo bakore amashusho y’indirimo 'Rotate’ imaze amezi icyenda irangiye. Uyu muraperi ibi yabivuze ubwo yari mu kiganiro na Transit line tv abajijwe impamvu indirimbo yakoranye na The Ben itajya hanze, ntaguca ku ruhande uyu - [Amerika yaburiye Ukraine ko Iran itegura guha Ubrusiya indege za drones](https://umurengezi.com/amerika-yaburiye-ukraine-ko-iran-itegura-guha-ubrusiya-indege-za-drones/) - Iran iritegura guha Uburusiya za ndege zitagira abapirote, zizwi nka drones, zishobora kuba zibarirwa mu majana, mu ntambara yabwo muri Ukraine, zimwe muri zo zikaba zifite ubushobozi bwo gukoreshwa mu ntambara, nk’uko umutegetsi wa Amerika abivuga. Iran iritegura guha Uburusiya za ndege zitagira abapirote, zizwi nka drones, zishobora kuba zibarirwa mu majana, mu ntambara yabwo - [Uwatangije umukino w’iteramakofe mu Rwanda yitabye Imana](https://umurengezi.com/uwatangije-umukino-witeramakofe-mu-rwanda-yitabye-imana/) - Rutikanga Ferdinand watangije umukino w’iteramakofe mu Rwanda yitabye Imana azize uburwayi bwa kanseri yari amaranye iminsi. Inkuru y’urupfu rwa Ferdinand Rutikanga yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki 12 Nyakanga 2022. Amakuru ahari avuga ko Nyakwigendera yitabye Imana mu ijoro ryacyeye aguye mu rugo iwe, ari naho yari arwariye. Rutikanga yitabye Imana nyuma - [Karasira yishinganishije mu rukiko, avuga ko ubusabe bwe nibudakurikizwa azafa icyemezo nk’icya Rusesabagina](https://umurengezi.com/karasira-yishinganishije-mu-rukiko-avuga-ko-ubusabe-bwe-nibudakurikizwa-azafa-icyemezo-nkicya-rusesabagina/) - Aimable Karasira wabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ubu uregwa ibyaha birimo gukurura amacakubiri mu Banyarwanda, yongeye kugaragariza Urukiko inzitizi afite zirimo kuba akubitwa iyo avuye kuburana, yishinganisha ku rukiko rumuburanisha, avuga ko ibyo asaba nibidakurikizwa, azikura mu rubanza. Byari biteganyijwe ko Aimable Karasira atangira kuburana mu mizi kuri uyu wa Kane tariki 07 Nyakanga - [Musanze : Arashinja ibitaro bya Ruhengeri uruhare mu rupfu rw'umwana we](https://umurengezi.com/musanze-arashinja-ibitaro-bya-ruhengeri-uruhare-mu-rupfu-rwumwana-we/) - Iradukunda Emmerance arashinja ibitaro bya Ruhengeri kuba intandaro yo gupfa k'umwana we, nyuma yo kurangaranwa kugeza ubwo umwana ashyirwa mu byuma byabugenewe umuriro ukagenda abaganga ntibabimenye. Uyu mubyeyi uvuga ko yarangaranwe, avuka mu mudugudu wa Rurembo, akagari ka Nyagisozi, umurenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, ngo yageze mu bitaro bya Ruhengeri yohererejwe n'ikigo nderabuzima - [Musanze : Abagana ibitaro bya Ruhengeri barataka kutagira uburyamo](https://umurengezi.com/musanze-abagana-ibitaro-bya-ruhengeri-barataka-kutagira-uburyamo/) - Bamwe mu baturage baturuka mu turere dutandukanye tw'igihugu bagana ibitaro bya Ruhengeri biherereye mu mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze barinubira ko hari ababyeyi bamara kubyara bakaryama ku isima, mu gihe abarwaza babo barara ku rubaraza rw'inyubako z'ibitaro. Nk'uko bivugwa na bamwe mu barwayi, ngo nta bitanda babona byo kurwariraho, kugeza ubwo n'umubyeyi umaze - [Abikorera barashinja NIRDA kubagira ibikoresho yitwaje amarushanwa](https://umurengezi.com/abikorera-barashinja-nirda-kubagira-ibikoresho-yitwaje-amarushanwa/) - Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubushakashatsi n’iterambere ry'inganda NIRDA kirashinjwa n'abafite inganda zicyiyubaka ndetse n'aborozi b'amatungo magufi kubituniraho bigamije kubambura utwabo, kibashukishije amarushanwa basabwa gushoramo amamiliyoni, utsinze igihembo kikaba ideni. NIRDA(National Industrial Research and Development Association) ni umuryango wegamiye kuri Leta y'u Rwanda, wafunguwe ufite intego yo kuzamura ubushobozi bw'inganda bijyana na Politiki y'u Rwanda yo kuzamura - [Uruganda rukora amazi ya Jibu rwafunzwe](https://umurengezi.com/uruganda-rukora-amazi-ya-jibu-rwafunzwe/) - Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda(Rwanda FDA), cyahagaritse amazi akorwa n’uruganda rwa Jibu ruherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe mu Kagali ka Kabeza. Imvano yo gufunga uru ruganda, ni igenzura rwakorewe mu ntangiriro z’uku kwezi, inzobere za Rwanda FDA zigasanga atujuje ubuziranenge. Mu ibaruwa Rwanda FDA yandikiye ubuyobozi bwa sosiyete CCHAF Jibu - [Nyamagabe : Babiri baguye mu gitero bikekwa ko cyagabwe n’abarwanyi ba FLN](https://umurengezi.com/nyamagabe-babiri-baguye-mu-gitero-bikekwa-ko-cyagabwe-nabarwanyi-ba-fln/) - Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Kamena 2022, abagizi ba nabi bitwaje intwaro bikekwa ko ari abo mu mutwe w’inyeshyamba wa FLN, baturutse hakurya y’umupaka barashe ku modoka itwara abagenzi. Itangazo Polisi y’Igihugu yashyize ahagaragara, rivuga ko ibi bikorwa by’ubugizi bwa nabi byabereye mu Murenge wa Kitabi, mu Karere ka - [Gicumbi : Abaturage barashinja ubuyobozi kubateza ibihombo ku mazu yari ay'ubucuruzi yahinduwe ibimoteri](https://umurengezi.com/gicumbi-abaturage-barashinja-ubuyobozi-kubateza-ibihombo-ku-mazu-yari-ayubucuruzi-yahinduwe-ibimoteri/) - Abaturage bafite inzu z'ubucuruzi n'abazikoreshaga barataka ibihombo batewe n'ubuyobozi nyuma yo kubuzwa kuzikoreramo bagategekwa kubaka izigeretse, nyamara nta gishushanyo mbonera cy'umujyi wa Gicumbi kiraboneka kugeza ubwo inzu zabo zangiritse izindi zigahinduka ibimoteri n'ubwiherero. Bimwe mu bihombo bigarukwaho n'aba baturage bafite inzu z'ubucuruzi mu murenge wa Byumba, akarere ka Gicumbi ni uburyo bamaze imyaka isaga itatu - [Abazamura ibiciro uko bishakiye bitwaje intambara yo muri Ukraine bakwiye kubihanirwa - Minisitiri Ngirente](https://umurengezi.com/abazamura-ibiciro-uko-bishakiye-bitwaje-intambara-yo-muri-ukraine-bakwiye-kubihanirwa-minisitiri-ngirente/) - Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente, yavuze ko abitwaza intambara iri kubera muri Ukraine bakazamura ibiciro by’ibicuruzwa birimo n’ibyera mu Rwanda bidakwiriye ndetse hakorwa isuzuma kugira ngo ababikora babihanirwe. Ibi Minisitiri Ngirente yabitangaje ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Werurwe 2022, mu kiganiro we n’abandi bagize Guverinoma bagiranye n’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye by’umwihariko - [Huye : Umugabo yafatiwe mu murima wa Soya asambanya umwana w’imyaka itanu](https://umurengezi.com/huye-umugabo-yafatiwe-mu-murima-wa-soya-asambanya-umwana-wimyaka-itanu/) - Abaturage bo mu Mudugudu w’Amahoro mu Kagari ka Cyimana mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, bafashe umugabo bamusanze mu murima wa Soya ari gusambanya umwana w’imyaka itanu. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Gicurasi 2022, ubwo abaturage bumvaga umwana ataka atabaza, bagerayo bagasanga ari gusambanywa n’uyu mugabo w’imyaka 25 y’amavuko. Umwe - [Musanze : Abaturage barashinja ubuyobozi uruhare mu bihombo batewe n’iyuzura ry’igishanga cya Mugogo](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barashinja-ubuyobozi-uruhare-mu-bihombo-batewe-niyuzura-ryigishanga-cya-mugogo/) - Abaturage baturiye n’abahinga mu gishanga cya Mugogo bararira ayo kwarika nyuma y’uko iki gishanga gishowemo asaga miliyoni 700 z’amafaranga y’u Rwanda ngo gitunganywe, ariko ngo inyigo igakorwa nabi n’abafite mu nshingano imitunganyirize yacyo, kugeza ubwo cyongera kuzura n’abagihinzemo bakabura ubufasha. Iki gishanga cya Mugogo giherereye mu karere ka Musanze, mu murenge wa Busogo uhana imbibi - [Ubutasi bwa Amerika bwagaragaje ko Putine ari gutegura intambara y’igihe kirekire](https://umurengezi.com/ubutasi-bwa-amerika-bwagaragaje-ko-putine-ari-gutegura-intambara-yigihe-kirekire/) - Ubutasi bw’Amerika bwaburiye ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin arimo gutegura intambara y’igihe kirekire muri Ukraine, ndetse n’iyo yashobora kugera ku ntsinzi mu burasirazuba bitazasoza intambara. Ni mu gihe imirwano ikaze ikomeje mu burasirazuba, aho Uburusiya burimo kugerageza kugira igice bufata. Uburusiya bwahinduye umuvuno (ingendo) bwibanda ku gufata akarere ka Donbas ko mu burasirazuba nyuma yuko - [Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yitabye Urukiko](https://umurengezi.com/ishimwe-dieudonne-uzwi-nka-prince-kid-yitabye-urukiko/) - Ishimwe Dieudonné uzwi ku izina rya Prince Kid kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Gicurasi 2022 yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Ishimwe Dieudonné usanzwe ari umuyobozi wa kompanyi yateguraga amarushanwa ya Miss Rwanda izwi nka Rwanda Inspiration Back Up, akurikiranyweho ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku - [Umuhanzikazi Uwanyirigira yashyize hanze indirimbo yise 'Birantangaza'](https://umurengezi.com/umuhanzikazi-uwanyirigira-yashyize-hanze-indirimbo-yise-birantangaza/) - Umuhanzikazi witwa Uwanyirigira Vilginie Mirriam uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel songs) yashyize hanze amajwi n'amashusho y'indirimbo yise "Birantangaza" Uwanyirigira Vilginie Mirriam ukorera ubuhanzi bwe mu ntara y'Iburasirazuba mu karere ka Nyagatare ari naho atuye, avuga ko kunda kuririmba indirimbo zo muri iyi njyana (gospel) kuko ngo abifitemo umuhamagaro, ndetse ko hari n'izindi - [Kirehe : Yafatanywe 2000 by'amiganano agiye kugura ikigage](https://umurengezi.com/kirehe-yafatanywe-2000-byamiganano-agiye-kugura-ikigage/) - Mu Murenge wa Nyamugari, mu Karere ka Kirehe, umugabo w’imyaka 68 y'amavuko yafatanywe inote y'ibihumbi bibiri (2 000 Frw) y’inyiganano ubwo yari agiye kugura ikigage mu kabari. Uyu mugabo witwa Simbiga Innocent yafashwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe kuwa Gatatu, tariki ya 27 Mata 2022, afatiwe mu Mudugudu wa Gasetsa, Akagali - [Shokora zo mu bwoko bwa 'Kinder' zakuwe ku isoko](https://umurengezi.com/shokora-zo-mu-bwoko-bwa-kinder-zakuwe-ku-isoko/) - Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti FDA Rwanda, kiratangaza ko ubwoko bwa shokora(Chocolate) za Kinder bwavanywe ku isoko, nyuma y’uko uruganda ruzikora rutangaje ko izo shokora zagaragayemo mikorobe zitwa Salmonella zitera indwara zitandukanye. Itangazo rya FDA Rwanda risohotse nyuma y’uko uruganda rwa FERRERO rusanzwe rukora izo shokora rwari rwasohoye itangazo rizihagarika ku isoko, bitewe na - [Burera : Urujijo ku gishingirwaho mu gutanga impushya zemerera inganda gukora zibangamira abaturage](https://umurengezi.com/burera-urujijo-ku-gishingirwaho-mu-gutanga-impushya-zemerera-inganda-gukora-zibangamira-abaturage/) - Bamwe mu bayobozi bo mu nzego zitandukanye mu karere ka Burera, baribaza igishingirwaho hatangwa ibyangombwa byemerera inganda gukora kandi bigaragara ko ibikorwa byazo bibangamiye ubuzima, imibereho n'ubwisanzure bw'abaturage. Amajwi y'abaturage atabaza avuga ko ubuzima bwabo buri mu kaga, yumvikana mu mirenge itandukanye igize akarere ka Burera, aho bavuga ko babangamiwe n'imyanda iva mu nganda ikabatera - [Musanze : Abayobozi baritana bamwana, ababyeyi n'abanyeshuri bakaba ibitambo](https://umurengezi.com/musanze-abayobozi-baritana-bamwana-ababyeyi-nabanyeshuri-bakaba-ibitambo/) - Bamwe mu babyeyi barerera mu bigo bitandukanye bibarizwa mu karere ka Musanze, bavuga ko amakosa no kwitana bamwana bikorwa na bamwe mu bayobozi b'ibigo by’amashuri n’ab’imwe mu mishinga iterwa inkunga na Compassion International bibagiraho ingaruka zikomeye ndetse ngo n’abana babo bakaba ibitambo binyuze mu kubicisha inzara, guteshwa amasomo, ibizamini, kwimwa indangamanota n’ibindi. Aba babyeyi bavuga - [Inkomoko y’umunsi wo kubeshya wizihizwa tariki ya 01 Mata](https://umurengezi.com/inkomoko-yumunsi-wo-kubeshya-wizihizwa-tariki-ya-01-mata/) - Ku itariki ya 01 Mata buri mwaka, ku isi abantu benshi bazi ko ari umunsi wo kubeshya. Mu bihugu byateye imbere uyu munsi urizihizwa cyane, mu gihe ino iwacu mu Rwanda ndetse no muri Afrika usanga batawuha agaciro cyane. Uyu munsi Abafaransa bawita ‘Poisson d’Avril’ Ku rubuga linternaute.com bavuga ko uyu munsi watangiye bwa mbere - [Burera : Abaturage bahangayikishijwe n'abitwikira ijoro bagasenya isoko](https://umurengezi.com/burera-abaturage-bahangayikishijwe-nabitwikira-ijoro-bagasenya-isoko/) - Abaturage bo mu karere ka Burera, umurenge wa Gahunga baravuga ko bahangayikishijwe n'abantu batazwi bitwikira ijoro bagasenya isoko rya Gahunga bamenagura inyubako zirigize. Nk'uko bivugwa n'abaturage, ngo izi nyangabirama zigizwe n'itsinda ry'abantu batazwi bakomeje gukora ibikorwa by'urugomo rurimo no gusenya iri soko bashakamo ibyuma byo kugurisha. Ubwo ikinyamakuru UMURENGEZI.COM cyageraga muri iri soko cyasanganiwe na - [Burera : Aratabariza umugabo we umaze imyaka isaga 12 arwaye](https://umurengezi.com/burera-aratabariza-umugabo-we-umaze-imyaka-isaga-12-arwaye/) - Nyirabariyanga Béatrice utuye mu mudugudu wa Gisizi, Akagari ka Gishubi, Umurenge wa Gahunga, mu karere ka Burera, aratabariza Umugabo we w'imyaka 33 witwa Tuyisenge Alex, umaze imyaka isaga 12 arwaye, atiyegura cyangwa ngo yitamike ibiryo. Nyirabariyanga yabwiye UMURENGEZI.COM ko umugabo we yafashwe n'uburwayi mu mwaka wa 2008, bugatangira amubwira ntamusubize, yamubaza impamvu nabwo ntavuge, kugeza - [Why do people eat pork?](https://umurengezi.com/why-do-people-eat-pork/) - The price of pork is relatively cheap, but the nutritional value of pork is very rich, eating pork can supplement the various nutrients the body needs. 100 grams of pork contains 14.5 grams of protein, 30.6 grams of fat, 1.2 grams of carbohydrates, 15 micrograms of vitamin A, 1.05 milligrams of vitamin C, 0.95 milligrams - [Kamonyi : Umukozi w'Umurenge yaguwe gitumo asambana n'umugore utari uwe](https://umurengezi.com/kamonyi-umukozi-wumurenge-yaguwe-gitumo-asambana-numugore-utari-uwe/) - Mu rukerera rwo kuri uyu wa 21 Mata 2022, ahagana saa cyenda z'ijoro nibwo mu Karere ka Kamonyi umukozi w’Umurenge wa Nyamiyaga ushinzwe imibereho myiza y'abaturage (SEDO), yafatiwe rugo rw’abandi yiha akabyizi ku mugore utari uwe, mu kagari ka Kabashumba, Umudugudu wa Ruyumba. Ibi bikimara kuba, impande zombi zananiwe kumvikana ngo uwafashwe atange amafaranga yasabwaga - [Karongi : Umushinwa wakoreye iyicarubozo Abanyarwanda abazirikiye ku giti yakatiwe](https://umurengezi.com/karongi-umushinwa-wakoreye-iyicarubozo-abanyarwanda-abazirikiye-ku-giti-yakatiwe/) - Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahanishije Umushinwa Shujun Sun igihano cy’igifungo cy’imyaka 20, nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja kumwiba amabuye y’agaciro. Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Mata 2022, unahita ushyirwa mu bikorwa, kuko Shujun Sun yahise atabwa muri yombi ajyanwa gufungirwa muri Gereza ya Rubavu. Dosiye iregwamo - [Celestin Ntawuyirushamaboko wakoreraga BTN yitabye Imana](https://umurengezi.com/celestin-ntawuyirushamaboko-wakoreraga-btn-yitabye-imana/) - Umunyamakuru Célestin Ntawuyirushamaboko wakoreraga televiziyo ya BTN yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira kuwa Gatanu tariki ya 15 Mata 2022 aguye mu Bitaro bya Kibagabaga. Amakuru UMURENGEZI.COM ukesha umwe mu banyamakuru ba hafi b'inshuti ze, avuga ko Ntawuyirushamaboko yitabye Imana nyuma y’igihe gito yari amaze kwa muganga aho yari yagiye kwivuriza. - [Kigali : Polisi yagaruje ibiro 560 by’ibyuma byari byibwe kompanyi OIT](https://umurengezi.com/kigali-polisi-yagaruje-ibiro-560-byibyuma-byari-byibwe-kompanyi-oit/) - Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Mata 2022, yafashe abagabo 4 bakurikiranweho kwiba ibyuma ibiro 560 bya kompanyi y’Abanya Koreya yubaka iminara mu Rwanda yitwa Only Infra- Construction and Trading Company Rwanda Limited (OIT), bafatiwe mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyarugunga, Akagali ka Kamashashi, Umudugudu - [Ruswa, Igikangisho cy’Inganda mu kwimakaza Umwanda no guhonyora Umuturage](https://umurengezi.com/ruswa-igikangisho-cyinganda-mu-kwimakaza-umwanda-no-guhonyora-umuturage/) - Bamwe mu baturage batuye mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Burera, bavuga ko bahangayikishijwe na Ruswa itangwa na zimwe mu nganda zenga inzoga zikorera muri aka karere, bigatuma ubuyobozi bw’inzego z’ibanze buhishira amakosa akorwa nazo, arimo kubahutaza no kubateza umwanda. Aba baturage bavuga ko Ruswa yabaye igikoresho n’igikangisho cy'abikorera mu gukora ibyo bashaka, hatitawe ku - [The importance of eating lemon peel](https://umurengezi.com/the-importance-of-eating-lemon-peel/) - People love to drink lemon juice, and many people throw away the lemon peel after juicing, which is kind of a shame. The nutrition of lemon peel is much higher than that of lemon juice. Lemon peel is rich in vitamin A, vitamin C, D-limonene, beta-carotene, citric acid, malic acid, hesperidin, and minerals such as - [Kwinjizwa kwa DRC muri EAC bisobanuye iki ku Banyarwanda?](https://umurengezi.com/kwinjizwa-kwa-drc-muri-eac-bisobanuye-iki-ku-banyarwanda/) - Inama y’umuryango w’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba (EAC) ikuriwe na Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya iteraniye i Arusha muri Tanzania kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Werurwe 2022, yemeje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) nk’igihugu gishya muri uyu muryango. Abakuru b’ibihugu barimo na Felix Tshisekedi wa DRC bitabiriye iyi nama hifashishijwe uburyo bw’iyakure, mu - [Ngoma : Yategewe kunywa inzoga 5 apfa amaze kunywa 3](https://umurengezi.com/ngoma-yategewe-kunywa-inzoga-5-apfa-amaze-kunywa-3/) - Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 27 Werurwe 2022, mu murenge wa Kazo , mu kagari ka Karama, Umudugudu wa Kagosha, mu Karere ka Ngoma, umugabo yategewe inzoga eshanu abaturage bakunze kwita ‘ibyuma’, apfa amaze kunywa eshatu, umwe muri batatu bari bazimutegeye ahita atabwa muri yombi. Singirankabo Jean Claude, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umurenge - [Ibyo wamenya ku ndwara y’igicuri ikunze kwibasira abatari bake](https://umurengezi.com/ibyo-wamenya-ku-ndwara-yigicuri-ikunze-kwibasira-abatari-bake/) - Igicuri ni indwara yibasira abantu benshi, ariko usanga itaramenyekana kuri bamwe. Ni indwara kandi ikunze kwibasira abana bakiri mu myaka yo hasi, ikaba n'imwe mu ndwara zo mu mutwe zigendanye n’imyakura (nerf ), ifata ku bwonko nyir'izina. Umurwayi w'igicuri, agaragaza ibimenyetso bikurikiranye kandi bishobora kwigaragaza bitewe n’ubwoko bwayo, no kuba iyi ndwara igira amoko menshi. - [Musanze : Aratabaza inzego zitandukanye nyuma y'imyaka isaga 10 asembera](https://umurengezi.com/musanze-aratabaza-inzego-zitandukanye-nyuma-yimyaka-isaga-10-asembera/) - Nyirabitaro Lucie w'imyaka 40 y'amavuko kuri ubu udafite aho abarizwa kubera ko arara aho abonye, aratabaza inzego zitandukanye ko zahagurukira ikibazo cye, nyuma y'imyaka isaga icumi asembera. Uyu mubyeyi w'abana babiri yasigiwe n'umugabo bari barashakanye, avuga ko yari yarashakiye mu karere ka Musanze, Umurenge wa Muhoza, akagari ka Ruhengeri, nyuma umugabo akaza kumuta mu nzu - ["Turacyafite byinshi twafasha mu iterambere ry'igihugu" - Abahoze muri Polisi b'i Rwamagana](https://umurengezi.com/turacyafite-byinshi-twafasha-mu-iterambere-ryigihugu-abahoze-muri-polisi-bi-rwamagana/) - Abahoze muri Polisi y'u Rwanda bo mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko nubwo bari mu kiruhuko cy'izabukuru, bitababuza kugira uruhare mu iterambere ry'igihugu no guteza imbere imibereho myiza y'Abanyarwanda. Ibi, babitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Werurwe 2022, mu muganda udasanzwe bakoreye mu Kagali ka Cyinyana, Umudugudu wa Nyakagarama, ho mu Murenge wa - [Kwizera Olivier wakinaga muri Gasogi yasinyiye Rayon Sports](https://umurengezi.com/kwizera-olivier-wakinaga-muri-gasogi-yasinyiye-rayon-sports/) - Umunyezamu Kwizera Olivier wari umaze amezi make asinyiye ikipe ya Gasogi United, yamaze gusinya mu ikipe ya Rayon Sports. Hari hashize iminsi bivugwa ko ikipe ya Rayon Sports yifuza umunyezamu wo gusimbura Kimenyi Yves uheruka kwerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sports, aho izina ryagarutsweho cyane ari Kwizera Olivier ufatira ikipe ya Gasogi United. Tariki 27/05/2020 - [Faustin Usengimana yateye umugongo Rayon Sports yamuzamuye yerekeza muri Police FC](https://umurengezi.com/faustin-usengimana-yateye-umugongo-rayon-sports-yamuzamuye-yerekeza-muri-police-fc-2/) - Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi, Faustin Usengimana yateye umugongo Rayon Sports yatwayemo ibikombe bitandukanye asinya imyaka ibiri muri Police FC nyuma yo kurangiza amasezerano mu ikipe ya Buildcon yo mu gihugu cya Zambia yakiniraga. Amakuru avuga ko Faustin yahawe Miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda na Police FC kugira ngo yemere kuyisinyira imyaka ibiri, anemererwa umushahara w’ibihumbi - [Gasana wayoboye WDA yagizwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Mukura](https://umurengezi.com/gasana-wayoboye-wda-yagizwe-umunyamabanga-nshingwabikorwa-wa-mukura/) - Gasana Jérôme wigeze kuba Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe guteza imbere imyuga n’ubumenyi ngiro (WDA), yagizwe Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Mukura Victory Sports. Mukura Victory Sports yagize Gasana Umunyamabanga Nshingwabikorwa wayo akaba asanzwe ari n’umukunzi wayo cyane, akazaba ashinzwe ibikorwa bya buri munsi by’iyi kipe y’Akarere ka Huye. Gasana Jérôme yari asanzwe ari muri Komisiyo Nkemurampaka muri - [Rayon Sports yaguze abakinnyi babiri basimbura Rutanga na Irambona](https://umurengezi.com/rayon-sports-yaguze-abakinnyi-babiri-basimbura-rutanga-na-irambona/) - Rayon Sports yasinyishije Mujyanama Fidèle wari kapiteni wa Heroes FC nk’umusimbura wa Rutanga Eric uherutse kugurwa na Yanga SC yo muri Tanzania. Rayon Sports nta mukinnyi w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso yari isigaranye nyuma y’uko Rutanga Eric na Irambona Eric waguzwe na Kiyovu Sports, bombi bayisohotsemo mu kwezi gushize. Ku wa Gatatu nibwo ubuyobozi bwa Rayon - [Bukasa watozaga Gasogi yavuye mu nama yayo ahita ajya gusinyira Rayon Sports](https://umurengezi.com/bukasa-watozaga-gasogi-yavuye-mu-nama-yayo-ahita-ajya-gusinyira-rayon-sports/) - Umutoza wa Gasogi United, Guy Bukasa, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru ari kumwe n’umuyobozi w’iyi kipe, akivamo ahita ajya gusinya amasezerano muri Rayon Sports. Kuva ku wa Gatatu tariki ya 1 Nyakanaga, ni bwo hatangiye kuvugwa ko uyu mutoza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, we n’umukinnyi Manace Mutatu - [Liverpool iheruka kwegukana igikombe cya Premier League yandagajwe na Manchester City](https://umurengezi.com/liverpool-iheruka-kwegukana-igikombe-cya-premier-league-yandagajwe-na-manchester-city/) - Liverpool yatwaye Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza ‘ Premier League’, yanyagiwe na Manchester City ibitego 4-0 mu mukino w’umunsi wa 32 wabereye kuri Etihad Stadium kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Kanama 2020. Liverpool yakinnye uyu mukino nyuma y’icyumweru kimwe itwaye igikombe cya 19 cya shampiyona y’u Bwongereza yaherukaga mu myaka 30 ishize, - [FERWAFA yateguje Rayon Sports ko ishobora kuzafatirwa ibihano nyuma y’amezi 2](https://umurengezi.com/ferwafa-yateguje-rayon-sports-ko-ishobora-kuzafatirwa-ibihano-nyuma-yamezi-2/) - Mu nyandiko yo kuri uyu wa Kane tariki 2 Nyakanga 2020, akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA kamenyesheje Rayon Sports ko ihawe iminsi 60 yo kuba barangije kwishyura ideni barimo umutoza Ivan Minnaert wahoze ayitoza bitaba ibyo igatangira gufatirwa ibihano. Tariki 22 Ukuboza 2019 ikipe ya Rayon Sports yategetswe kwishyura Ivan Jacky Minnaert amadolari ya Amerika - [Gasogi yasinyishije Cassa Mbungo na Kilasa batozaga Rayon Sports](https://umurengezi.com/gasogi-yasinyishije-cassa-mbungo-na-kilasa-batozaga-rayon-sports/) - Ikipe ya Gasogi United itangaje ko yasinyishije abatoza Cassa Mbungo André na Kilasa Alain bari abatoza ba Rayon Sports bashya bayo. Nyuma yuko Guy Bukasa yerekeje muri Rayon Sports gusimbura Casa Mbungo André watozaga iyi kipe, Gasogi United na yo isa nk’iyihiuye ihita isinyisha abatoza batoje iriya kipe ya Rayon Sports. Igikorwa cyanyuze imbonankubone kuri - [Ibintu bitatu Mazimpaka wasezeye kuri Rayon Sports azahora ayibukiraho](https://umurengezi.com/ibintu-bitatu-mazimpaka-wasezeye-kuri-rayon-sports-azahora-ayibukiraho/) - Nyuma y’uko asezeye ku kipe ya Rayon Sports ayimenyesha ko batazakomezanya mu myaka iri imbere, Mazimpaka Andre avuga ko bimwe mu bintu atazibagirwa kuri iyi kipe harimo n’igikombe cya shampiyona yayihesheje. Mazimpaka Andre wari usoje amasezerano ye muri Rayon Sports y’imyaka 2, ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo yasezeye ku bakunzi b’iyi kipe ko - [Rayon Sports yongeye gutira Sugira Ernest muri APR FC](https://umurengezi.com/rayon-sports-yongeye-gutira-sugira-ernest-muri-apr-fc/) - Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwongeye kwandikira APR FC buyisaba kongera gutizwa rutahizamu Ernest Sugira wasoje amasezerano y’amezi atandatu nk’intizanyo. Mu mpera z’Ukuboza 2019 nibwo APR FC yatije Sugira Ernest muri Rayon Sports mu gihe cy’amezi atandatu. Mbere y’uko uyu mukinnyi arekurwa n’ikipe y’Ingabo z’Igihugu, yari yabanje gusinya undi mwaka umwe kuko amasezerano yari afite - [Turi mu nzira zo gutandukana na Skol - Munyakazi Satade](https://umurengezi.com/turi-mu-nzira-zo-gutandukana-na-skol-munyakazi-satade/) - Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports yavuze ko mu munsi iri imbere Rayon Sports ishobora gutandukana na Skol. Hashize iminsi havugwa ubwumvikane buke hagati ya Rayon Sports ndetse n’uruganda rwa Skol nk’umuterankunga mukuru, aho byanavuzwe ko Rayon Sports yaba iri mu nzira zo kuba yakorana na Bralirwa Ikipe ya Rayon Sports ivuga ko uruganda rwa Skol - [Iteramakofe : Mike Tyson ku myaka 54 agiye kurwana na Roy Jones Jr](https://umurengezi.com/iteramakofe-mike-tyson-ku-myaka-54-agiye-kurwana-na-roy-jones-jr/) - Mike Tyson wamamaye mu iteramakofe agiye kugaruka mu mikino, aho azahangana na Roy Jones Jr mu murwano uzabera i Los Angeles tariki ya 12 Nzeri uyu mwaka. Tyson w’imyaka 54, yasoje gukina uyu mukino nk’uwabigize umwuga mu 2005 ubwo yatsindwaga na Kevin McBride. Nyuma y’uko muri Gicurasi, atangaje ko agiye kugaruka mu kibuga kugira ngo - [Kylian Mbappe ashobora kutagaragara mu mikino ya nyuma ya Champions League](https://umurengezi.com/kylian-mbappe-ashobora-kutagaragara-mu-mikino-ya-nyuma-ya-champions-league/) - Rutahizamu wa Paris Saint German yo mu Bufaransa, Kylian Mbappé Lottin Sanmi, ashobora kutazagaragara mu mikino ya nyuma y'amakipe yabaye aya mbere iwayo 'UEFA Champions League 2019-2020' kubera imvune ikomeye afite. Imvune ikomeye Kylian Mbappé afite, ni iyo yagiriye ku mukino wa nyuma w'igikombe cy'igihugu (Coupé de France), wabaye mu ijoro ryo kuwa 24 Nyakanga - [Olivier Karekezi wari utegerejwe nk’umutoza mushya wa Kiyovu Sports yageze mu Rwanda](https://umurengezi.com/olivier-karekezi-wari-utegerejwe-nkumutoza-mushya-wa-kiyovu-sports-yageze-mu-rwanda/) - Karekezi Olivier uzwi cyane mu Rwanda nk’umukinnyi wagacishijeho akanaba umutoza, ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru yasesekaye mu Rwanda aho aje yari ategerejwe cyane n’abakunda umupira w’amagaru nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports yamutangaje nk’umutoza mushya. Karekezi yari asanzwe aba muri Suède ku Mugabane w’u Burayi hamwe n’umuryango we, yemejwe nk’umutoza mushya wa Kiyovu muri - [UCL : PSG na Bayern Munchen zizacakirana ku mukino wa nyuma](https://umurengezi.com/ucl-psg-na-bayern-munchen-zizacakirana-ku-mukino-wa-nyuma/) - PSG igeze ku mukino wa nyuma ku nshuro yayo ya mbere igiye gucakirana na Bayern Munchen ifite iki gikombe inshuro 5 nyuma yo gusezerera RB Leipzig na Olympic Lyon muri 1/2. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Kanama 2020, byari ibyishimo mu mugi wa Paris nyuma y’uko ikipe ya Paris Saint Germain yari imaze - [NBA : Abakinnyi banze kujya mu kibuga kubera undi mwirabura warashwe](https://umurengezi.com/nba-abakinnyi-banze-kujya-mu-kibuga-kubera-undi-mwirabura-warashwe/) - Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Kanama rishyira kuwa kane tariki ya 27 Kanama 2020, hasubitswe imikino itatu ya NBA, isimbuzwa imyigaragambyo kubera abirabura bakomeje gutotezwa ndetse bamwe muti bo bakicirwa muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika. Ubwo hitegurwaga gukinwa imikino itatu ya Kamarampaka 'PlayOffs' ya 5 muri 7 iba iteganijwe hagati - [Bonnie Mugabe wari ushinzwe amarushanwa muri FERWAFA yasezeye kuri uwo mwanya](https://umurengezi.com/bonnie-mugabe-wari-ushinzwe-amarushanwa-muri-ferwafa-yasezeye-kuri-uwo-mwanya/) - Bonnie Mugabe wari usanzwe ushinzwe amarushanwa mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze kwandika asezera kuri uwo mwanya. Ku wa Gatanu tariki 28/08/2020 nibwo Bonnie Mugabe wari ukuriye Komisiyo y’amarushanwa muri Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda yanditse ibaruwa atangaza ko asezeye kuri uwo mwanya. Umunyamabanga Mukuru wa Ferwafa Uwayezu Francois Regis mu kiganiro yagiranye na - [Arsenal mu byishimo nyuma y'uko Kapiteni Aubameyang yongeye amasezeramo](https://umurengezi.com/arsenal-mu-byishimo-nyuma-yuko-kapiteni-aubameyang-yongeye-amasezeramo/) - Kapiteni w’ikipe ya Arsenal Pierre-Emerick Aubameyang yaraye ashyize umukono kuri kontaro nshya y’imyaka itatu akinira iyi kipe yo mu majyaruguru y’umujyi wa London. Uyu Munya-Gabon w’imyaka 31 y’amavuko, yageze muri iyi kipe mu kwezi kwa mbere mu mwaka wa 2018. Mu mwaka we wa mbere w’imikino wa 2018-2019, yegukanye igihembo cy’urukweto rwa zahabu (Golden Boot) - [Munyakazi Sadate na Komite ye yose bakuwe ku buyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports](https://umurengezi.com/munyakazi-sadate-na-komite-ye-yose-bakuwe-ku-buyobozi-bwikipe-ya-rayon-sports/) - Komite ya Rayon Sports yari iyobowe na Munyakazi Sadate yegujwe n’inama ikomeye yahuje RGB,MINISPORTS na bamwe mu banyamuryango ba Rayon Sports yabereye kuri Kigali Arena kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri 2020. Nyuma y’igihe kinini muri Rayon Sports havugwa ibibazo by’urusobe byatangiye Coronavirus igeze mu Rwanda,Komite y’iyi kipe yari iyobowe na Munyakazi Sadate - [Cristiano Ronaldo na Messi ntibabonetse mu bakinnyi 3 bagomba gutoranywamo uwitwaye neza i Burayi](https://umurengezi.com/cristiano-ronaldo-na-messi-ntibabonetse-mu-bakinnyi-3-bagomba-gutoranywamo-uwitwaye-neza-i-burayi/) - Abakinnyi 3 barimo Robert Lewandowski, Manuel Neuer na De Bruyne nibo batoranyijwe na UEFA kuzavamo uwitwaye neza kurusha abandi bose ku mugabane w’i Burayi. Nyuma y’imyaka 10 Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bayoboye Uburayi, kuri iyi nshuro ntibari ku rutonde rwa nyuma rw’abakinnyi bahanganiye igihembo cy’umukinnyi mwiza ku mugabane w’u Burayi. Cristiano Ronaldo na Lionel - [Rwanda : MiniSports yasubukuye ibikorwa bya Siporo ihuza abantu benshi](https://umurengezi.com/rwanda-minisports-yasubukuye-ibikorwa-bya-siporo-ihuza-abantu-benshi/) - Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yamaze kwemeza ko ibikorwa by'imyitozo n'amarushanwa bya Siporo ihuza abantu barenze umwe byemerewe gufungura guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Nzeri 2020. Ibi bikorwa bya Siporo ihuza abantu byari byarahagaritswe tariki 14 Werurwe 2020, ubwo umurwayi wa mbere wa Covid-19 yagaragaye i Kigali, bivuze ko hari hasize asaga - [APR FC na AS KIGALI zemerewe gusubukura imyitozo](https://umurengezi.com/apr-fc-na-as-kigali-zemerewe-gusubukura-imyitozo/) - Minisiteri ya Siporo mu Rwanda(MINISPORTS), yandikiye ikipe ya APR FC na AS KIGALI izamenyesha ko zemerewe gutangira imyitozo nyuma yo kuzuza ibisabwa birimo no gupimisha abakozi bazo COVID-19. Mu rwandiko rwasinyweho n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Shema Maboko Didier, rwemeza ko aya makipe yombi yitegura guhagararira u Rwanda mu mikino nyafurika yemerewe gutangira - [Skol yumvikanye na Rayon Sports kuyongerera amafaranga](https://umurengezi.com/skol-yumvikanye-na-rayon-sports-kuyongerera-amafaranga/) - Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze gutangaza ko bwamaze kumvikana n’umuterankunga wayo mukuru, uruganda rwa Skol, kongera amafaranga uru ruganda rwageneraga Rayon Sports. Ibi bikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizweho umukono na Murenzi Abdallah uyoboye Komite y’inzibacyuho ya Rayon Sports. Muri iri tangazo, ubuyobozi bwa Rayon Sports butangaza ko nubwo umwaka w’imikino utarangiye neza kubera Covid-19, - [Urugo rwa Cristiano Ronaldo rwagabweho igitero karahabutaka cy’Umujura wibye bimwe mu bintu bye](https://umurengezi.com/urugo-rwa-cristiano-ronaldo-rwagabweho-igitero-karahabutaka-cyumujura-wibye-bimwe-mu-bintu-bye/) - Umujura wo mu gihugu cya Portugal ari guhigwa bukware nyuma yo kwinjira mu rugo rwa rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo, akiba bimwe mu bintu bitandukanye. Ubwo Cristiano Ronaldo yari muri Espagne mu mukino wa UEFA Nations League banganyijemo n’iki gihugu 0-0, umujura yateye muri iyi nzu ye iri i Madeira yiba bimwe mu bintu Ronaldo - [Umukino uzahuza Amavubi na Cape-Verde wigijwe imbere](https://umurengezi.com/umukino-uzahuza-amavubi-na-cape-verde-wigijwe-imbere/) - Umwe mu mikino ibiri izahuza ikipe y'igihugu y'u Rwanda Amavubi na Tubarões Azuis' ya Cape-Verde bahatanira Itike y'imikino ya nyuma y'igikombe cy'Afurika cya 2022, wamaze guhindurirwa amatariki. Byari biteganijwe ko umukino ubanza uzabera i Praia mu murwa mukuru wa Cape-Verde tariki 13 Ugushyingo 2020, ariko wamaze kwigizwa imbere ho iminsi ibiri, wimurirwa tariki 11 Ugushyingo - [Abakinnyi ba Musanze FC bugarijwe na COVID-19](https://umurengezi.com/abakinnyi-ba-musanze-fc-bugarijwe-na-covid-19/) - Nyuma y'aho Ishyirahamwe ry'umupira w'amagaru mu Rwanda(FERWAFA) ritegetswe na Minisiteri ya Siporo n'Umuco guhagarika Shampiyona ku munsi wa Gatatu wayo bitewe nuko amakipe amwe n'amwe mu Rwanda yanze kubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19, kuri ubu abakozi n'abakinnyi ba Musanze FC bagera ku 10 basanzwemo Covid-19. Iyi kipe ya Musanze FC yapimishije abakozi bayo ndetse n'abakinnyi - [Ibivugwa ku ikipe y'igihugu Amavubi mbere yo gucakirana na Uganda](https://umurengezi.com/ibivugwa-ku-ikipe-yigihugu-amavubi-mbere-yo-gucakirana-na-uganda/) - Imikino Nyafurika izwi nka (CHAN) ihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo irimo kubera mu gihugu cya Cameroon, ikipe y' igihugu y'u Rwanda "Amavubi' ihanzwe amaso n'abantu batari bake iramanuka mu kibuga kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Mutarama 2021. Ibyahishuwe utigeze umenya ku ikipe y'u Rwanda Kwambara imyenda imaze igihe yarambawe ndetse igaragaza - [Perezida Kagame yasabye Amavubi gutangira kwizigama no kwamaganira kure ikoreshwa ry'Amarozi](https://umurengezi.com/perezida-kagame-yasabye-amavubi-gutangira-kwizigama-no-kwamaganira-kure-ikoreshwa-ryamarozi/) - Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'U Rwanda Paul Kagame yasuye abakinnyi n'abatoza b'ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' ndetse anabashimira uburyo bitwaye mu mikino ya CHAN muri Cameroon aho basezerewe bageze muri 1/4 (CHAN 2020) Kuri iki cy'Umweru tariki ya 07 Gashyantare 2021, Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul Kagame yasuye ndetse abashimira uko bitwaye mu mikino ya - [Urunturuntu mu buyobozi bw'ikipe ya Musanze n'abanyamakuru ba Siporo](https://umurengezi.com/urunturuntu-mu-buyobozi-bwikipe-ya-musanze-nabanyamakuru-ba-siporo/) - Nyuma y'aho humvikanye impaka kuri Radiyo yigenga ikorera mu karere ka Musanze izwi nka 'Energy Radio', zivuga ku myitwarire idahwitse y'abakinnyi b'ikipe ya Musanze FC, ibintu byahinduye isura ndetse habaho no gusubirikanya haba ku buyobozi bw'iyi kipe ndetse na bamwe mu banyamakuru n'iyi radiyo . Inkomoko yo guterana amagambo yatangiye ubwo bamwe mu banyamakuru ba - [Ntagungira ku rutonde rw'abashobora kongera kuyobora FERWAFA](https://umurengezi.com/ntagungira-ku-rutonde-rwabashobora-kongera-kuyobora-ferwafa/) - Ku Gicamusi cyo kuri uyu wa gatatu taliki 14 Mata 2021, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye inkuru ivuga ko Perezida wa FERWAFA Rtd Brig Gen SEKAMANA Jean Damascène yeguye yamaze kwegura ku mirimo y'umwanya wa FERWAFA mu Rwanda. Mu ibaruwa ifunguye, Rtd Brig Gen. Sekamana Jean Damascène yandikiye abagize inteko Rusange y'umuryango wa FERWAFA mu - [Musanze FC yatsinze Rutsiro FC ibitego 4-2 mu mukino wa Gicuti](https://umurengezi.com/musanze-fc-yatsinze-rutsiro-fc-ibitego-4-2-mu-mukino-wa-gicuti/) - Ikipe ya Musanze FC yakinaga umukino wa mbere wa Gicuti na Rutsiro FC ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 25 Mata 2021, yaje kwitwara neza maze iyitsinda ibitego 4-2. Ni umukino wagombaga gutangira saa 15h00' ariko uza gutangira ku isaha ya saa 15h17' bitewe nuko ibisubizo bya COVID-19 ku ikipe ya Musanze FC - [Bwa mbere mu mateka Man City igeze ku mukino wa nyuma wa Champions League](https://umurengezi.com/bwa-mbere-mu-mateka-man-city-igeze-ku-mukino-wa-nyuma-wa-champions-league/) - Mu rubura rwinshi Manchester City yatsinze Paris Saint Germain ibitego bibiri ku busa, bituma igera ku mukino wa nyuma bwa mbere mu mateka yayo. Wari umukino wo kwishyura wa 1/2 cya Champions League, umukino wabereye mu gihugu cy'u Bwongereza kuri sitade ya Etihad stadium. Abakinnyi babanjemo: Man City: Ederson, Walker, Stones, Dias, Zinchenko, Fernandinho, Gundogan, - [Uwayo Théogene yatorewe kuba Perezida mushya wa Komite Olempike](https://umurengezi.com/uwayo-theogene-yatorewe-kuba-perezida-mushya-wa-komite-olempike/) - Uwayo Théogene usanzwe ari Perezida wa Federasiyo ya Karate mu Rwanda, yatorewe kuba Perezida wa Komite Olempike y’u Rwanda, aho asimbuye Amb. Munyabagisha Valens uheruka kwegura. Ni inama yatangiye Perezida w’agateganyo wa Komite Olempike y’u Rwanda, Madamu Rwemalika Felicitée ashimira ababatoye muri manda y’imyaka ine ishize, anashimira uburyo bakoranye muri iyi myaka ishize. Iyi nama - [Ishyamba si ryeru mu Ikipe ya Musanze FC ivugwamo amarozi n'itoneshwa kuri bamwe](https://umurengezi.com/ishyamba-si-ryeru-mu-ikipe-ya-musanze-fc-ivugwamo-amarozi-nitoneshwa-kuri-bamwe/) - Nyuma y’aho ikipe ya Musanze FC ikomeje kwitwara nabi muri Shampiyona y’u Rwanda irimo gukinwa mu matsinda, iyi kipe ibarizwa mu itsinda C biravugwa ko impamvu nyamukuru itera uku kutitwara neza, ari umwuka mubi hagati y’umutoza w’iyi kipe Seninga Innocent n’abakinnyi bamwe bavuga ko batakimukeneye. Aya makimbirane yari yaragizwe Ubwiru muri iyi kipe, atangiye kujya - [Arsene Wenger utegerejwe mu nama ya CAF yageze mu Rwanda](https://umurengezi.com/arsene-wenger-utegerejwe-mu-nama-ya-caf-yageze-mu-rwanda/) - Arsene Wenger Umufaransa wamamaye nk’umutoza w'ikipe ya Arsenal, ari mu Rwanda aho azitabira Inama y’Inteko rusange y’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) izaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Gicurasi 2021 muri Serena Hoteli. Arsene Wenger yageze mu Rwand ari kumwe na Perezida wa FIFA Gianni Infantino, bombi bakazitabira Inama y’Inteko rusange ya CAF - [BAL : Patriots Ishimangiye ko ari ikipe ikomeye inyagira The Rivers](https://umurengezi.com/bal-patriots-ishimangiye-ko-ari-ikipe-ikomeye-inyagira-the-rivers/) - Mu mukino ufungura irushanwa ryiswe BAL (Basketball African League) riri gukinirwa i Kigali guhera kuri iki cyumweru taliki ya 16 Gicurasi 2021, ikipe ya Patriots BBC yaserukiye u Rwanda itanze isomo rikomeye kuri The Rivers Hoopers yo mu gihugu cya Nigeria iyitsinda ku manota 83 kuri 60. Ni umukino watangiye ku isaha ya saa 16h00' ku - [Bugesera : Seninga Innocent yirukaniwe ku kibuga, Gasogi inyagira Musanze FC](https://umurengezi.com/bugesera-seninga-innocent-yirukaniwe-ku-kibuga-gasogi-inyagira-musanze-fc/) - Kuri iki cy'umweru tariki ya 23 Gicurasi 2021, imikino ya Shampiyona y'u Rwanda iterwa inkunga na Primus yasubukuwe, nyuma y'aho amakipe yari yafashe akaruhuko hakimara kugargara amakipe yamaze gusohoka mu matsinda. Umukino wabereye kuri sitade ya Bugesera, ikipe ya Gasogi united itozwa n'umutoza Alain Kirasa yari yakiriye Musanze FC itozwa na Seninga Innocent. Umukino watangiye - [Umutoza wa Rayon Sports n'uwari umwungirije beguye](https://umurengezi.com/umutoza-wa-rayon-sports-nuwari-umwungirije-beguye/) - Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 16 Kamena 2021, Umutoza mukuru w'ikipe ya Rayon Sports FC Guy Bukasa, yeguye ku mirimo ye, nyuma yo gutsindwa na APR FC igitego 1-0. Ibi byabaye nyuma y’umukino wahuje aya makipe yombi, maze ku munota wa 88' w'umukino, APR FC ibona igitego cyatsinzwe na Ishimwe Anicet, ari nako umukino - [Musanze FC itsinze Gorilla FC, Imurora Japhet asezera ku mugaragaro](https://umurengezi.com/musanze-fc-itsinze-gorilla-fc-imurora-japhet-asezera-ku-mugaragaro/) - Kuri uyu wa kane taliki ya 17 Kamena 2021, Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu mupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje. Umukino w'ishiraniro w'amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri, watangiye ku isaha ya saa 15h00', uhuza Musanze FC na Gorill FC, ubera kuri Sitade Ubworoherane. Uyu mukino wari uryoheye ijisho, watangiye ikipe ya Musanze isatira - [Rwanda : MINISPORTS yatangaje amabwiriza mashya ku mikino](https://umurengezi.com/rwanda-minisports-yatangaje-amabwiriza-mashya-ku-mikino/) - Minisiteri ya Siporo mu Rwanda(MINISPORTS) kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kamena, yatangaje andi mabwiriza mashya ajyanye n’imikino mu Rwanda, yibanda kuri gahunda ya guma mu karere iheruka gushyirwaho n’inama y’abaminisitiri. Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 21/06/2021, yashyizeho ingamba zijyanye no guhangana n’ubwandu bwa Coronavirus bukomeje kwiyongera mu Rwanda, zirimo na - [NBA : Nyuma y'imyaka 50, Giannis yinjije Milwuakee Bucks mu mateka](https://umurengezi.com/nba-nyuma-yimyaka-50-giannis-yinjije-milwuakee-bucks-mu-mateka/) - Giannis Antetokounmpo, umusore wigeze gucuruza ku mihanda ya Athens, ubu ni we MVP - umukinnyi urusha abandi gukina neza basketball muri NBA, nyuma y'uko atsinze hafi 1/2 cy'amanota yahaye intsinzi Milwaukee Bucks imbere ya Phoenix Suns. Antetokounmpo yatowe ku bwiganze kuba 'Most Valuable Player' wa NBA Play-offs Finals nyuma yo gutsinda amanota 50 mu manota - [Hon. Bamporiki yagize icyo avuga kuri Tierra wambikanye impeta n'uwo bahuje igitsina](https://umurengezi.com/hon-bamporiki-yagize-icyo-avuga-kuri-tierra-wambikanye-impeta-nuwo-bahuje-igitsina/) - Nyuma y'uko hacicikanye amakuru avuga ko kapiteni w'ikipe y'igihugu y'umukino w'intoki wa Basketball, ari mu rukundo na mugenzi we bahuje igitsina, benshi ku mbuga nkoranyambaga bakabyamaganira kure, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Urubyiruko n'Umuco Hon. Bamporiki Edouard nawe yagize icyo abivugaho. Mu kiganiro cy'urubuga rw'imikino cyatambutse kuri RBA kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Nyakanga - [Nduwayesu umwe mu bakinnyi 10 bagiye guhagararira u Rwanda mu mikino ya Chess](https://umurengezi.com/nduwayesu-umwe-mu-bakinnyi-10-bagiye-guhagararira-u-rwanda-mu-mikino-ya-chess/) - Ku nshuro ya kabiri Abanyarwanda 10 bakina umukino wa Chess bagiye kwitabira irushanwa mpuzamahanga rya "Chess Olympiad 2021” rigomba kuba hifashishijwe ikoranabuhanga bitewe n'icyorezo cya Covid-19. Iri rushanwa rizatangira guhera tariki ya 20 Kanama 2021, rizahuza ibihugu 155 bigabanyije mu byiciro 4, aho icyiciro cya 1 kigizwe n’amakipe 25 ya mbere asanzwe akomeye muri uyu - [Frank Auna mu nzira zo gutoza Musanze FC](https://umurengezi.com/frank-auna-mu-nzira-zo-gutoza-musanze-fc/) - Nyuma yo gusinyisha umukinnyi Nshimiyimana Imran n'abandi bakongererwa amasezerano mu ikipe ya Musanze FC, kuri uyu wa Kane tariki 26 Kanama 2021, nibwo hatangiye kumvikana amwe mu mazina y'abatoza bagomba gutoza iyi kipe barimo n'Umunyakenya Frank Auna. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Kanama, nibwo umutoza w'abazamu Harerimana Gilbert yongerewe amasezerano - [Musanze FC mu isura nshya mu mwaka w'imikino 2021-2022](https://umurengezi.com/musanze-fc-mu-isura-nshya-mu-mwaka-wimikino-2021-2022/) - Ikipe ya Musanze FC ibarizwa mu Ntara y'Amajyaruguru, akarere ka Musanze, kuri ubu yamaze gusinyisha abatoza bazayitoza ndetse n'abakinnyi bashya izifashisha mu mwaka w'imikino wa 2021-2022. Muri abo, harimo Umutoza Frank Ouna ukomoka mu gihugu cya Kenya iyi kipe yasinyishije nk'umutoza mukuru, ndetse na Nshimiyimana Mourice bakunze kwita Maso uzaba umwungirije. Mu bakinnyi bashya iyi - [Urutonde rw'Abagomba guhagurukana na APR FC rwamenyekanye](https://umurengezi.com/urutonde-rwabagomba-guhagurukana-na-apr-fc-rwamenyekanye/) - Kuri uyu wa Kane tariki ya 09 Nzeri 2021, APR FC ikipe y'Ingabo z'Igihugu irerekeza i Djibouti, aho igiye gukina irushanwa rya CAF Champions League n'ikipe ya Mogadishu City Club ibarizwa mu gihugu cya Somalia. Iyi kipe ya APR FC igomba guhagurukana abakinnyi bayo bose uko ari 27, usibye Byiringiro Lague wagize ikibazo cy'imvune mu - [Ibyaranze umukino wa Musanze FC na Rayon Sports](https://umurengezi.com/ibyaranze-umukino-wa-musanze-fc-na-rayon-sports/) - Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Nzeri 2021 kuri stade Ubworoherane, ikipe ya Musanze FC yari yakiye ikipe ya Rayon Sports mu mukino wa Gicuti mu rwego rwo kwitegura shampiyona igomba gutangira tariki ya 16 Ukwakira 2021. Ni umukino watangiye ku isaha ya Saa 14h59' mu gihe nyamara byari biteganyijwe ko uyu mukino utangira - [Ibivugwa mu makipe yombi mbere y'umukino wa Champions league PSG vs Manchester city](https://umurengezi.com/ibivugwa-mu-makipe-yombi-mbere-yumukino-wa-champions-league-psg-vs-manchester-city/) - Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Nzeri 2021 , abakunzi ba Ruhago barasubira ku bibuga bihera ijisho imikino ya Champions league, igikombe kiruta ibindi ku isi, aho mu mukino itegerejwe n'abantu benshi cyane ari Paris Saint-Germain(PSG) yo mu gihugu cy'u Bufaransa iza kwakira Manchester city yo mu Bwongereza, umukino w'umunsi wa kabiri mu itsinda - [Rayon Sports itangiranye Shampiyona intsinzi nyuma yo gutsinda Mukura VS](https://umurengezi.com/rayon-sports-itangiranye-shampiyona-intsinzi-nyuma-yo-gutsinda-mukura-vs/) - Igitego kimwe rukumbi cy’Umunya-Maroc Rharb Youssef nicyo cyafashije Rayon Sports gutsinda Mukura Victory Sports 1-0, mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2021/22, yatangiye kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Ukwakira 2021. Ni umukino wabereye kuri Stade Regional i Nyimirambo aho ikipe ya Rayon Sports yari yakiriye - [Abazasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports bamenyekanye](https://umurengezi.com/abazasifura-umukino-wa-apr-fc-na-rayon-sports-bamenyekanye/) - Mu gihe harabura amasaha make ngo ikipe ya APR FC icakirane na Rayon Sports mu mukino w’abakeba, uza guhuza aya makipe yombi kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Ugushyingo 2021, kuri ubu abasifuzi bazasifura uyu mukino bamaze gushyirwa ahagaragara. Uyu mukino uteganyijwe ku isaha ya saa Cyenda zuzuye(15:00) kuri Stade ya Kigali, byamaze kwemezwa - [Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana burundu n'Umutoza Masudi Djuma](https://umurengezi.com/ikipe-ya-rayon-sports-yamaze-gutandukana-burundu-numutoza-masudi-djuma/) - Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yamaze gutandukana burundu na Irambona Masudi Djuma wahoze ari umutoza wayo mukuru. Ni amakuru yemejwe n'Umuvugizi w'iyi kipe, Nkurunziza Jean Paul, wabwiye Radiyo Rwanda ko hashize iminsi itanu impande zombi zitandukanye burundu. Mu kwezi k'Ugushyingo umwaka ushize wa 2021, nibwo uyu mutoza Masudi Djuma ukomoka mu gihugu cy'u Burundi - [Jose Maria Bakero wakiniye FC Barcelona agiye kuza mu Rwanda](https://umurengezi.com/jose-maria-bakero-wakiniye-fc-barcelona-agiye-kuza-mu-rwanda/) - Umunyabigwi Jose Maria Bakero ukomoka muri Espagne wakiniye amakipe akomeye arimo Real Sociedad na FC Barcelona agiye gusura u Rwanda, guhera kuri uyu wa Gatandatu. Uruzinduko rwe ruzamara iminsi 9 mu Rwanda, mu rwego rwo gufatanya na FERWAFA mu bikorwa biteza imbere umupira w’amaguru. Uyu munyabiwi wahoze akina mu kibiga hagati mu ikipe ya FC - [Perezida wa Gicumbi FC yeguye, ashinja Akarere kumutererana](https://umurengezi.com/perezida-wa-gicumbi-fc-yeguye-ashinja-akarere-kumutererana/) - Urayeneza John wari Perezida w’ikipe ya Gicumbi FC, yamaze gusezera kuri izo nshingano abitewe n’uko ngo ubuyobozi bw’aka Karere busa n’ubwatereranye ikipe. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Urayeneza yandikiye ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi kuri uyu wa 28 Gashyantare 2022, yavuze ko impamvu y’amikoro make iyi kipe ifite ari yo yabaye nyirabayazana y’ubwegure bwe. Muri iyi baruwa - [Umushinga RW836 urashinjwa kutishyurira abana ufasha amafaranga y'ishuri](https://umurengezi.com/umushinga-rw836-urashinjwa-kutishyurira-abana-ufasha-amafaranga-yishuri/) - Bamwe mu babyeyi bafite abana bafashwa n'umushinga RW836 CATHEDRAL St JOHN THE BAPTIST ushamikiye ku itorero E.A.R Diyoseze ya Shyira, uterwa inkunga na Compassion International barinubira uburyo ubuyobozi bwawo bwanga kwishyurira amafaranga y'ishuri abana babo, abandi bagahabwa ibikoresho by'isuku babanje gucunaguzwa. Aba babyeyi bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n'uburyo uyu mushinga wishyurira amafaranga y'ishuri abana bamwe, - [Kigali : Amafaranga y'Umurengera Abamotari bishyuzwa kuri Mubazi yatumye bakora imyigaragambyo](https://umurengezi.com/kigali-amafaranga-yumurengera-abamotari-bishyuzwa-kuri-mubazi-yatumye-bakora-imyigaragambyo/) - Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Kane tariki 13 Mutarama 2022, bazindukiye hirya no hino mu mihanda bigaragambya kubera amafaranga y’umurengera bishyuzwa. Aba bamotari, bavuga ko muri ayo mafaranga, harimo ubwishingizi bwikubye kabiri ndetse nayo bakatwa kuri mubazi zamaze no kuba zikubita hasi igiciro cy’urugendo mu gihe - [Kamonyi : Arasaba guhabwa ubutabera nyuma yo gukubitishwa imbunda akangizwa isura](https://umurengezi.com/kamonyi-arasaba-guhabwa-ubutabera-nyuma-yo-gukubitishwa-imbunda-akangizwa-isura/) - Ntakirutimana Viateur, utuye mu murenge wa Nyarubaka, Akagali ka Kigusa, Umudugudu wa Gaserege, mu Karere ka Kamonyi, arasaba guhabwa ubutabera nyuma yaho akubiswe na Twagirumukiza Valens warindaga Umurenge Sacco wa Nyarubaka. Ntakirutimana avuga ko yatamitswe umunwa w’imbunda Twagirumukiza yifashishaga mu kazi ndetse aranayimukubitisha, kugeza ubu ngo akaba nta butabera yigeze ahabwa. Aba bombi, ni abakozi - [Uganda yamaganye amakuru yavugaga ko Gen Saleh Murumuna wa Museveni ategerejwe i Kigali](https://umurengezi.com/uganda-yamaganye-amakuru-yavugaga-ko-gen-saleh-murumuna-wa-museveni-ategerejwe-i-kigali/) - Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yagarukaga ku by’uruzinduko rwa General Salim Saleh mu Rwanda, Guverinoma ya Uganda yanyomoje aya makuru, ivuga ko ari ikinyoma. Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane muri Uganda, rivuga ko aya makuru yashyizwe kuri Twitter y’Umunyamakuru Canary Mugume wa NBS Television, atari impamo. Iri tangazo ryasohotse kuri uyu wa - [Mozambique : Abantu 12 bamaze guhitanwa n’ibiza](https://umurengezi.com/mozambique-abantu-12-bamaze-guhitanwa-nibiza/) - Umuyaga uvanze n’imvura nyinshi byahawe izina rya Gombe, byibasiye igihugu cya Mozambike mu cyumweru gishize bimaze guhitana abantu 12. Iki kiza kandu biravugwa ko kiri kwerekeza muri Malawi, kuko naho kimaze kwica yo abantu batanu. Ikiza cya Gombe cyahungabanyije abantu barenga 30.000, gikomeretsa abandi 40, gisenya amazu arenga 3.000 kuva kuwa gatanu w’icyumweru gishize. Cesar - [Itangazo risaba guhinduza Amazina](https://umurengezi.com/itangazo-risaba-guhinduza-amazina/) - [Kenya : Leta yakuyeho ingamba zo kwambara agapfukamunwa mu ruhame](https://umurengezi.com/kenya-leta-yakuyeho-ingamba-zo-kwambara-agapfukamunwa-mu-ruhame/) - Igihugu cya Kenya, cyabaye icya mbere mu karere mu gukuraho itegeko ryo kwambara agapfukamunwa ahahurira abantu benshi, nyuma y’uko icyorezo cya Covid-19 kigabanyije ubukana muri Afurika n'isi yose muri rusange. Ibi byatangajwe na Mutahi Kagwe Umunyamabanga w’inama y’igihugu y’ubuzima muri Kenya, kuri uyu wa kane tariki ya 10 Werurwe 2022, ahamya ko kwambara agapfukamunwa ku - [Kimonyi : Abaturage basabwe kurangwa n'isuku nk'isoko y'imibereho myiza](https://umurengezi.com/kimonyi-abaturage-basabwe-kurangwa-nisuku-nkisoko-yimibereho-myiza/) - Abaturage bo mu Ntara y'Amajyaruguru, Akarere ka Musanze, umurenge wa Kimonyi basabwe gushyira imbere isuku kuko ari yo soko y'imibereho myiza igendana no kwesa imihigo mu kugera ku cyo biyemeje. Ibi babisabwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Werurwe 2022, mu gikorwa cyo gutangiza icyumweru cyahariwe isuku n'isukura mu Ntara y'Amajyaruguru by'umwihariko mu karere - [Musanze : Umwana yarasambanyijwe aterwa inda, ubuyobozi bumushyingira uwayimuteye](https://umurengezi.com/musanze-umwana-yarasambanyijwe-aterwa-inda-ubuyobozi-bumushyingira-uwayimuteye/) - Mushimiyimina Diane umwana w'imyaka 15 yasambanyijwe ku ngufu aterwa inda, ubuyobozi bw'inzego z'ibanze bubimenye aho kumuha ubutabera ngo bukurikirane uwabikoze, burabizinzika buhitamo kumushyingira uwayimuteye. Amakuru y'ihohotetwa rya Mushimiyimina Diane yamenyekanye ubwo abaturage batangarizaga ikinyamakuru UMURENGEZI.COM ko hari umwana w'umukobwa w'imyaka 15, wiga mu mwaka wa gatanu w'amashuri abanza, wafashwe ku ngufu agasambanywa, agaterwa inda, ubuyobozi - [Burera : Imiryango 11 irasaba kurenganurwa, nyuma yo gusiragizwa imyaka isaga 20](https://umurengezi.com/burera-imiryango-11-irasaba-kurenganurwa-nyuma-yo-gusiragizwa-imyaka-isaga-20/) - Imiryango 11 ibarizwa mu karere ka Burera, iratakambira ubuyobozi bukuru isaba kurenganurwa, nyuma y'uko inzego z'ibanze zananiwe kuyikemurira ikibazo cy'amakimbirane ashingiye ku isaranganywa ry'Ubutaka kugira ngo bahabwe ibyangombwa byabwo, kuri ubu ngo hakaba hashize imyaka 22 basiragizwa. Ubu butaka buherereye mu Majyarugu y'u Rwanda mu karere ka Burera, umurenge wa Rugarama, akagari ka Cyahi, umudugudu - [Wanga gukora ngo utanduza inzâara, inzara yakwica zikavamo – Hon. Bamporiki](https://umurengezi.com/wanga-gukora-ngo-utanduza-inzaara-inzara-yakwica-zikavamo-hon-bamporiki/) - Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Edouard Bamporiki, avuga ko uwanga gukora ngo atanduza inzâara, iyo inzara imwishe zivamo. Ibi uyu muyobozi yabitangaje kuri uyu wa 26 Gashyantare 2022, mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’igikorwa cy’umuganda yifatanyijemo n’abatuye i Nyamirama, mu Murenge wa Ngera, mu Karere ka Nyaruguru, nyuma yo kubazwa icyo avuga ku - [Guhekenya amenyo ni uburwayi si ubugome - Ubushakashatsi](https://umurengezi.com/guhekenya-amenyo-ni-uburwayi-si-ubugome-ubushakashatsi/) - Indwara yo guhekenya/gufatanya amenyo bita ‘Bruxisme’ mu Gifaransa igaragazwa no gufatanya amenyo cyane cyane nijoro, ikaba ikunze kwibasira abana kurusha abakuze. Ubushakashatsi bwagaragaje ko ifata abana ku kigero cya 14 %, naho abakuru bagira iyo ndwara ni 8 % bari mu kigero kiri hagati y’imyaka 20 na 50 baba abagabo cyangwa abagore. 60 na 70 % by’abatuye isi - [Iyo umuntu abayeho atazi uburenganzira bwe, abaho abangamiye abandi – ANSP+](https://umurengezi.com/iyo-umuntu-abayeho-atazi-uburenganzira-bwe-abaho-abangamiye-abandi-ansp/) - Umuryango Nyarwanda ufasha ababana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA (ANSP+) uvuga ko kubaho umuntu azi uburengenzira bwe bigira uruhare rukomeye mu kubaka umuryango nyarwanda no kwihutisha iterambere ry’igihugu muri rusange, kuko ngo umuntu amenya uburenganzira bwe n’aho bugarukira, bikamurinda kubangamira bagenzi be no kubabera umutwaro. Nizeyimana Jean Marie Vianney, umukozi w’uyu muryango ahamya ko iyo umuntu - [Ibyo wamenya ku kuvamo kw’inda mu buryo butari bwitezwe](https://umurengezi.com/ibyo-wamenya-ku-kuvamo-kwinda-mu-buryo-butari-bwitezwe/) - Kuvamo kw’inda itaragera igihe cyo kuvuka bizwi nka 'miscarriage' mu ndimi z'amahanga bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye ahanini zishingiye ku mibereho y’umuntu ku giti cye cyangwa imitereren’imikorere y’umubiri we. Zimwe mu mpamvu zishobora gutera inda kuvamo, harimo nko kuba umwana uri mu nda atameze neza cyangwa se kuba harabayeho imyivumbagatanyo (disorder) mu bice bishinzwe kurema umwana, bikamuviramo - [Superfoods are hiding in your Fridge](https://umurengezi.com/superfoods-are-hiding-in-your-fridge/) - The easiest and most straightforward way of giving yourself energy, preserving your body and losing weight is probably available at your neighborhood food store, or it might even be buried in your kitchen. Don’t be alarmed, be excited. Superfoods have long been the highlight of any discussion about health or healthy food. Many celebrity chef - [Nyagatare : Pasiteri arashinjwa kwica ubukwe bwaburaga amasaha make](https://umurengezi.com/nyagatare-pasiteri-arashinjwa-kwica-ubukwe-bwaburaga-amasaha-make/) - Pasiteri mu itorero Carval Temple, muri imwe mu misingi yaryo mu Karere ka Nyagatare, yanze gusezeranya abageni habura umunsi umwe ngo ubukwe bube, ku mpamvu itaramenyekana. Ubukwe bw’abo bageni bwari buteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 05 Gashyantare 2022, nyuma yo kwemeranya kubana nk’umugore n’umugabo tariki ya 13 Mutarama 2022, babihamya imbere y’amategeko. Umusore - [Maroc : Abakora ubutabazi bakomeje gushakisha Rayan, umwana umaze iminsi 4 aguye mu mwobo](https://umurengezi.com/maroc-abakora-ubutabazi-bakomeje-gushakisha-rayan-umwana-umaze-iminsi-4-aguye-mu-mwobo/) - Abakora ibikorwa by’ubutabazi muri Maroc bagerageza kugera ku mwana w’umuhungu w’imyaka itanu, Rayan, waguye mu kinogo (umwobo) cy’iriba kirekire mu majyaruguru y’icyo gihugu, barimo kwinjira mu byiciro bya nyuma by’iki gikorwa. Uwo mwana wavuzwe mu bitangazamakuru byaho ko yitwa Rayan, yaguye muri icyo kinogo mu minsi ine ishize, ubwo yari arimo gukinira hafi yacyo, mu - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 03)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-03/) - Eeehhheee!!! Ubwo episode ya 2 yarangiye Allan yabuze ubusobanuro bw’ibyo yabonaga bikarangira aguye mu kantu, yayobewe ibyo Ange na Noella barimo. Nan'ubu aracyari mu kantu ntarakavamo!! Twe turabizi ko Ange yari yababajwe n'uko yasanze Allan ari kumwe n’undi muhungu bikaba aribyo byatumye Allan atamenya ibiri kuba, kuko yabonaga Ange na Noella bameze nk'abari gukina umukino, - [Muhanga : Abaturage baratabariza umukecuru w’imyaka 91 ugiye kugwirwa n’inzu abamo](https://umurengezi.com/muhanga-abaturage-baratabariza-umukecuru-wimyaka-91-ugiye-kugwirwa-ninzu-abamo/) - Abaturage batuye mu mudugudu wa Murambi, Akagali ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe, baratabariza umukecuru Mukamukasi Odette w’imyaka 91 y’amavuko k'ubw'inzu atuyemo bahamya ko izamugwira mu gihe byaba nta gikozwe mu maguru mashya. Aba baturage bavuga ko yirengagijwe n’ubuyobozi, bagasaba ko yatabarwa akubakirwa, ndetse ngo bukagoboka n'umukobwa we urembye mu nzu, kuko ngo adashobora gusohoka. Umwe - [Ubuholandi : Umugabo yakuwe mu mamapine y’indege yari ivuye muri Afurika y’Epfo](https://umurengezi.com/ubuholandi-umugabo-yakuwe-mu-mamapine-yindege-yari-ivuye-muri-afurika-yepfo/) - Polisi mu Gihugu cy’Ubuholandi ivuga ko yasanze umuntu akiri muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo. Indege zivuye i Johannesburg zijya i Amsterdam zikoresha amasaha 11, iyi ndege y’imizigo bivugwa ko yo yanahagaze rimwe i Nairobi, muri Kenya. Ni ibintu bidasanzwe ko umuntu - [Uburibwe bw’Urukundo (Episode: 02)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-02/) - Kabayee!!! Episode ya mbere yarangiye turi aho Ange agiye gusura Allan, agasanga na Noella ariho ari, bikaba ibibazo Allan akabura uburyo ajya gufungurira Ange ngo yinjire mu nzu. Tugarutse muri Episode ya kabiri rero, aho bigiye kuba uburyohe Ange nahuza amaso na Allan ari kumwe na Noella mu nzu bonyine. Ntibyashyize kera rero, Noella arishyanutsa - [Rwanda Innovation Challenge, igisubizo no gukabya inzozi kuri Wisdom School](https://umurengezi.com/rwanda-innovation-challenge-igisubizo-no-gukabya-inzozi-kuri-wisdom-school/) - Ubuyobozi bw’ishuri rya Wisdom buvuga ko gushyirwa muri gahunda y’Ikoranabuhanga ryifashishije imibare rizwi nka Mathematics & Robotics Challenge cyangwa Rwanda Innovation Challenge ari amahirwe akomeye bijyanye n’intumbero ya Wisdom School mu guhanga udushya no kuba indashyikirwa mu ruhando Mpuzamahanga. Nduwayesu Elie umuyobozi w’iri shuri, avuga ko igihe kigeze kugira ngo Wisdom school igaragaze ibyo ishoboye - [Musanze : Arasaba kurenganurwa nyuma yo Gusenyerwa Inzu n'ikorwa ry’Umuhanda Agasiragizwa](https://umurengezi.com/musanze-arasaba-kurenganurwa-nyuma-yo-gusenyerwa-inzu-nikorwa-ryumuhanda-agasiragizwa/) - Harerimana Jean utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Muhoza, Akagari ka Kigombe, Umudugudu wa Rukereza, arasaba kurenganurwa nyuma yo Gusenyerwa Inzu n'ikorwa ry’Umuhanda Kabaya-Gurupoma. Uyu muturage avuga ko ibi bikimara kuba, Akarere kamwemereye binyuze mu nyandiko kumusanira inzu cyangwa kakamuha ingurane, ariko ngo bikarangira asiragijwe. Mu ibaruwa yanditswe na Harerimana tariki ya 04 Kanama - [Bwa mbere ku isi umuntu yatewemo umutima w'ingurube](https://umurengezi.com/bwa-mbere-ku-isi-umuntu-yatewemo-umutima-wingurube/) - Dave Bennett Umunyamerika w'imyaka 57 yabaye umuntu wa mbere ku isi utewemo umutima w'ingurube yakujijwe mu ikoranabuhanga (genetically-modified). Nyuma y'iminsi itatu ishize akoreweho uko kubagwa kw'igerageza kwamaze amasaha arindwi mu mujyi wa Baltimore muri Leta ya Maryland, nk’uko abaganga babivuga, kuri ubu ngo ameze neza. Uko guterwamo urundi rugingo byafatwaga nk'icyizere cya nyuma cyo kurokora - [Uburibwe bw'Urukundo (Episode: 01)](https://umurengezi.com/uburibwe-bwurukundo-episode-01/) - "Uburibwe bw'urukundo" ni inkuru y'urukundo imwe muri nyinshi twabazaniye muri uyu mwaka mushya wa 2022, zishingiye ku nkuru mpamo tuzagenda tubagezaho mu minsi iri imbere hano kuri UMURENGEZI.COM Tubararikiye rero kubana natwe kandi twizeye ko zizabaryohera nk'Abakunzi n'abasomyi bacu. Tutabatindiye, reka dutangire na Episode ya mbere. Nuko umukobwa ati, “Ese urumva byabaho kubaho nta mukunzi mfite?” - [Musanze : Abaturage bahangayikishijwe n'urugomo rw'ababatega, bakabatemagura utishwe bakamugira intere](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-bahangayikishijwe-nurugomo-rwababatega-bakabatemagura-utishwe-bakamugira-intere/) - Abaturage bo mu bice bitandukanye bigize akarere ka Musanze, bavuga ko bahangayikishijwe n'Ibikorwa by'urugomo ndengakamere n'ubujura bwa kiboko birimo gutangira abaturage bakabambura ibyabo, bakabatemagura, utahasize ubuzima akahakura ubumuga kubera kugerageza kwirwanaho. Uduce tugarukwaho cyane n'abaturage nk'indiri y'uru rugomo, ni umuhanda w'amabuye uva ku iposita ujya Karisimbi, Rukereza inyuma ya sitasiyo ya Polisi ahazwi nko kuri - [Rubavu : REMA yemeje ko umwuka uharangwa utujuje ubuziranenge, igira inama abahatuye kugabanya kujya hanze](https://umurengezi.com/rubavu-rema-yemeje-ko-umwuka-uharangwa-utujuje-ubuziranenge-igira-inama-abahatuye-kugabanya-kujya-hanze/) - Nyuma y’uko hatangajwe ko Ikirunga cya Nyiragongo gishobora kongera kuruka, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyakoze igenzura ku mwuka uhumekwa mu Karere ka Rubavu ndetse n’amazi y’Ikiyaga cya Kivu, ryasanze umwuka muri aka Karere utujuje ubuziranenge. Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga (Volcanological Observatory of Goma) giherutse gutangaza ko Ikirunga cya Nyiragongo gikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko - [1L Family yagobotse abarwayi b'ibitaro bya Ruhengeri](https://umurengezi.com/1l-family-yagobotse-abarwayi-bibitaro-bya-ruhengeri/) - Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Ukuboza 2021, Abagize itsinda rya ‘One love Family(1L)’ bagobotse abarwayi b’Ibitaro bya Ruhengeri, mu rwego rwo kubereka ko nubwo bababaye, ariko batari bonyine cyane cyane muri iki gihe cy’iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani. Uwimana Joselyne Umuyobozi wa One Love avuga ko bifuje kwifatanya n’abantu bo mu - [Ingaruka zo gufunga inkari n'uko ukwiye kubyitaramo igihe bibaye ngombwa](https://umurengezi.com/ingaruka-zo-gufunga-inkari-nuko-ukwiye-kubyitaramo-igihe-bibaye-ngombwa/) - Gufunga inkari ni igikorwa gikorwa n’abantu bamwe na bamwe ahanini bitewe no kubura aho bihagarika cyangwa umwanya wo kujya kwihagarika, iyo umuntu aryamye cyangwa se ari ahandi hatamwemerera guhaguruka ngo ujye mu bwiherero. Gushaka kunyara cyangwa se kwihagarika, ni ibisanzwe ku mubiri, ari nayo mpamvu umuntu agira uruhago rwagenewe kubika inkari mu rwego rwo kurinda - [The Ben na Diamond bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo bise 'Why'](https://umurengezi.com/the-ben-na-diamond-bashyize-hanze-amashusho-yindirimbo-yabo-bise-why/) - Nyuma y’iminsi ibiri gusa Umuhanzi w’Umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika The Ben na Diamond Platnumz wo muri Tanzania basohoye indirimbo bise ‘Why’ mu buryo bw’amajwi, kuri ubu bamaze gushyira ahagaragara n’amashusho yayo. Iyi ndirimbo yari itegerejwe n’abantu batari bake nyuma yo kumva ko aba bahanzi bombi bafite umushinga wo gukorana indirimbo, yasohotse - [Urwego rwa ONU rwitambitse icyemezo cyo kwirukana abanyarwanda 8 bari muri Niger](https://umurengezi.com/urwego-rwa-onu-rwitambitse-icyemezo-cyo-kwirukana-abanyarwanda-8-bari-muri-niger/) - Urwego rwashinzwe kurangiza imanza zasigajwe n’inkiko mpuzamahanga (International Residual Mechanism for Criminal Tribunals, IRMCT) rwategetse Leta ya Niger kuba ihagaritse icyemezo cyo kwirukana Abanyarwanda 8 baherutse kwimurirwa muri iki Gihugu bakuwe Tanzania. Aba banyarwanda umunani, bamwe muri bo barangije ibihano byabo, abandi nabo bagizwe abere mu byo bari bakurikiranyweho ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi - [Niger : Abanyarwanda 8 birukanwe kubutaka bw'icyo gihugu](https://umurengezi.com/niger-abanyarwanda-8-birukanwe-kubutaka-bwicyo-gihugu/) - Nyuma y'aho igihugu cya Niger kigiranye amasezerano n'umuryango w'Abibumbye(ONU) yo kohereza muri icyo gihugu Abanyarwanda 8 barangije igihano ndetse n'abagizwe Abere n'Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho uRwanda(TPIR) rukorera Arusha muri Tanzaniya, kuri uyu Mbere tariki ya 27 Ukuboza 2021, iki gihugu cyahaye aba Banyarwanda iminsi irindwi yo kuba bavuye ku butaka bwacyo. Abirukanwe ni Sagahutu Innocent, Mugiraneza - [USA yemeje ikoreshwa ry'Ikinini cya Paxlovid nk'umuti wa COVID-19](https://umurengezi.com/usa-yemeje-ikoreshwa-ryikinini-cya-paxlovid-nkumuti-wa-covid-19/) - Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa gatatu tariki ya 22 Ukuboza 2021, yemeye ikoreshwa ry'ikinini cya Paxlovid cyakozwe n'ikigo Pfizer nk'umuti wa Covid-19 ndetse itegeka ko gitangira guhabwa abanduye ako gakoko. Ibi bitangajwe mu gihe ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije buzwi nka Omicron bwateye ubwoba Leta ya Amerika muri ibi bihe by’iminsi mikuru - [Musanze : Barindwi mu bakekwaho kwica umukecuru Nyirabikari batawe muri yombi](https://umurengezi.com/musanze-barindwi-mu-bakekwaho-kwica-umukecuru-nyirabikari-batawe-muri-yombi/) - Mu ijoro ryo kuwa 18 rishyira kuwa 19 Ukuboza 2021, saa sita n'iminota mirongo ine(00h40'), mu kagari ka Bukinanyana, umurenge wa Cyuve, mu Karere ka Musanze, nibwo abantu batamenyekanye binjiye mu rugo rwa nyakwigendera Nyirabikari Therese w'imyaka 87, maze baramukubita ndetse banamutwikisha ibintu bitamenyekanye bikekwa ko ari aside, aza gupfa nyuma y'akanya gato agejejwe kwa - [Itangazo rya INES-Ruhengeri ku bifuza kwiga amasomo y'igihe gito](https://umurengezi.com/itangazo-rya-ines-ruhengeri-ku-bifuza-kwiga-amasomo-yigihe-gito/) - [Wisdom School Ishuri rukumbi rihagarariye uRwanda mu marushanwa mpuzamahanga y’Icyongereza](https://umurengezi.com/wisdom-school-ishuri-rukumbi-rihagarariye-urwanda-mu-marushanwa-mpuzamahanga-yicyongereza/) - Ishuri rya Wisdom School rifite icyicaro mu karere ka Musanze, niryo shuri rukumbi rihagarariye uRwanda mu marushanwa mpuzamamahanga y’ururimi rw’ icyongereza muri gahunda yiswe InterContinental Spelling Bee Championship, azabera i Dubaï guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ukuboza 2021. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko kuba Wisdom School yarahawe amahirwe yo guhagararira uRwanda muri - [Rusizi : Umugabo n'umugore bari bamaze igihe gito barushinze bahiriye mu nzu](https://umurengezi.com/rusizi-umugabo-numugore-bari-bamaze-igihe-gito-barushinze-bahiriye-mu-nzu/) - Umugabo witwa Ngabonziza Eric n’Umugore we Icyimanizanye Jeannette bari bamaze iminsi mike bashyingiranwe bahiriye mu nzu bakodeshaga, ariko abaturanyi batabara batarapfa bajyanwa kwa muganga. Aba bombi bari batuye mu mudugudu wa Munyinya, mu kagari ka Gihundwe, umurenge wa Kamembe, mu karere ka Rusizi, bahuye n’uruva gusenya ubwo inkongi yibasiraga iyi nzu, maze ibyo bari batunze - [Abantu 6 bagaragayeho Virusi ya Omicron mu Rwanda](https://umurengezi.com/abantu-6-bagaragayeho-virusi-ya-omicron-mu-rwanda/) - Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imaze kubarura abantu batandatu binjiye mu gihugu bafite Virusi ya Corona yihinduranyije, yo mu bwoko bwa Omicron, iri kwigaragaza mu bihugu bitandukanye ku isi kandi ifite bukana burengeje izindi zagaragaye. Ni itangazo ryasohotse kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ukuboza 2021, rihamagarira Abanyarwanda n’abaturarwanda gushishikarira kwikingiza guhera ku bafite imyaka 12 - [Rubavu : Abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka barataka igihombo](https://umurengezi.com/rubavu-abakora-ubucuruzi-bwambukiranya-imipaka-barataka-igihombo/) - Abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu Karere ka Rubavu bavuga ko bafite ibibazo by’uruhuri mu bucuruzi bwabo bituma bakorera mu gihombo. Kuva mu kwezi k’Ugushyingo 2020, nibwo abaturage batuye mu mujyi wa Goma na Gisenyi boroherejwe gukomeza gukora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, ariko nabwo basabwa kugaragaza igipimo cya Covid-19 buri byumweri bibiri. Uretse igipimo kigura ibihumbi - [Tanzania : Umugabo n’umugore bakubiswe n’inkuba bari gusambana](https://umurengezi.com/tanzania-umugabo-numugore-bakubiswe-ninkuba-bari-gusambana/) - Vaileth Hassan Mtipa w’imyaka 32, yapfuye nyuma yo gukubitwa n’inkuba ari gusambana n’umugabo utari uwe, ahitwa Singida muri Tanzania. Umutangabuhamya waganiriye n’ikinyamakuru Mwananchi dukesha iyi nkuru, yagize ati, “Ni ikintu cyadutangaje cyane kugeza n'ubu, umugabo wari kumwe na nyakwigendera, we yakomeretse bikomeye ku maguru nyuma yo gukubitwa n’iyo nkuba.” Bivugwa ko ibyo byo gukubitwa n’inkuba - [Rubavu : Abaturage barinubira ibibazo bya Ruswa ikomeje kumunga imyubakire](https://umurengezi.com/rubavu-abaturage-barinubira-ibibazo-bya-ruswa-ikomeje-kumunga-imyubakire/) - Abaturage bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Rubavu, barinubira abayobozi bashinzwe imiturire (Land officers) babashyiraho amananiza mu kubaha ibyangombwa byo kubaka, kugira ngo babone aho bahera babasaba ruswa mbere yo kubihabwa cyangwa babone uko bubaka ntabyo bahawe. Bumwe mu buryo bukoreshwa n'aba bayobozi mu kwaka ruswa nk'uko bigarukwaho n'aba baturage, ngo ni ukwifashisha inzego - [Musanze : Kuba ababyeyi nta makuru afatika bafite ku buzima bw’imyororokere bigira ingaruka ku bana](https://umurengezi.com/musanze-kuba-ababyeyi-nta-makuru-afatika-bafite-ku-buzima-bwimyororokere-bigira-ingaruka-ku-bana/) - Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Musanze by’umwihariko abana b’abakobwa, bavuga ko kuba nta makuru afatika akenshi ababyeyi baba bafite ku buzima bw’imyororokere, ari kimwe mu bituma hari abaterwa inda z’imburagihe bikanabicira ahazaza, kuko ngo nyuma yo kubyara biba bigoye gukomeza amashuri cyangwa ibindi bikorwa byabateza imbere. Uru rubyiruko ruvuga ko hari igihe nk’umwana - [Musanze : Ababyeyi barasabwa kuzuza inshingano zabo mu kuganiriza abana ku buzima bw’imyororokere](https://umurengezi.com/musanze-ababyeyi-barasabwa-kuzuza-inshingano-zabo-mu-kuganiriza-abana-ku-buzima-bwimyororokere/) - Bamwe mu rubyiruko rwo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze batewe inda z’imburagihe biturutse ku kuba nta makuru bahawe n’ababyeyi ku buzima bw’imyororokere, bavuga ko nta cyizere cy’ubuzima bw’ahazaza kuri bo n’abo babyaye, mu gihe bamara guterwa inda bakirukanwa iwabo cyangwa bagahabwa akato mu miryango bakomokamo. Uru rubyiruko ruvuga ko iyo ugize ibyago ugaterwa - [Ethiopia : Minisitiri w'intebe Abiy Ahmed yiyemeje kuyobora intambara yibereye ku rugamba](https://umurengezi.com/ethiopia-minisitiri-wintebe-abiy-ahmed-yiyemeje-kuyobora-intambara-yibereye-ku-rugamba/) - Minisitiri w'intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yatangaje ko ubu noneho agiye kuyobora ingabo ze ari ku rubuga rw'imirwano (ku rugamba), muri iki gihe iyi ntambara imaze umwaka wose iri kwegera umurwa mukuru Addis Ababa. Mu itangazo yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, Bwana Abiy yagize ati, "Guhera ejo, - [Uburyo 10 ushobora kwifashisha mu kwivura imiburu igihe wibasiwe nayo](https://umurengezi.com/uburyo-10-ushobora-kwifashisha-mu-kwivura-imiburu-igihe-wibasiwe-nayo/) - Imiburu ni uduheri duto tuza mu bwanwa cyangwa ahandi hantu nyuma y’iminsi mike iyo umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe akamaraho umusatsi cyangwa ubundi bwoya bitewe n’igice cy’umuburi yahisemo kogosha. Utu duheri dukunze kugaragara cyane cyane ku bagabo nko mu bwanwa, igice gihuriweho kandi kiri ahagaragarira buri wese, bikaba na kimwe mu bibatera ipfunwe iyo byaje ari - [Dukwiye gukenyera tugakomeza mu rugamba rw’iterambere kuko inzira iracyari ndende - Andrew Mpuhwe wiyamamariza Ubujyanama bw'akarere ka Musanze](https://umurengezi.com/dukwiye-gukenyera-tugakomeza-mu-rugamba-rwiterambere-kuko-inzira-iracyari-ndende-andrew-mpuhwe-wiyamamariza-ubujyanama-bwakarere-ka-musanze/) - Mpuhwe Andrew Rucyahana wiyamamariza kuba umujyanama w'akarere ka Musanze, wari usanzwe ari n’umuyobozi wungirije w’aka karere Ushinzwe Ubukungu n’Iterambere muri manda icyuye igihe, avuga ko iterambere ari urugendo rusaba gushikama no gukenyera umuntu agakomeza kuko ngo iteka hari aho umuntu aba yaravuye ariko hari n’ahandi yifuza kugera. Ibi ngo abishingira ku kuba aka karere amazemo - [Abana 26 bahiriye mu ishuri nyuma yo kwibasirwa n'inkongi y'umuriro](https://umurengezi.com/abana-26-bahiriye-mu-ishuri-nyuma-yo-kwibasirwa-ninkongi-yumuriro/) - Abana 26 b’abanyeshuri bapfuye nyuma y'uko amashuri yubatswe n'ibiti barimo yibasiwe n'inkongi y'umuriro, maze agashya agakongoka, kuri uyu wa mbere tariki ya 08 Ugushyingo 2021, mu majyepfo y'igihugu cya Niger, mu mujyi wa Maradi. Chaibou Aboubacar Umukuru w’umujyi wa Maradi, yabwiye AFP dukesha iyi nkuru ko abo bana bapfuye, abandi 13 bagakomereka kandi ko nabo - [Byinshi wamenya ku mikurire y’ubwonko bw’umwana n’imyitwarire ye](https://umurengezi.com/byinshi-wamenya-ku-mikurire-yubwonko-bwumwana-nimyitwarire-ye/) - Ubwonko ni igice cy’urwungano rw’imyakura rworohereye cyane, rwangirika ubusa, kandi rushobora kwangizwa na byinshi. Ubwonko kandi ni rwo rugingo rusobetse cyane, ndetse ruruhije gusobanukirwa mu mikorere yarwo kuko bugizwe n’ingirangingo fatizo zigera kuri miliyari ijana(100.000.000.000). Kuva mu isamwa kugera umwana avutse, ubwonko burirema bukagera ku ngirangingo miliyari ijana, gusa ziba zitarakomera kandi zitegeranye ugereranyije n’izumuntu - [COVID-19 intandaro y'ubwiyongere bw'ibyaha ku bayoboke b'amadini n'amatorero](https://umurengezi.com/covid-19-intandaro-yubwiyongere-bwibyaha-ku-bayoboke-bamadini-namatorero/) - Abayobozi b'Amadini n’Amatorero mu karere ka Kamonyi, baravuga ko icyorezo cya COVID-19 cyatumye bamwe mu bayoboke babo bishora mu byaha, yewe ngo hari n'abanze kubireka burundu. Ibi babigarutseho mu biganiro byateguwe n’Umuryango Ihorere Munyarwanda( IMRO), byahuje abakuriye imiryango itegamiye kuri Leta, kuri uyu wa 28 Ukwakira 2021, bagamije kureba uko ubutabera butangwa ndetse n’iyubahirizwa ry’uburenganzira - [Huye : Abahinzi b’inyanya barataka igihombo baterwa no kuziburira isoko](https://umurengezi.com/huye-abahinzi-binyanya-barataka-igihombo-baterwa-no-kuziburira-isoko/) - Abahinzi b'inyanya baturuka mu turere twa Huye na Gisagara barataka ibihombo baterwa no kubura isoko ry'umusaruro wabo mu gihe cy’umwero wazo, kuko ngo ziba zarahinzwe mu mpeshyi, mu gihe cyo kugurisha umusaruro wabo bikabahombya kubera kuziburira isoko. Hirya no hino mu gihugu, mu bihe bitandukanye humvikana ikibazo cy’ibura ry’imboga cyane cyane inyanya. Ku rundi ruhande - [Bitarenze muri Gicurasi 2022 ibibazo bya réseau zicikagurika bizaba byarabaye amateka - MTN Rwanda](https://umurengezi.com/bitarenze-muri-gicurasi-2022-ibibazo-bya-reseau-zicikagurika-bizaba-byarabaye-amateka-mtn-rwanda/) - Kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukwakira 2021, MTN Rwanda yagaragaje ko igeze kure gushyira mu bikorwa ibyo yasabwe n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA) bijyanye no gukemura ibibazo byose bya réseau zicikagurika ku bakoresha uyu muyoboro ku buryo muri Gicurasi 2022 bizaba byakemutse burundu. Kuwa 19 Kanama 2021, RURA yashyize hanze umwanzuro usaba MTN Rwanda kuba - [Yagurishije umwana we kugira ngo yishyure ubukode bw'inzu](https://umurengezi.com/yagurishije-umwana-we-kugira-ngo-yishyure-ubukode-bwinzu/) - Umugore wo mu gihugu cya Nigeria, yemeye ko yagurishije umwana we w’amezi 3 ibihumbi 150 by’ama Naira akoreshwa muri iki gihugu, kugira ngo yishyure ubukode bw’inzu abamo. Mercy Okon umubyeyi w’abana batatu ku myaka ye 23 y'amavuko, yavuze ko yagombaga kwishyura ubukode ku nzu ye kandi akishyura n'andi madeni, ariyo mpamvu yafashe uyu mwanzuro ukomeye. - [Umugani wa Semuhanuka](https://umurengezi.com/umugani-wa-semuhanuka/) - Semuhanuka yari umugabo w’umuhemu, akagira amayeri yihariye akabikorana ubugome ariko asa n’uwikinira. Semuhanuka yari afite umusore Muhanuka. Bukeye aramubwira, ati: “Gerageza wige kugaragaza amayeri kuko yazagukiza." Wa musore muhanuka agiye hanze nijoro aza arira. Semuhanuka aramubaza, ati: “Ubaye iki musore?” Muhanuka aramusubiza ati,” Ninanuraga ijuru rirahubuka ringera hejuru y’uyu mubiri. Ubu nababaye pe, binakabije.” Semuhanuka - ["Kugaburira abanyeshuri ku gihe biratugoye" - Igisubizo Umuyobozi w'amashuri abanza ya SUSA II yahaye ababyeyi baharerera](https://umurengezi.com/kugaburira-abanyeshuri-ku-gihe-biratugoye-igisubizo-umuyobozi-wamashuri-abanza-ya-susa-ii-yahaye-ababyeyi-baharerera/) - Ababyeyi barerera mu kigo cy'amashuri abanza ya SUSA II giherereye mu mudugudu wa Susa, akagari ka Ruhengeri, umurenge wa Muhoza, mu karere ka Musanze, baranenga ubuyobozi bw'ikigo ko bufashe nabi abana babo, bubicisha inzara, bubiriza ubusa kugeza ubwo banga kwiga nyuma ya saa sita, bategereje ibiryo nabyo ngo bakabibona banegekaye mu ma saa Kumi n'igice(16h30). - [Musanze : Abaturage barashinja WASAC kubishyuza amafaranga y'umurengera](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barashinja-wasac-kubishyuza-amafaranga-yumurengera/) - Hirya no hino mu gihugu kimwe no mu Karere ka Musanze, hakunze kumvikana kenshi abaturage bakoresha amazi y'ikigo cy’igihugu gishinzwe Amazi n’isukura(WASAC) bavuga ko bishyuzwa amafaranga y’umurengera ugereranyije n'ayo bagakwiye kuba bishyura. Ibi aba baturage babishingira ku kuba bishyuzwa amafaranga y’amazi bakoresheje mu bihe bitandukanye, ariko ngo Inyemezabwishyu zabo, zikaza zitandukanye mu biciro, kandi nyamara - [Abakorera ikigo RDB barinubira imikorere n’amasezerano bahabwa](https://umurengezi.com/abakorera-ikigo-rdb-barinubira-imikorere-namasezerano-bahabwa/) - Bamwe mu bakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere(RDB) barinubira imikorere na serivisi bavuga ko bahabwa n’iki kigo, mu gihe nyamara ngo cyagakwiye kuba kibateza imbere nk’ikigo cy’iterambere, ariko ku bwabo ngo iterambere kuri bo bakaba baribona nk’inzozi. Aba bakozi batifuje ko amazina yabo atangazwa kubw’impungenge z’umutekano wabo, babwiye UMURENGEZI.COM ko bamaze imyaka 14 bakorera iki kigo, - [Abakekwaho kwica Sankara baratangira kuburanishwa](https://umurengezi.com/abakekwaho-kwica-sankara-baratangira-kuburanishwa/) - Blaise Compaoré wabaye Perezida wa Burukina Faso n’abandi bantu 12 baratangira kuburana bashinjwa kwica Thomas Sankara benshi babonagamo Umuyobozi ufite impinduramatwara, ukunda abaturage be na Africa. Capt. Thomas Sankara wagiye ku butegetsi afite imyaka 33, yarashwe tariki 15 Ukwakira 1987, bivugwa ko yagambaniwe cyane na Blaise Compaoré nyuma waje no kuba Perezida. Compaoré araburana adahari, - [Musanze : Barasaba gusubizwa amazi, nyuma y’amezi atandatu yarabaye amateka](https://umurengezi.com/musanze-barasaba-gusubizwa-amazi-nyuma-yamezi-atandatu-yarabaye-amateka/) - Abaturage bo mu mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, mu karere ka Musanze barasaba ko basubizwa amazi bambuwe mu gihe cy’ikorwa ry’umuhanda Kabaya-Groupement. Aba baturage bavuga ko bamaze amezi arenga atandatu batabona amazi bitewe n’umuyoboro wangijwe mu ikorwa ry’uyu muhanda ntusimbuzwe, kugeza ubu ngo icyitwa amazi kikaba cyarabaye amateka muri aka gace. - [Kigali : Umugabo yiyahuye asimbutse ku igorofa riri rwagati mu mujyi (AMAFOTO)](https://umurengezi.com/kigali-umugabo-yiyahuye-asimbutse-ku-igorofa-riri-rwagati-mu-mujyi-amafoto/) - Umugabo utaremenyekana imyirondoro, yiyahuriye ku nyubako ya La Bonne Adresse iherereye rwagati mu mujyi wa Kigali , aho bivugwa ko yasimbutse iyi nyubaho ahagana saa yine(10h00) zo kuri uyu wa Kane tariki 16 Nzeri 2021, agwa ku mudoka, araunagurika. Amakuru agera ku UMURENGEZI.COM avuga ko uyu mugabo witwa Mutabazi (amazina ye yose ntaramenyekana), yabanje guhamagara - [Abantu 13 bateguraga kugaba ibitero muri Kigali beretswe itangazamakuru](https://umurengezi.com/abantu-13-bateguraga-kugaba-ibitero-muri-kigali-beretswe-itangazamakuru/) - Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01 Ukwakira 2021, beretse itangazamakuru agatsiko k’abantu 13 bafatiwe mu bice bitandukanye by’igihugu barimo bategura umugambi wo kugaba ibitero by’iterabwoba mu Mujyi wa Kigali. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter ya Polisi y’u Rwanda, ngo aka gatsiko kafashwe mu bihe bitandukanye, - [Itangazo rya Cyamunara y'umutungo utimukanwa](https://umurengezi.com/itangazo-rya-cyamunara-yumutungo-utimukanwa-4/) - Kugira ngo harangizwe Dosiye REF: 00677/2021/TB/MUH, RS/SCP/RC00010/2021/TB/MUH, Umuhesha w’Inkiko w’umwuga HAVUGIMANA Felix aramenyesha abantu bose ko kuwa 08/10/2021, saa tanu z'amanywa(11h00) azagurisha muri Cyamunara umutungo utimukanwa wa NIZEYIMANA Emmanuel, ufite UPI: 4/03/02/06/2086, ufite ubuso 394 Sqm, ufite igenagaciro rya 25,167,800 Frw uherereye mu Mudugudu wa Marantima, Akagari ka Rwebeya, Umurenge wa Cyuve, mu karere ka - [Inkomoko y’umugani - Yagiye nka Nyomberi](https://umurengezi.com/inkomoko-yumugani-yagiye-nka-nyomberi/) - Uyu mugani 'Yagiye nka Nyomberi', wakomotse ku muhigi w’umukogoto witwaga Nyomberi. Yari umagaragu wa Mazimpaka ku I juru rya Kamonyi ; ahayinga umwaka wa 1700. Hambere ku ngoma ya Mazimpaka, Nsoro umwami w’u Bugesera (butaraba ubw’u Rwanda), yatumye kuri Mazimpaka amagambo y’imihigo; ati « Aho wari uzi ko Abanyabugesera barusha Abanyarwanda kurasa mu nzira zose - [Ifoto y'umunsi](https://umurengezi.com/ifoto-yumunsi/) - Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Nzeri 2021, saa Saba n'iminota Mirongo itanu n'itatu z'amanywa (01h53' PM), mu mudugudu wa Susa, akagari ka Ruhengeri, umurenge wa Muhoza, akarere ka Musanze, hagaragaye abagabo batatu batwaye inkoko ku magare mu buryo busa no kuzica urubozo, kuko zari zicurikiranye, izindi zigenda ziva amaraso bitewe n'uburyo bari baziziritse, - [Kamonyi : Polisi yataye muri yombi abantu 12 bakekwaho gukubita abaturage](https://umurengezi.com/kamonyi-polisi-yataye-muri-yombi-abantu-12-bakekwaho-gukubita-abaturage/) - Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage yataye uri yombi itsinda ry’abantu 12 bakekwaho gutega abaturage bakabambura, bakabakubita, bakurikiranyweho kandi icyaha cyo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Uko ari 12, bafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nzeri 2021, bafatiwe mu Karere ka - [Tanzania : Samia Suluhu yakuriye inzira ku murima abibwiraga ko ataziyamamaza](https://umurengezi.com/tanzania-samia-suluhu-yakuriye-inzira-ku-murima-abibwiraga-ko-ataziyamamaza/) - Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yakuriye inzira ku murima abibwiraga ko mu mwaka wa 2025 atazahatana mu matora y'umukuru w'igihugu, yemeza ko abagore bazashyira umugore mugenzi wabo ku butegetsi. Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe Ubutegetsi rusange kw’isi byabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nzeri 2021 mu Mujyi wa Dar Es Salaam, - [MINEDUC yashyize ahagaragara Ingengabihe y’umwaka w’Amashuri utaha](https://umurengezi.com/mineduc-yashyize-ahagaragara-ingengabihe-yumwaka-wamashuri-utaha-2/) - Kuri uyu wa Kane tariki 02 Nzeri 2021, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2021/2022 uzatangira ku wa 11 Ukwakira 2021 ku mashuri Abanza, Ayisumbuye n’ay’Imyuga n’Ubumenyingiro, ukazasozwa ku wa 15 Nyakanga 2022. Iyi ngengabihe, igaragaza ko mu mwaka w’amashuri wa 2021/2022, igihembwe cya mbere kizatangira kuwa 11 Ukwakira 2021, kigasozwa kuwa 24 - [Musanze : Arembeye mu bitaro nyuma yo gutwikwa akekwaho gufata ku ngufu](https://umurengezi.com/musanze-arembeye-mu-bitaro-nyuma-yo-gutwikwa-akekwaho-gufata-ku-ngufu/) - Dukuzumuremyi David utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi, akagari ka Kibirizi, umudugudu wa Gakoro, yatwitswe aranakubitwa bikomeye, nyuma yo gukekwaho gufata ku ngufu uwitwa Uwizeyimana Odette. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze ahagana saa kumi z'umugoroba kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Kanama - [Musanze : Ruswa intandaro yo guhabwa ibyangombwa byo kubaka mu kajagari](https://umurengezi.com/musanze-ruswa-intandaro-yo-guhabwa-ibyangombwa-byo-kubaka-mu-kajagari/) - Mu gihe u Rwanda rukataje mu iterambere rwihaye mu cyerekezo 2050, bigendanye n'igishushanyo mbonera cya buri mujyi, mu nzego z'ibanze haravugwa ruswa ijyanye no kubona serivisi z'ibyangombwa byo kubaka, kimwe mu ntandaro zo kubaka mu kajagari. Hirya no hino mu gihugu, abantu bakomeje ibikorwa byo kubaka amazu meza yo guturamo, ariko bizwi neza ko mbere - [COVID-19, Agakingirizo ka Ruswa ku bakora ibinyuranyije n'amabwiriza](https://umurengezi.com/covid-19-agakingirizo-ka-ruswa-ku-bakora-ibinyuranyije-namabwiriza/) - Bamwe mu baturage batuye mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Musanze, bavuga ko bahangayikishijwe na Ruswa bakwa na bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze, bitwaje ko barenze ku mabwiriza yo Gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, nko gucuruza utubari n’ibindi, bakabaka amafaranga y’umurengera ngo babakingire ikibaba, cyangwa bagacibwa amande ntibahabwe Inyemezabwishyu. Aba baturage bavuga ko muri ibi - [Byinshi wamenya kuri Pariki y'Ibirunga isurwa n'abatari bake](https://umurengezi.com/byinshi-wamenya-kuri-pariki-yibirunga-isurwa-nabatari-bake/) - Pariki Nasiyonali y'Ibirunga iherereye mu majyaruguru y'u Rwanda, mu karere ka Musanze, umurenge wa Kinigi, ikaba ifashe ku bihugu bitatu aribyo; Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo(DRC), Uganda n'u Rwanda. Iyi pariki, yemejwe bwa mbere mu mwaka w'1925, ikaba yari gagace gato cyane kabonekaga hagati y'ibirunga biboneka neza iyo ugeze mu majyarugu aribyo; Karisimbi, Bisoke byo - [Abaturage baguze ubutaka n’itorero AEBR bararishinja uburiganya](https://umurengezi.com/abaturage-baguze-ubutaka-nitorero-aebr-bararishinja-uburiganya/) - Abaturage bagurishijwe ubutaka n'itorero AEBR (Association des Eglises Baptistes au Rwanda) bararishinja kubambura ubutaka ryabagurishije, nyuma y'uko ryanze kubakorera ihererekanyabubasha ku butaka, ngo bukurwe ku itorero bushyirwe ku mazina y'ababuguze. Ubu butaka buherereye mu mudugudu wa Gisasa, akagari ka Bisate, umurenge wa Musanze, akarere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, aba baturage bavuga ko basabye abayobozi - [Ibanga ry'Isupu y’inyanya ku Bagabo](https://umurengezi.com/ibanga-ryisupu-yinyanya-ku-bagabo/) - Intungamubiri izwi nka ‘lycopene’ iboneka mu nyanya, ishobora kongerera ireme intanga-ngabo, nk'uko bikubiye mu bushakashatsi bwatangajwe n’ikigo NHS cyo mu Bwongereza. Ubu bushakashatsi bugaragaraza ko Abagabo bafite ubuzima bwiza, bagiye buri munsi bafata ku isupu ngufi (ifashe) y’inyanya yajya nko ku biyiko bibiri bakayirenza ku bindi biryo, basanzwe bafite intanga nziza kurushaho. Ubugumba mu bagabo - [Umucungagereza yirukanwe ku kazi azira gusomana n’imfungwa](https://umurengezi.com/umucungagereza-yirukanwe-ku-kazi-azira-gusomana-nimfungwa/) - Umugore ushinzwe gucunga gereza yahuye n’uruva gusenya ubwo yijijishaga akinjira mu kumba k’imwe mu mfungwa amashusho akabafata bari gusomana birangira ba shebuja bamwirukanye ku kazi ako kanya. Uyu mucungagereza wafashwe ari gusomana yitwa Rachel Wilson akora muri gereza yitwa HMP Addiewell yo muri Ecosse mu gihe iyi mfungwa basomanaga yitwa Kevin Hogg. Ibi byabaye nyuma - [Amajyaruguru : Etat Civile yatemaguye uwari umugore we, abaturanyi batabaye abatera amabuye](https://umurengezi.com/amajyaruguru-etat-civile-yatemaguye-umugore-we-abaturanyi-batabaye-abatera-amabuye/) - Habarurema Japhet ushinzwe irangamimerere (Etat Civile) mu murenge wa Cyabingo, mu karere ka Gakenke, Intara y'Amajyaruguru, arashinjwa gukubita no gukomeretsa uwahoze ari umugore we witwa Mukamusoni Esperance batandukanye byemewe n'amategeko amusanze mu rugo iwe, ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 08 Kanama 2021, ahagana saa mbiri n'igice (20h30). Mukamusoni Esperance wakubiswe akanatemwa n'uwari - [Musanze : Impungenge ni zose ku batuye n’abakorera iruhande rw’Uruganda rwa Kigali Farms](https://umurengezi.com/musanze-impungenge-ni-zose-ku-batuye-nabakorera-iruhande-rwuruganda-rwa-kigali-farms/) - Abaturage baturiye ndetse n'abakorera iruhande rw’Uruganda rutunganya rukanakora Ibihumyo ruzwi ku izina rya 'Kigali Farms' ruherereye mu murenge wa Gacaca, mu karere ka Musanze, bavuga ko bafite impungenge z'umunuko ukabije uturuka ku ifumbire y'urwo ruganda. Ibi, bitangajwe nyuma y'aho umunuko ukabije uturuka ku bisigazwa by’Uruganda ndetse n'ikorwa ry’ifumbire ubasanga mu ngo zabo, bakagira impungenge ku - [Singapore : Nyuma y'amezi 13, Umwana wavutse ari muto cyane ku isi yasezerewe mu bitaro](https://umurengezi.com/singapore-nyuma-yamezi-13-umwana-wavutse-ari-muto-cyane-ku-isi-yasezerewe-mu-bitaro/) - Umwana byibazwa ko ari we wa mbere wavutse ari muto cyane ku isi, yasezerewe mu bitaro byo muri Singapour (Singapore) nyuma y'amezi 13 yari ahamaze yitwabwaho. Kwek Yu Xuan yavutse apima amagarama Magana abiri na cumi n'abiri (212 g) - uburemere nk'ubw'urubuto rwa pomme/apple - ndetse uyu mwana w'umukobwa yari anafite uburebure bwa santimetero Makumyabiri - [Musanze : Abaturage barashinja ubuyobozi kubizeza ibyo kurya ntibabihabwe](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barashinja-ubuyobozi-kubizeza-ibyo-kurya-ntibabihabwe/) - Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Rugeyo, Akagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, mu Karere ka Musanze, bavuga ko babeshywe ibyo kurya mu gihe cya Guma mu rugo, kandi ngo bari barabaruwe mu bagomba kubihabwa, ariko na n'ubu amaso akaba yaraheze mu kirere. Nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ifatiye icyemezo cyo gushyiraho gahunda ya - [COVID-19 : Ubuhamya bwa Mpano Gentil, umunyeshuri muri TTC Kabarore](https://umurengezi.com/covid-19-ubuhamya-bwa-mpano-gentil-umunyeshuri-muri-ttc-kabarore/) - Izina ryanjye ni Mpano Gentil, ndi umunyeshuri mu kigo nderabarezi cya Kabarore (TTC Kabarore), giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba, mu karere ka Gatsibo, umurenge wa Kabarore. Niga mu mwaka wa gatanu w’amashuri y’isumbuye Siyansi n’uburezi(Science and Mathematics Education). Narababaye cyane mu mwaka wa 2020, ubwo abanyeshuri twese twafungaga amashuri kubera icyorezo cyari gishya mu Rwanda cyiswe - [Musanze: Umusaza w'imyaka 70 warindaga iduka yasanzwe yapfuye](https://umurengezi.com/musanze-umusaza-wimyaka-70-warindaga-iduka-yasanzwe-yapfuye/) - Mu gitondo cyo kuri iki Cy'umweru tariki ya 25 Nyakanga 2021, ahagana saa 08h00' mu karere ka Musanze, umurenge wa Cyuve, akagari ka Rwebeya, umudugudu wa Mubuga, umusaza witwa Ngirente Bihizi w'imyaka 70, wari umuzamu ku iduka ry'uwitwa Habyarimana Muhizi James, yasanzwe yapfuye urupfu rutunguranye. Kankundiye Marceline umwe mu baturage bageze kuri uyu musaza mbere, - [Imigani migufi : Umwana w'Ingayi](https://umurengezi.com/imigani-migufi-umwana-wingayi/) - Mu Rwanda hose, banga umwana urya agaya igaburo bamuhaye, kenshi na kenshi n'ibyo arya usanga abirya abitamo amarira kuko babimuhana inkoni. Nubwo yarya byinshi ate, ntajya ashyira uturaso ku mubiri. Iyo abonye abandi bana barya abagirira ishyari, akeka ko ari bo batuma ahabwa ibyo yita bikeya. Habayeho umwana, iyo ngeso yo kugaya iza kumwokama. Bukeye - [Musanze : Bararira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa n’uwababikiraga amafaranga](https://umurengezi.com/musanze-bararira-ayo-kwarika-nyuma-yo-kwamburwa-nuwababikiraga-amafaranga/) - Abaturage bo mu murenge wa Cyuve, mu karere ka Musanze bari mu gahinda nyuma y’uko uwababikiraga amafaranga witwa Nyiramvukiyehe Marie Josee yayatorokanye bageze ku munsi wo kugabana, bakaba basaba ubuyobozi ko bwabafasha mu kubona uyu mugore, dore ko kuri ubu batazi aho aherereye. Ku itariki ya 15 Nyakanga 2021, ari nawo wari umunsi wo kugabana, - [Kinigi : Abaturage ntibavuga rumwe n'ubuyobozi ku isigwa ry'amarangi ku nzu zabo](https://umurengezi.com/kinigi-abaturage-ntibavuga-rumwe-nubuyobozi-ku-isigwa-ryamarangi-ku-nzu-zabo/) - Bamwe mu baturage bafite amazu ku muhanda Musanze-Kinigi, bavuga ko basigiwe amarangi y’ibirango bya sosiyete y’itumanaho izwi nka Airtel ku mazu batuyemo n’ayo bakodesha, bikabatera ibihombo kuko ngo abayakodeshaga bahise bayavamo. Aba baturage bavuga ko ubuyobozi bwaje bukabasigira irangi ry'amabara ya Airtel ku nzu yabo, nyamara bo batarabishakaga yewe ngo ntan'ibyo bigeze bamenyeshwa. Bamwe mu - [Mali : Perezida w’inzibacyuho yarokotse umwicanyi](https://umurengezi.com/perezida-winzibacyuho-yarokotse-umwicanyi/) - Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Nyakanga 2021, ubwo Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Assimi Goïta, yari mu musigiti munini w’i Bamako mu murwa mukuru w’icyo gihugu, umugizi wa nabi yashatse kumutera icyuma ngo amuhitane Imana ikinga ukuboko. Assimi Goita waherukaga kuyobora gahunda yo guhirika uwari Perezida wa Mali mu mezi 9 ashize, nawe yari agiye - [Umugani wa Nyiramwiza](https://umurengezi.com/umugani-wa-nyiramwiza/) - Kera habayeho Umugabo, akagira umugore. Bukeye umugore arasama. Umunsi umwe uwo mugore yegura ikibindi ajya kuvoma kandi akuriwe. Aragenda aravoma, amaze kuzuza amazi mu kibindi, agerageza kucyikorera kiramunanira. Nuko arivugisha agira ati, ''Icyampa nkabona unyikorerera iki kibindi, maze iyi nda ntwite nazayibyaramo umukobwa, nkazamumushyingira; nazayibyaramo umuhungu bakazanywana.'' Ako kanya inkuba irakubita, ikibindi iragiterura igitereka mu - [Musanze : Yagizwe intere n’umugabo we, agiye kumwaka umwana babyaranye](https://umurengezi.com/musanze-yakubiswe-numugabo-we-agiye-kumwaka-umwana-babyaranye/) - Akimana Sophia yakubiswe na Hakizimana Yves bari barashakanye nyuma bagatandukana, ubwo yajyaga kumwaka umwana we w’umuhungu, uri mu kigero cy’umwaka umwe. Ibi byabereye mu mudugudu wa Kabushanga, akagari ka Kabirizi, umurenge wa Gacaca, mu karere ka Musanze; ahagana saa munani z’amanywa (14h00), kuri uyu wa 28 Kamena 2021. Uyu mubyeyi wagejejwe kwa muganga mu masaha - [Nyamasheke : Nyuma yo gutwikirwa umwana we, yakubiswe inyundo mu mutwe](https://umurengezi.com/nyamasheke-nyuma-yo-gutwikirwa-umwana-we-yakubiswe-inyundo-mu-mutwe/) - Abantu batandatu batawe muri yombi nyuma yo gukubita inyundo umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 30, akaba ari umwana w’umukecuru uherutse gutwikirwa inzu ashinjwa kuroga no kuba afite za Nyabingi iwe. Uwo mukecuru ni uwo mu mudugudu wa Musagara, Akagari ka Gako mu Murenge wa Kagano. Ahagana saa mbili z’ijoro(20h00) kuri iki cyumweru tariki ya 06 - [Abarangije muri MIPC basabwe kwihangira imirimo](https://umurengezi.com/abarangije-muri-mipc-basabwe-kwihangira-imiririmo/) - Kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Nyakanga 2021, hifashishijwe uburyo bw'ikoranabuhanga, Kaminuza ya Muhabura Integrated Polytechnic College(MIPC) iherereye mu karere ka Musanze, mu Majyaruguru y'u Rwanda, ku nshuro yayo ya Gatatu, yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri barangije icyiciro cya mbere cya Kaminuza(A1) mu mashami atandukanye. Ni ibirori byabaye mu buryo budasanzwe, kuko hifashishijwe ikoranabuhanga rizwi - [Musanze : Ababyeyi basabwe gukomeza gushikariza abana kwitabira ibizamini bya Leta](https://umurengezi.com/musanze-ababyeyi-basabwe-gukomeza-gushikariza-abana-kwitabira-ibizamini-bya-leta/) - Kuri uyu wa Mbere taliki ya 12 Nyakanga 2021, mu gihugu hose hatangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6). By'umwihariko mu karere ka Musanze, Abanyeshuri bose biyandikishije ni ibihumbi 8,733 bagizwe n'Abakobwa 4,778, mu gihe Abahungu bose ari 3,955. Atangiza ibizamini bya Leta ku mugaragaro, Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Dancilla Nyirarugero yasabye ababyeyi bose gukomeza - [Gasabo : Abahinzi bahana intera hagamijwe kwirinda Covid-19](https://umurengezi.com/gasabo-abahinzi-bahana-intera-hagamijwe-kwirinda-covid-19/) - Abakora umwuga w'ubuhinzi mu karere ka Gasabo, umurenge wa Rusororo, bahamya ko bamaze gusobanukirwa n'ububi bw'icyorezo cya Covid-19, bityo bagahitamo guhinga bahanye intera hagati yabo, ku buryo ntawe ushobora kwandura cyangwa ngo yanduze undi iki cyorezo. Bamwe mu bakora uyu mwuga baganiye n'Ikinyamakuru UMURENGEZI.COM ubwo wabasangaga mu gishanga cy'umuceri cya Rusororo bahinga ndetse banasize intera - [Musanze : Isubikwa ry'amashuri ryatumye Ubusitani bw’ishuri buhindurwa ikibuga cy’umupira](https://umurengezi.com/musanze-isubikwa-ryamashuri-ryatumye-ubusitani-bwishuri-buhindurwa-ikibuga-cyumupira/) - Mu kigo cy’ishuri ryisumbuye rya Kabaya riherereye mu mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, mu Karereka Musanze, haravugwa ikibazo cya bamwe mu rubyiruko rwahinduye ubusitani bw’iki kigo, ikibuga cy’umupira w’amaguru. Ni ikibazo cyakuruye impaka mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 05 Nyakanga 2021, mu masaha ya saa tatu za mugitondo, - [Ethiopia : Imibare y'abaguye mu gitero cy'indege ikomeje kwiyongera](https://umurengezi.com/ethiopia-imibare-yabaguye-mu-gitero-cyindege-ikomeje-kwiyongera/) - Amakuru aturuka muri Ethiopia, avuga ko abantu barenga 40 bishwe cyangwa bagakomerekera mu gitero cy'indege, nyuma y'uko igisirikare cya Ethiopia kirwanira mu kirere kimishe ibisasu ku isoko ryo mu karere ka Tigray kari mu majyaruguru y'iki gihugu. Ababibonye babwiye BBC dukesha iyi nkuru ko kuwa kabiri igisirikare cya Ethiopia kirwanira mu kirere cyarashe ku mujyi - [Kalima na Gahigi bahuriye ku isoko](https://umurengezi.com/kalima-na-gahigi-bahuriye-ku-isoko/) - Kalima : Mbe Gahigi waje kugura iki ? Gahigi : Naje guhaha udushyimbo, udushaza, n’utujumba. Kalima : Urabe ufite amafaranga menshi! Gahigi : Nyakuye he se Kali? Kalima : Uyakuye kuli bwa bunyobwa bwawe. Gahigi : Bwararumbye pe! Kalima : Ubwo koko murashonje. Nta kavura muheruka? Gahigi : Tugaheruka mu kwezi gushize. Kalima : Iwacu - [Tanzania mu nzira zo kwemerera abirukanwe ku ishuri batwite kongera gutangira](https://umurengezi.com/tanzania-mu-nzira-zo-kwemerera-abirukanwe-ku-ishuri-batwite-kongera-gutangira/) - Leta ya Tanzaniya kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Kamena 2021, yatangaje ko abakobwa babyaye bari mu kigero cy'imyaka yo kuba bari mu ishuri, bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka utaha wa 2022. Muri 2017, uwari Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yamaganwe kubera amagambo yavuze ko abakobwa batewe inda n'ababyaye mu - [‘‘Abo baturage bavuza induru ngo babangamiwe n'ibyo byobo mubareke bazagwemo’’ - Igisubizo cy’umuyobozi wa ITB ku mpungenge z’abaturiye iki kigo](https://umurengezi.com/abo-baturage-bavuza-induru-ngo-babangamiwe-nibyo-byobo-mubareke-bazagwemo-igisubizo-cyumuyobozi-wa-itb-ku-mpungenge-zabaturiye-iki-kigo/) - Abaturage baturiye ndetse n'abanyura mu nzira ikora ku kigo cy’amashuri cya ITB Ruhengeri, giherereye mu kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, bavuga ko babangamiwe n’ibyobo by’iki kigo, biri ku nzira bidapfundikiye, ndetse n'amatiyo asohora umwanda wo mu bwiherero bw'ikigo ujya hanze yacyo. Aba baturage, bahamya ko usibye kuba uyu mwanda uturuka - [Burera : Umugabo w'imyaka 40 yasanzwe ku mupaka uhuza u Rwanda na Uganda yapfuye](https://umurengezi.com/burera-umugabo-wimyaka-40-yasanzwe-ku-mupaka-uhuza-u-rwanda-na-uganda-yapfuye/) - Ndagijimana Augustin w'imyaka 40, wari utuye mu mudugudu wa Rwitongo, akagari ka Kayenzi, umurenge wa Kagogo mu karere ka Burera, yasanzwe yasanzwe mupaka uhuza u Rwanda na Uganda yapfuye, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kamena 2021. Amakuru y’urupfu rwa Ndagijimana, yamenyekanye mu masaha ya saa kumi n'imwe n'igice za mugitondo - [Rusizi : Gitifu w'Umurenge yifungiranye mu biro nyuma yo kubeshya abaturage](https://umurengezi.com/rusizi-gitifu-wumurenge-yifungiranye-mu-biro-nyuma-yo-kubeshya-abaturage/) - Kuri uyu wa kane tariki ya 17 Kamena 2021, ubwo abaturage bageraga ku biro by'Umurenge wa Gihundwe, uherereye mu Karere ka Rusizi bagiye kubaza impamvu batahembwe amafaranga bakoreye mu mirimo itandukanye yo bubaka ibyumba by'Amashuri, Umuyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu murenge akibabona, yahise yifungirana mu biro abaturage basigara hanze. Umwe muri abo baturage waganiye n'itangzamakuru, avuga ko - [Urubanza rwa Idamange rwongeye gusubikwa](https://umurengezi.com/urubanza-rwa-idamange-rwongeye-gusubikwa/) - Umucamanza mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, yasubitse urubanza rwa Madamu Yvonne Idamange Iryamugwiza. Yavuze ko uregwa yanze kuburana hifashishijwe ikoranabuhanga ry’iyakure “Video Conference.” Iki cyemezo gisubika urubanza rwa Madamu Yvonne Idamange Iryamugwiza, umucamanza yagifashe nyuma y’ibiganiro byaberaga kuri telephone hagati - [Aratabaza Perezida Kagame nyuma yo gufungwa agiye kumugezaho ikibazo cye](https://umurengezi.com/aratabaza-perezida-kagame-nyuma-yo-gufungwa-agiye-kumugezaho-ikibazo-cye/) - Mukandekezi Marie utuye mu mudugudu wa Kansoro, akagari ka Nyonirima, mu murenge wa Kinigi, avuga ko yafunzwe n'abayobozi ubwo yari agiye kugeza ikibazo cye cy'isambuye yambuwe kuri Perezida Kagame, ari naho ahera amusaba ko yamurenganura kuri ako karengane yagiriwe. Mukandekezi w’imyaka 60, avuga ko yashakanye na Ndiramiye mu mwaka w'1980, ari nabwo bahawe n’uwari Burugumisitiri - [Umugani w'Ikirura na Bwiza](https://umurengezi.com/umugani-wikirura-na-bwiza/) - Habayeno umukobwa w'inkumi, akitwa Bwiza kandi akaba mwiza koko. Umuntu wese wamubonaga yumvaga amukunze, ariko Nyirakuru akamukunda by'akarusho. Bukeye, Nyina aramubwira ati, "Enda iyi fu n'uru rwabya rw'amavuta, ubishyire Nyogokuru kandi ntutinde mu nzira cyangwa ngo urangare, wibuke no kumuntahiriza." Nyirakuru yari atuye hakurya y'ishyamba. Arigezemo ahura n'ikirura, kiriyoberanya, Bwiza ntiyabimenya, kimuramukije aracyikiriza. Kiramubaza kiti, - [Wisdom school yagobotse abarwayi b’Ibitaro bya Ruhengeri](https://umurengezi.com/wisdom-school-yagobotse-abarwayi-bibitaro-bya-ruhengeri/) - Kuri iki cyumweru tariki ya 06 Kamena 2021, Ishuri rya Wisdom riherereye mu Ntara y’amajyaruguru , akarere ka Musanze, Umurenge wa Cyuve, akagari ka Kabeza, umudugudu wa Karunyura, ryatanze imfashanyo y’ibikoresho bitandukanye ku barwayi b’Ibitaro bya Ruhengeri. Abanyeshuri bateguye kandi bakitabira iki gikorwa, bavuga ko barebye bagasanga n'ubwo bo babayeho neza mu kigo, ariko hari - [Kwiha Imana ngakomeza guhura n’abahungu birankomeza, bikandinda ibishuko – Niyigena Providence](https://umurengezi.com/kwiha-imana-ngakomeza-guhura-nabahungu-birankomeza-bikandinda-ibishuko-niyigena-providence/) - Niyigena Providence wahisemo kwiha Imana, ariko agakomeza kubana n’ababyeyi be, avuga ko yabonye gushinga urugo bitari kumuhira, kuko atari kubasha kwiha umugabo uko bikwiye bitewe n’uyu muhamagaro, ibintu bidasanzwe bimenyerewe mu Rwanda. Avuga ko abona hari igihe umuhamagaro wo gukorera Imana abantu ari abasiribateri, bizagera aho bikarangira bakayikorera bafite ingo, nk’uko Imana yaremeye Adam ikamuremera - [Musanze : Umuryango unyagirirwa mu nzu uratabarizwa n’abaturanyi](https://umurengezi.com/musanze-umuryango-unyagirirwa-mu-nzu-uratabarizwa-nabaturanyi/) - Umuryango wa Bunani Felicien ugizwe na we ubwe, Umugore we Nyirahabimana Donatira ndetse n’abana babo batatu baratabarizwa n’abaturanyi, kubw’inzu batuyemo yangiritse bikomeye, ku buryo n’iyo imvura iguye ibanyagirira mu nzu. Uyu muryango utuye mu mudugudu wa Karinzi, akagari ka Kabeza, umurenge wa Cyuve, uvuga ko ikibazo cyabo bakigejeje ku nzego zitandukanye zirimo n’ubuyobozi bw’akagari, ariko - [Umugani wa Ngarama na Saruhara rwa Nkomokomo](https://umurengezi.com/umugani-wa-ngarama-na-saruhara-rwa-nkomokomo/) - Habayeho umuntu akitwa Ngarama, akaba n’umugaragu w’Umwami. Muri icyo gihe hariho igisiga kinini kikitwa Saruhara rwa Nkomokomo. Abantu bari barakigize indahiro. Cyagiraga amaboko cyane, kikabuza umwami guturwa. Cyabonaga abafite amakoro kikabica, ibintu byabo kikabirya. Umwami agira umujinya, agiteza ingabo ngo zizacyice. Ingabo zirahaguruka, zijya kwica Saruhara rwa Nkomokomo. Saruhara imanuka hejuru izica zose. Umwami arongera - [Burera : Abaturage barasabwa gushyira imbaraga mu bworozi butanga umukamo](https://umurengezi.com/burera-abaturage-barasabwa-gushyira-imbaraga-mu-bworozi-butanga-umukamo/) - Abaturage bo mu karere ka Burera, basabwe gushyira imbaraga mu bworozi bw’inka zitanga umukamo, aho kwibanda ku zitanga ifumbire gusa nk’Ibimasa, mu rwego rwo kugira ngo hazamurwe umukamo uboneka mu Rwanda, cyane ko ngo unasanzwe ari muke ugereranyije n’inka zihororerwa. Ibi babisabwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 Kamena 2021, mu muhango wo kwizihiza - [Cyuve : Abaturage barashinja ubuyobozi bw'umurenge kubatererana nyuma yo guhura n'ibiza](https://umurengezi.com/cyuve-abaturage-barashinja-ubuyobozi-bwumurenge-kubatererana-nyuma-yo-guhura-nibiza/) - Abaturage batuye mu mudugudu wa Kibande na Karugabanya, mu kagari ka Cyanya, umurenge wa Cyuve, bavuga ko bahuye n'ibiza by'amazi byanabasize iheruheru, bakizezwa ubutabazi n'ubuyobozi bw'umurenge, ariko ngo bakaba barategereje amaso agahera mu kirere. Mu ijoro ryo kuwa 26 rishyira 27 Mata 2021, nibwo abaturage batewe n'ibiza by'amazi atemba ava mu birunga, maze yangiza byinshi - [Perezida w'u Bufaransa yakiriwe muri Village Urugwiro na Perezida Kagame](https://umurengezi.com/perezida-wu-bufaransa-yakiriwe-muri-village-urugwiro-na-perezida-kagame/) - Perezida w'u Bufaransa Emmanuel Macron yasesekaye i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 27 Gicurasi 2021, mu ruzinduko ruzamara iminsi ibiri, rugamije gutsura umubano n'igihugu cy'u Rwanda. Nyuma y'amasaha make asesekaye ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe aho yakiriwe na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga n'Ubutwererane Dr. Vincent Biruta, ku isaha - [Rubavu : Ubwoba ni bwose mu baturage kubera ubwiyongere bw'imitingito](https://umurengezi.com/rubavu-ubwoba-ni-bwose-mu-baturage-kubera-ubwiyongere-bwimitingito/) - Abaturage n'abacuruzi bakora ibikorwa bitandukanye mu karere ka Rubavu bakomeje guterwa ubwoba n'ubwiyongere bw'imitingito iri guterwa n'iruka ry'ikirunga cya Nyiragongo, ndetse amwe mu mazu yaba ayo batuyemo, bakoreramo, n'ibindi bikorwa remezo bitandukanye, bikaba bikomeje kwangirika. Aba baturage batangiye no kuva mu byabo bagahunga, bavuga ko batewe ubwoba n'ibyo bari kubona, bakibaza ibiri buze gukurikiraho uko - [Amajyaruguru : Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n’Urukiko rwisumbuye rwa Musanze](https://umurengezi.com/amajyaruguru-abaturage-barinubira-serivisi-mbi-bahabwa-nurukiko-rwisumbuye-rwa-musanze/) - Bamwe mu baturage baturuka mu turere tugize ifasi y'Urukiko rwisumbuye rwa Musanze ari two Musanze, Gakenke na Burera, barinubira serivisi mbi bahabwa n’uru rukiko, zirimo no kwitabira umunsi w’iburanisha cyangwa isomwa ry’urubanza, bahagera bagategereza igihe kirekire nta n'umwe urakirwa ngo ahabwe serivisi zamuzanye. Kuri uyu wa kane, tariki ya 20 Gicurasi 2021, ubwo UMURENGEZI.COM wageraga - [Gakenke : Abaturage bahangayikishijwe n’amazi aturuka ku ivomo rusange](https://umurengezi.com/gakenke-abaturage-bahangayikishijwe-namazi-aturuka-ku-ivomo-rusange/) - Abaturage bo mu karere ka Gakenke, umurenge wa Kivuruga, Akagari ka Gasiza, umudugudu wa Kamwumba bavuga ko bahangayikishijwe n’amazi aturuka ku ivomo rusange ry’Ubudehe ahora yimena, akangiza imitungo n’ibikorwaremezo byabo. Bamwe muri aba baturage bavoma kandi baturiye iri vomo, batangarije UMURENGEZI.COM ko aya mazi abahangayikishije cyane, kuko yangirije byinshi birimo n’inzira banyuramo, bikaba byatera impanuka - [Byinshi utari uzi ku nyoni ya Matene](https://umurengezi.com/byinshi-utari-uzi-ku-nyoni-ya-matene/) - Umuntu wakuriye mu bice by’icyaro aho ariho hose mu Rwanda, inyoni ya Matene arayizi cyane cyangwa se yayumvise bayivuga, kuko ivugwaho udushya twinshi turimo no kuba isoko y’igikundiro ku bagabo bashaka gukurura igitsina gore, umumaro mu mihango gakondo n’ibindi. Ubusanzwe imiterere y’inyoni usanga ijya gutandukana n’iy’abantu, kuko mu nyoni usanga ikigabo ari cyo kiba ari - [Musanze : Bahangayikishijwe n'ibisambo bibapfumuriraho amazu mu ijoro](https://umurengezi.com/musanze-bahangayikishijwe-nibisambo-bibapfumuriraho-amazu-mu-ijoro/) - Abaturage bo mu karere ka Musanze, bavuga ko bahangayikishijwe n’Ubujura bwiganjemo ubwibisha intwaro gakondo nk' imihoro, amatindo, inyundo n'ibyuma, kuko ngo bibatera kurara rwantambi (badasinziye), bakeka ko babapfumuriraho amazu yabo mu ijoro baryamye. Aba baturage, bavuga ko ikibazo cy'abajura kibahangayikishije cyane, kuko ngo badashobora kuryama ngo basinzire bitewe no guhora bikanga aba bajura. Umubyeyi Solange - [Musanze : Impungenge ni zose ku bwiyongere bw’abana bata ishuri bakajya mu mirimo itemewe](https://umurengezi.com/musanze-impungenge-ni-zose-ku-bwiyongere-bwabana-bata-ishuri-bakajya-mu-mirimo-itemewe/) - Mu bice bitandukanye by’akarere ka Musanze, hagaragara abana bari mu mirimo itemewe irimo iy’ubwikorezi, ubucuruzi buciriritse, ndetse n’ubuhinzi. Benshi mu bana bajya muri iyi mirimo, bibaviramo gucikiriza amashuri bitewe no guha agaciro amafaranga make bakura muri ibyo bikorwa bakayarutisha ishuri. Bamwe mu babyeyi, bahamya ko inkomoko y’uku kujya mu mirimo itemewe binabaviramo kuva mu ishuri - [Mozambique : Abazungu n’Imbwa zabo batabawe mbere y’abirabura mu gitero cy’abiyitirira idini ya Islam](https://umurengezi.com/mozambique-abazungu-nimbwa-zabo-batabawe-mbere-yabirabura-mu-gitero-cyabiyitirira-idini-ya-islam/) - Ishyirahamwe riharanira Uburenganzira bwa muntu ku isi(Amnesty International) rivuga ko abatabazi bitwararitse cyane ku bazungu n’imbwa zabo mu gihe habaga igitero cy’abitwaza idini rya Islam mu kwezi kwa gatatu muri Mozambike. Ni imbwa ebyiri zatabawe zisiga abantu muri Hoteli aho bahungiye nk’uko abarokotse babibwiye abaharanira uburenganzira bwa muntu. Deprose Muchena uyobora ishyirahamwe Amnesty International muri - [Amajyaruguru : Abayobozi 10 batawe muri yombi](https://umurengezi.com/amajyaruguru-abayobozi-10-batawe-muri-yombi/) - Abayobozi 10 bakorera mu turere twa Musanze, Burera na Gicumbi, mu Ntara y’Amajyaruguru, bamaze gutabwa muri yombi n'Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB). Aba bayobozi bakekwaho ibyaha byo kunyereza ibikoresho byari bigenewe kubaka ibyumba by’amashuri, barimo bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, abashinzwe Uburezi mu Mirenge, abayobora Ibigo by’amashuri na ba Rwiyemezamirimo. Mu Karere ka Musanze, abatawe muri - [Idamange n'abamwunganira basabye kuburana imbonankubone](https://umurengezi.com/idamange-nabamwunganira-basabye-kuburana-imbonankubone/) - Urubanza rwa Idamange Iryamugwiza Yvonne kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gicurasi 2021, rwatangiye kuburanishwa mu mizi n'urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza, mu majyepfo y'u Rwanda, mu gihe we yari i Kigali muri gereza ya Nyarugenge ari naho afungiye. Hifashishijwe ikoranabuhanga ry'amashusho, urukiko rwavuze ko Idamange aregwa ibyaha bitandatu birimo: guteza imvururu muri rubanda, gutanga - [Nyanza : Umwana w'imyaka 12 yasanzwe yapfuye](https://umurengezi.com/nyanza-umwana-wimyaka-12-yasanzwe-yapfuye/) - Mu Mudugudu wa Saruhembe, akagari ka Rwotso, mu Murenge wa Kibirizi, Akarere ka Nyanza, tariki ya 09 Gicurasi 202, ahagana saa kumi n’imwe n’igice z’umugoroba (17h30), habonetse umurambo w’umwana w’umukobwa witwa Uwase Benitha w’imyaka 12 y’amavuko, bikekwa ko yishwe. Uyu mwana bivugwa ko yavuye mu rugo iwabo agiye gutashya, nyuma nyirasenge witwa Musabyemariya Marie Goreth mu - [Musanze : Imbamutima z'Abasigajwe inyuma n'amateka nyuma yo guhabwa amashanyarazi](https://umurengezi.com/musanze-imbamutima-zabasigajwe-inyuma-namateka-nyuma-yo-guhabwa-amashanyarazi/) - Abasigajwe inyuma n'amateka batuye mu kagari ka Mugari, umurenge wa Shingiro, mu karere ka Musanze, bavuga ko batunguwe no guhabwa umuriro w' amasharazi nyuma y' igihe kirekire ntawo bagira. Aba baturage bavuga ko bakoraga urugendo rw'isaha n'igice kugira ngo bagere aho babona serivisi zikorwa hifashishije umuriro nko kwogoshwa, gusharija telefone, gufotoza ibyangobwa bitandukanye ndetse n'izindi - [Rwanda : Ku nshuro ya kabiri Inama ya CHOGM yasubitswe](https://umurengezi.com/rwanda-ku-nshuro-ya-kabiri-inama-ya-chogm-yasubitswe/) - Perezida w'u Rwanda Paul Kagame n'umunyamabanga mukuru wa Commonwealth Patricia Scotland bavuga ko inama yari iteganyijwe kubera mu Rwanda y'uyu muryango w'ibihugu bikoresha Icyongereza yongeye gusubikwa bwa kabiri, kubera ingaruka zikomeje guterwa n'icyorezo cya Covid-19. Itangazo rihuriweho n'aba bayobozi ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatanu tariki ya 07 Gicurasi 2021, risubiramo amagambo ya Perezida Kagame - [Mu myaka ibiri iri imbere umwana azajya yiga aninjiza - Wisdom School](https://umurengezi.com/mu-myaka-ibiri-iri-imbere-umwana-azajya-yiga-aninjiza-wisdom-school/) - Ishuri rya Wisdom School rifite icyicaro mu karere ka Musanze, ryihaye intego y'uko mu myaka ibiri iri imbere, abaryigamo bazaba bafite ubushobozi bwo kwinjiza amafaranga kandi biga. Ibi, ubuyobozi bw'iri shuri bubishingira ku kuba ryaratangiye amasomo y’ubumenyingiro, aho kuva mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye abanyeshuri bakora ibikorwa bishobora kujya ku isoko. Kugira ngo intego - [Umugani wa Nyanshya na Baba](https://umurengezi.com/umugani-wa-nyanshya-na-baba/) - Kera habayeho umugabo n’umugore babyarana abana babiri, umuhungu n’umukobwa. Umuhungu akitwa Baba naho umukobwa akitwa Nyanshya. Bukeye uwo mugabo aza gupfa. Hashize iminsi na wa mugore arapfa. Abana basigara bonyine. Nyanshya na Baba bajya mu ishyamba, bakajya batungwa no gutega utunyoni. Umuhungu ashakira mushiki we akazu mu rutare. Umuhungu akajya ajya guhiga utunyoni. Umukobwa agasigara - [Kigali : Abubatse imiturirwa ikabura abayikoreramo baratakambira Leta](https://umurengezi.com/kigali-abubatse-imiturirwa-ikabura-abayikoreramo-baratakambira-leta/) - Abashoye imari mu kubaka inzu z’ubucuruzi mu mujyi wa Kigali, basabye Minisitiri w’Ubugetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney kubakorera ubuvugizi ku bigo by’imari, kuko ngo kubura abazikoreramo byatumye badashobora kwishyura inguzanyo uko bikwiye. Nyuma y’iminsi mike ashyizwe muri uyu mwanya, Minisitiri Gatabazi akomeje gusura ibikorwa by’amajyembere bitandukanye hirya no hino mu gihugu, areba impinduka byazanye - [Kirehe : Imfungwa 5 zarashwe zirapfa](https://umurengezi.com/kirehe-imfungwa-5-zarashwe-zirapfa/) - Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mata 2021, mu Murenge wa Nyarubuye, akarere ka Kirehe, imfungwa eshanu zarashwe na Polisi y'u Rwanda zirapfa, bivugwa ko zashakaga gutoroka. CP John Bosco Kabera Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yemeje iby'aya makuru, avuga ko izi mfungwa zarashwe zishaka gutoroka. Ati, “Amakuru y’ibanze dufite ni - [Gakenke : Bahangayikishijwe no kutagira aho bikinga nyuma y'umwaka basenyewe n'ibiza](https://umurengezi.com/gakenke-bahangayikishijwe-no-kutagira-aho-bikinga-nyuma-yumwaka-basenyewe-nibiza/) - Bamwe mu bagizweho ingaruka n'ibiza by'imvura bo mu midugudu ya Munyege, Kabuye, Musange na Kabingo yo mu kagari ka Mucaca, umurenge wa Nemba, mu karere ka Gakenke, bavuga ko bahangayikishijwe no kutagira aho bikinga nyuma y'igihe kirenga umwaka basenyewe n'ibiza bakizezwa ubufasha, ariko na n'ubu ngo amaso akaba yaraheze mu kirere. Ni isanganya yabagwiririye mu - [Burera : Bahisemo gucana amapoto nyuma yo kunanizwa n'icyahoze ari EWSA](https://umurengezi.com/burera-bahisemo-gucana-amapoto-nyuma-yo-kunanizwa-nicyahoze-ari-ewsa/) - Abaturage batuye mu kagari ka Kidakama, umurenge wa Gahunga bavuga ko bananijwe mu kubona amashanyarazi n’icyahoze ari EWSA kuri ubu cyahindutse REG, ngo bikabaviramo gucana amapoto bari baraguze, nyuma yo kubakorera inyigo bajya kwishura bakabakorera indi bavuga ko yari irenze ubushobozi bwabo. Mu mwaka wa 2014, nibwo aba baturage bishyize hamwe bakora ishyirahamwe bise ‘Kujya - [Umugani wa Maguru ya Sarwaya](https://umurengezi.com/umugani-wa-maguru-ya-sarwaya/) - Mureke mbacire umugani mbabambuze umugano nuzava i Kantarange azasange ubukombe bw'umugani narabumanitse kumuganda w’inzu. Harabaye ntihakabe harapfuye ntihagapfe hapfuye imbwa n’imbeba hasigaye inka n’ingoma. Kera habayeho umugabo akitwa Maguru ya Sarwaya akaba umuhigi mu ishyamba rya Manyinya na Maganya. Maguru uwo yahigaga imbogo n’insibika mu ishyamba rya Manyinya na Maganya. Umunsi umwe aza kujya guhiga - [Ruhango : Umwarimu akurikiranweho kwambura umukecuru yiyise Avoka](https://umurengezi.com/ruhango-umwarimu-akurikiranweho-kwambura-umukecuru-yiyise-avoka/) - Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko rukurikiranyeho Umwarimu witwa Munyakazi Fréderick bakunze kwita Fils, icyaha cyo kwiyita Avoka akambura umukecuru. Uyu mwarimu kuri ubu unafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi i Nyamagana iherereye mu Karere ka Ruhango, bivugwa ko yambuye uyu mukecuru amafaranga y’u Rwanda ibihumbi Magana ane (400,000 Frw), amubwira ko agiye kumwunganira mu mategeko - [Umugani wa Nyiranda](https://umurengezi.com/umugani-wa-nyiranda/) - Hari umwana w’umukobwa, akitwa Nyiranda. Yari yarajujubije ababyeyi be. Bamusigaga ku rugo akiba inzoga cyangwa amata, bamubaza uwakoze ibyo ati « simbizi.» Kandi ibintu ari we wabiyogoje! Bagira ngo babitse ibiryo by’abana bato akabirya; nyina yamubaza, akavuga ko atazi uwabyibye! Bityo mbese ugasanga igihe cyose uwo mwana akunda gukorakora, kunyukura utuntu twose, gupfundura inkono n’ibindi. - [Chad : Abatavuga rumwe na Leta, bamaganye ihirikwa ry'ubutegetsi ry'umuryango](https://umurengezi.com/chad-abatavuga-rumwe-na-leta-bamaganye-ihirikwa-ryubutegetsi-ryumuryango/) - Amwe mu mashyaka akomeye atavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tchad avuga ko ishyirwaho ry'umuhungu wa Perezida Idriss Déby Itno nk'umutegetsi mushya w'iki gihugu ari ihirikwa ry'inzego za Leta. Déby, wari ufite imyaka 68 amaze n'imyaka 30 ku butegetsi, yapfuye nyuma yo kuraswa n'inyeshyamba ari ku rugamba. BBC dukesha iyi nkuru, ivuga ko Inyeshyamba na zo zamaganye - [USA : Uwishe George Floyd yahamwe n'icyaha](https://umurengezi.com/usa-uwishe-george-floyd-yahamwe-nicyaha/) - Derek Chauvin, wahoze ari umupolisi, yahamwe n'icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd mu mujyi wa Minneapolis, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka ushize wa 2020 Derek yahamijwe ibyaha bitatu bijanye no kwica, yari yarezwe muri uru rubanza rwakurikiranywe n'abatari bake. Mu isomwa ry'uru rubanza ryabaye kuri uyu wa kabiri tariki 20 Mata 2021, - [Gakenke : Ubwoba ni bwose kubera Transformateur iturika abayegereye bagata ubwenge](https://umurengezi.com/gakenke-ubwoba-ni-bwose-kubera-transformateur-iturika-abayegereye-bagata-ubwenge/) - Abaturage bo mu mudugudu wa Kabingo, akagari ka Gisiza, umurenge wa Muyongwe, bavuga ko bahangayikishijwe na Taransifo(Transformateur) yashyizwe mu baturage hagati, kuko ngo iyo imvura iguye ituragurika, bigatuma abahegereye bagwa igihumure, bakagarura ubwenge nyuma y’iminota irenga mirongo itatu. Aba baturage bavuga ko iki kibazo bahora bakigeza ku bayobozi, ariko ntikibonerwe umuti. Ibi ngo bikaba bibateye - [Musanze : Abari batunze amazi mu ngo zabo bamaze amezi asaga atatu bavoma ibiziba](https://umurengezi.com/musanze-abari-batunze-amazi-mu-ngo-zabo-bamaze-amezi-asaga-atatu-bavoma-ibiziba/) - Abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Cyuve, mu kagari ka Kabeza, umudugudu wa Karinzi, barashinja ikigo gishinzwe gutanga amazi(WASAC) kubatererana mu kibazo cy'ibura ry'amazi, amezi asaga atatu akaba ashize bavoma ibiziba. Mu kiganiro kirambuye aba baturage bagiranye n'UMURENGEZI.COM bawutangarije ko badaheruka kubona amazi meza, ku buryo ngo hari n'abatangiye kwibasirwa n'indwara zituruka ku - [Burera : Nyuma y'imyaka 30 yahisemo gusubira iwabo kubera guhozwa ku nkeke](https://umurengezi.com/burera-nyuma-yimyaka-30-yahisemo-gusubira-iwabo-kubera-guhozwa-ku-nkeke/) - Nyiramuhanda Pélagie utuye mu kagari ka Kidakama, umurenge wa Gahunga, mu karere ka Burera, avuga ko yahisemo gusubira iwabo, nyuma y'igihe kirekire ahozwa ku nkeke ndetse akanakorerwa iyicarubozo n'umugabo we Ntamahungiro Eliab banashakanye mu buryo bwemewe n’amategeko. Ngo ni amakimbirane yatangiye mu mwaka w'1990, ubwo Nyiramuhanda yiyemezaga kubana mu buryo bwemewe n'amategeko na Ntamahungiro, agerageza - [Ikusanyabitekerezo : Ibyavuzwe ku bageni barajwe muri Stade](https://umurengezi.com/ikusanyabitekerezo-ibyavuzwe-ku-bageni-barajwe-muri-stade/) - Nyuma y’uko abakoresha imbuga nkoranyambaga batavuze rumwe ku byakozwe na Polisi y’u Rwanda, ubwo yari yaraje abageni muri Sitade, biturutse ku kuba bari barenze ku mabwiriza yashyizweho mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19 bagafatirwa muri hoteli biyakira, kuri ubu bamwe mu bakoresha izi mbuga batangiye gukusanya inkunga yo guha aba bageni, ibisa no kubaha - [Menya inkomoko n’ingaruka zo kuva imyuna (Epistaxis)](https://umurengezi.com/menya-inkomoko-ningaruka-zo-kuva-imyuna-epistaxis/) - Imyuna(epistaxis) ni amaraso aturuka mu tuyoboro tw’amaraso turi hejuru y’izuru. Iyo hagize icyitwangiza nibwo amaraso aca aho atakagombye guca akamanuka mu mazuru, ari nabyo bitwa kuva imyuna. Hari impanvu zitandukanye zishobora gutera iyangirika ry’utwo tuyoboro bikaba byatera umuntu kuva imyuna. Zimwe muri zo, harimo nko gukubitwa ikintu ku mazuru cyangwa hejuru y'amazuru, ibicurane, kuba ahantu - [Vice Mayor wa Burera na bagenzi be basabiwe igifungo cy’imyaka 7](https://umurengezi.com/vice-mayor-wa-burera-na-bagenzi-be-basabiwe-igifungo-cyimyaka-7/) - Kuri uyu wa mbere, tariki ya 12 Mata 2021, Ubushinjacyaha bwisumbuye mu karere ka Musanze bwasabiye Visi Meya(Vice Mayor) wa Burera Manirafasha Jean de la Paix na bagenzi be Kwizera Emmanuel, Habimana Fidèle, Dusengemungu Emmanuel na Mbatezimana Anastase igifungo cy’imyaka irindwi (7) n’ihazabu ya Miliyoni eshanu (5.000.000 frw) kuri buri wese, kubera ibyaha bakekwaho bijyanye - [Musanze : Urukiko rwakatiye Munyakazi Evariste na bagenzi 5 igifungo cya burundu](https://umurengezi.com/musanze-urukiko-rwakatiye-munyakazi-evariste-na-bagenzi-5-igifungo-cya-burundu/) - Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye Munyakazi Evariste na bagenzi be batanu igihano cy’igifungo cya burundu n’ihazabu ya Miliyoni eshanu kuri buri muntu, kubera ibyaha by’impurirane bakurikiranweho, mu gihe undi baregwaga hamwe witwa Hitimana Jean de Dieu uzwi ku izina rya Bondo yahawe igihano cy’igifungo cy’imyaka irindwi. Nk'uko ikinyamakuru UMURENGEZI.COM cyakomeje kubakurikiranira iby’uru rubanza ruregwamo abantu - [Cyuve : Uwacitse ku icumu rya Jenoside yibwe n’abantu bataramenyekana](https://umurengezi.com/cyuve-uwacitse-ku-icumu-rya-jenoside-yibwe-nabantu-bataramenyekana/) - Nyirandorimana Aline wo mu mudugudu wa Nyarubande, akagari ka Rwebeya, umurenge wa Cyuve, mu karere ka Musanze, yatoborewe inzu mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 rishyira iya 11 Mata 2021. Nyirandorimana wanarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi Muri Mata 1994, yibwe n’abajura bataramenyekana, nyuma yo gutobora inzu abanamo n’umugabo we Kaje Jacques, bakabatwara - [Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe no kureba imbere nk’ubu – Perezida Kagame](https://umurengezi.com/nta-kindi-gihe-u-rwanda-rwaranzwe-nubumwe-no-kureba-imbere-nkubu-perezida-kagame/) - Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame avuga ko u Rwanda nta kindi gihe rwigeze rurangwa n'ubumwe no kureba imbere nk'ubu, kuko ngo kuri ubu Abanyarwanda baharanira iterambere aho kwita ku bibarangaza. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 07 Mata 2021, mu butumwa yageneye Abanyarwanda n’abashyitsi batandukanye bari bitabiriye umuhango wo kwibuka ku - [Musanze: Umwarimu muri Kaminuza y'u Rwanda yasanzwe iwe yapfuye](https://umurengezi.com/musanze-umwarimu-muri-kaminuza-yu-rwanda-yasanzwe-iwe-yapfuye/) - Mu kagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze, mu karere ka Musanze, Umwarimu muri Kaminuza y'u Rwanda ishami rya Busogo(CAVM) yasanzwe iwe mu ntebe yapfuye. Amakuru y'urupfu rutunguranye rwa Dr. Mushimiyimana Isae w'imyaka 48 y'amavuko, yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Mata 2021, ahagana saa 18h30' z'umugoroba. Bamwe mubaturanyi b'uyu nyakwigendera, - [Musanze : Abaturage barinubira ubujura bw'Abacuruza imyenda n'inkweto bishaje](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barinubira-ubujura-bwabacuruza-imyenda-ninkweto-bishaje/) - Abaturage bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze, bavuga ko bazengerejwe n'ubujura bw'abacuruza imyenda n'inkweto bishaje, kuko ngo ibikoresho byabo birimo n'iyi myambaro bamaze kubimarwaho n'aba birirwa bazenguruka mu ngo zabo babaririza ibishaje. Aba baturage bavuga ko hari ubwo bamesa iyi myambaro yabo, bagasiga bayanitse, hanyuma aba bazenguruka mu ngo babaza ibyashaje, baza basanga - [Inkomoko y’umugani "Yagiye kwangara"](https://umurengezi.com/inkomoko-yumugani-yagiye-kwangara/) - Uyu mugani, bawuca iyo bumvise umuntu yikuye mu bususuruke (ahantu heza) akajya guhobagizwa n’akaga(kumera nabi abyiteye) imihanda yose; nibwo bavuga ngo “Yagiye kwangara!” Wakomotse kuri Nyiramataza muka(umugore) Rukali; ahasaga umwaka w'1400. Yikuye mu bususuruke yicyura kwa Ngara, amaze kugerayo hamuhindukira inka y’inkungu (hamumerera nabi cyane); atangira guhobagizwa n’umuruho (kubaho nabi). Mibambwe Sekarongoro uwo bitaga Maboko - [Amayobera ku rupfu rw'umwana w'imyaka 18 wapfuye yiyahuye](https://umurengezi.com/amayobera-ku-rupfu-rwumwana-wimyaka-18-wapfuye-yiyahuye/) - Mu mudugudu wa Mikingo, akagari ka Mudakama, mu murenge wa Gataraga, akarere ka Musanze haravugwa urupfu rutunguranye rw’umwana w’umukobwa witwaga Tuyiramye Gloria w’imyaka 18 y’amavuko, mwene Nduwayezu Jean Bosco na Mukankusi Solange. Uyu mwana wigaga mu rwunge rw’amashuri rwa Rwinzovu mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye, kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Werurwe 202 - [Remera : Arakekwaho gufata umwana w'imyaka 7 ku ngufu (UPDATED)](https://umurengezi.com/remera-arakekwaho-gufata-umwana-wimyaka-7-ku-ngufu/) - Mu murenge wa Remera, mu karere ka Musanze haravugwa umugabo bikekwa ko yasambanyije umwana w'imyaka irindwi amusanze iwabo mu rugo. Kuri uwu wa gatandatu tariki ya 27 Werurwe 2021, ahagana saa tatu za mugitondo, mu mudugudu wa Kabashima, akagari ka Murwa, Umurenge wa Remera nibwo hamenyekanye amakuru y'uko uwitwa Nsabimana yasambanyije umwana w'imyaka irindwi witwa - [Abapadiri ba Diyosezi ya Ruhengeri basubiye mu masezerano](https://umurengezi.com/abapadiri-ba-diyosezi-ya-ruhengeri-basubiye-mu-masezerano/) - Mu gitambo cya Misa cyayobowe na Nyiricyubahiro Musenyeri wa Diyosezi ya Ruhengeri Vincent Harolimana cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki 30 Werurwe 2021, abapadiri bose b’iyi Diyosezi basubiye mu masezerano bakoze bahabwa isakaramentu ry'ubusaseridoti, imbere y'Imana na Musenyeri. Iyi Misa yitabiriwe n’Abasaseridoti, Abihaye Imana n'Abarayiki, Musenyeri Harolimana yifurije Abapadiri isabukuru nziza, anabasaba gukomera ku masezerano - [Gutinda gutabarwa byamuviriyemo gutakaza ubuzima](https://umurengezi.com/gutinda-gutabarwa-byamuviriyemo-gutakaza-ubuzima/) - Mutezinka Claudine w’imyaka 38 wari ucumbitse mu mudugudu wa Bitare, akagari ka Cyabagarura, mu murenge wa Musanze, yapfuye nyuma yo gukora impanuka akabura ubutabazi bwihuse. Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 26 Werurwe 2021, ahagana saa cyenda z’amanywa, mu mudugudu wa Bucuzi, akagari ka Kabeza, umurenge wa Cyuve, mu karere ka Musanze, habareye impanuka y’Imodoka - [Musanze : Barasaba gusubizwa isambu yabo yagurishijwe mu buryo bw’amanyanga](https://umurengezi.com/musanze-barasaba-gusubizwa-isambu-yabo-yagurishijwe-mu-buryo-bwamanyanga/) - Abagize umuryango wa Nyakwigendera Ndangamira Enos, bakomeje gusaba inzego zibishinzwe ko zabahesha isambu yabo yigaruriwe n’abandi bikarangira banayigurishije mu buryo bw’amanyanga kubera ko bahawe ibyangombwa by’ubutaka bya burundu mu nzira zitazwi. Ubu butaka buri mu makimbirane bivugwa ko ari ubw’umuryango wa Nyakwigendera Ndangamira Enos buherereye mu mudugudu wa Muhe, akagari ka Cyivugiza, umurenge wa Nyange, - [Mu myaka icyenda amaze ari Umushumba, Mgr. Harolimana arashima ubwitange bw’Abakristu be](https://umurengezi.com/mu-myaka-icyenda-amaze-ari-umushumba-mgr-harolimana-arashima-ubwitange-bwabakristu-be/) - Binyuze mu gitambo cya Misa cyabaye kuri uyu wa 24 Werurwe 2021, Nyiricyubahiro Musenyeri Vincent Harolimana wizihiza Isabukuru y’imyaka 9 amaranye inkoni y’Ubushumba nk'umushumba wa Diyosezi Gatulika ya Ruhengeri, arashima ubwitange n’umurava by’Abakristu yasanze muri iyi Diyosezi. Nyiricyubahiro Musenyeri Vincent Harolimana, avuga ko muri iyi myaka icyenda hari byinshi yishimira harimo n’Abakristu b’iyi Diyosezi bagaragaza - [Misiri : 'Canal de Swez’ yafunzwe n’ubwato bunini biteza umubyigano n'andi mato](https://umurengezi.com/misiri-canal-de-swez-yafunzwe-nubwato-bunini-biteza-umubyigano-nandi-mato/) - Bumwe mu bwato bunini ku isi, bwafunze Ikigobe cya Swez(Canal de Swez), nyuma y’uko bukubiswe n’inkubi y’umuyaga bigatuma buta inzira, biteza umubyigano w’andi mato ku nkombe y’inzira mpuzamahanga y’ubucuruzi. Ubu bwato bwitwa Ever Given, bufite metero 400 z’uburebure na metero 59 z’ubugari, bufite ubushobozi bwo kwikorera kontineri 20,000 z’uburebure bwa metero 6 buri imwe. The - [Ibintu 10 biza ku isonga mu kwangiza imikorere myiza y’ubwonko](https://umurengezi.com/ibintu-10-biza-ku-isonga-mu-kwangiza-imikorere-myiza-yubwonko/) - Ubwonko ni igice cy’urwungano rw’imyakura rworohereye cyane, rwangirika ubusa, kandi rushobora kwangizwa na byinshi. Ubwonko kandi ni rwo rugingo rusobetse cyane, ndetse ruruhije gusobanukirwa mu mikorere yarwo, kuko bugizwe n’ingirangingo fatizo zigera kuri miliyari ijana(100.000.000.000). Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (WHO) bugaragaza urutonde rw’ibintu 10 biza ku isonga mu kwangiza imikorere myiza y’ubwonko. - [Abana bose bagomba kwiga kuko hubatswe ibyumba bihagije - Minisitiri Nyirarukundo](https://umurengezi.com/abana-bose-bagomba-kwiga-kuko-hubatswe-ibyumba-bihagije-minisitiri-nyirarukundo/) - Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu Madame Nyirarukundo Ignatienne, ubwo yayoboraga umuhango w’ihererekanya bubasha hagati ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney na Guverineri mushya w’Intara y’Amajyaruguru Madame Nyirarugero Dancille yavuze ko umwana wese w’Umunyarwanda cyangwa w’umuturarwanda agomba kwiga kubera ko ibyumba byubatswe ku bwinshi. Ni umuhango wabaye ku mugaragaro, ku gicamunsi - [Musanze : Abapasitoro 19 bashyizwe mu mirimo, basabwe guca bugufi](https://umurengezi.com/musanze-abapasitoro-19-bashyizwe-mu-mirimo-basabwe-guca-bugufi/) - Kuri iki cyumweru, tariki ya 21 Werurwe 2021, mu itorero ry’abangirikani mu Rwanda Diyosezi ya Shyira, himitswe abapasitori 19 mu rwego rwo kunoza umurimo w’Imana no kubanisha neza imiryango cyane cyane hibandwa kuri ya miryango ibana mu makimbirane. Umuhango wo gutanga Ubupasitoro wabereye mu rusengero rya Yohani Umubatiza Wera, uyoborwa n’umushumba w’Itorero ry’abangirikani mu Rwanda, - [Musanze : Hatangijwe igihembwe cy’ihinga 2021 B hibandwa mu gutera ubwatsi](https://umurengezi.com/musanze-hatangijwe-igihembwe-cyihinga-2021-b-hibandwa-mu-gutera-ubwatsi/) - Igikorwa cyo gutangiza igihembwe cy'ihinga 2021 B cyatangirijwe mu mudugudu wa Kansenda, akagari ka Musezero, umurenge wa Rwaza by’umwihariko mu kibaya cya Mukinga, ahatewe ibishyimbo byo mu bwoko bwa “Mwirasi” hakanatwerwa urubingo rukomoka ku mbuto yatanzwe n’umushinga wa MINAGRI uzwi nka RDDP. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa watanu tariki 19 Werurwe 2021, ku bufatanye - [Musanze : Ku nshuro ya 12 INES-Ruhengeri yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 774 bayirangijemo](https://umurengezi.com/musanze-ku-nshuro-ya-12-ines-ruhengeri-yatanze-impamyabumenyi-ku-banyeshuri-774-bayirangijemo/) - Ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri riherereye mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ku nshuro ya 12, ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 774 barimo 14 barangije icyiciro cya 3 kizwi nka Masters ndetse n’abandi 760 bize mu mashami atandukanye, bose barangije mu mwaka wa 2019-2020. Mu muhango wo gutanga izi mpamyabumenyi ku mugaragaro kuri uyu wa - [Itangazo rya Cyamunara y'Umutungo utimukanwa](https://umurengezi.com/itangazo-rya-cyamunara-yumutungo-utimukanwa-3/) - Kugira ngo harangizwe Urubanza No. 00111/2020/TGI/RBV Ubucamanza-RCA 00071/2018/TGI/RBV, Umuhesha w’Inkiko w’umwuga HAVUGIMANA Felix aramenyesha abantu bose ko Cyamunara yari iteganyijwe kuwa 16/03/2021, guhera saa 09H00, yimuriwe kuwa 22/03/2021 saa 09H00, akazagurisha muri Cyamunara umutungo utimukanwa wa BANZIYEKARE Laurent, ufite UPI: 4/03/08/03/1504 uherereye mu Mudugudu wa Giramahoro, Akagari ka Mpenge, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, kugira - [Musanze : Ku nshuro ya gatatu, Visi Meya wa Burera ntiyitabye Urukiko](https://umurengezi.com/musanze-ku-nshuro-ya-gatatu-visi-meya-wa-burera-ntiyitabye-urukiko/) - Umuyobozi w’Akarere ka Burera wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Manirafasha Jean de la Paix yongeye kutitaba urukiko avuga ko arwaye ndetse afite n’impapuro za muganga zimwemerera ikiruhuko(Repos Medical). Ni ku nshuro ya gatatu Manirafasha atitaba urukiko, kuko ku nshuro ya mbere yari kwitaba kuwa 16 Gashyantare 2021 ntibyakunda kuko yari yamenyesheje Urukiko ko adashobora kwitaba - [Burera : Abaturage barashinja ubuyobozi gukoresha imbaraga z'umurengera n'amanyanga mu kubamenera ibigage](https://umurengezi.com/burera-abaturage-barashinja-ubuyobozi-gukoresha-imbaraga-zumurengera-namanyanga-mu-kubamenera-ibigage/) - Abaturage bo mu murenge wa Gahunga, bavuga ko ubuyobozi bw’umurenge bukoresha imbaraga z’umurengera mu iyubahirizwa ry'amabwiriza ya COVID-19, aho ngo bubamenera ibigage bukabaca amande, bukabafunga ndetse bukanatwara ibikoresho bifashisha mu kwenga, ari naho bahera basaba ko basubizwa ibikoresho byabo, kandi mu guhanwa hagakurikizwa amabwiriza. Aba baturage bavuga ko ubuyobozi bw’uyu murenge bwabameneye ibigage bari basanzwe - [Musanze : Ubushinjacyaha bwasabiye abaregwa mu rubanza rwa Munyakazi igifungo cya burundu](https://umurengezi.com/musanze-ubushinjacyaha-bwasabiye-abaregwa-mu-rubanza-rwa-munyakazi-igifungo-cya-burundu/) - Kuri uyu wa mbere, tariki ya 15 Werurwe 2021, Ubushinjacyaha bushingiye kuri kimwe mu byifuzo byabwo bitanu, bwasabiye Munyakazi Evariste na bamwe muri bagenzi be igihano cy’igifungo cya burundu n’ihazabu ya Miliyoni eshanu kuri buri muntu kubera ibyaha by’impurirane bakurikiranweho. Ni urubanza ruregwamo abantu batandatu, aribo Munyakazi Evariste, Nsengiyumva Théoneste, Uwamariya Clissencia, Munyamahoro Innocent, Mugiraneza - [Musanze : Aribaza icyihishe inyuma y’iyicwa ry’inka ze agatereranwa](https://umurengezi.com/musanze-aribaza-icyihishe-inyuma-yiyicwa-ryinka-ze-agatereranwa/) - Umugabo witwa Munyamparirwa Ildephonse utuye mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze aribaza icyihishe inyuma y’inka ze eshatu zishwe zirimo ebyiri zapfuye kuya 12 Werurwe 2021 saa munani z’amanywa, mu gihe indi yapfuye mu rukerera rwo kuwa 13 Werurwe 2021, ariko bikarangira atereranywe n’ubuyobozi bw’akarere bikamuyobera. Ni isanganya uyu Munyamparirwa ubusanzwe ukorera mu karere ka - [Inama 9 zagufasha kubaho mu munezero udashamikiye ku butunzi](https://umurengezi.com/inama-9-zagufasha-kubaho-mu-munezero-udashamikiye-ku-butunzi/) - Abantu benshi bakunda kuvuga ko ibyiyumviro byo kubaho ubuzima bwiza babimaranye igihe kirekire ariko rimwe na rimwe ugasanga ntibigeze babigeraho. Mu myaka y’amabyiruka benshi bagira inzozi zitandukanye ariko biganisha ku mibereho myiza ijyanye no kuba abakire bakagwiza amafaranga, kugura imodoka, kubaka inzu nziza, gutunga umuryango, gukunda, gukundwa n’ibindi. N'ubwo muri izo nzozi hagaragaramo uruhande rumwe - [Itangazo rya Cyamunara y'Umutungo utimukanwa](https://umurengezi.com/itangazo-rya-cyamunara-yumutungo-utimukanwa-2/) - Kugira ngo harangizwe Urubanza No. 00111/2020/TGI/RBV Ubucamanza-RCA 00071/2018/TGI/RBV, Umuhesha w’Inkiko w’umwuga HAVUGIMANA Felix aramenyesha abantu bose ko Cyamunara yari iteganyijwe kuwa 09/03/2021, guhera saa 09H00, yimuriwe kuwa 16/03/2021 saa 09H00, akazagurisha muri Cyamunara umutungo utimukanwa wa BANZIYEKARE Laurent, ufite UPI: 4/03/08/03/1504 uherereye mu Mudugudu wa Giramahoro, Akagari ka Mpenge, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, - [Ku nshuro ya kabiri, Visi Meya wa Burera ntiyitabye urukiko](https://umurengezi.com/ku-nshuro-ya-kabiri-visi-meya-wa-burera-ntiyitabye-urukiko/) - Umuyobozi w’Akarere ka Burera wungirije ushinzwe, imibereho myiza y’abaturage Manirafasha Jean de la Paix na bagenzi be 4 bakurikiranweho n’Urukiko rwisumbuye rwa Musanze icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta bikekwa ko cyakozwe mu bihe bitandukanye ubwo uyu Manirafasha yari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Butaro uherereye mu karere ka Burera. Ni urubanza rwari ruteganijwe kuri uyu - [Musanze : Umwana w’imyaka ibiri yasanzwe mu cyobo yapfuye](https://umurengezi.com/musanze-umwana-wimyaka-ibiri-yasanzwe-mu-cyobo-yapfuye/) - Mu ma saha y’igitondo kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Werurwe 2021, mu murenge wa Remera, akarere ka Musanze, umwana w’imyaka ibiri yasanzwe mu cyobo cyuzuye amazi yapfuye, gusa ntiharamenyekana inkomoko y’uru rupfu rwe. Ahagana saa mbiri n’igice za mu gitondo, nibwo aya makuru y’urupfu rwa Uwase Clarisse umwana w'imyaka ibiri yamenyekanye, nk’uko bitangazwa - [Kabuye, Umusozi Nteramatsiko abawutembera bahamya ko ari ntagereranywa](https://umurengezi.com/kabuye-umusozi-nteramatsiko-abawutembera-bahamya-ko-ari-ntagereranywa/) - Abazamuka umusozi wa Kabuye bahamya ko ari umusozi uteye ubwuzu hakiyongeraho serivisi ntagereranywa zihabwa abageze ku gasongero kawo, aho bemeza ko ari hoteli mu zindi! Ubuyobozi bwa Beyond the Gorillas Experience ifasha ba Mukerarugendo gutembera Interamatsiko zitandukanye zirimo n'uyu musozi, bwemeza ko mu misozi Igihumbi itatse u Rwanda, ibirunga bitanu bidahagije, ariyo mpamvu bahisemo gufasha - [Musanze : Ababyariye imburagihe batangiye kwigirira icyizere cyo kubaho neza n’abo babyaye](https://umurengezi.com/musanze-ababyariye-imburagihe-batangiye-kwigirira-icyizere-cyo-kubaho-neza-nabo-babyaye/) - Abana b'abakobwa babyaye batarageza ku myaka y'ubukure bavuga ko batangiye kwigirira icyizere cyo kubaho neza n’abana babyaye, ndetse bagahamya ko ko ipfunwe n’akato bahabwaga bigenda bishira kuko imishinga bihangiye ku bufatanye n’umushinga ADEPE (Action pour le Developpement du Peuple) igenda ibaha icyizere cyo kubyara umusaruro. Nyuma yo kubona ko abana b’abakobwa bahohoterwa bagaterwa inda zidateganijwe - [Musanze : Agatereranzamba ku gisubizo cy'amazi abana bagwamo bajya cyangwa bava ku ishuri](https://umurengezi.com/musanze-agatereranzamba-ku-mazi-abana-bituramo-bajya-cyangwa-bava-ku-ishuri/) - Abaturage baturiye umuhanda uhuza imidugudu ya Kungo na Nganzo mu kagari ka Rwebeya, Umurenge wa Cyuve, mu karere ka Musanze n’abandi bakoresha uwo muhanda, bavuga ko babangamiwe nuko amazi yabafungiye inzira, none ngo bakaba babura aho banyura by’umwihariko abana b’abanyeshuri kuko ngo abenshi bagwamo bagiye cyangwa bava ku ishuri. Nk'uko ikinyamakuru UMURENGEZI.COM cyageze aho aya - [Menya bimwe mu bitera Ikirungurira n’uburyo bwo kucyirinda](https://umurengezi.com/menya-bimwe-mu-bitera-ikirungurira-nuburyo-bwo-kucyirinda/) - Ikirungurira ni uburibwe bumeze nko gushya buturuka mu gifu, bukumvikanira mu gituza ndetse rimwe na rimwe bukaba bwanakomeza no mu bindi bice nko ku ijosi cyangwa mu muhogo bitewe n’impamvu nyamukuru yateye iki kibazo. Ikirungurira giterwa na aside(acide) iba mu gifu yitwa “Acide Chloryhydrique(HCL)” izamuka mubyo umuntu aba yariye(gastric reflux) igasohokamo igatwika izindi ngingo ziri - [Itangazo rya Cyamunara y'umutungo utimukanwa](https://umurengezi.com/itangazo-rya-cyamunara-yumutungo-utimukanwa/) - Kugira ngo harangizwe Urubanza No. 00111/2020/TGI/RBV Ubucamanza-RCA 00071/2018/TGI/RBV, Umuhesha w'inkiko w'umwuga HAVUGIMANA Felix aramenyesha abantu bose ko kuwa 09/03/2021, guhera saa tatu za mugitondo (09H00), azagurisha muri Cyamunara, umutungo utimukanwa wa BANZIYEKARE Laurent, ufite UPI:4/03/08/03/1504, uherereye mu Mudugudu wa Giramahoro, Akagari ka Mpenge, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo NKUNDIYEZE - [Musanze : Nyuma yo gukorerwa ubuvugizi, Nyirabarisesera Gertulde arishimira ko ikibazo cye cyakemutse](https://umurengezi.com/musanze-nyuma-yo-gukorerwa-ubuvugizi-nyirabarisesera-gertulde-arishimira-ko-ikibazo-cye-cyakemutse/) - Umubyeyi witwa Nyirabarisesera Gertulde ukomoka mu mudugudu wa Kabaya, akagari ka Bikara, umurenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze, arishimira ubuvugizi yakorewe n’inzego zitandukanye akaba amaze kwishyurwa asaga miliyoni imwe n’igice z’amafaranga y’u Rwanda (1.500.000 frw). Ni ubuvugizi bwakozwe n’ikinyamakuru UMURENGEZI.COM mu mezi atanu ashize mu nkuru ifite umutwe ugira uti, “Musanze : Mu myaka - [Burera : Abahoze ari ba Burugumesitiri bakomeje gutakamba basaba Indamunite zabo](https://umurengezi.com/burera-abahoze-ari-ba-burugumesitiri-bakomeje-gutakamba-basaba-indamunite-zabo/) - Bamwe mu bahoze ari ba Burugumesitiri mu ma Komini yari agize icyitwa akarere ka Burera ubu, baracyatakamba basaba guhambwa Indamunite zabo, kuko ngo barambiwe guhora bazibaza kandi mu tundi turere zaratanzwe, ndetse n’umwe muri bagenzi babo Rutabayiro wayoboraga Komini ya Kivuye yaje kuba akarere ka Bungwe yarayabonye. Si ubwa mbere iki kibazo kivuzweho, kuko no - [Guverineri Gatabazi yahumurije abagize imiryango 56 yameneshwaga mu masambu yabo](https://umurengezi.com/guverineri-gatabazi-yahumurije-abagize-imiryango-56-yameneshwaga-mu-masambu-yabo/) - Imiryango igera kuri 56 iri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’Ubudehe, ituye mu tugari twa Cyanya na Migeshi mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, igizwe n’abantu basaga 400, yasabwaga kwimuka ku ngufu ikava mu masambu yayo ituyemo kuva mu myaka isaga 100 yahumurijwe n’Umukuru w’Intara y'Amajyaruguru. Nk'uko bigaragara mu nkuru ikinyamakuru UMURENGEZI.COM - [Musanze : Mu myaka irenga 2 agonzwe, ntarahabwa ubutabera kandi yaritabaje inzego zitandukanye](https://umurengezi.com/musanze-mu-myaka-irenga-2-agonzwe-ntarahabwa-ubutabera-kandi-yaritabaje-inzego-zitandukanye/) - Umubyeyi witwa Nyirabarisesera Gertulde ukomoka mu mudugudu wa Kabaya, akagari ka Bikara, umurenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze, arasaba kurenganurwa ku bw'akarengane akomeje kugirirwa nyuma y'aho agonzwe kuwa 05 Ukuboza 2018, n'imodoka yo mu bwoko bwa Taxi Voiture ifite Plaque RAB I63 P none kugeza na n'ubu akaba atarabona ubutabera. Iyi mpanuka yabaye ahagana - [Musanze : Yatsinze urubanza ku butaka bwitirirwaga Leta, Gitifu yanga kumurangiriza urubanza](https://umurengezi.com/musanze-yatsinze-urubanza-ku-butaka-bwitirirwaga-leta-gitifu-yanga-kumurangiriza-urubanza/) - Umuturage wo mu murenge wa Remera, mu karere ka Musanze avuga ko isambu ye yahingwaga n'umuturage ayitirira Leta yayitsindiye, ariko Umuyobozi w'uyu murenge akaba yaranze kumurangiriza urubanza, akaba asaba kurenganurwa kuko we yemeza ko nta manyanga afite cyane ko afite impapuro z'iyi sambu guhera ku bugure bwayo bwa mbere bwo muri 1985. Ubutaka bufite UPI4/03/13/03/6248 - [Kutagaragara mu Rukiko kwa Visi Meya wa Burera byatumye urubanza areganwamo na bagenzi be rusubikwa](https://umurengezi.com/kutagaragara-mu-rukiko-kwa-visi-meya-wa-burera-byatumye-urubanza-areganwamo-na-bagenzi-be-rusubikwa/) - Umuyobozi w’Akarere ka Burera wungirije ushinzwe, imibereho myiza y’abaturage Manirafasha Jean de la Paix na bagenzi be 4 bakurikiranweho n’Urukiko rwisumbuye rwa Musanze icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta bikekwa ko cyakozwe mu bihe bitandukanye ubwo uyu Manirafasha yari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Butaro uherereye mu karere ka Burera. Kuri uyu wa kabiri, tariki ya - [Guinea : Ebola yahitanye 3 abandi 5 bayisangwamo](https://umurengezi.com/guinea-ebola-yahitanye-3-abandi-5-bayisangwamo/) - Mu gihugu cya Guinea-conackry abantu 3 bishwe n'icyorezo cya Ebola, abandi barenga 5 bayisangwamo nk'uko bitangazwa n'inzego z'ubuzima. Iki cyorezo cyakunze kwibasira ahanini ibihugu byo muri Afurika y'Iburasirazuba, mu myaka yo hagati y’umwaka wa 2013 na 2016, abantu barenga 11,000 barapfuye muri Afurika y’Uburengerazuba bishwe na cyo. Ni mu gihe mu rwego rwo guhangana n'iki - [Burera : Amaze amezi 8 asabye kurenganurwa kubyo akorerwa na V/Mayor ariko amaso yaheze mu kirere](https://umurengezi.com/burera-amaze-amezi-8-asabye-kurenganurwa-kubyo-akorerwa-na-v-mayor-ariko-amaso-yaheze-mu-kirere/) - Nasabyimana Martine Umuyobozi w'Ikigo Nderabuzima cya Gahunga, giherereye mu murenge wa Gahunga, Akarere ka Burera, arasaba kurenganurwa ku byaha bitandukanye avuga ko yakorewe n'ibyo akomeje kugenda akorerwa na Manirafasha Jean de la Paix Umuyobozi w'akarere ka Burera wungirije(V/Mayor) ushinzwe imibereho myiza y'abaturage. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yo kuwa 09/02/2020 Umurengezi.com ufitiye kopi, Nasabyimana Martine Umuyobozi - [Musanze : Muhire Evariste arasaba Ubutabera nyuma y’uko uwamutemye yidegembya](https://umurengezi.com/musanze-muhire-evariste-arasaba-ubutabera-nyuma-yuko-uwamutemye-yidegembya/) - Muhire Evariste utuye mu mudugudu wa Susa, akagari ka Ruhengeri, umurenge wa Muhoza, mu karere ka Musanze, arasaba inzego zibishinzwe kumurenganura ku ihohoterwa yakorewe n'uwitwa Niyitegeka Jean Claude batuye mu gace kamwe, wamutemye mu mutwe akoresheje umupanga(umuhoro) kugeza ubu akaba yidegembya. Muhire Evariste w'imyaka 25 y’amavuko mwene Nzabagerageza Leopold na Nyirabasare Judith, avuga ko yatemwe - [Fumbwe : Ababyeyi barasabwa kuganiriza abana babo ku buzima bw’imyororokere](https://umurengezi.com/fumbwe-ababyeyi-barasabwa-kuganiriza-abana-babo-ku-buzima-bwimyororokere/) - Bamwe mu rubyiruko rwo mu murenge wa Fumbwe barasaba ababyeyi babo ko bajya babaganiriza ku buzima bw’imyororokere hagamijwe kwirinda kugerwaho n’ingaruka zo kubyara inda zitateganyijwe. Kuba hari ababyeyi bagira isoni zo kuganiriza abana babo ku buzima bw’imyororokere, ni kimwe mu bituma urubyiruko rugerwaho n’ingaruka zo kubyara igihe kitaragera. Umwe mu baganiriye n’itangazamakuru utifuje ko amazina - [Musanze : Imyaka 7 irashize ikibazo cya Karumugabo Perezida Kagame yasabye gukemura kitarabonerwa umuti](https://umurengezi.com/musanze-imyaka-7-irashize-ikibazo-cya-karumugabo-perezida-kagame-yasabye-gukemura-kitarabonerwa-umuti/) - Imyaka ibaye irindwi Perezida Paul Kagame asabye ko Karumugabo Jean Nepomuscene wo mu mudugudu wa Kareba, akagari ka Kabeza, umurenge wa Cyuve, akemurirwa ikibazo cy’uburiganya yakorewe bwo kwamburwa umutungo we w’ishyamba witiriwe abandi bakoresheje impapuro mpimbano bagahabwa icyangombwa cya burundu, ariko na n'ubu ikibazo cye ntikirabonerwa umuti. Ni ikibazo uyu muturage yagejeje kuri Perezida wa - [Nyamagabe : Abahabwa ingoboka ya VUP ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku cyahombeje Koperative yabo](https://umurengezi.com/nyamagabe-abahabwa-ingoboka-ya-vup-ntibavuga-rumwe-nubuyobozi-ku-cyahombeje-koperative-yabo/) - Abanyamuryango ba Koperative Twizigamire igizwe n’abahabwa ingoboka ya VUP mu murenge wa Kaduha, akarere ka Nyamagabe, bavuga ko babwiwe ko mu myaka irindwi buri munyamuryango yungutse amafaranga 995, gusa ngo mu iseswa ry'iyi Koperative bagahabwa amafaranga aburaho ibihumbi mirongo itatu n'umunani(38,000 Frw). Nk'uko bigaragara mu ibaruwa bandikiye Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu(MINALOC) tariki ya 19 Ugushyingo 2019, - [U Rwanda rwahawe ‘Robots’ zizifashishwa mu kwica udukoko dutera indwara](https://umurengezi.com/u-rwanda-rurashyikirizwa-robots-zizifashishwa-mu-kwica-udukoko-dutera-indwara/) - Kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Gashyantare 2021, ku bitaro by’Akarere ka Nyarugenge i Nyamirambo, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ku bufatnye na Leta y’u Buyapani bahaye u Rwanda inkunga y’imashini eshatu zo mu bwoko bwa ‘Robot’ zikoresha imirasire mu kwica virusi, zikaba zizakoreshwa mu bitaro byakira abarwayi ba Covid-19. Ibi bibaye nyuma y'uko - [Covid-19 : OMS yatangaje urutonde rw'agateganyo rw'inkingo zizahabwa ibihugu](https://umurengezi.com/covid-19-oms-yatangaje-urutonde-rwagateganyo-rwinkingo-zizahabwa-ibihugu/) - Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima ku isi OMS/WHO ryatangaje umugambi w'agateganyo w'uko ibihugu bizahabwa inkingo za Covid-19 muri uyu mwaka, mu karere k'ibiyaga bigari Tanzania n'u Burundi ntibiri muri uwo mugambi. OMS ivuga ko izo ari doze miliyoni 336 z'inkingo za AstraZeneca/Oxford na Pfizer-BioNTech, zizatangwa mu gihembwe cya mbere n'icya kabiri by'uyu mwaka wa - [Musanze : Umuryango wa Manifashe wongeye gushinganishwa ku mpamvu z’umutekano muke](https://umurengezi.com/musanze-umuryango-wa-manifashe-wongeye-gushinganishwa-ku-mpamvu-zumutekano-muke/) - Umuryango wa Manifashe Jérôme n’umugore we Sifa Célestine utuye mu mudugudu wa Marantima, Akagari ka Rwebeya, mu Murenge wa Cyuve, wongeye guhagurutsa inzego z’ubuyobozi bwite bwa Leta n’iz’umutekano kubera umutekano muke ufite kuva mu myaka itanu ishize. Uku kubuzwa umutekano n’abantu bataramenyekana, ngo byatangiye mu myaka itanu ishize aho abaturanyi ba Manifashe Jérôme batangiye bamutoteza - [U Rwanda rwasabye Ubwongereza ubusobanuro ku mwanzuro warufatiwe](https://umurengezi.com/u-rwanda-rwasabye-ubwongereza-ubusobanuro-ku-mwanzuro-warufatiwe/) - Leta y’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko kubuza abagenzi bavuye mu Rwanda kujya mu Bwongereza ari umwanzuro udashingiye kuri Siyansi(Science) iki gihugu cyafashe. Ibi bije nyuma y’aho kuwa kane w’iki cyumweru, Leta y’Ubwongereza yongeye u Rwanda, u Burundi na Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu(United Arab Emirates) ku rutonde rw’ibihugu abantu babivuyemo cyangwa babiciyemo batemerewe kujya mu - [Umugani wa Ngunda - Igice cya kabiri](https://umurengezi.com/umugani-wa-ngunda-igice-cya-kabiri/) - Mu nkuru yacu iheruka twabagejejeho ibya Ngunda mu gice cya mbere. Mwiyumviye ubuhangange bw’uyu mugabo ari naho havuye ibyifuzo by’uko twabagezaho igice cya Kabiriari na cyo twabazaniye muri iyi nkuru. Ngunda aba aho, aba iciro ry’imigani. Rimwe amaze guhaga ariyumvira ati « harya ngo mu Rwanda nta muntu wahwanya na njye kurya? Emwe ni koko. - [Bwa mbere mu Rwanda, abantu 9 bishwe na COVID-19](https://umurengezi.com/bwa-mbere-mu-rwanda-abantu-9-bishwe-na-covid-19/) - Ku nshuro ya mbere mu Rwanda habonetse abantu icyenda bishwe na Covid-19 mu munsi umwe, mu gihe umubare w'abayanduye wo wiyongereyeho 310. Nk'uko bigaragara mu mibare yashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Mutarama 2021, abantu icyenda barimo abagore bane b’imyaka 80 b'i Karongi, aba 61, 43 na 32 b’i - [Icyo impuguke zivuga ku myitwarire y’umuntu bitewe n’ubwoko bw’amaraso ye](https://umurengezi.com/icyo-impuguke-zivuga-ku-imyitwarire-yumuntu-bitewe-nubwoko-bwamaraso-ye/) - Ubusanzwe ubwoko bw’amaraso 'Groupe Sanguin' cyangwa se 'Blood Group' mu ndimi z’amahanga, buri mu byiciro bine aribyo A, B, AB na O. Ibi byiciro uko ari bine, ni nabyo bigenderwaho mu gutandukanya abantu ndetse n’uburyo bwo guhanahana amaraso bitewe n’ubwoko bw’amaraso umuntu afite. Ubu bwoko bw’amaraso, bushobora kugira uruhare mu miterere cyangwa se umuntu akagira - [Nduba : Polisi yatwitse ibiyobyabwenge birimo ibiro 348 by’urumogi](https://umurengezi.com/nduba-polisi-yatwitse-ibiyobyabwenge-birimo-ibiro-348-byurumogi/) - Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Mutarama 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatwitse ibiro 348 by’urumogi, amagarama 300 y’ikiyobyabwenge cya Mugo(Heroine), inamena Litiro 4.5 z’ikiyobyabwenge cya Kanyanga, ibi byose nikaba byatwikiwe mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Nduba ahasanzwe hakusanyirizwa imyanda iva mu Mujyi wa Kigali. Ubwo hatwikwaga ibi - [Musanze : Ubucucike no kwicara hasi, zimwe mu ngaruka z’ibyumba 8 byaburiwe irengero](https://umurengezi.com/musanze-ubucucike-no-kwicara-hasi-zimwe-mu-ngaruka-zibyumba-8-byaburiwe-irengero/) - Mu kigo cy’amashuri abanza cya Gashangiro II haravugwa ikibazo cy’ubucucike bw’abana mu mashuri kubera ibyumba bike, kandi muri gahunda yo kongera ibyumba by’amashuri iki kigo cyari cyagenewe na Mnisiteri y’uburezi ibyumba 8 n’ubwiherero 12 ariko byose bikaba byaraburiwe irengero. Ni ikibazo cyagaragajwe n’itangazamakuru ubugira kenshi, aho ababyeyi barerera mu kigo cy’amashuri abanza cya Gashangiro ya - [Seninga Innocent na Bagenzi be bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza](https://umurengezi.com/seninga-innocent-na-bagenzi-be-bafungiwe-kuri-sitasiyo-ya-polisi-ya-muhoza/) - Seninga Innocent umutoza w'ikipe ya Musanze FC yongeye gufatirwa mu makosa yarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 n’itsinda ry’abantu 12 bari bitabiriye ibirori bafatiwemo. Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Mutarama 2020, ahagana saa 16h30' ubwo inzego z’umutekano zahabwaga amakuru ko hari itsinda ry’abantu biganjemo urubyiruko ruturuka ahantu hatandukanye riteraniye - [Musanze : Abagize imiryango 56 mu kaga ko kumeneshwa mu masambu yabo](https://umurengezi.com/musanze-abagize-imiryango-56-mu-kaga-ko-kumeneshwa-mu-masambu-yabo/) - Imiryango igera kuri 56 iri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’ubudehe, ituye mu tugari twa Cyanya na Migeshi, mu murenge wa Cyuve, mu karere ka Musanze, igizwe n’abantu basaga 400 iri mu kaga ko gusabwa kwimuka hutihuti kandi ku ngufu bakava mu masambu yabo batuyemo kuva mu myaka isaga 100 bahatuye. Ni ikibazo cyakomotse - [Musanze : Umuryango w'abantu 6 ngo bariho batariho kubw'inzu batuyemo](https://umurengezi.com/musanze-umuryango-wabantu-6-ngo-bariho-batariho-kubwinzu-batuyemo/) - Umuryango wa Hibazabake David n'umugore we Nirere Marie Jeanne ndetse n'abana babo bane, ngo bariho batariho kubera inzu batuyemo igiye kuzabagwira kubera gusaza. Ni umuryango utuye mu mudugudu wa Ruhindinka, akagari ka Buruba, mu murenge wa Cyuve, uvuga ko utuye mu nzu y’amabuye ishaje cyane kuko amabati ayisakaye yose yatobaguritse ndetse nayo ubwayo ikaba igiye - [Musanze : Aratabaza nyuma yo kwimwa inzu ye n’ubukode bw’amezi atandatu](https://umurengezi.com/musanze-aratabaza-nyuma-yo-kwimwa-inzu-ye-nubukode-bwamezi-atandatu/) - Mukeshimana Ziada uzwi ku izina rya Maman Munyana ucumbitse mu mudugudu wa Kungo, akagari ka Kabeza, mu murenge wa Cyuve, aratabaza kubera iterabwoba akorerwa n’abo yacumbikiye ndetse ngo n’ubuyobozi bw’akarere ka Musanze ntibumurenganure kandi ari nabwo bwamusabye kuba bucumbikiye umuryango w’uwitwa Nyirabadahuje Gaudence wari umaze gusenyerwa n’akarere. Uyu Nyirabadahuje Gaudence wari usanzwe utuye mu mudugudu - [Umuti ugabanya ubukana bwa COVID-19 uzagera mu Rwanda kuwa Gatatu - Minisitiri Ngamije](https://umurengezi.com/umuti-ugabanya-ubukana-bwa-covid-19-uzagera-mu-rwanda-kuwa-gatatu-minisitiri-ngamije/) - Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije aratangaza ko Leta y’u Rwanda yamaze gutumiza umuti ugabanya ubukana bwa COVID-19 mu rwego rwo kugabanya abahitanwa n’iki cyorezo mu Rwanda. Ibi, abitangaje nyuma y’uko imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza 2021, yanzuye ko hakazwa ingamba zo kwirinda harimo no gushyira Umujyi wa Kigali - [Musanze : Uwari Gitifu Sebashotsi na bagenzi be barekuwe nubwo bahamwe n'ibyaha](https://umurengezi.com/musanze-uwari-gitifu-sebashotsi-na-bagenzi-be-barekuwe-nubwo-bahamwe-nibyaha/) - Nubwo bahamwe n'ibyaha, uwari Gitifu w’Umurenge wa Cyuve Sebashotsi Gasasira Jean Paul na bagenzi be Tuyisabimana Jean Léonodas, Abiyingoma Nsanzumuhire Sylivain, Nsabimana Anaclet na Maniriho Martin, baregwa ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake Nyirangaruye Clarisse na musaza we Manishimwe Jean Baptiste kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 n'icyaha cy'ubwinjiracyaha ku cyaha cya ruswa, Urukiko - [U Rwanda mu bihugu bigiye guhabwa inkingo za COVID-19](https://umurengezi.com/u-rwanda-mu-bihugu-bigiye-guhabwa-inkingo-za-covid-19/) - Afurika Yunze Ubumwe (African Union -AU), igiye gufasha ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) ibiha inkingo (doze) za COVID-19 miliyoni 35. U Rwanda ubu rufite umubare w’abamaze kwandura Covid-19 n’abo ihitana ukomeje kwiyongera, kuko abayanduye barenga ibihumbi 10 mu gihe abo yahitanye ari 128, ruri mu bihugu bizahabwa izo nkingo. Biteganyijwe ko u - [Umugani wa Ngunda - Igice cya Mbere](https://umurengezi.com/umugani-wa-ngunda-igice-cya-mbere/) - Habayeho umugabo akitwa Ngunda. Uwo mugabo yari icyago, yari ishyano, yari igisahiranda ; uko yaryaga ni nako yahingaga. Yahingaga Rubona yose agakubitaho na Musasu. Iyo ni yo yari isambu ye. Ndetse ngo imisozi y'i Rwanda ni amabimba Ngunda yashingaga. Uwo mugabo yari afite n'imirima ku Nyundo ya Bugoyi. Arakunyarukira ashaka umugore, akaba, umukobwa wa Gacumu. - [Kenya : Havumbuwe ubwoko bushya bwa Coronavirus](https://umurengezi.com/kenya-havumbuwe-ubwoko-bushya-bwa-coronavirus/) - Mu gihugu cya Kenya havumbuwe ubundi bwoko bushya bwa coronavirus nk'uko bigaragazwa n'ibyavuye mu bushakashatsi buri gukorwa n'ikigo cy'ubushakashatsi mu buvuzi gikorana na Leta cyitwa Kenya Medical Research Institute(KEMRI) Ubwo bwoko bushya bwagaragaye mu Majy'Epfo ashyira Uburasirazuba bw'iki gihugu, nk'uko byagaragajwe n'Ubushakashatsi bwakozwe n'iki kigo hagati y'ukwezi kwa Kamena n'ukwezi k'Ukwakira umwaka ushize wa 2020. - [Donald Trump wahoze ayobora Amerika agiye gukurikiranwa n'Ubutabera](https://umurengezi.com/donald-trump-wahoze-ayobora-amerika-agiye-gukurikiranwa-nubutabera/) - Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yavuze ko uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump kuri ubu uri gusoza manda, atari hejuru y’amategeko agomba gushyikirizwa Ubutabera . Ni nyuma yo gushinjwa uruhare mu gushishikariza abaturage bamushyigikiye kujya gukorera imyigaragambyo ku biro by'Inteko Ishinga Amategeko. Uyu Donald Trump utaremeye ibyavuye mu matora, ashinjwa - [Umuhanzi Clarisse Karasira yambitswe impeta n'umukunzi we](https://umurengezi.com/umuhanzi-clarisse-karasira-yambitswe-impeta-numukunzi-we/) - Clarisse Karasira wamenyekanye nk'umuhanzi Nyarwanda mu ndirimbo zisigasira Umuco Nyarwanda yambitswe impeta n'umukunzi we. Nyuma y'igihe kirekire hibazwa umusore waba ari mu rukundo n'uyu muhanzi, kuri ubu byagaragaye ubwo umukunzi we yafataga umwanzuro wo kumwambika impeta nk'ikimenyetso gishimagira urukundo n'umubano bafitanye. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter mu magambo aryoheye amatwi, Clarisse Karasira yagaragaje ibyishimo - [Musanze : Ubushinjacyaha bwongeye gusaba ko Sebashotsi na bagenzi be baburanishwa n'urukiko rwisumbuye](https://umurengezi.com/musanze-ubushinjacyaha-bwongeye-gusaba-ko-sebashotsi-na-bagenzi-be-baburanishwa-nurukiko-rwisumbuye/) - Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 16 Nzeri 2020, ubushinjacyaha bwongeye gusaba urukiko rukuru, urugereko rwa Musanze ko uwari Gitifu wa Cyuve Sebashotsi Gasasira Jean Paul na bagenzi be Tuyisabimana Jean Léonidas, abadaso(DASSO) babiri aribo Nsabimana Anaclet na Abiyingomana Nsanzumuhire Sylivan baburanishwa n'urukiko rwisumbuye. Ni urubanza rwajuririwe n'ubushinjacyaha mu rukiko rukuru, urugereko rwa Musanze nyuma - [Musanze : Abaturage barinubira akarengane bakorerwa n’abayobozi bitwaje COVID-19](https://umurengezi.com/musanze-abaturage-barinubira-akarengane-bakorerwa-nabayobozi-bitwaje-covid-19/) - Abaturage bo mu karere ka Musanze barinubira ibikorwa bibi bakorerwa n’abayobozi bitwaje icyorezo cya Covid-19, aho bavugako barambiwe guhora bakubitwa ndetse bikabaviramo n’uburwayi butndukanye ndetse butankira kuri bamwe. Hari kuwa gatanu, tariki ya 18 Nzeri 2020, umugabo witwa Mbonyimana Fidele ukora akazi ko gucunga umutekano mu ruganda rwenga inzoga rwa Rwabukamba Jean Marie Vianney bita - [Musanze : Umwana w’imyaka 6 yakomerekejwe bikomeye na Nyirakuru ubwo yamusangaga acukura ibijumba](https://umurengezi.com/musanze-umwana-wimyaka-6-yakomerekejwe-bikomeye-na-nyirakuru-ubwo-yamusangaga-acukura-ibijumba/) - Mu mudugudu wa Ruvumu, akagari ka Cyabagarura, umurenge wa Musanze, mu karere ka Musanze umubyeyi yakomerekeje bikomeye mu mutwe umwuzukuru we amuziza gucukura ibijumba munsi y'urugo. Ibi byabereye ahitwa kwa Makeri ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Nzeri 2020, ubwo umubyeyi witwa Uwabakarane Dorothée yasanze umwuzukuru we w'imyaka 6 - [Musanze : Abatswe amagare barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 barizezwa kuyasubizwa vuba](https://umurengezi.com/musanze-abatswe-amagare-barenze-ku-mabwiriza-yo-kwirinda-covid-19-barizezwa-kuyasubizwa-vuba/) - Mu gihe bamwe mubatwara abantu n'ibintu ku magare bazwi nk'abanyonzi mu karere ka Musanze, bishimira gukomorerwa nyuma y'amezi atari make batagera mu muhanda, abandi baratakamba basaba ko bahabwa amagare yabo bambuwe ubwo bicaga amabwiriza yo kwirinda ikwirakwizwa ry'icyorezo cya Covid-19. Ubwo icyorezo cya Coronavirus cyibasiraga isi gitangiriye mu mujyi wa Huwan mu gihugu cy'ubushinwa nticyasize - [Musanze : Urugomo ruracyari rwose muri imwe mu mirenge igize aka karere](https://umurengezi.com/3161-2/) - Urugomo rwibasira imyaka y'abaturage ruracyagaragara muri imwe mu mirenge igize akarere ka Musanze nka Cyuve, Nyange, Kinigi, Gacaca, Shingiro na Gataraga. Ni urugomo rwakundaga kuvugwa ko rukorwa n'abashumba batema imyaka y'abaturage bakayijyanira inka zabo, ariko bimaze kugaragara ko atari bo gusa kuko hari n'abangiza imyaka y'abaturage ku zindi mpamvu zitandukanye zirimo ubugome busanzwe, abayangiza itarera - ["Darkness of Christmas" Impano ya Noheli ku bakunzi ba Cinema Nyarwanda](https://umurengezi.com/darkness-of-christmas-impano-ya-noheli-ku-bakunzi-ba-cinema-nyarwanda/) - Mu gihe u Rwanda n'Isi yose bitegura kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli uba buri mwaka tariki ya 25 Ukuboza 2020, ku bufatanye na "IRIS RWANDA TV" mu Ntara y'Amajyaruguru hagiye kwerekanwa Filimi yakozwe hagamijwe kwigisha, guhugura no kugira inama urubyiruko. Iyi filimi yahawe izina rya "Darkness of Christmas" ngo yateguwe nk'impano ya Noheli nyuma y'uko - [Musanze : Impanuka ikomeye ihitanye 2 abandi 3 barakomereka](https://umurengezi.com/musanze-impanuka-ikomeye-ihitanye-2-abandi-3-barakomereka/) - Ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Ukuboza 2020, mu karere ka Musanze habereye impanuka ikomeye ihitana abantu babiri, abandi batatu barakomereka bikomeye. Ababonye iyi mpanuka iba, bavuga ko yatewe n' igare ryamanukaga rihetse abantu babiri na Moto nayo yamanukaga mu muhanda Kigali-Musanze ahazwi nko muri Etiru hepfo gato ya - [Itangazo rya Cyamunara](https://umurengezi.com/itangazo-rya-cyamunara/) - [Umugani w'Ubushwilili](https://umurengezi.com/umugani-wubushwilili/) - Ubushwiriri bwari bufite se, yarabubyaye ari butandatu, hanyuma arapfa. Umunsi umwe, bwigira inama buti « tujye guhakirwa inka.» Ubushwiriri bujya guhakwa. Bumaze kugabana inka imwe, burataha. Busohoye bujya inama buti «turye iyi nka, nitumara kuyirya dusubire kwa databuja, aduhe indi.» Inama yo kurya inka imaze kunoga, Ubushwiriri butoranya imirimo, kamwe kati «ndajya gusenya inkwi.» Akandi - [Urupfu rwanjye ndarubona hafi - Wema Sepetu](https://umurengezi.com/urupfu-rwanjye-ndarubona-hafi-wema-sepetu/) - Wema Sepetu wabaye Nyampinga wa Tanzaniya muri 2006, yasabye amasengesho abakunzi be kuko ngo ari mu bihe bya nyuma bitewe n’uburwayi bw’ibihaha bumukomereye. Uyu mukinnyi wa filime ukomeye muri Tanzaniya, yabwiye Global Publishers ko arwaye kandi ameze nabi, anahamya ko urupfu rwe arubona hafi ye. Ati, "Abantu bashobora kugira ngo ndabeshya, ariko reka mbabwize ukuri - [Musanze : Ubusinzi intandaro yo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19](https://umurengezi.com/musanze-ubusinzi-intandaro-yo-kurenga-ku-mabwiriza-yo-kwirinda-covid-19/) - Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, nibwo muri Sitade Ubworoherane y'Akarere ka Musanze harimo abantu benshi baraye muri iyi Sitade nyuma yo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 arimo no kuba bageze mu ngo zabo saa moya z'ijoro. Ni nyuma yaho Inama y'Abaminisitiri yateranye kuwa Mbere tariki ya 14 - [Kayonza : Gitifu afunzwe akekwaho gukubita no gukomeretsa umuturage](https://umurengezi.com/kayonza-gitifu-afunzwe-akekwaho-gukubita-no-gukomeretsa-umuturage/) - Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rugarama gaherereye mu Murenge wa Gahini, mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi akekwaho gukubita umuturage akamukomeretsa amushinja kumwoneshereza imyaka. Uyu muyobozi yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 ukuboza 2020, nyuma yo kwitaba inama y’umutekano y’Akarere ka Kayonza hakumvwa ibisobanuro atanga, akaba yahise ashyikirizwa - [Rwamagana : Umumotari yapfuye atewe icyuma hakekwa umugenzi yaratwaye](https://umurengezi.com/rwamagana-umumotari-yapfuye-atewe-icyuma-hakekwa-umugenzi-yaratwaye/) - Umumotari wo mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Mwulire yatewe icyuma arapfa ku manywa y’ihangu, aho bikekwa ko byakozwe n’umugenzi yari ahetse. Ibi byabaye ahagana saa Sita z'amanywa zo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020, mu Mudugudu wa Cyoma, mu Kagari ka Mwulire, mu Murenge wa Mwulire, mu karere ka Rwamagana. - [Umugani wa Bakame n’impyisi](https://umurengezi.com/umugani-wa-bakame-nimpyisi/) - Kera Bakame yacuditse n’impyisi, biranywana, birabana bishyira kera. Ariko Bakame ikababazwa n’uko impyisi iyirusha ubukungu. Bukeye Bakame ibwira impyisi iti “Reka ducuruze impu, ubukungu bwawe burusheho kwiyongera, ndetse ungurize ibintu byo gutangiza, nzajye nkungukira.” Impyisi irabyemera. Bitangira gucuruza impu, zimaze kugwira, bijya kuzicuruza mu mahanga, inyungu ikabikwa kwa Bakame. Bakame imaze gukungahara irirwaza. Bwa bucuruzi - [Bwa mbere Ubushinwa bwabashije gushinga ibendera ryabwo ku kwezi](https://umurengezi.com/bwa-mbere-ubushinwa-bwabashije-gushinga-ibendera-ryabwo-ku-kwezi/) - Igihugu cy'Ubushinwa cyashyize ibendera ryacyo ku kwezi, kiba icya kabiri ku Isi nyuma y'imyaka 50 Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirishinzeyo ubwa mbere. Amafoto yashyizwe ahagaragara n'ikigo cy'Ubushinwa gishinzwe iby'ikirere (National Space Administration) yerekana iri bendera ritukura ry'inyenyeri eshanu ririmo rirahungabana ku kwezi. Aya mafoto yafashwe na kamera y'icyogajuru Chang'e-5 mbere y'uko kiva ku kwezi - [Abatuye muri ‘Bannyahe’ bijejwe gutuzwa neza i Busanza](https://umurengezi.com/abatuye-muri-bannyahe-bijejwe-gutuzwa-neza-i-busanza/) - Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yasuye imiryango 48 yari ituye ahitwa muri Bannyahe (Kangondo na Kibiraro ya mbere) ubu yimuriwe i Busanza mu Karere ka Kicukiro, abamenyesha ko n’abari abaturanyi babo bose bazabasangayo mu bihe bitandukanye. Inzu zubatswe i Busanza n’ubwo hari abaturage bazigaye kuba nto, bazishima gukomera no kuba zijyanye n’icyerekezo nk’uko ari - [Rwamagana : Kutitabwaho kw'abana babyarira iwabo bikomeza kubashora mu ngeso z'ubusambanyi](https://umurengezi.com/rwamagana-kutitabwaho-kwabana-babyarira-iwabo-bikomeza-kubashora-mu-ngeso-zubusambanyi/) - Bamwe mu rubyiruko rwo mu mirenge ya Muhazi na Fumbwe, akarere ka Rwamagana bavuga ko iyo umwana abyariye iwabo agirwa igicibwa mu muryango, bikabagiraho ingaruka zo kuba hari abahitamo kwicuruza kugira ngo babashe kubaho no gutunga abana babyaye. Uru rubyiruko ruvuga ko iyo ugize ibyago byo kubyarira iwanyu ababyeyi batita no ku kumenya uwaguteye inda - [Gasabo : Afunzwe akekwaho gufata Nyina ku ngufu akamusambanya](https://umurengezi.com/gasabo-afunzwe-akekwaho-gufata-nyina-ku-ngufu-akamusambanya/) - Umugabo witwa Bakundukize w’imyaka 41 y’amavuko, ari mu maboko y’ Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akekwaho gusambanya umubyeyi we w’imyaka 65. Ayamakuru yamenyekanye ahagana saa yine z'ijoro ryo kuri uyu wa mbere rishyira kuwa kabiri tariki ya 24 Ugushyingo 2020. Ndanga Patrice Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali yemeje aya makuru, agira ati, “Twabimenye nyuma y’aho abaturage - [Musanze : Hatangijwe ku mugaragaro ikigo kigenzura Ubuziranenge bw’Ibinyabiziga(Contrôle Technique)](https://umurengezi.com/musanze-hatangijwe-ku-mugaragaro-ikigo-kigenzura-ubuziranenge-bwibinyabizigacontrole-technique/) - Polisi y’Igihugu Ishami rishinzwe umutekano wo mu Muhanda, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ugushyingo 2020, yatangije ku mugaragaro ikigo gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’ibinyabiziga(Contrôle Technique), giherereye mu Karere ka Musanze, kikazifashishwa n’abatuye Intara y’Amajyaruguru n’abatuye mu nkengero zayo muri rusange. Uyu muhango witabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo Minisiteri y’Ibidukikije, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru, Abahagarariye inzego z’Umutekano, - [Sobanukirwa akamaro k’amazi ku mubiri, ingano y’akenewe ku munsi n’igihe cya nyacyo cyo kuyanywa](https://umurengezi.com/sobanukirwa-akamaro-kamazi-ku-mubiri-ingano-yakenewe-ku-munsi-nigihe-cya-nyacyo-cyo-kuyanywa/) - Amazi ni ikinyobwa cy’ingenzi cyane ku buzima bwa muntu, kuko agira akamaro gakomeye mu bikorwa bitandukanye umubiri ukora umunsi ku wundi, bikaba ngombwa kuyanywa kenshi kuko mu bigize umubiri w’umuntu 60-70 % ari amazi. Abahanga bemeza ko mu gihe cy’ubushyuhe buringaniye, umuntu mukuru akwiye kunywa amazi ari hejuru ya litiro ebyiri ku munsi(2L/Day), kuko ubusanzwe umubiri - [Polisi yerekanye itsinda ry'amabandi akekwaho kwiba hirya no hino mu gihugu](https://umurengezi.com/polisi-yerekanye-itsinda-ryamabandi-akekwaho-kwiba-hirya-no-hino-mu-gihugu/) - Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Ugushyingo 2020, ku cyicaro cya Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera ahazwi nko kuri Metropolitan, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru itsinda ry’abantu 5 bakekwaho ubufatanye mu kwiba abaturage amafaranga bakoresheje imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai/Santafe RAD 995 Y. Iri tsinda rigizwe na - [Rubavu : Abakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka bashyiriweho uburyo bushya buzabafasha gukomeza ubucuruzi bwabo](https://umurengezi.com/rubavu-abakora-ubucuruzi-bwambukiranya-umupaka-bashyiriweho-uburyo-bushya-buzabafasha-gukomeza-ubucuruzi-bwabo/) - Abanyarwanda bari basanzwe bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka bajyana ibicuruzwa byabo mu Mujyi wa Goma, bashyiriweho amabwiriza mashya azabafasha gukomeza ubucuruzi ariko bakubahiriza n'amabwiriza yashyizweho mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Ni amabwiriza avuga ko Abanyarwanda bakorera mu makoperative kandi hakambuka ubahagarariye aho kugenda ari benshi, bajya gucuruza ku giti cyabo nk’uko byari bisanzwe icyorezo - [Nyagatare : Umugore bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe yakubise umugabo we ifuni aramwica](https://umurengezi.com/nyagatare-umugore-bikekwa-ko-afite-uburwayi-bwo-mu-mutwe-yakubise-umugabo-we-ifuni-aramwica/) - Umugore w'myaka 58 utuye mu Mudugudu wa Mirama ya II, Akagari ka Nyagatare mu Murenge wa Nyagatare, mu Karere ka Nyagatare, mu ijoro ryakeye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Ugushyingo 2020, yakubise umugabo we ifuni ahita yitaba Imana, bigakekwa ko yabitewe n’uburwayi bwo mu mutwe. CIP Twizeyimana Hamdun, umuvugizi wa Polisi mu Ntara - [Musanze : Umukobwa w’imyaka 17 yasanzwe mu murima yapfuye](https://umurengezi.com/musanze-umukobwa-wimyaka-17-yasanzwe-mu-murima-yapfuye/) - Abaturage bo mu Kagari ka Gakoro, Umurenge wa Gacaca, mu karere ka Musanze kuwa Mbere tariki 02 Ugushyingo 2020, basanze umurambo w’umwana w’umukobwa mu murima, aboshye amaboko n'amaguru kandi yambaye ubusa bikaba bikekwa ko abamwishe babanje kumusambanya. Uyu mwana yitwa Emerence Iradukunda wari afite imyaka 17, akomoka mu Murenge wa Gahunga, Akagari ka Kidakama mu - [Rutsiro : Nsengiyumva washakishwaga na RIB yafashwe](https://umurengezi.com/rutsiro-nsengiyumva-washakishwaga-na-rib-yafashwe/) - Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha(RIB) ruratangaza ko rwafashe Nsengiyumva Jean Claude washakishwaga kubera icyaha akekwaho cyo kwica umugore we. RIB ivuga ko Nsengiyumva yafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Ugushyingo 2020, nyuma yo gutoroka kuwa 31 Ukwakira 2020 ubwo yari akimara gukora icyaha akekwaho. Iki cyaha cyakorewe mu Karere ka Rutsiro, Umurenge - [Musanze : Aratabaza nyuma yo kwimwa n’Ibitaro bya Ruhengeri umurambo w’umwana we](https://umurengezi.com/musanze-aratabaza-nyuma-yo-kwimwa-nibitaro-bya-ruhengeri-umurambo-wumwana-we/) - Niyonsenga Nathanael utuye mu mudugudu wa Kamutara, akagari ka Cyivugiza, Umurenge wa Muko avuga ko yimwe umurambo w’umwana we witwa Kwizera Anicet wakubiswe n’uwitwa Byiringiro Alias BOB kuwa Gatanu tariki ya 31 Ukwakira 2020, akaza kwitaba Imana ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 01 Ugushyingo 2020 ku myaka 26 y’amavuko. Ubwo UMURENGEZI.COM yamusangaga - [Rutsiro : Arashakishwa nyuma yo kwica umugore we agahita atoroka](https://umurengezi.com/rutsiro-arashakishwa-nyuma-yo-kwica-umugore-we-agahita-atoroka/) - Nsengiyumva Jean Claude wo mu karere ka Rutsiro, ari gushakishwa nyuma yo gukekwaho kwica Benimana Angelique bashakanye agahita atoroka. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, tariki 31 Ukwakira 2020 mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Nyabirasi, akagari ka Mubuga ho mu mudugudu wa Rwankuba. Jules Niyodusenga Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa Nyabirasi yahamije - [Ngororero : Babangamiwe n’urugomo rukorwa n’abashumba baragira inka muri Gishwati](https://umurengezi.com/ngororero-babangamiwe-nurugomo-rukorwa-nabashumba-baragira-inka-muri-gishwati/) - Abaturage bo mu murenge wa Muhanda, mu kagari ka Bugarura bavuga ko abashumba baturuka mu nzuri zo mu ishyamba rya Gishwati babakubita baregera bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’ ibanze ntibagire icyo babikoraho bitewe nuko ngo bamwe muri abo bashumba babaragirira inka. Umusaza ufite umwana wakubiswe n’ aba bashumba agapfa, avuga ko ikibazo cye - [Rusizi : Yafashwe ataburura imva, avuga ko yatumwe n'urinda irimbi](https://umurengezi.com/rusizi-yafashwe-ataburura-imva-avuga-ko-yatumwe-nurinda-irimbi/) - Mu irimbi rusange rya Gihundwe mu Karere ka Rusizi, hafatiwe umugabo ari gutaburura imva y’umuntu umaze iminsi ibiri ashyinguwe, aho bivugwa ko yari ari gushaka kwiba imbaho ziyubakishije. Ibi byabaye mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’igitondo kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Ukwakira 2020, aho uyu mugabo w’imyaka 27 yaguwe gitumo n’abaturage amaze gukuraho - [Korea y'epfo: Abahamya ba Jehovah batangiye imirimo nsimburagifungo kuko banze igisirikare](https://umurengezi.com/korea-yepfo-abahamya-ba-jehovah-batangiye-imirimo-nsimburagifungo-kuko-banze-igisirikare/) - Abahamya ba Yehova bo muri Koreya y'epfo, bitewe n'imyemerere yabo banze ibitegekwa n'igihugu byo kumara igihe mu gisirikare, ubu bageze muri gereza aho bahawe imirimo yo gukora nk'abasivile bashinzwe kugenzura ibikorwa bya gereza. Kumara igihe runaka mu gisirikare ni itegeko muri Koreya y'epfo - igihugu urebye kikiri mu ntambara na Koreya ya ruguru. Ariko uburyo - [Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bose ni Abarozi - Perezida Museveni](https://umurengezi.com/abatavuga-rumwe-nubutegetsi-bose-ni-abarozi-perezida-museveni/) - Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko abatavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi n’urihagarariye, ari abarozi kuko ngo barwanya iterambere iki gihugu kigezeho, ndetse ko ngo batifuza kubona umwana w’umuturanyi akura neza. Ibi yabitangaje kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Ukwakira, ubwo yari mu kiganiro n’abahinzi b’ibisheke bo mu gace ka Adodi Ayulu - [Rwanda : Abantu 8 bagaragayeho Covid-19, ntihaboneka n'umwe wakize](https://umurengezi.com/rwanda-abantu-8-bagaragayeho-covid-19-ntihaboneka-numwe-wakize/) - Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Ukwakira, yatangaje ko abantu umunani aribo basanzwemo Coronavirus, mu gihe nta muntu wayikize. Abantu umunani basanzwemo icyo cyorezo barindwi babonetse i Kigali naho umwe aboneka i Nyagatare mu bipimo 3,698 byafashwe. Kugeza ubu umubare w’abamaze kwandura coronavirus mu Rwanda ni 5,060 mu abamaze gukira bose hamwe ari ## Pages - [UMURENGEZI](https://umurengezi.com/) - IZIHERUKA Twitter yafunze imiryango Kenya: Polisi yakomorewe bidasubirwaho kurasa ibisambo Kenya: Afunzwe akekwaho gushaka kwihekura Musanze: Hasojwe ihuriro rya Gikirisitu Twitter yahagaritse abakozi b’ishami ryayo muri Afurika IZAKUNZWE Munyakazi Sadate na Komite ye yose bakuwe ku buyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports Hashize 2 years Abaturage baguze ubutaka n’itorero AEBR bararishinja uburiganya Hashize 1 year Kayonza - [UMURENGEZI - English](https://en.umurengezi.com/) - [Join Us](https://umurengezi.com/membership-join/) - This page and the content has been automatically generated for you to give you a basic idea of how a "Join Us" page should look like. You can customize this page however you like it by editing this page from your WordPress page editor. If you end up changing the URL of this page then - [Registration](https://umurengezi.com/membership-join/membership-registration/) - [Member Login](https://umurengezi.com/membership-login/) - [Profile](https://umurengezi.com/membership-login/membership-profile/) - [Password Reset](https://umurengezi.com/membership-login/password-reset/) - [News Home 5](https://umurengezi.com/news-home-5/) - edit 9 Most Beautiful Mountains Of The World For Trekkers In This Summer e_manager August 26, 2021 edit Benefits of Yoga: 10 Ways Your Practice Can Improve Your Life e_manager August 18, 2021 edit Apple VS Samsung– Can a Good Smartwatch Save Your Life? e_manager August 30, 2021 edit Apple iMac M1 Review: the All-In-One - [News Home 4](https://umurengezi.com/news-home-4/) - edit EntertainmentThe Escapist Best beaches in the UK for the Perfect Sandy Getaway And then there is the most dangerous risk of all, the risk of spending your life not doing what you want on the bet you… e_manager August 29, 2021 edit Health What Are Some Ways to Prevent the Spread of COVID-19? We - [News Home 3](https://umurengezi.com/news-home-3/) - edit Technology Self-Driving Cars: Everything You Need to Know e_manager 4 Min Read edit The EscapistU.K News National Day Rally Sacrifice, Effort Needed to Preserve Harmony Politics is the art of looking for trouble, finding it everywhere, diagnosing it incorrectly and applying the wrong remedies e_manager August 28, 2021 edit Technology Master MG300 Wireless Gaming - [News Home 2](https://umurengezi.com/news-home-2/) - edit Insider Business Casual: The Definitive Guide for Women To Be Stylish At Work 4 Min Read edit Insider Fashionable Summer Accessories to Dress Up Your Travel Look 4 Min Read edit ScienceU.K News The States Braces for Protests Over New COVID Rules 4 Min Read edit ES MoneyTechnology Apple VS Samsung– Can a Good - [Profile](https://umurengezi.com/membership-login-2/membership-profile-2/) - [Password Reset](https://umurengezi.com/membership-login-2/password-reset-2/) - [Registration](https://umurengezi.com/membership-join-2/membership-registration-2/) - [Member Login](https://umurengezi.com/membership-login-2/) - [Join Us](https://umurengezi.com/membership-join-2/) - Choose Your Plan Get unlimited access to everything Monthly Plan Plans starting at less than $9/month. Cancel anytime. $9/monthUnlimited access to contentPaper magazine deliveredExclusive discountPremium supportCancel any time Buy Monthly Plan Yearly Plan Billed yearly at $54, Save 40% for this plan. Cancel anytime. $54/yearUnlimited access to contentPaper magazine deliveredExclusive discountPremium supportCancel any time Subscribe - [Registration](https://umurengezi.com/membership-join-2/membership-registration/) - [Profile](https://umurengezi.com/membership-login-2/membership-profile/) - [Password Reset](https://umurengezi.com/membership-login-2/password-reset/) - [Duhamagare](https://umurengezi.com/duhamagare/) - Waba wifuza Kwamamaza? Ukeneye ko tugukorera ubuvugizi? Duhamagare cyangwa utwandikire kuri aderesi ikurikira. Telefoni: +250 785 011 991 Imeli: umurengezinews@gmail.com Ushobora no kuduha ibitekerezo byawe cyangwa ikifuzo kuri iyo aderesi. - [Contact](https://umurengezi.com/contact/) - Get In Touch Contact US /*! elementor – v3.6.2 – 04-04-2022 */ .elementor-widget-image{text-align:center}.elementor-widget-image a{display:inline-block}.elementor-widget-image a img[src$=”.svg”]{width:48px}.elementor-widget-image img{vertical-align:middle;display:inline-block} General Customer Care & Technical Support As we address the needs of our customers, email wait times may be longer than usual. In an effort to give you the best customer experience possible, we encourage you to take - [Customize Interests](https://umurengezi.com/customize-interests/) - Customize your interests You can get updates for your interests. Follow any categories you want to see in the Foxiz or when you’re browsing in the in Reading List /*! elementor – v3.6.2 – 04-04-2022 */ .elementor-widget-divider{–divider-border-style:none;–divider-border-width:1px;–divider-color:#2c2c2c;–divider-icon-size:20px;–divider-element-spacing:10px;–divider-pattern-height:24px;–divider-pattern-size:20px;–divider-pattern-url:none;–divider-pattern-repeat:repeat-x}.elementor-widget-divider .elementor-divider{display:-webkit-box;display:-ms-flexbox;display:flex}.elementor-widget-divider .elementor-divider__text{font-size:15px;line-height:1;max-width:95%}.elementor-widget-divider .elementor-divider__element{margin:0 var(–divider-element-spacing);-ms-flex-negative:0;flex-shrink:0}.elementor-widget-divider .elementor-icon{font-size:var(–divider-icon-size)}.elementor-widget-divider .elementor-divider-separator{display:-webkit-box;display:-ms-flexbox;display:flex;margin:0;direction:ltr}.elementor-widget-divider–view-line_icon .elementor-divider-separator,.elementor-widget-divider–view-line_text .elementor-divider-separator{-webkit-box-align:center;-ms-flex-align:center;align-items:center}.elementor-widget-divider–view-line_icon .elementor-divider-separator:after,.elementor-widget-divider–view-line_icon .elementor-divider-separator:before,.elementor-widget-divider–view-line_text .elementor-divider-separator:after,.elementor-widget-divider–view-line_text .elementor-divider-separator:before{display:block;content:””;border-bottom:0;-webkit-box-flex:1;-ms-flex-positive:1;flex-grow:1;border-top:var(–divider-border-width) var(–divider-border-style) var(–divider-color)}.elementor-widget-divider–element-align-left .elementor-divider .elementor-divider-separator>.elementor-divider__svg:first-of-type{-webkit-box-flex:0;-ms-flex-positive:0;flex-grow:0;-ms-flex-negative:100;flex-shrink:100}.elementor-widget-divider–element-align-left .elementor-divider-separator:before{content:none}.elementor-widget-divider–element-align-left .elementor-divider__element{margin-left:0}.elementor-widget-divider–element-align-right - [My Bookmarks](https://umurengezi.com/my-bookmarks/) ## My Templates - [Default Kit](https://umurengezi.com/?elementor_library=default-kit) - [News Home 5](https://umurengezi.com/?elementor_library=news-home-5) - edit Apple VS Samsung– Can a Good Smartwatch Save Your Life? e_manager August 30, 2021 edit 18 Top Fall Fashion Trends from New York Fashion e_manager September 9, 2021 edit The Best Street Style From Paris Fashion Week Spring e_manager August 27, 2021 edit The States Braces for Protests Over New COVID Rules e_manager August - [Home News](https://umurengezi.com/?elementor_library=home-news) - LATEST NEWS edit What You Need to Know about Covid Delta Variant August 1, 2021 edit National Day Rally Sacrifice, Effort Needed to Preserve Harmony August 28, 2021 edit Hidden Ways To Save Money That You Might Be Missing August 28, 2021 edit The States Braces for Protests Over New COVID Rules August 29, 2021 - [News Home 4](https://umurengezi.com/?elementor_library=news-home-4) - edit Health What Are Some Ways to Prevent the Spread of COVID-19? We are just an advanced breed of monkeys on a minor planet of a very average star. But we can understand the Universe. That makes… e_manager August 11, 2021 edit HealthScience Long-Term Care Needs Among Retirees Varies Widely, New Research Shows We are - [News Home 3](https://umurengezi.com/?elementor_library=news-home-3) - edit ES MoneyU.K News Key Trends Developing in Global Equity Markets e_manager 4 Min Read edit Health What Are Some Ways to Prevent the Spread of COVID-19? We are just an advanced breed of monkeys on a minor planet of a very average star. But we can… e_manager August 11, 2021 edit Technology Master MG300 - [News Home 2](https://umurengezi.com/?elementor_library=news-home-2) - edit Health People in the Northeast Could Prevent a Covid-19 by Following These Measures 4 Min Read edit EntertainmentInsider David is Tommy Wiseau in the First Teaser for The Amazon Warrior 4 Min Read edit Insider 8 Reasons Your Best Friend Makes The Best Shopping Partner 4 Min Read edit The Escapist 6 Reasons Why ## Categories - [Politiki](https://umurengezi.com/category/politiki/) - [Imyidagaduro](https://umurengezi.com/category/imyidagaduro/) - [Imikino](https://umurengezi.com/category/imikino/) - [Ikoranabuhanga](https://umurengezi.com/category/ikoranabuhanga/) - [Utuntu n'utundi](https://umurengezi.com/category/utuntu-nutundi/) - [Amakuru](https://en.umurengezi.com/category/amakuru/) - [Ubukungu](https://umurengezi.com/category/ubukungu/) - [Ubuzima](https://umurengezi.com/category/ubuzima/) - [Uburezi](https://umurengezi.com/category/uburezi/) - [Imibereho](https://umurengezi.com/category/imibereho/) - [AMATANGAZO / ANNOUNCEMENTS](https://umurengezi.com/category/amatangazo-announcements/) - [Inkuru ndende](https://umurengezi.com/category/inkuru-ndende/) - [Ibidukikije](https://umurengezi.com/category/ibidukikije/) - [Ubukerarugendo](https://umurengezi.com/category/ubukerarugendo/) - [Ubuhinzi](https://umurengezi.com/category/ubuhinzi/) - [Amakuru](https://umurengezi.com/category/amakuru-kn/) ## Tags - [umurengezi](https://umurengezi.com/tag/umurengezi/) - [Polisi](https://umurengezi.com/tag/polisi/) - [Nyabihu](https://umurengezi.com/tag/nyabihu/) - [Police](https://umurengezi.com/tag/police/) - [USA](https://umurengezi.com/tag/usa/) - [Qatar](https://umurengezi.com/tag/qatar/) - [Abimukira](https://umurengezi.com/tag/abimukira/) - [Yvan Buravan](https://umurengezi.com/tag/yvan-buravan/) - [Umuhanzi](https://umurengezi.com/tag/umuhanzi/) - [Ubuzima](https://umurengezi.com/tag/ubuzima/) - [Sadio Mane](https://umurengezi.com/tag/sadio-mane/) - [ubutabera](https://umurengezi.com/tag/ubutabera/) - [RFL](https://umurengezi.com/tag/rfl/) - [amavunja](https://umurengezi.com/tag/amavunja/) - [urubyiruko](https://umurengezi.com/tag/urubyiruko/) - [Musanze](https://umurengezi.com/tag/musanze/) - [imburamajyo](https://umurengezi.com/tag/imburamajyo/) - [ibidukikije](https://umurengezi.com/tag/ibidukikije/) - [argentina](https://umurengezi.com/tag/argentina/) - [kenya](https://umurengezi.com/tag/kenya/) - [amatora](https://umurengezi.com/tag/amatora/) - [Ubwongereza](https://umurengezi.com/tag/ubwongereza/) - [ubutaka](https://umurengezi.com/tag/ubutaka/) - [muhanga](https://umurengezi.com/tag/muhanga/) - [busogo](https://umurengezi.com/tag/busogo/) - [EjoHeza](https://umurengezi.com/tag/ejoheza/) - [Kayonza](https://umurengezi.com/tag/kayonza/) - [ruhango](https://umurengezi.com/tag/ruhango/) - [ibisasu](https://umurengezi.com/tag/ibisasu/) - [abaturage](https://umurengezi.com/tag/abaturage/) - [Museveni](https://umurengezi.com/tag/museveni/) - [Washington](https://umurengezi.com/tag/washington/) - [kangondo](https://umurengezi.com/tag/kangondo/) - [RTB](https://umurengezi.com/tag/rtb/) - [Imyuga](https://umurengezi.com/tag/imyuga/) - [Ubumenyingiro](https://umurengezi.com/tag/ubumenyingiro/) - [kibiraro](https://umurengezi.com/tag/kibiraro/) - [politike](https://umurengezi.com/tag/politike/) - [FDA](https://umurengezi.com/tag/fda/) - [ebola](https://umurengezi.com/tag/ebola/) - [Uganda](https://umurengezi.com/tag/uganda/) - [Bamporiki](https://umurengezi.com/tag/bamporiki/) - [Nyakatsi](https://umurengezi.com/tag/nyakatsi/) - [Vunga](https://umurengezi.com/tag/vunga/) - [ikiraro](https://umurengezi.com/tag/ikiraro/) - [isoko](https://umurengezi.com/tag/isoko/) - [bnr](https://umurengezi.com/tag/bnr/) - [ibiciro](https://umurengezi.com/tag/ibiciro/) - [imiturire](https://umurengezi.com/tag/imiturire/) - [ibiza](https://umurengezi.com/tag/ibiza/) - [imvura](https://umurengezi.com/tag/imvura/) - [uburezi](https://umurengezi.com/tag/uburezi/) - [amanota](https://umurengezi.com/tag/amanota/) - [rutsiro](https://umurengezi.com/tag/rutsiro/) - [REG](https://umurengezi.com/tag/reg/) - [ingurane](https://umurengezi.com/tag/ingurane/) - [burera](https://umurengezi.com/tag/burera/) - [uburundi](https://umurengezi.com/tag/uburundi/) - [urwanda](https://umurengezi.com/tag/urwanda/) - [umupaka](https://umurengezi.com/tag/umupaka/) - [Rwanda](https://umurengezi.com/tag/rwanda/) - [umuhanda](https://umurengezi.com/tag/umuhanda/) - [Karongi](https://umurengezi.com/tag/karongi/) - [Rugabano](https://umurengezi.com/tag/rugabano/) - [Liz Truss](https://umurengezi.com/tag/liz-truss/) - [siporo](https://umurengezi.com/tag/siporo/) - [Ibigega](https://umurengezi.com/tag/ibigega/) - [home](https://umurengezi.com/tag/home/) - [minaloc](https://umurengezi.com/tag/minaloc/) - [twitter](https://umurengezi.com/tag/twitter/) - [ho](https://umurengezi.com/tag/ho/) - [Amanegeka](https://umurengezi.com/tag/amanegeka/) - [Gatsibo](https://umurengezi.com/tag/gatsibo/) - [environment](https://umurengezi.com/tag/environment/) ## Tags - [English](https://en.umurengezi.com/) - [KINY](https://umurengezi.com/)